Doré icyo numvise: Kurya indyo yuzuye. Kunywa amazi ahagije no kurya ibintu birimo amazi(pour augmenter le bilan hydrique). Nta rurabo rutoha rutuhiwe nk'uko wa muririmbyi yabivuze. Noneho iyo byanze kubera kugira imisemburo mike mu mubiri, ushobora kwegera abaganga bakareba aho bipfira bakaba bagufasha. Utarajyayo il y a des lubrifiants en pharmacie qui font l'affaire. Et la vie continue ! N'est ce pas les filles. On est bien non!
Sha rwose nibyope kunywa amazi numuti cyane ahubwose mbwira nyanyweye mbereyokubikora byo haricyobifasha
Murakoze kumwamasomo meza mujyemukomeza muduhugure kuko birababaza cyane Kandi iyobyegenze neza urukundo rubarwinshi naho iyobyanze amakimbirane abamenshi
Murakoze cyane kubwamasomo muduha.nagirango mbabaze ko hari. Abatazana amazi ahubwo hakaza urufuro ubwo umuntu yakwivuza gute
Nibakwishure
Ese ibyobiribwa ko abagore babakire babirya Kandi bakanga bakaba ba mukagatare biterwa niki? 10:41
Urakoze cyane kubwinama nziza uduha ndagukuna cyane kk aribyishi nakwigiyeho kd byingira kamaro
Udafite ubushobozi bwokubon ibyo biribwa , ntakibzo , igikenewe cyane ni ukunnywa amazi birahagije
Nonese uwubikora ufite ububobere hanyuma ukumva mukubikora ukayumva mo imbere Arko hagasohoka ducye tutangana nayoubawumva wabigenza ute kugirango Azé menshi
Harimo ibyu tubwira bisaba amafaranga wawundi utayabona wamugira iyihe nama
Urakoze muvukanyi ivyo ba maman batinye kutubwira urabitubwira sha! Wubahwe
Ni karemano niba umugako akwitaho nta gahinda nta mvune yakazi . Nta stress .ibintu biri kora . .bisaba mudu gusa
Urakoze rata abantu baba bashaka kunguka ubwenge Imana ikurinde ugewigisha rata nabagabo kuyamena neza
Nones iyo ugira ububere ntugire amaz bibabiterwa ilnik
Murakozee Cyn!! Nonex ibyobintubyose nukubirya munsi umwe
Nande turabyemeranyaho kbs amazi akora imiti
Nonese koharigihe byanga ukagirango nibwo ukibonana numugabo nyuma amazi akaza wabanje kubabara biterwa Niki ?
Carine mwiza ndagukunda cyaneee booo❤🎉 ukina nafilm mukinyabupfura ndi nyanza kwahadji
Ndagukunze can urumuntarwandakaziwambere utanga inyigisho nurupfasoni wambaye wikwij utuje nukr IMANA iguhezagirecan
Murakoze kubwiki kiganiro mutugejejeho. None ikibazo Niki umugore utagira ubushake ntanaryoherwe yakora iki?
Baze bishure
arko nkumuntu wifata akavuga ngobimutera iseseme ngo bamenye lmana nigicucupe nonese kumenyimana byabuza kubaka urugo
Murakoze cyane kutwinjyish
Wauuuuuuuh Amezing ❤❤❤❤
Urakoze cyn Carine mwiza 🙏❤
Turakwemera komeza ubahugure!!!!😊
Urakoze cne uvuze ukuri kd ufite nikinyabupfura !!
Nibyo?
@@frankmusime8006 yego amazi n' umuti mwiza kbs!!
Reka dukoreshe ibyo utubwiye tuzagushimira nibicamo
Thank you mami. Mukomereze aho.
Kunyazwa sawa
Iyo afite ububobere bajya kumunyaza nabwo bugashira biterwa niki?
Uyumusi nabyunvije, none umugore ugira amavagigo akaza ubwambere hanyuma ubwakabili taze nikibazoki
Murakoze cyane najye narimeze nabi
nibyo pe nge nara nkweye 3litle ndanyara cyaneeee kd byaribyaranze
Sure?
Sure!
Umunsi umwe se
🤣🤣😅😅
Byanyabyo se
Nukuri urakoze cyaneee
Thx ese nababaz umugore wabazwe ashobora kunyazwa bigakunda murakoze
Umbarijikibazop
Bagwase namavangingo haraho bihurira
Hhhhhhh none c ko babaga Ku nda bihurira he naho banyaza ngo amavangingo Aze?
Birakunda cyane
Murakoze,muramfashije.
Doré icyo numvise:
Kurya indyo yuzuye.
Kunywa amazi ahagije no kurya ibintu birimo amazi(pour augmenter le bilan hydrique).
Nta rurabo rutoha rutuhiwe nk'uko wa muririmbyi yabivuze.
Noneho iyo byanze kubera kugira imisemburo mike mu mubiri, ushobora kwegera abaganga bakareba aho bipfira bakaba bagufasha.
Utarajyayo il y a des lubrifiants en pharmacie qui font l'affaire.
Et la vie continue ! N'est ce pas les filles.
On est bien non!
00
Mwabonye urubuga rwo kubeshya nababwira iki !
Nibyiza. Kbx! Bidufasha kumenya byishi!
Ntibakazane inyitwazo rata ntamugabo udakunda igitsina cyoroshye ntamwana baba babuze icyo bitwaza
Ntubeshye kunywamazi nibyigicyiro
Murakoze Mukiganiro cyiza Mutugezaho Ese abagore Bose Niko banyara?
murakoze cyane kubwo kuduhugura
Abagabo bakoz he kugirango imibonan igende neza
Ubikora x agahita anyara ntakuntu byagabanyuka njye birambangamira niwo turi kumwe bikamurambira ubu chr ndakeka aricyo twapfuye ka
Carine we urantunguye p!nari ntegereje ibara none nibi muzanye?
Ngewe maranye numugabo imyaka 5 ntiyigeze anshimisha kuko sindarangiza na rimwe ahubwo narabizinutswe ahita arangiza vuba nkasigara mbabara cyane we yishimye mwamufasha gute
Uranyibwirira nzoze
Uwakumankakwerka
Mujya muganira se nibura mukabivugana. 5ans c'est bcp waraharenganiye pe
Muzabiganire ho maze nawe umubwire ko umushaka umukorakore yongere abishake ahita agufasha
Ukozepe.ibiganirobya.nibyizape😊
Wao
Urakoze cyane kutwubakira ingo
J kbx izompanr ndazisha kuzumv nez
Ufashe concombre ukayishirako magi vyoba arivyiza ??
Bakoza kukihe gice kugirango amavangingo aze
Mukomereze aho
Ese umugore utagira ubushake yakoriki?murakoze kukiganiro kiza .
Bagusubize numvireho
Bagusubize natwe twumvireho
Mutanga inama nziza zubaka rwose
Nonese abazana igifuro mugitsina muri mugikorwa biterwa Niki?
Nibyo kbs ntugasaze
Tubashiye inyigisho mutugezaho
Ntabwo ubeshya pe ,urakoze cwane🤝
Utakoze.kutwigisha.twifuzako.wabitwandikirabyose.kugirangobifashe.abatabizi.urakoz.madame
Ese iyumuntu yapanutse mugitsina kubera kubyara yakora iki kugirango yegerane?
Ikikiganiro nisawa kabisa congratulations
Ese na number bagira?
4:58
Kunyaza oyeee !
Umugore ni ufite innyo nini, IKIBUNO cyiza, akanyara.
Murakozecyane
Amavangingo ntabwo ari buri mugore wese uyagira, biterwa nuko waremwe, ibyo wakora byose atariko uremye ntayo wabona
Nonese kohari igihe wumva byanze ukagerageza amazi akabura bikaba guhata nyuma akaza arako habayeho kubabara Berea Niki ?
Turabashimiye cyane
Ako kantu!! Ukoze umuti kabisa!
Ari mukazi
Murakoze cane,iyi nyigisho irahambaye can
Murakoze
Turabashimiye cyane
Mwagana shangazi akabafasha mubijya no guca imyeyo cyangwa amavangingo
Urakoze kubwinyigyisho uduha ariko fite ikyibazo nkatwe turi kuri wonapo twakorikyi kugyirango tugaruke kumurongo nukiri fasha murakoze.
Ese abagabo Bose bakunda amangingo
Carine ndagukunda pe❤ urakoze
umuti umuntu yakoresha utaraciye imyeyo 😊
Turabashimiye kubw' ibiganiro byiza mutugezaho
Murakose cyanee ndabakunda cyane
Karine wacu ndagukunda uzampe Namba yawep
Jewe mfasha ico nokora,ndumugore udashukwa
Amazi yonyine arabikora
Wiriwe uganirize nabagore batanjyabogosha
Eeeeee
🤣😅🤣😅
😂😂😂😂😂😂😂😂🤸♂️
Umva mbese abagore Bose ubu tuhakora isuku ubundi bikagenda flesh ibyo ntawutabizi Wana
Abantu Bose bahakora isuku bakogosha pe waba utubesheye
Nihehebakoza kugiramgo ubone amavangingo?
Mukomere kabisa
Murakoze cyane
Murakoze cane otameroni mwoyidusigurira
Ni cyacyinu kikizeru cyumutuku mimbere
Watermelon 🍉🍉🍉 niyi ngiyi @@UwaseChadia-re5py
Kubikora neza
Chr imana izaguhe umujyisha p nonese gombonayo irayonjyera
Gombo wayibonye niyo ikora umuti uranyara cyane
Kunyara biraryoha byahatari nibagerageze bizakunda ntakintu kiryoha nko kunyazwa ubundi bayamene umugabo ntiyakuvaho ntarimwe uyamumenera flesh abobyanze babikurikirane rero badusangeyo👍👍👍
Komera
@@nkurunzizaoliver omezeneza ok good nawe komera
Sha nukuri biraryoha pe kubury atakunyaje wumv wosara
Ese umuntu cyabijyeza gute kugirango anyare
@@UwinezaAline-w9f nonese ubundi umugore uyafite agaturokamwe karagiye nakakabiri araza
5:57
Murakoze cyane kuduha inama
Kokomburese uwazirya nkasalade harikibazo
Bakozahe kugirangoamavangingo aze
Arakoze
Urakoze cyane dear
Nonese mama ushobora kugira ububobere ntabushake ufite? Mumfashe munsobanurire p
Iyo wanyaraga bikanga biterwa Niki?
Uba wabuze vitamini
Nibyiza cyane kuduha ubwenge 8:31
Shn urumuhanga rwose ibyuvuze nibyo najye nibyo nkoresha
Wambwiye uko ubigenza nshuti
Ese nigute umuntu aca imyeyo amaze gukura? Niki yakifashisha? Murakoze
Ese office zanyu ziba he nshuti?
Nkunda ibiganiro byawe kd birafasha kuko bamwe byaribyaraducanze
Noex karine we litllo 3z,amazi umuntu wese yazimywa konziko abantu batanganya ibiro ?
Ka nisomere comment 😂😂😂😂😂
Ok thanks
Iyi channel disi ntatu views igira,😢
Iyawe irihe ngo turebe abo ugira
Umuntu yababona gute