Cyane pe hari gihe umuntu Aba afite inshuti ye ayikunda byukuri ariko yo itamukunda ahubwo imugirira ishyari . Gusa Imana ijye iturinda inshuti nka Navy pe.
Ntureba noneho ko bijiyobija atuje 👌Killa urategura pe courage kabisa ark ugerageze ibya kasha bimenyekane pe adakomeza kwidegembya yiyambita uruhu rwintama dore ko yamaze kwigarurira umutima wa Jojo🤷courage bro ndabakunda♥️♥️♥️
Abantu bashaka ko yañnick abwira chriss ko kasha ariwe wamugiriye nabi mume like❤
Wapi Chris yahita yica kasha😅 nubwo tutazi ibyo Yannick ateganyiriza kasha gusa azibukeko uhishira umurozi akakumaraho abana
Ndabishaka ariko singombwa kuko Chris yahita yirenza Kasha kuko barazirana cyane. Nimushaka ingero, murebe episodes zabanje nibwo muzamenya impamvu Yannick yabyihereranye.
Hahita hahira rimwe
Njyendashaka kubonayanike agatuka mukazi
🎉
Abishimiye ko bijya iyobija amenye amakuru ya Yannick musige Like ❤❤❤❤❤
Abantu mubonako yannicke azagirira neza muzehe bijiyobija na foromina nkanjye ❤❤❤ nimpumereze like hano 🫶✌️ my heart imbere cyaneee hejuru mubicu kwisongaaaaaaaaaaaaa 🎉🎉🕊️🪂🎶🎶🎶
❤❤❤❤❤❤
Njye mbona na foromina tuzasanga ari nyina wa yannick
Wawuuu byabaribyiza rwose 👍👍🫶🫶✌️ foromina nukuntu disi yokundiraga yannicke none yagiye atamusezeye
Gusa yannicke azabitura rwose bamwakiriye neza mubukene bwabo yabasanzemo
Foromina ntabwo yabanyina kko we ntiyabyaye
Nkumbuye kubona Yannick yagiye gushimira muzehe bijiyobija mumpe like
Nanjye pee, ndumva nshaka ko yannick azasubi bijiyobija akamuha ibifaranga byinshi nibyokurya😂😂😂akamuha ni yokubamo😂
Imanishimwe muzehe abonye amakuru ya yannick❤
Nanjye nyeneye ko Yanic asubira gusura muzehe Bijyiyobinjya akamwishyurira amadeni kugirango burimuntu wese amenye akamaro kokugira neze
Hy cyz bijiyobija adukorera umunsi kbs
Nanjye kbs
Thank you killa abari bahangayitse nkanjye mushyireho like
Nge nariniyakiriye nziko atarivubahape
Abendahamwe mumenyane😂😂😂😂
Pls Yannick iyereke papa wawe mu ibanga dore umuhangayiko uramwishe😢😢❤
Abantu mutishimiyeko kelli arigutendeka abantu babiri mumpe like
Egoko nsabi❤ndabon wakize uje nkivubi🤣🤣abishimiye ko yijajaye like
Imana. Ishimwe ko. Nyambo. Na. Yannick. Barikumwe. Abumvako. Aribyo mumpe like. I love you 💕💕
None se mubandi unkoreye subcribe nànge nkayigukorera bitwayiki
Abishimiyeko bijiyobija Amenye Amakuru Meza Ariko tunasaba Yannick cyibize Akore akagest kagaragariza bijiyobija Kwamuzirikana Ababyumva nkanjye👉👍👍
Ababonako nyina wa mutekano azaterwa inkunga na yanice akajya kwivuza mubuhinde nampe like
Bijiyobija amarira agiye gushira kbsa foromina urumubyeyi ukwiye gushimirwa
imana ishimwe bijiyobija mutekano amuremye umutima niba nawe ubyumva nkanjye mpa like❤
Imana ishimwe Bijiyobijya
Yannick yagiye mukazi
Ababonako Devu agiye gukura igihombo
Ni poby want niba wemera ko killamani aduha utunu twubwenge nyihera like
Abantu mubonako Yannick yazatangura kuja muri company yabanje kuja kwa muzehe bijiyobija mumpe like kuko akaramuka agiye kukazi atarajayo vyazagorana kubona umwanya wokujayo♥️🇧🇮
Ahwiiiii killa urakoze cyane irunguryariryose abachou abaza nyuma muze twirire show
Ariiko Mukunda Like shahu goko 😅 nshaka KO Yanick ajya gusura bijiyobija na Forimina rwose My heart 💖💖💖💖🎉
Abantu bakunda my heart nkanjye mumpe like please Killa ndagukunda nukuri na tim yawe yose❤❤
Bijiyobija weho igakubaho nka bakireee kuko ibyiza birimbere mutekano nawe humura wariteganyirije❤❤❤❤❤❤ ❤👍🙌 🙋🙋🙋🙋🙋
My ❤❤❤❤❤ nyikunda kurusha ibindi byox noneho couple zirimo zo ziranyica kbx uboduhuza mumpe like
Umurava n'ubwitange ugira mu kazi kawe Imana ijye ibiguhera umugisha
Mbona navi agirira devu ishyari
Cyane pe hari gihe umuntu Aba afite inshuti ye ayikunda byukuri ariko yo itamukunda ahubwo imugirira ishyari . Gusa Imana ijye iturinda inshuti nka Navy pe.
Babaho cyane yunva nabyiza byakujyeraho ahubwo wajya uhora ubabwira ibiguhangayikishije gusa
waw murakoze cyane abantu dufatanyije gushimwa yannick mumpe like❤❤❤❤❤❤
Wawoooooo nsabi lmana ishimwe wacyize wagarutse,mukazi ,ese sibyizako papa Yannick yamenyako umwana yabonetse mbere yuko ajya mukazi? Numvako abaje kujya mukazi atarabwira umubyeyi ko ahari haba hirengangijwe agaciro kumubyeyi kumwana numva byaba bigara nkaho utitaye kubabyeyi bawe utabaha agaciro(uwo ninjye ariko nabandi bavuga uko babyumva.murakoze ubundi my heart imbere cyane.
Adorufe agomba kubimenya kko niwe mubyeyi wenyine afite kd aramushyigikira mumyanzuro yose afata nkumubyeyi agomba kubimenya
Mbega ukuntu narindekerereje ndabona Ibintu birikugenda bijya kumurongo peee❤❤❤❤❤
Ababonako purukriya nyina wamutekano azafashwa kuvuzwa na yanike nampe utuntu
Mbaye uwambere ukoze like
Abifuza ko papa Yannick amenya amakuru ko umwana we yabonetse 👍👍👍
Ntago nakekaga ko uyu munsi muyiduha nukuri murakoze team my heart sura bijiyobija Yannick
Nejejwe n'amakr meza Bijiyobija yahawe, wenda ntago azongera gushwana n'umugore we. Kelly wowe nkugiriye impuhwe pe. Ndabakunda ❤❤❤
Niba ukunda my heart nkanjye mpa like ❤️❤️❤️❤️
Mbaye uwambere mumpe like abakumbuye Natacha na pelly nkange
Ahwiii,imana ishimwe kuba bijiyobija yumvise amakuru meza.
Hello killaman iyo wediting my heart Hari ukuntu ucurika ama scene ugashyiraho scene kd yarangiye muri ep zashize so ukosore ubwo dukosa
Murakoze cn twari dutegereje❤️❤️❤️🥰
Ndazindutse wallah. My heart ❤❤❤. Ndishimye cyan. Kubon ya nicke. Na nyambo ❤❤❤wallah
Mbaye uwambere kuri my heat noneho nukuri mume liki❤❤❤❤❤❤❤
Narinziko mbaye uwambere😮 Yannick courage sana Imana ikomeze kuguhezagira
Cyakora yannicky numugabo uhagarara kwijambo rye ❤❤❤❤❤ my heart imbere cyanee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ntureba noneho ko bijiyobija atuje 👌Killa urategura pe courage kabisa ark ugerageze ibya kasha bimenyekane pe adakomeza kwidegembya yiyambita uruhu rwintama dore ko yamaze kwigarurira umutima wa Jojo🤷courage bro ndabakunda♥️♥️♥️
Murakoze nubundi nari nizeye umuhate wanyu still is our my heart ❤
Wooow ndumva icyifuzo cyanjye cyuko Yannick yazajya kwa bijiyobijya kigiye gushirwa mubikorwa,ndishimye kuba muzehe bijiyobijya atangiye guseka❤️❤️❤️❤️😄😄😄😄
Yanick ndakwimera for ninde wimera yanick like ❤
Killer man I love you❤❤❤❤kbs amahwirwenshi ajye aguhorah ibihe byose🎉
Wallah nukwicarira amajanja kuri my ❤❤ ukunu mvandecyereje
Wawuuuu bwanyuma nanyuma iraje mbegawee ahwiiii irungu ryari rinyishe ariko noneho mbaye uwambere weee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
My heart niyagaciro pe kwisiyose pe ndayikunda cyane pe ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Erega ni Bose ,waradushoboye,peee ,team,nyambo, killaman, Chris, Kelly ,na muzehe na Bibi Yake na familys❤ nakwambia ni hatari.
killa wallah byaribyanze tuu gusa tubaduhari kubwanyu man inshalllah bizacamo
A basha ok adorufe ajyakure ba Yannick kwakurisi mumpe like
Uziko ibintu wanditse mumpe like ariryo wanditse neza gusa?😂😂😂
Kabisa murakoze pee twaritwihebye ndabakunda ❤❤❤❤❤❤❤❤
Abumva bashaka kubon Yannick yahuy na kasha
Show me some love❤
My heart ndabakunda❤❤❤❤
Yannick coutre kasha ??????
Mbaye uwa mbere ngaho mumpe like
Let's go ❤
Ubundi iyi niyo nari ntegereje ngo weekend igende nezaa❤MY HEART❤ Hejuru cyameee❤❤
Kill ubundi niwoe wanjye kbs turagukunda cyane my ❤❤❤❤
Imana ishimwe bijiyobija wanjye aratekanye I can't wait 🫸🫷 bamuhaye kumufungo mana weeee
Wawuuuu Killa urakoze pe narinamaze kwiheba noneho nange mbaye uwa 1
Yannick ilove you More ❣️ uri uwambere ukanikurikira peeee niwowe wacu ubundi komeza udutemo
Scène of the day.Mark,Navy na David,Mark ati turi abendahamwe.thank u so much killa nari narindiriy ndahebaa❤
Nange uyumunsi mumper like numve ukobimera please 🙏🤍🤍
Mbaye uwambere mumpe like
numbe one munpe like ntabwo mwakumva ukuntu nari nabuze amahoro my heart ❤❤❤❤❤❤❤
abaza nyuma yange mundemere like dukomeze twimenyanire ntacyo bitwaye
Number one mumpe like
Yooooh nsab aracarway disiii😢😢 rabingene yambay ishapo kugir ntibibonek😢😢😊
Am not first but I need so much likes
Ndishimye komudusubije kuba muhumurije bijiyobija
Ahaaaa ibi nge ndabirambiwe peee devu naze mukazi ibi byo kutubwira ngo agiye kuza ubu ngo wap reka reka ndabyanze
I'm first
Kelly,uti musazawe Chris?Mukubivuga wabanje gutekereza??Karakubanye kuko ntuzi aho yakuye amakuru. Uracanye umuriro. This is my❤
yes bavandimwe nalimbakumbuye aliko mumpe like wan
Killaman nasubire mucyaro ababwire ko ar muzima
I'm happy to be the first
Ndabakunda cyane ❤❤ nanjye njemunambere
Woooow nari ntegereje cyane p
Ahhhhhhhh nsabi weeeeeeeeee imbavu zajye weeeeeeeeee umuzungu bita ja Dodie
Tkx u Yannick arimunyakazi kbx abamukunda mpume like
Wauuu thank you again killa uduhaye aka weekend ❤
Thank you killa wacu twari twihebye turagukunda bundi niwoe wacu
My heart niwoe film yinyarwanda🇷🇼 nakunze❤️❤️ kurusha izindi zose nabonye 🙅 Yannick komerezaho ndakwemera🥰
Yurishimyep twarituyikeneye urakoze mushuti♥️❤️❤️♥️☔☔☔☔☔
Murakozekuyiduha nukuri narinihebye none iraje my ❤❤ heart hejuru cyan
Murakoze cya narinababaye ko mutaduhaye akagace ndabakunda nyambo urukundo rwogere♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️♥️
💪🙏💥👏👏👏✌️🤟💐👍💟 uwamahirwe Rachel congratulations 👏 tukuri inyuma killaman
Ndakunda muzehe Adolfe pe.umvizompanuro
Abishimiye ko muzehe Bijiyobija mutekano amuremye agatima mumpe like ❤
Uzasubire Kwa bijiyojija unabwire Chris ko Ari kasha wakubise hazahita hashya tuzirw rimwe kuko nabatandika nicyo bategereje
gut Yannick umeze neza urakoze cyane ariko zutwongera iminota kl❤❤❤ntakubesh ndikond rababa iyifirim sinifujeko yohera ikindi jakwa bijiyobija aragukumbuy nyambo and killa iyomurikumw biraryoha cyaneee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉ndagukund
Mbaye uwambere plz give me like
Namber one munpe like
😂😂😂ndabatanze mumpe like twiryohere
Ndabakunda cyane pe gusa akantu ko kudakurikiranya agace kukandi sisawa pe muzaturebere rwose mubyiteho
Thanks kubwo kuduha my heart na saa cyernda tukababturabona Indi kuraje my lovely dady
Number one🎉🎉🎉🎉
Thx for ur work, irungu ryari ritwishe kbsa
Byiza cynee Bijiyobija amenye amakuru❤❤ Yanick subiza amaso inyuma wibuke uriya muryango wibuke ibibazo ufite ugire uko ubavana mubukene kko buraryana nabo baboneko ineza umuntu ayisanga imbere,🎉🎉🎉
Njyewe nasomye post ngo my❤ ntiribuboneke numva umutima umvuyemo Killa ndagukunda cyane pe ark papa wawe aragukumbuye
Mbega muzehe bijiyobijya amenye neza aho Yannick ari pe My ❤ ndabakunda cyane ❤❤❤❤❤
Imana ishimwe narinihebye ko muzatinda none uyu munsi turaye tuyibonye!!!, thank you
Nishimiye cyane kubona muzehe bijiyobija yishimye cyane. Hagataho, ndabaza: Kelly kugumya kubeshya uwo mugabo mwiza ukurebana ubwuzu burigihe, uzagumya kumubeshya kuzageza ryari. Yes, Chris is good ariko uwowe aramurenze. Aha, reka byose mbitege amaso kondihano nzaba mbibona. Ndarangiza nshimira cyane Yannick kuba yihomye akaduha iyi episode. Thank you very much.
Abishimye nkanjye nimumpe twa tuntu❤❤❤
Wow 😂😂😂 nsabi mana yaaangew😂😂😂 like kubamwemera❤