MUSHIKI wa THE BEN Aratunguranye🔥Avuze Amabanga yubukwe bwa BEN🤣SABIN yarambabaje😭Kuri FATAKUMAVUTA🔥
Вставка
- Опубліковано 7 жов 2024
- #-TheDynamicShow-
Niba wifuza kuvugana na "The Dynamic Show", kuduha inkuru idasanzwe cyangwa ubuhamya wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri +250786369590
#-TheDynamicShow-
Ndasetse ngo fata ninde nga ntawe nzi urakoze rwise kutamumenya nanjye naramwibagiwe 😂😂
Sabin nimfura ❤❤❤
Emmy wakoze Michou❤ disi twaguheruka na kera Emmy.umuryango wa Ben wose undawukunda pe Nabantu biyubaha bafite uburere budasanzwe bakura kumuvyeyi wabo disi.Mwarasenze sha kuronka pe🙏💞
Oya Sha Beli nukuri gewe naragerageje ngo mbone icyo nkora ariko byaranze pe rero iyo numvise umuntu uvuga ngo Hari opportunities numva mbabaye
You look so beautiful
Mwatumiye umuntu nkunda❤❤❤
Ese koko uyu nimushikiwe cyangwa?
Ubu se ntubona ko basa koko
Nanjy bancanze ni sister we ncyangwa Emmy tubwire neza ntitwatahiye neza
@@u.Ange-bella okye nibyiza cyane
Ni csn sister not blood sister
@u.Ange-bella mushiki wa the ben direct ntimwamubonye mu rupfu rwa se adafite ni imisatsi
Ntago we aza muri social media Uyu ni mushikiwe mu miryango gusa nkundako arwana Kuri the ben muri iyi mihanda
Fatakunda ntawe tuzi rwose nakarye nyina
Sha Michou asa naa BEN kweri
Emmy, hejuru kyaneee
Berinda ur imfura ❤
Bavuga kimwe na Ben
Biransetsa ingene uyu mu dame yama yitwa mushiki wa The Ben nkaho ata zina agira.
Izina ryiwe bahora barivuga ahubwo nuko bamenyeye kuvuga mushiki wa Ben
Yitwa Belinda noe Sabin ntahora amuvuga mwizina
❤❤Bezaaa
Iyegereze mic ntitukumva
ese ubwo izo nzara ushobora kwiyoza muri private party cyangwa umukozi arahakoza cyangwa kumesa ikariso
😂😂😂😂
Please mind your own business,it’s good always
Ibazeko mubintu byose ubunye inzara gusa mwagiye mwita kubintu bifite agaciro
Akoshemana nimwiza
Mu buzima tugomba kubana na bose amahoro. Ariko mu rukundo buri wese byaba byiza amenye icyiciro cye. Kuko inshuro nyinshi iyo mutari muri classe imwe habamo guprofitana no guhemukirana kuko haba harimo imibare myinshi
Emmy ❤❤❤
ninde wumva emmy yivugishwa akanaseka nka M.Iren?🙄🤔
Bose nakuye iyo nseko kuri Mr pundati Yago
My Love ❤❤❤❤❤sis💋💋💋💕💕💕💕💕💕
Mana weeee koko murasa na ben ndumiwe kumva utari sister wa ben😳🤔🤔
Ni sister we 😂
Niwe mma washemi
Hhhh ariko nkuyu, fata ubu ntagushyingura?
Ese uyu aza aje kuvuga kuri THEBEN? 😂😂😂😂
Nonese uyusumumama
Numu Maman nyene
❤❤❤❤❤❤
Uh kwitwa mushiki wa ben ni ikibazo c🤣🤣🤣🤣
Belinda ntakura amafranga nimeza nukuri uzi kwiyitaho chou
Asa nka Railla umwe wo muriyimihanda😂😂
Ntahobasa
Reka😂
Sabin akubabaza ate? Sumugabo nkabandi mumenyeko atari Malaika? Nawe yakosa setu mujye mugabanya amarangamutima!
Sibyo rata
Kubyereje umutima
Ese uyu mugore ntazina agira ? Cyagwa aba ashaka gutwikira kuri Ben ! Ikindi nuwo muri famille ya Ben ntago bavukana
Wowe se akosa mwarikumwe?mugabanye urwango kuko ntaho rwazatugeza. Sabin is a good person mugemwemera 😂😂😂😂
@@Patience-s9qnanjye niko mbizi