Ibisubizo by'ibibazo abantu benshi bibaza ku bijyanye no kwiyiriza ubusa no gusenga
Вставка
- Опубліковано 30 вер 2024
- #Pastor_Desire_na_Nutritionist_Leah
1.Dore abantu batemerewe kwiyiriza ubusa/amakosa ukora utabizi iy wiyirije/Irinde kuko amwe ntakosoreka • Dore abantu batemerewe...
2.BAMWE BABYITIRIRA SATANI ARIKO BITERWA N'IMIRIRE ITABONEYE/BA MASO KWIRINDA BIRUTA KWIVUZA • BAMWE BABYITIRIRA SATA...
3.Ese gukora sport ni icyaha ku barokore?/Dore amakosa abantu benshi bakora batabizi mu gihe cya sport • Ese gukora sport ni ic...
Nshuti mukunzi w'AGAKIZA TV ikaze muri iki kiganiro. Tukwifurije guhembuka byuzuye.
Ganira natwe kuri WhatsApp yacu +250 788 422 984
Turagukunda kandi turahari kubwawe!
Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza kuri uru rubuga. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
BANK ACCOUNT : 1302 040 455 61 (COGEBANQUE)
MTN Mobile Money : +250 788 422 984
Airtel Money : +250 728 422 984
Umunezero wacu wibanze ni ukubona umuntu mushya yakiriye Yesu Kristo, Uwacitse intege agasubizwamo imbaraga, uwihebye akongera kumva Imana bundi bushya.
Habwa umugisha, Turagukunda!
Yesu Kristo abahezagire
Irisomo niryiza kuko ryigisha kuri GESTION NZIZA YOGUSENGA NOKURYA NEZA
Turabakunda
Pst uzonjyere umutugarurire kuko aradufasha cyane
Amahoro cane, mbega umuntu yisonzesheje ariko abakora nivyiza kwarya ivyamwa bisosa
Uyu mubyeyi ni umuganga cyaneeee pe
Kandi iyo inama ze umuntu azikurikiza zirafasha kbs
Natwe abashoferi muzatugire intama yuburyo twasengamo
Murakoze. Turungutse caane🇧🇮🇧🇮
Nasengaga igihe kirekire ntanamazi mfata nkuramo impyiko( les reins) ubu iyo ntayanyweye zirarya simbashe no guhaguruka
Ese kwiyiriza birashoboka ufite ugeze muzabukuru, ese byahera kimyaka ingahe y'ubukure?
Azagaruke atubwire kumirire🙏🙏🙏
Nonese iyo umuntu afata imiti ya sida yakwiyiriza gute mubuhe buryo
Imana Ibahe umugisha ni Tuyizere Ami mbakurikiye ndi Cameroun
Mbega biremewe kwiyiriza uri mumihango
Mutusobanurire.
Muradufashije cyane
Muzagaruke
Murakoze kutwigi harubwo twabikora nabi tukagira ingaruka p
Amen Amen Imana ijye idufasha
Mudusobanurire ko Hari ufata amazi akaba aribwo acika intege?
Murakoze cyane amazi se namazi gusa cg namata nicyayi ubishyira muli bibipimo by amazi?
Imana Ibahe umugisha
Ariko pastor niba ujya usoma comments uzambarize muganga icyo nakora kuko niyirije cyane kandi kenshi none byamviriyemo ingaruka
.
Vianney mwanyandikira inbox tukabafasha kuri 0788940474
Murakoze cyaneee uwiteka abahe umugisha mu izina rya Yesu Christ dukwiye gusobanukirwa mubibaho byose kugirango duhitemo ibyatugirira umumaro
Ikibazo ca 3 je numva umuntu atokwiyiriza ubusa. Bivanye ni miti ategerezwa gufata. Imiti nayo kuyifata utafunguye siwyiza.