Isabukuru nziza bantu beza. Nsanze ngondo ari umugabo w'imfura shenge. Nta ribi rye pe biramugaragaraho. Annet ibyo aba avuga ni ukuri. Imana Ikomeze ibubakire.
Ibi si ibya buri wese nshuti gusa aya ni amahirwe guha umugore agaciro hari ababashengura umutima kdi ntihabe hari uwo hanze wabimenya gusa kubahiriwe Imana Ikomeze kubishimira abatarahiriwe naho munambe kuri Yesu mwirerere abana hari igihe ibyishimo uburiye ku mutware ubihabwa n'abana bawe.Uyu muryango ukomeze get hirwa.
PAST RUTAYISIRE na FAMILLE NGONDO& ANET batumye nkunda itorero rya EAR kuburyo mba numva ugiye gusengerayo afite kwizera yahasubirizwa pe! Hashobora kuba hari ababyeyi bazi kurera .
Nizeye ko abagabo beza nka Ngondo bakiriho Mana ujyuhuza abahuje ukomeze wumve ubusabe bwabatararushinga baguhanze amaso🤲🤲
Nyajyaga nshaka kubona Ngondo none ndamubonye Imana yomwijuru ishimwe🙌🙌🙌
Ndashyize mbonye Ngando
Ngondo we Imana izaguhe igiguha ibyiza usabirwa numugore wawa numvise ibigamiro byuyumubyeye yakuvuze neza Imana izaguhe iherezo ryiza❤❤❤❤❤
Sha najye nagajya nifuza kubona ngondo pe
Wanugabo we Imana izaguhe ihuru hamwe nabandi nkawe muri bake umugore yatura akanezezwa nuko mwababereye abagabo beza ❤mugihe abandi bahorana amarira kumaso baterwa nabagabo ngaho kubaca inyuma amagambo mabi inkoni inzara kd ntacyo babuze ngaho kubambura agaciro bakwiye nibyinshi, be blessed Papa❤
Ibyo nukuri
Imana ibongerere imyaka yo kubana muzizihize na 75 ans mukiri kumwe. Happy Wedding Anniversary.(True love story never end).
Uyu mubyeyi niwe mubyeyi uba kuri Social media wubaka umutima wanjye ❤❤❤! Uri Mwiza imbere n'inyuma umwuka w'Imana Ari muri woe ❤
🎉
Alléluia Alléluia abagabo nkaba baba bakwiye ishimwe pe.
Jyewe nitwa MUHIRE John wari ufungishijwe n'Umuryango wa SEMUHUNGU Samuel ndengana, uwo mupapa yahumurije abari bahangayikishijwe n'iryo fungwa ryanjye atuma batuza baransengera none narafunguwe ndimo ndakurikirana ubuhamya bwiza nkubu.
Jyewe n'Umuryango wanjye twifatanyije n'uyu muryango mugushimira Imana🙏
Ngondo Immana igihaze uburame uzabone abuzukuru nubuvivi kdi nawe Aneth we urumwana mwiza abandi nkawe baribagiwe byose
Nurugo rwubatswe n'Immana ruriho kdi ruzabaho Amen
Ndashyize mbona Ngondo ❤ namwunvaga amuvuga ntamuzi yoooo ngondo Imana izaguhe iherezo ryiza na annet wawe ndabakunda Ngondo yabaye ngondo mama
Nanjye nari mfite amatsiko yo kuzabona Ngondo, kuko uyu mubyeyi aramuvuga nkanyurwa pe. He is a special husband.
Amena cyane Imana ihabwe icyubahiro rero niba usoma comment nange unsengere urugo rwange ruhabe ruhari kuko nubwo nuriho namambo jye mbona ntaruhari
Imana ikugarukeho cyane Nukuri nange ndarizamura kubwawe pe!! Ikubakire kurutare.
Wouu, ya couple ahubwo ndabona bombi ari beza, Annet ni ihoho ni mwiza cyane, ariko niba Ngondo ari uyu bahagararanye, afite n'umugabo mwiza kandi w'imfura pe, ni beau gars rwose nubwo akuze mbese Imana yaguhaye byose ubu ntacyo ukiganya pe, kandi nkurikije ubu buhamya n'ikiganiro numvise cya Annet kuri Inkuru yanjye na Rweme Mbabazi, cyanejeje ngakunda Annet kubera franchise na humour ye, afite umugabo ufite roho nziza utari bamwe tubona hanze aha. Uyu muhungu we rwose ni Prince, mbega ubwiza we! Imana ishimwe rwose.
Yooooo muribeza cyane bambe ikiruta byose nuko muzimana ❤❤ ndakubezerewe ngondo 😂😂ndashyize ndakubona badiii😂❤
Ese burya ngondo nuyu?Imana Iguhe umugisha pe .narinzi ubwobuhamya bwangondo na annet❤❤❤❤
Yo ese uyu niwe Ngondo numugabo mwiza cyaneeeeee Imana imuhe imigisha Ngondo urumugabo wabera abandi urugero
Ubonye umugore mwizi niwe uba ugize umugisha so umugabo arahirwa nyje annet damuzi muragira doctor wa namuvuye
Ndashima Imana kubw'uwo muryango nkunda cyane❤🙏
Uwo muryango Imana izakomeze iwukorere ibindi byiza byinshi bizahore bibariza amarira y'ibyishimo😂
😊
Annet ndagukunda cyane kubera ukuntu uvuga imana nukuri imana yacu irashoboye may God bless you family.
Nawe uri umugore mwizaa rata uzi gushimaaa
Nyagasani we!mbega umumama uzi watera umuntu kurira koko! Uwo niwe wiyandikagaho ahantu hose ngo nkunda Ngondo.uwo niwe Ngondo Shenge! Ndarize weeee!!!
Nanjye amarira aranyishe
Sha ,umugabo mwiza ,anezeza ,umtima wumugore we ,gusa ,abagabo beza baboneka hacye ,abariho benshi nindurumbanyi
Nanjye Imana yaramumpaye ❤
Amen urakoze kwamamaza uyu mugabo wurugero mubandi, bamurebereho
Ngondo ishimwe urarikwiye ushimwa numugore we abahiriwe❤
Yoooo Nukuri urabona aribyo rwose namarangamutima aragaragara nkandira kuriyo FOTO tubane inkunga yanyu ningirakamaro kuri njye 📖📚👈✅
Yooooo lmanishimwe nukuri mbifurije kumara 💯
Mumumbwirire ngo ubu MUTESI na MAMA MUTESI (DIYA) batangiye kumwenyura bakeye kumaso no kumutima kubera uwo muryango Imana yahaye Isi.🎉❤🙏
❤❤ayiweeee mbega urukundo umeze nkanjye disi gusa ngewe sinabasha kuvuga kukarubanda .
Ujye ushima Imana bucece, unashimire umugabo wakurongoye burya Imana irareba
Imana ishimwe kuri uyu muryango mwiza wa Annet na Ngondo. Ibyiza byose bihore mu muryango wanyu. Muri urugero rwiza
Imana ihe umugisha uyu mugabo Ngondo kuko atabaye ingurumbanya.
Isabukuru nziza bantu beza.
Nsanze ngondo ari umugabo w'imfura shenge. Nta ribi rye pe biramugaragaraho.
Annet ibyo aba avuga ni ukuri.
Imana Ikomeze ibubakire.
Umugabo udahindurwa n'ibihe mana weeeee mbega umugore mwizaa akoze ikintu kidashobokera abandi ,kuvuga neza umugabo we akiriho.ndagukunze gusa
icyo nigitabo Imana ibumbuye cyubuzima bwawe mubyeyi uzavuga kwisiyose bikazabahora abategereje
Mama noneho ndishimye nangye mbonye Ngondo bambe Mr Ngondo wibare kubera Annet muzima bambe Imana iguhumugisha
Nkunda ukuntu yikundira umugabo
Nanjye sha
Umugabo mwiza waguhaye ,agaciro ,akakubahisha mumuryango ntawutamukunda sha ,gusa ,abagabo nkaba baboneka hacye
IMANA ikomeze ibashimishe nukuri babyeyi 🙏🏻
Imana Iguhe Umugisha Mubyeyi Kandi Imana Ntikibagirwe Ishimwe Utanze.
Mubeho mwongere mubeho baña b' lmana ndabakunda cyane.
Nibyiza gushimira abantu bakiriho ❤
Annet NKUNDA NGONDO😂😂😂😂😂😂😂😂❤
Ndyoherwa n'amashimwe ya Annet shahu🥰HWA to family NGONDO🥰❤️
Nta mugore numwe udakunda umugabo we!
Hari nabo byarenze barabitangira maze!
Egokoo uti ntamugore numwe udakunda umugabowe? Ubwo nabamwe babamenaho amazi ashyushye baba babakunda SE? Nabamwe babatana abana bakagenda baba babakunda? Bamwe tubona baburanira kukarubanda ko bishe abagabo babo ubwo baba babakunda! Anyways ndabona ushaka gufungura cyangwa gukerensa ishimwe ry'uyumubyeyi ariko nawe urabizi ko ibyo uvuga ataribyo
Ngondo imana uzaguhe umugisha
Ngondo umugabo mwiza winyangamugayo mwifurije kuzigira mw'ijuru adapfuye
Imana ishimwe kubwanyu muryango mwiza. Ndabakunda
Annet toujours jeune❤❤
Imana ibakomerereze mu murimo wayo mwigisha benshi kubana neza mu rukundo rudahindurwa n' ibihe.
Nabakunze❤
Yooooo Mana ishimwe ibihe ni bihe Allelluyaaa Amen uyu Mugabo lmana uzamuhe ijuru ndumva ndize nange nishimanye nuyu muryango Shimwa Nyagasani 👏👏👏👏
Happy anniversary to you both, Famille Ngondo.
Muri urugero rw 'umuryango mwiza. Imana ikomeze ibashyigikire. Turabakunda ❤🎉
Mvugije indurukubwanyu amenaaaa nihamwe icyubahiro
Annet, ndakuzi kuva kera kose urumubyeyi mwiza
Mukomeze mubane mu rukundo rw'Imana. Anniversaire nziza
Ndasaba Imana ngo Izabahe uburame muzapfe mushaje Ngondo we uzabone ubuvivi n'ubuvivure uri inyamgamugayo Anet nawe nkunda ukuntu uvuga Imana ukayishima bivuye ku ndiba z'umutima wawe wose ubuhamya bwanyu sinjya mpaga kubwumva
Nawe urumugore mwiza Annet nabonye aka video gato kuri tiktook gatangizwa na shahu ndagukunda karanshimissha nkasangiza imbuga zosembao ziriho abagore nukuri Imana ishimwe kd ngondo musabiye ijuru muzaryicaranemo ndabakunze weeeee
Mama mbabarira windiza😢😢
God bless you famille Ngondo ❤️❤️
Happy anniversary Ngondo et Annette turabakunda cane
Imanikomeze ibarinde turabakunda
Abagabo mwese mwumvireho umugabo mwiza anezeza umutima wumugorewiwe bagabomwese mugerageze rwose kubana neza nabo mwishakiye
Ibi si ibya buri wese nshuti gusa aya ni amahirwe guha umugore agaciro hari ababashengura umutima kdi ntihabe hari uwo hanze wabimenya gusa kubahiriwe Imana Ikomeze kubishimira abatarahiriwe naho munambe kuri Yesu mwirerere abana hari igihe ibyishimo uburiye ku mutware ubihabwa n'abana bawe.Uyu muryango ukomeze get hirwa.
Njye uwanjye yambereye ingurumbanya Aho kunezeza ana yenda kuncamo kabiri arashihurana abavandimwe banjye iyo bansuye arahuma yanyimye urukundo nkiri muto yatumye nsaza imburagihe yanyimye ibyishimo Kandi iyo ageze hanze aba antaka umvuga neza ntahari Kandi numunsi napfuye azahagarara anshimire ntahari namaze gushiramo umwuka 😢😢😢😢
@@KiraboBliona-fm8etkomera umutima nshuti
Pore muvandimwe @@KiraboBliona-fm8et
Imana ishimwe 🙏🙏🙏🙏🙏
Ngondo Imana imuhe umugisha kandi ikomeze ibubakire urugo muzasazane shenge
Mana nanjye nunduhura nzagushima.
Ngondo disi namwumvaga ntaramubona yooo mbega umugabo mwiza warakoze kuba umugabo nyamugabo
Imana ishimwe kubw'uyu muryango.
Chic can act!
Ndafashijwe🎉
Alléluia alléluia alléluia alléluia 🙏🙏
Ni ukuri Ngondo urakarama
Mana uzampe gushima nange
Yooo ❤❤ lmana ishimwe cyaneee
Komeza umukunde mukobwa mwiza
Yoooo imana ibahe umugisha pe
Amen❤
Imana ishimwe
Amarira yanyishe
Hallelujah Jesus nukuri
Ndabakunda
Ark se Ngondo ameze ate mu umutima?Kubona umugabo mwiza utanga umunezero mu umutima w'umugore we biba bingoye kk sinumva uko nabyakira.
Sha ndagukunda yooo ukuntu abivuze neza, uzakomerezaho .
Hallelluai Hallelluai
Tukutendereze bambi
PAST RUTAYISIRE na FAMILLE NGONDO& ANET batumye nkunda itorero rya EAR kuburyo mba numva ugiye gusengerayo afite kwizera yahasubirizwa pe! Hashobora kuba hari ababyeyi bazi kurera .
Ndemeranwa nawe ko hano hantu Imana i hari. Uno mugore aravuga umugabo we ugahita wifuza. Abagabo nka Ngondo umuntu abageraho ate ?
Sha nibatubwire nukuri pe
@@jeonseagullhihi2698sha n'Imana ibatanga pe nabuze umunezero wundi wo kwisi kubifatika ariko nange mfite Ngondo wa 2 nako nuko bitaraza ibyo nifuza ariko reka nyurwe nibyo yabaye impaye
Amena
Amen
Narizeee sinzi impamvu
Tera intambwe mu ibikorwa ugire abo uha ku ibyishimo, abari hahandi wavuye
Muribeza kandi ndabakunda
Isabukuru nziza kwa mr NGONDO &Annet.turabakunda cyane.Jeanne d'Arc KAMANDA
U tuber udutumikire.
happy anniversary to family Ngondo
AMEN
Yarakoze kutaguha umugabo w ingurumbanyi rataa
Ngondo numugabo mwiza twamwumva tutaramubona
Annet unkundiye wazamvugisha
Jones Kevin Lopez Mark Lewis Kimberly
Warumusimwiza unejeje
Yooo❤😊
Urumugore mwiza nukuri
Mubyeyi uri imfura nagutangira ubuhamya kbsa
❤
Umuntu ukunda umugabo muruhame gutya ubu mucyumba ntihaca uwambaye
Nawe urabyimva!
😂😂😂😂😂😂😂
Ariko nabona nimero ya annet gute
Imana izaguhe gusazana na ngondo wawe bambe ndabakunda
Ngondo twakubonye peuh lmana ishimwe
Nanjye nahoraga numva munyigisho za Rutayisire akunda guta akarorero kuri Annette amuvuga ,none ndamubonye disi.Annette hezagirwa urakarore keza kwisi yose.