NAGURISHIJE INZU NKORA UBUKWE BW'IKINYOMA😢Bandiye miliyoni nyinshi😢UBUKWE BURANGIYE natashye na MOTO
Вставка
- Опубліковано 5 вер 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
Numero ya THACIENNE: +250788506375
Sabin Nukuri nawe mbona waragowe pe! Ibintu abagore bamwe bavuga wumva nawe byakuyobeye!!! None se nyine urumva ibyumugabo wambere ngo warumucuruzi ngo ntacyo amuvugaho ....ariko ati ibaze kujya kumumotari!!! None se umumotari we sumucuruzi? Kumva ko arabarokore bakishyingira urumva birimo Gahunda? Nyumvira uko kujya kubyangombwa wamara ukanamufatira crédit!!!
@@kwizerasteven9703😂😂😂😂😂😂ndagagayeee
@@ikazetv2192nukuri pe ,bantu mujye mubanza mutekereze 2 mutazicuza nyuma nkiyi nkuru yuyu mubyeyi .Sabin hari igihe abura uko abyitwaramo nawe disi
@@kwizerasteven9703😂😂😂😂😂😂
@@alexissebuhura8040, mwagiye mugira ubumuntu kweli. uziko wambaye umubiri kandi isi idasakaye!
Ariko uri mwiza pe👌 Amaso, Iminwa, Ijosi, sourire, peau naturelle.....
Ni mwiza cyane nanjye nabibonye❤
Waba Uzi ukuntu areshya? Njye muzi akiri muto abana n umugabo we wambere.gusa n umwana mwiza pe!
@@celinekayirere3904wahora Niki umuruho kudatoranya??
@@celinekayirere3904 nimwiza kabisa abagabo mwagiye hehe
Ubu nibajije nk'abagabo bamutaye icyo bamunenze ndakibura
Uyuwe rwose nimwiza ahubwo abagabo yahuye nibo nabi pe ariko Hari umusi azishima❤
kbs pe
Numutima we urabona ko Atari mubi
Reka nkugire inama Mama , niba ushaka undi mugabo , senga cyane IMANA niyo Izaguha umugabo muzima . Umugore mwiza n’umugabo mwiza umuhabwa n’UWITEKA .
Wuzuye Umwuka w'Imana
Abagabo 3 Bose babaye babi koko ? Njyewe hari ukuntu mbyymva kuba urukiko rwarahaye abana umugabo wambere nuko umugore ariwe wwarufite ikibazo
Ntimukumve urubanza rw'umwe , isura ntaho ihuriye n'umutima
Don't judge her ahubwo biduhe isomo bagore tumenye ubwenge twitonder abagabo surtout aba divorcé babatekera umutwe cane❤🇧🇮🇺🇲
Byaba ibinyoma cg ukuri byose birimo isomo rikomeye cyane cyane
Ibyavuganukuri tasienne ndamuzineza nuwomugabo wamutekeyumutwe warufite restoration igikondo
Me am ready to comfort you though am in Uganda
@@MutabaziElias-bd6hiSend her ticket to join you!!😂😂😂
Muri aba bagabo be bose nta mu divorce urumo!! 2 bari abasore undi Ari umugabo w'umugore babana. Ntabwo nkukomerekeje wa mubyeyi we, ariko wabuze ubwenge
Isomo ryubuzima ku bakobwa. umusore naba adafite amafaranga yibikenewe ngo mukore ubukwe, mukobwa ntuzamuhe ni 100😂😂😂😂
Umusore nagushyiraho iterabwoba ngo nudakora ibi tubireke, uzahite ubireka utagishije inama.
Abagore turakunda cyane disi, ntitumutere amabuye, ahubwo ni isomo kuri benshi, nabo byabayeho mukomere pe, imbere ni heza
Kbsa
Burigihe ushaka kubaka ntibimukundira rwose bikunze kunusa na komera mungore Mwiza ibyiza birimbere
Mana weee mubye urukundo rusigaye hakeya gira amakenga kuko wumveko hanze abatekamutwe babaye benshi umenyeko nubu abaribuguhamagare bakubwirako urimwiza bagiye kuguhoza amarira nibenshi gira amakenga kd wumveko Imana yaguhaye umugisha w'Abana icara ibyo abagabo bakurya ubihe abana bawe wikunde kd cyane❤ wongere wikunde ibyabagabo sibyawe rwose
Ibi bintu biba kubagore bake.
Abenshi iyo bahuye nikibazo cy'ubupfakazi cyangwa divorce barazinukwa bakirerera abana bagashaka imibereho ubuzima bugakomeza.
Naho rero gushaka undi mugabo bihira bake.(rimwe narimwe ntibiba byiza)
Kugurisha inzu yawe ngo ugiye kwitegura ubundi ubukwe koko?
Gusa uri mwiza, courage shaka ubuzima ,Imana ikomore ibikomere ufite.
Stories za benshi, henshi. Don't judge her. Ni ukwicecekera muri benshi 👌🏾✌🏿🙏🏾❤ Ihangane 🙌🏿
Ariko mana abana biwacu inyanza wajyirango twavukiye kuruha nukuri pole sana mama ❤
@nyirarugendoesther3092 turubaka we ndurimo nabandi benshi uzashake mbakwereke , gusenya ni byago biba kubantu Bose ntabwo aragace runaka
Yewega ngurabwshya nduwaho kandi ndubatse Nikigeragezo kibonwa nuwariwe wese wahuye nibyago
Iki kigsbo ni igukixi cya shetani n'umuryango wacyo.Ihangane mama Imana irahari
Thx Sabin, mu kirundi bavuga ngo ikibwirwa n'icumva icerkwa naco n'ikibona, ahandi ati Bibwirwa benshi bikumva benevyo. Tatienne akomere kandi agire umugisha. Imana imwirure love you from🇧🇮
Isimbi tv mwiriwe neza? Gusa Sabin ndagukunda cyanee. Icyo nabwira uyu mubyeyi ñuko gushaka kabiri nigikomere. Iyo wasenye urugi buri wese agufasha uko ashaka. Humura mubyeyi kuko siwowe wenyine nibikomerw bifitwe na benshi. Sabin narakwandikiye ko nkeneye kukuganiriza ntiwampaye umwanya gusa buriya maze kubonako uvura ibikomere byinshi. Uwiteka ajye ahora akwishimire.
Ntibikwiye gushaka kabiri keretse uwomwashyigiranywe mbere yarapfuye .ukowabisigiriza kose nuburaya
Ihangane vraiment Imana izaguha amahirwe ya kabiri nukuri komera mibyeyi.
Ihangane mubyeyi mwiza. Imana izaguhoze amarira nicyo nagusabira
Mama, impore rwose kandi ntuzicire imanza abagabobabi bariho, kuburyo ugirango ni mayibobo urikumwe nayo kandi yibandi, ibyakubayeho nibisanzwe ahubwo Imana izaguhoze amarira
Mujye mutubabarira abagabo nkabo mubavuge mumazina mutwereke namafoto yabo kugirango batazajya batuburira nabandi kuko urumva ningeso
Oya mama ntuzapfa ahubwo uzarama,kugirango uvuge gukomera kwimana, kd nyuma yumuzima bugoye hari imigisha, Imana igukomereze mugakiza kayo.
Same story to my friend😢😢😢😢😢 abasore bateka umutwe mugihe cyubukwe ku muntu bagiye kubana bazapfe nabi! Giti mu jisho we, iyumve....
Namwe ntimuba muri shyashya nuko muba mudashaka kwivuga amabi yanyu
Ntanubwenge mushiramwo murasha mugatogota umusore asabiriza umugore nuwahe?
hhhhhh calm down
Yoooooo ndagushimye cyane kuba warababariye kuko nirwo rufunguzo rwambere nkirumwana naranezerewe ukizwa kuko umugabo wambere nuwa 2 ndabazi ariko najyaga nkucira urubanza ariko ndasobanukiwe n'Imana imbabarire. Gusa hama mugakiza kandi wige kujyubaza Imana unayibwire uti Mana jyunyobora ibyonkorabyose ubijyemo ibyutemeye ntibikabeho ndagushimye kubwintambwe wateye
Abagabo sinjya mbamenyersa, mwarakoze kutubyaza nokutubyara, namaze kubabarira ntakundi
Wamuretse mubyeyi we!Aaaah uri courageuse pe .
Imana izakugirire neza .
Sabin uri très compétent vraiment! Abanyarwanda barantungura cane. Ariko abo bahungu b' abanyarwanda ni abatekamutwe!! Ibi biganiro bihindura uko abarundikazi dufata abanyarwandakazi. Imana ikomeze aba ba sistets baca mubigoye nk' abagore!
Yeeee Abasore bomurwanda ni abatekamutwe bokurwego rwohejuru nukur abanyakwanda nabateka mutwe babi raba nabapasteur burwanda ubutekamutwe bafise burenze ukwemera Mana aho ngeza ndabanse p.
Hhhh. Satani yamanukiye isi yose uretse Uburundi? Ni uko abanyarwanda batinyuka bakavuga, mwe mukabihisha. Namwe uwavuga ibyanyu ntimwabona iyo mukwirwa.
Uwo mugabo wawe wambere wakuyeho igishoro, ukakijyana mu bagabo, Imana ihora ihoze. Buriya wahemukiye uwa mbere.
Umugabo wambere yarumugabo pe,yasigaranye nabana urigendera.
Niba nawe rata uvuze neza
Nukuri
Umugore usigaban’akigendera wapi
Abanyafrica ni uduhwishi. Kuba divorcé biruta kwica uwo mwashakanye. Divorcer ni byiza cyane. Aho kubaho unungunitse wadivorsa.
Uri umugore mwiza iyo uza kubona umugabo mwiza wari kubaka,gusa birashoboka ko gushaka atari lmpano yawe ,ikindi uzagabanye kwivumvamo/gukunda cyane abagabo byumwihariko abitwaza kugushyira mu mago. Gusa warahuritse arko wihangane kd uzagire ubwenge nujya gushaka umugabo wa 4 kuko abitwaje kuza kuguhoza amarira nibenshi.🎉
Mada icya mbere nkuhaye pole icya kabiri nimugafate inkundo ngo muzishyire mu mitungo yanyu kandi warabyaye ufite abana bawe iyo mitungo ubugomba kumenyako nawundi wagusimbura mubuzima uretse abana wa byaye bonyine ariko iyutandukanye nuwa mbere mwabyaranye ujyuheba abandi bose baba baje kukwiba nutwo wagatugishije abana bawe nibaza kugusaba urukundo ujye ubereka ko nacyutunze niba arugukunda anzagukunde ukumwiyeretse nahubundi uzabura abagabo ubure ni byagufashiriza ibibondo cyangwa no kwiteza imbere ndi wowe nazinukwa ahubwo imbaraga nazishyira kubana banjye gusa ihangane ntakundi
😊
Iyi nama umugiriye ubona angana kuriya, uyikuye ku mutima koko? Ese wowe wabishobora? Niba umufitiye imbabazi, musengere amenye Imana by'ukuri, Imana izanamuyobore mu gushaka neza, kuko Imana ishoboye byose. N'abaruta uyu irabubakira.
Esubundi mugihe wabyaye uba ushaka. Iki koko!!!!! Wakwikunze ! Ibyishimo wibuzemo uzabikura kumugabo ,uzumirwa!!!
Jya wiyunvamo ko nawe urumugano ,icyo bikwereka uranamutunga ntacyo akurusha reose
@@tiny_hunter250ariko abana bakurongora??burya umuntu yasenga Imana ikamuha mwiza ariko kuguma gutyo nikintu kibi
Uyu Mubyeyi yarahuritse pe😢😢 yahuye numushumba wasaze Abanyamutara benshi nimbwa nukurya utwabandi gsa kko ntibazi gukora arinayo mpamvu bakora ubwicanyi bwinshi pole sana kbsa
Ngahoree 😂😂😂
Uve mubagabo urere abana bawe icyo washakaga nabana Imana yarabaguhaye ngaho barere ntampamvu yokwiruka mubagabo unarakuze
Umusore utangira asaba amafaranga umukobwa uwo ntamugabo urimo bakobwa dukanure amaso pe wakoze kumuzana sabin tumwungukiyeho byinshi tasi pole sana 😢
Impore mubyeyi...destin si ikintu ariko bizatinda ubone uwo Imana yakugeneye...iri ryari ishuli humura rirarangiye kandi uzagaruka ushima
Wamugani wa Sabin ,ibyo bintu babikina muri Bamenya series
Hahahahaha
Mbega yariyarakuroze nukuri ndumva mbabaye imana ikomeze ikwiteho muribyose ❤
Nyamara babyeyi duhaguruke turere abana b'abahungu uko bakwiye kuba abagabo bahamye. kuko ino mwitwarire iraturuka kuri education de base dans la famille.
Urabibona rata??? Abagabo benshi b'ubu ntibakiri responsable aba kera niryo shema bagiraga ahubwo!!!
Uri umunyabwenge😊
Pole maman ntakindi nakubwira.ariko ureke ubwo butesi bwo kwiruka inyuma yabagobo barya nimitungo yawe.menya ubwenge urere abana kandi ujye uva mu rugo wasenze Imana igutandukanye nabo bagabo binyatsi
Ihangane arko ntakibazo ufite umugabo urihejuru yabagabo Bose. Kdi ikiza nuko ufite abana nishema kyane❤
icyo mbonye nuko uri mwiza cyane,ibindi ni uburangare bwawe gusa biviremo abandi bagore isomo
Mwami wee,impore mubyeyi amaranga mutima yawe yarakomerekejwe shenge,ariko humura Yesu ni karuhura,irerere abana ibyabagabo ubivemo nukuri🤲🙏
Inama umugiriye ntabwo ari iy'abantu bizera Imana, kuko nta kintu kiyinanira. Ahubwo tumusengere Imana izamuhe umugabo yamugeneye ikimurema, kuko arahari.
Uyumubyeyi ndamwumva cyaneeee abahungu bicyigihe nibibazo
Bamwe nabamwe
Umuntu ashatse yakwibera single
Yewe mbonye aho wa mugani wavuye ngo"Ubwiza bw'umukobwa ntibwamubujike kuruha"
Uwumu Maman nimwiza peeee
Ariko iyo mwumva ngo Satani yazanywe no kwiba, kwica no kurimbura, mugira ngo yaje kubikorera ba nde? Si twe abantu?
Uno mugore akili umukobwa urabona atali icyuma!!!
Uwo muteka mutwe ararenze ntawe atawutekera, uwo muryango wuwo mugabo bose nabateka mutwe, pole❤
Urabazi bose se di? Nukujya muburira abantu bataragwa ku bisambo pe!
Uzabirukamo uruhe pueh kundimana nibiryo abana bawe uve kunzererezi rwose akabagabo sakawe niko mbibona 😢
Basha njye ndumuwe nuye mudamu ,umukobwa na Seka uwundi ariko ivyuyu na kamuna. Njye nibaza wa mugabo wa mbere yakuyeho iyo nzu ariwe ya muhumiye
Ni nayo mpamvu yayipfushije ubusa. Ntiwaba warayubatse ngo uyitere inyoni.
Mana we. Tekereza umu Maman nk'uyu mwiza gutya. Ariko Yesu agufashe.
Thacienne abagabo wabaretse koko! Njye niyo nama nakugira
Imenyereze kuba mu buzima bwo gusenga, unyurwe nabyo, Imana nibona ko ugomba gushaka umugabo izamugushakira
Ariko nugira intego gushaka, bizakugora pe
Wakwirerera abana pe birahagije
Mbega umu Maman mwiza wee😘warahuye nabatekamutwe😢Arik abavyeyi buwumugabo nabagome ibaze itekamutwe kubantu babavyeyi bakuze abantu barabaye nabi biteyubwoba😪iconabonyeco ivyukuye mubuhemu ntibiguhira
Yoooooooo,Wahuye ni ibisambo rwose,wizeye abantu baraguhemukira rwose.
Mujyemsihanganira murugorwam bere kuko Umugabo nuwambere Tuzaurere abana Umugaboni kristo
Chr pole.njyewe ndabyumva cyaneee abagabo benshi bigize aba eciclo
Ibigaragara umugabo wambere yarimfura
urumva yanze no kugira icyo amuvugaho kuko wasanga uyu mugore nubwo ari mwiza ariwe wamunaniye bagahitamo kurekana. burya uyu mugore nawe si shyashya, abagabo batatu bose??
Ubutaha kuwundi mugabo imana yaguha jyubanza umenye neza ucukumbure usshake amakuru yose aranga uwo muntu wifashishije abavandimwe be inshuti ze cyane cyane abaturanyi be ikindi nukureba neza ko uwo ukunda nawe agukunda bingana cg birushijeho uko umukunda kd komera
cyakoza abagore dukunda abagabo Manayanjye weeeeee Mana uzandinde rwose umutima wubuhumyi nkuyu izawundinde
Amen nanjye pe Mana uzabindinde ndakwinginze
Sha sorry Muturanyi wange Gusa urugo rwawe rwambere ntacyo rwari rutwaye kuko Felix ntiyarimugabo mubi pe ninayo mpamvu ntacyo wifuza kumuvugaho
@@byukusengeclementine5990mbese yarisenyeye yego
@@byukusengeclementine5990Felix c yashatse undi mugore?esubwo siyamubabarira ko ubu amasomo yayabonye
😂😂😂😂😂 umvugiye ibintu pe . Uyu mogore rwose yarizize. Namugaye birenze
Ubutaha ariko uzashishoze,ubaririze . Ikiruta byose ubaze Imana. Nkwifurije amahirwe mu rushako ruzakurikiraho.
Imana imuhe undi
ntacyo mwijeje, si ukwiheba ariko baravuga ngo uwarushye ntaruhuka, ko atazabarema se ubwo naza ari gica azabivemo hakiri kare bitaramukomeretsa.
Imana niyo yubakira abantu urugo rugakomera ibindi byose nubusa . Ikindi ingo zibanye neza muri uru Rwanda ni nkeya ahubwo nuko abenshi bihangana bakanga kwishyira hanze agapfira abana naho ubundi ingo ziyi minsi ni nko kuba mu muriro utazima
Mana we,mbega umugore ubabaje,ndumva unteye ubwoba pe,gusa utanze isomo ku bandi bagore, nizere ko inyota y'abagabo wayishize. iyegurire Yesu niwe wakuruhura!
Pole maman.igishoro cyambere nubuzima.kandi Imana izakurengera.
Ariko mwa bagore mwe mwagiye mwihagararaho koko ukuntu cash zirushya sha njyewe habe n'igiceri cya tanu naguha ahubwo unayanyatse waba unteye iseseme, aho kugirango nshake umugabo udashobotse uzatuma mba indushyi ngo kugirango société ibone ko mfite umugabo Sha nabaho ntashatse kabisa .
Nanjye nuko pe
Ubukwe bwikinyoma weeeeeeeee, ibi bibaho cyane umusore ati inkwano nzaziguha bikagera ku munsi wubukwe akakwemeza, ugasigara wataye umutwe😅😅😅 bene aba bb Ari imbwa ntanicyo bageraho
Mana uyu muvumbuye ntitwabana.
Nkamukatira byihuse pe 😅 bitwayiki nubwo naseba
@@carinemanirambona2708 bene aba ni abescro ubibona byararengeranye misigaje marriage religieux😚😚😚 wagera no mu rugo agakomeza kukumanipula😳😪😪 nahuye nawe......
Icyakoze maze kubonako kuruha bitabaza amoko pe.ushaka kubaka abura uwobubakana 😢😢😢😢😢😢😢😢
Yesu urumupagani pe ubuse abagabo ni benshi pe
Umugore mwizaaa , kdi wumunyamugisha , ibindi ntacyo bivuze byarabaye kdi byararangiye , bireke ukomeze ubuzima kdi ubuhobere wishimire ko wabyaye kdi uri muzima
🎉 Impore Maman Ndakuzi Uritonda
Mbega inkuru!!! Kuba mwiza ntibikubuza kuruha koko Imana niyo nkuru
Bwabundi muri bamenya séries bakina ibintu bibaho pe
Uyu mu mama ndakwemera cyane ntugacike intege hanze aha ntabwo horoshye Imana igufashe
Kd nta kidashoboka
Narinzi ngo nzaza kuvuga nanjye ibyanjye none ibyanjye byaba iri toto none mbivuyemo kuko ubutubuzi buraha ndumiwe pee 🙆🙆🙆😢😢
Yoo! Pole sana ma chr ubuzima burakomeza
@@bucurahope2525ariko muzi abagabo banjye bakavuga ibibazo bafite
Nawe uzaze utubwire uruhuke kuko natwe dukuramo amasomo knd pole
@@MurekateteMarierose-ey2cf nimbaze batubwire
Yooo pole Thacienne Imana izaguhoze amarira Kandi ubuzima bwose noshiri
Warakomeretse cyane..abagabo bareke wirerere abana bawe niwo mugisha Imana yaguhaye
Uyu mugore ameze nka wa mugore wahuriye na Yesu ku iriba. Ukeneye amazi Yesu atanga utazongera kugira inyota y'irari
Akeneye Yesu byuzuye.
Nukuri pe akeneye Yesu pe
Egoooooo arakeneye Umwami Yesu kuko storie yiwe imeze nkirya nyene yo muri bible neza .
Utaranigwa agaramye agirango injury riri hafi!!!
Mbega mbega!!! Ubushishozi burakenewe ku bagore bashaka abagabo. Ariko n'abagabo bajye bishimira gutungwa n'ibyo bavunikiye. Umugambi w'Imana ku bashakanye ni urukundo si umutungo.
Ibaze ikintu kinatangaje uravugako utahebye uzakomeza gushaka? Maze rero ibyo byabayobeye muza muvugako mwamenye Imana. Umurokore rwose siwowe ntago umuntu usenga Imana yasaba ubwenge apana bwo mubagabo,utanamugize wabaho,utazibwirako umugabo uzashaka azaza kurera abana atabyaye nabababyaye batarabareze aho niho abagore mwibeshya ahubwo utarebye neza ugashiduka muri gusangira umugabo numwana wibyariye bagore nimugire ubwenge mwikwibeshyera ko mubufite 😢
Yooo ndagushimiye ku nama utanze twapfuye rumwe ndacyarwana nabyo Ngo nitwa ko nananiranye arko utumye mfata icyemezo Imana iguhe umugisha ko ubabariye
Sha wowe umugabo wambere yaravunitse muravana muragabana urangije ujakubitamika abagabo bagukuna agapira none uravugubusa .
Aranabeshye ngo umugabo yajyanye irangamuntu bamushira kubyangombwa... ubwose ibyo byashoboka kobamushiraho utabizi????
@@nagabajoseline7133 ababadamu nabahanga
Komera thacienne ikigikwe cyanyuma naragitashye pe arko ibyo uvuze nukuri rwose kdi iyinkuru nyizi mumyaka 2 iciyeho arko uyivuze uko iri pe pole sana ibyiza birimbere
Nyokobukwe Imana izamuhana pe! Mbega ubugome weee 🙆🏾♀️🙆🏾♀️🙆🏾♀️ wagirango ni film
Mbega Umuvyeyi mwiza washustwe😢😢😢😢😢😢😢
Hatari kbs. Ark Maman ufse umutima ukomeye pe.
Uyu mugore rwose yarinjiji peeee imana igukuremo ubujiji
Ihangane Imana ihora ihoze
Muranyumvira abo ba Pasteur basezera abantu batanabazi?
Nzaba mbarirwa!😊
Nanjye byambayeho ntana nuwonakundaga nyumayuko angambaniye ampusha incuro 3 lmana yarandwaniriye ,,mvamurwobo nkurwo ndugwamo ,,,none izere gusa kko birababaza ubu mfite abana 4 badahuje nyina ntibyoroshye ,,lmana iturinde indyarya mubuzima. ,,baraducyurira ariko nukwihangana ,,humura irakuzi jyuzirikana izinaryawe amen
Yoooooo inshakiramuruho sibaza amoko kweri aba divorce mwese mukomere nanjye ndimo
Uyu mudam ndamwumva cyane,hari abagabo birirwa babwira abagore ngo nguriza nzakwishyura,ugasanga noguhaha murugo ntabikozwa,ahubwo buri munsi ari waretse tugafata credit.ugasanga nabirangiye ariwowe byose ubyishyura murugo,kuza akaryama gusa.Imana ikurinde mammy
Thacianne aracyahungabanye, ahubwo mumuhumurize. Isi irikaraga!!!!
Ningaruka zo kutareba kure . Gutandukana numugabo ntabanze gutuza ngo yitekerezeho agahita yishora kubandi bagabo , iyi nkuru yuzuye ubwenge buke gusaaaa ,
Nubundi Ari murugo ndumva bamushuka bakarumukuramo 😂😂😂
Sha Reba umugabo nkinzoka pe kuko aba gabo nibibi cyane maze umpere nkutarigeze umenya abagabo kuko abagabo nibabi pe maze urere abana bawe Kandi. Aharanire ibyishimo byabana bawe ntakindi nta mugabo uzongera kugukomeretsa pe kuko ijyo nijyo shuri rubuzima ntakindi Kandi usenge cyane maze. Imana izakugirira neza cyane pe
Naho ikigera gezo igicamo wemye Kandi uzirinde abagobo maze usenge ubwo hoke pe ntakindi pe
Ariko nge haribintu ntajya numva nigute uha umuntu amafaranga kabiri gatatu nge harubwo numva arimwe mwarangaye pe nigute mujya kwerekana amafaranga ubundi uzirinde kwereka umuntu amafaranga ko uyafite nge ntanicumi rwose
Rwose pe
Nanjye ntyo pe, nukuzana imikino nkiyo tukayikina koko, ark nta nijana ryanjye kbs namuha
Urakoze cane gutanga ubwo buhamya buzafasha benshi.Mugabo uwo muryango wose uravumye!
Ariko rero tasiana nawe akunda abagabo nk’urukiko. Ariko nina cyiza shenge. ❤
@@arazavubaniba ubishoboye ntugacire urubanza abatabishoboye. Kuko nawe nta nenge ubuze.
Impamvu nuko birirwa bamutereta Akumva aho gusambana yagira uwe murugo Kdi ni koko biraruta kwirirwa ajarajara
Hoya urebe neza ntabakunda ahubwo akunda aho abarizwa
Imana igukomeze mubyeyi nanjye ndi mugenzi wawe imana yaramfashije ndiyakira nawe imana izabigufashamo
Inkuru y'inshuti yanjye rwose😢😢😢
Mubyukuri ko Ari inshuti yawe iyi nkuru nukuri cg nukubeshya
Agusubixe numvireho
Najyesha nukuri nunvireho
Hhhhh sinjye mwabajije ariko reka nsubize ko ari ukuri kuko ndamuzi nibyamubayeho
@@DDenise376 urakoxe Kandi yihangane
Iyo nkuru irababaje cyane pe.ihangane mubyeyi mwiza,uzabo a undi mugabo utagwira inda
Sinzi igihe abagore tuzasobanukirwa imico y abagabo ! Nrabwo kuzan umugabo mu rwuzuye bituma akwubaha..ahubwo bimuh igihe cyo kwishakir abandi
Ubundi umugabo w'umunyarwanda udatinya kugusanga mu rwuzuye, ni impamvu ihagije ikwereka ko nta Mugabo umurimo
Ihangane icarawirererabana birakunda urukundo wakundaga abagabo urukunde IMana yondizaguhemukira izakunezeza kurenza abantu mazibyaka icumi10 ndumudeveruse numvanishibye bihanginje nibaribyo sinzigera cyaka ndanyuzwe
Pole Mama.Imana irakuzi
Ndakwihanganishije pe! Iyi nkuru ni isomo ry’ubuzima ntawe bitabaho. Imana ibane nawe kdi izaguhe uzagukundira uwo ariwe akanabikubahira.
Abagore beza kuki bizera amabandi yabagabo kdi abazima bahari!!! Ubundi umugore atungwa n'umugabo, umugabo wemera gutungwa n'umugore atari indembe deja wakanaye umenya icyo bisobanuye. Nta mugabo muzima usaba umugore kabiri gatatu!!
Abazima rero kumenya aho bari ni ikibazo cg se wanamubona ntagukunde akikundira uzamubera ibandi
Ndakumva bambe ibi byabaye kumucuti wanjye neza neza ariko komera Imana.irakuzi
Sabin, duhe link y'ico kiganiro mwagiranye n'umugabo we
mamma ihagane wahuye nibikomere yarababaye pe
narikose wakwagiragaiki kandi urimwiza uhagane uzabonaudi❤ Shirimpumu Norge
Nguhaye Pole ntarumva ikiganiro.ariko uri mwiza.
Sha uyu mu mama uwamuha umugabo nyamugabo yamukunda kdi akamubera umugore mwiza
@@mukaremeraclaudine8252azabyihorere 😢😢😢
Komera muvandi. Ibyo kwisaba, kwikwa, kwitwiurura, kwitunga no kuba umugore - GABO ni IKIZA shitani yazanye iwacu.
Abagabo bahakanye ubugabo nabo babaye ikindi cyorezo.
Urakoze kubabarira kuko nicyo Imana yacu idusaba. Ahasigaye HUNGA ikindi nka Yozefu ahunga muka Potifari. Izirike kumugano uruta abandi ariwe waducunguye❤
HUNGA IKIBI( icyaha)
Tantine, nukuri sindagutwenze mu kirundi baca umugani mu kirundi ngo igiti kigukora mujisho rimwe kabiri rikarinogora.
Pole wahuye navya bibwa cimmamanda yirirwa avuga
Komera thancienne wihangane ,gusa Imana izaguhoza amarira, gushaka nabi bibaho kd ugomba kujya witondera abakurambagiza.
Ntago byoroshye abantu benshi ibikomere barabigendana , Imbaraga z' Imana nizo zituma abantu bakomeza kubaho.
Wakoze cyane rwose kumubabaarira Imaana iraguha ntimugirana, mugiranye iraguhanda
Ufite amahirwe make. Yokubaka yewe irerere abana uve kumabandi
Wabona ari njye ubwira pe. Nanjye nabirutsemo ariko ntacyo nasaruye. Hari aho byapfiriye ariko tu.
Ndasenze samba Imana yomwijur inkubitire inkoni abagabo nabasore ibakubit yihanukiriy abahemuka bavumwe
Oooh!!! Komera mama shenge kdi wihangane