Dore abantu batemerewe kwiyiriza ubusa/amakosa ukora utabizi iy wiyirije/Irinde kuko amwe ntakosorek
Вставка
- Опубліковано 21 кві 2021
- #Pastor_Desire_H_na_Nutritionist_Leah
Nshuti mukunzi w'AGAKIZA TV ikaze muri iki kiganiro. Tukwifurije guhembuka byuzuye.
Ganira natwe kuri WhatsApp yacu +250 788 422 984
Turagukunda kandi turahari kubwawe!
Ndizera ko ubugingo bwawe bukomeje guhemburwa n'ubutumwa bwiza tunyuza kuri uru rubuga. Birashoboka ko wiyumvamo gushyigikira uyu murimo mwiza dukora, wakoresha:
BANK ACCOUNT : 1302 040 455 61 (COGEBANQUE)
MTN Mobile Money : +250 788 422 984
Airtel Money : +250 728 422 984
Umunezero wacu wibanze ni ukubona umuntu mushya yakiriye Yesu Kristo, Uwacitse intege agasubizwamo imbaraga, uwihebye akongera kumva Imana bundi bushya.
Habwa umugisha, Turagukunda! - Розваги
Imana ibahe umugisha Pastor Desire na Muganga. Iki kiganiro ni cyiza, kdi cyagirira umumaro abanyamasengesho bakunda kwiyiriza ubusa.
Nukuri murakoze cyane twahuye nabyinshi kubwo kutamenya ariko IMANA ISHIMWE ko Iri Kuzana Ubukangurambaga mubyadufasha mugihe turi gusenga.Muhabwe Umugisha Pastor desire turagukunda hamwe na Leah muduhesheje Umugisha rwose
Uwiteka Abahe umugisha ntangere kunyigisho nziza muduhaye. Pastor Desire rwose keep it up Nkunda uburyo udusobanurira ibintu neza
Murakoze cyane,kunama nziza,byaba bibabaje kurwara igifu ugatangira kwivuza ngo nuko wiyirije. Harigihe dusengana ubujiji. Muzahore muduhugura.
Murakoze cyane ku nama nziza mutugiriye, Imana ikomeze ibagurire imbago
Murakoze cyane kunama mutugiriye
Amen murakoze lmana lbahumugisha cyane
Murakoze cyane rwose muraduhuguye pe
yesu ashimwe
murakoze ku nama mutugiriye
mwadufasha ku bantu bakora amasengesho bafite uburwayi cyane nka diabete
Murakoze cyane Pastor Dukunda
Murakoze cyane.Izo nama ni ingenzi
Murakoze cane kubw’izi nama muduhaye
Imana ibahe umugisha,ndasobanukiwe
Urakoze kutugira inama
Thanks for beautiful advice
Mrc vraiment, Leah ubisobanuye neza rwose. Abenshi twajyaga kwiyiriza umuntu akaba yarya icyarimwe amasahani angana niminsi agiye gusenga.
Murakoze namwe pasitori wacu.
Imana ibahe umugisha
Hhhhhhhhhhhhhh
😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂
🤣🤣🤣🤣🤣mbavu zanjye weee cyakoze uransekeje imbavu zirandya🤣🤣🤣🤣🤣
Umurakoze cyane pastor ndagukunda cyane kandi nkuricyirana ibiganiro byawe kenshi.(ndi umwigishwa wawe rwihishwa in another word's)
Murakoze cyane
Imana Ibahe Umugisha
Murakoze muhabwe umugisha rwose
Imana ibahe umugisha murakoze
Murakoze kuri iki kiganiro, twungutse byinshi. Muzagaruke vuba
Imana ibahe umugisha.
Murakoze bakozi.
God bless you
Ni byiza cyane gutanga inama nkizi ku bantu basenga
Bjr, Hari ikintu nabonye muri ubu buzima. Ibijyanye n' imisengere mubiharire umuntu ku giti cye.
Murakozecyane
Imana ibahezagire cane mugize neza kuriyo nyigisho ni bikuru cane
Thank you
Eeh Ahubwo jyewe iyo nitugura gusenga ndya byinshiii!!! Murakoze cyn
twize pe God bless you
Imana ibahe umugisha kubwo ikiganiro muduhaye ubutaha uzamutubarize kubadamu nabakobwa gukora amasengesho uri mukwezi bigira ingaruka mbi
Ibyo muzabimbaze amasengesho yo kwiyiriza nayakoze kenshi byakarusho nakoze iminsi 21 ishuro ebyeri,Ariko nakuyemo ingaruka zirimo no kurwara igifu (N:B)ariko sinjya mbyicuza byangiriye umumaro Ku rundi ruhande ,usibye ko ntawe nagira inama yo kubikora nkuko nabikoraga kuko najye nabonye ingaruka zabyo.
Murakoze cyane kudusobanurira
Imana ishimwe Ku bwicyo kiganiro
Merci bcp Agakiza tv n'umutumirwa wacu
God bless you 🙏
Pastor 🙏
Pastor God bless you.
Murakoze kuri ibi biganiro bidufasha mubice vyose bitugize
murakoze l love you past❤️🇧🇮
Nsanze najyaga nkora amakosa.
Nasozaga amasengesho yo kwiyiriza nkafata icyo kunywa cyuzuyemo isukari nyinshi cyane.
Murakoze ku nama mutugiriye
Nanjye p
Nice to see you there madam Bushayija Leah...
Murakoze cyane ibiganiro nkibi bituma abantu bajijuka
Murakoze kunama nziza
Murakoze kutugira inama ,arikose umuntu aramutse aretse kwiyuriza ahubwo agasenga yiraza ayo masengesho ntiyemerwa?ngiye gusenga 40jr nkayasenga nilaza haricyo byantwara?
Courage belle soeur
Amena
Uri namwiza nshu
Mubyukuri gusenga nibyiza ntanubwo nabireka ariko tuge twumvira inama duhabwa murakoze bubwiyi nama muduhaye
Ndabona musa wagirango muri abavandimwe
Kuki umuntu arwara umutwe iyo yiyirije? Wakora iki ngo ntibikubeho? Murakoze
Niba bikubaho kenshi ni icyimenyetso cy'igifu
Niba bikubaho kenshi ni icyimenyetso cy'igifu
Mana we!!!!! nsanze nahoraga niyangiza nkafata amasukari mbere yo gusenga
abanyaziya gusiba kwabo nuguhindura amasaha yo kurya gusa naho bararya pe: nawe se barya nimugoroba, bakarya mu gicuku.....
Umuceri wuzuye, utarumweru uwo avuga utari umweru ni uwuhe ? kubatawuzi mwawutunwira naho twawukura !murakoze kunama nziza mutugira,Uwiteka abahe umugisha!
Umuceri wuzuye n’urya muceri utera usa n’ivu, n’umuceri utaboneka cane kubera kuwutegura bigora
Ni brown rice. 1kg igura 1,500
Aha twakongeraho umuceri wimboga,karotise,nuko mbizi
Ni brown rice. Wenda gusa na chocolate cyangwa nkigitaka
Leah nagusuhuje cyane
Njyewe byambayeho kubera gusenga niyirije ubusa iminsi bitatu (3 days) kandi narinfite inda yamezi ane(4 )nkirangiza amasengesho nahise mpura nikibazo cyogukuramo inda birambabaje kdi nyuma yabyo ntanubwo nungeye gusama none ndanashaje. Gusa nagira inama abarwayi hamwe nabatwite kuba careful
Pôle sana muvyeyi
Pole mubyeyi Buriya Imana izi impamvu
Komera muvandi Nyagasani Akomore icyo gikomere wagize Agushumbushe mwizina rya Yesu
Mwihangane
Mwatubwira umuntu urwaye igifu uko ya kwiriza?
Mudukorere plan yo kwiyiriza uko iteye itangira ryari ikarangira ryari: uhereye ayumunsi 1
Wow
Murakoze cyane
Murakoze kutwigisha kubyo tutari tuzi
Ndumva namwe mutangiye kumenya tamperance (kwirinda) nibyiza lmana lbakomereze Kandi kwiyiriza ubusa igifu arko ukagaburira ubwonko ibwanditwe byera naho kwiyiriza ugakomeza gahunda zisanzwe ntacyo uba ukoze ugomba kwiga ibyanditswe byera kugirango ujye umutsima w,ubugingo
Kandi dukwiye kwiyiriza ubusa umwuka w,lmana abituyoboyemo atari by,umuhango kandi ufite intego
Ese umuntu usanzwe arwaye hypertension yemerewe kwiyiriza ubusa
Oya ntago abyemerewe,Wenda ushobora kuba utasoje ikiganiro ariko badusobanuriye ko ufite icyo kibazo hamwe numudamu utwite,ucyirutse indwara cyagwa operation cyangwase usanganywe ikibazo cyimirire mibi ataribyiza kwiyiriza ubusa.
Ese umubyeyi wonsa yemerewe kwiyiriza?
Mwakoze cyane ku nama nziza mukomeje kutugira,hanyuma kuwarwaye diabet birashoboka ko nawe yakwiyiriza?
Murakoze kubwinama nziza muduhaye
Oya urwaye diabete ntago abyemerewe
Past warabyibushye pe ,kora sport
Uwuri mumihango nawe biremewe ko yiyiriza?
Nigute nakwitegura kumara iminsi 40 kd nakora iki ngo nkomeze nakazi kanjye kaburimunsi.
Utarya sasita nanijoro ?
Iyi TV niya Desire ngo nkore subscription?
Yego kandi murakoze kwemera kubana natwe
@@Agakizaorg Murakoze gusubiza uyu mukozi w'Imana mukunda kubi. Aciye bugufi kandi agira ijambo.
Nonese gusenga wiyirije ubusa ukaza kunywa akantu nta cyaha icyo gihe uba ukoze!!!
Yego iyo ariko wabipanze
Waba ukoze ikihe cyaha kandi ari wowe wapanze iyo gahunda?
Abaganga batubwira ko iyo wiyirije ahubwo unywa amazi.
Wihaye umugambi wo kutanywa amazi ukayanywa uba wishe gahunda ariko si icyaha. Dukwiye gukura ntitumire inyigisho z'amadini by'umuhango tudatekereje (irraisonable, sans logique).
Erega biba bigamije kwigomwa. Si umuhango, cyangwa kwihambiraho imitwaro ubikora nk'agahato.
Kirazira kwangiza umubiri (twibwira ko turi kubaka roho) kuko ni wo dutuyemo.
Umuntu urwara igufu yakwiyiriza?
Oya si byiza
Ndabashimiye kubw iki kiganiro ...ariko ndabaza muganga ,wihangane unsubize please nubona iyi comment yange ...ese abantu bafata imiti ya clinic bemerewe kwiyiriza ?? Niba babyemerewe , iminsi ingahe ??babikora gute ?? ( high blood pressure, cancer, diabetes , HIV...n izindi ndwara nyinshi.??)
Nkuko twabivuze iyo ufite ziriya ndwara kdi ushaka kwiyiriza wakwegera muganga akagufasha bitewe nindwara umuntu afite nibyo byiza
Uno muganga ni mwiza weee noneho kuba mwiza unakijijwe ni mama wararaye.
Plus ubwenge ni full package
Ego gwose afis ubwiza burenze
Ikindi kibazo mfite mpuje na mugenzi wanjye, gukora amasengesho neza ni ukuhe ?ese wayatangira ryari,ukayasoza ryari ? ndavuga isahayogutangira nogusoza !
Amasengesho uburyo bwiza bwo kuyakora ni wowe ubwawe wiha gahunda. Icyo Imana iba igutezeho nuko wubahiriza gahunda wihaye.
Isaha Ni wowe uyigena yaba gutangira cg gusoza.
Ikindi nuko uramutse wihaye gahunda ukumva ugiye kunanirwa, wenda se ukumva inzara ibangamiye kudakomeza, ugomba kugira icyo ufata kuko Imana ntirushya.
Nuba usengana nabandi kd wenda utagomba kubicira gahunda, wegera umwe ukamubwirako ufite intege nke ukagira icyo ufata utihishe, Imana iba iri kumwe nawe nta kabuza.
@@mutatismutandis900 waww inama nziza rwose Yesu aguhe umugisha
Hello mwampaye number ya mugaga komushaka kumuvugisha
+250782188270/ +250788940474
@@Agakizaorg Murakoze cyane lmana ibahe umugisha
@@Agakizaorg Murakoze cyane lmana ibahe umugisha
N'ibyiza ariko ayamasengesho nayabifite kbs naho twe hhhhh yeweee ninsaziii
Murakoze cyane kunama mutugiriye
Murakoze cyane
Uyumuganga disi arajya kumera nkumurokore
Murakoze kudusobanurira
Umuntu.ufite imyaka. 60 cg hejuru nibyiza.kwiyiriza