Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
Dukomeje gushyigikira urukundo rwa nsabi na Claudia abishimiye ko rwagera kure musige Like ❤❤❤❤❤❤
Babane no mu buzima busanzwe claudia ni mwiza pe
Urakoze kutwongera daddy❤❤❤ niba ushimishijwe ninyongezo nyihera like
Cakoze dady wamenye kizuba rimeze nabi❤❤❤
Natanzwe
Twayiranyije mushyireho nindi basaza hano murikenya tubakurikira turi benshi
Niba ushyigikiye urukundo rwa nsabi na Claudia mumpe like
Abantu baribakumbuy urukundo rwa nsabi na Claudia like👍👍👍
Dady wacu mwiza thanks 👍
Ikibazo nuko nsabi ngo ntabyo guteretana birimo 😂😂
Ababona ko nzayino azibonera akazi kwa papa Yannick mumpe like
Nanjye niko mbibon
Kandi abantu twunva ko Nzayino aribuze gukora kwaba Nina ❤❤❤
Agatekerezo ntakuntu mwanjyamuvuga ibyo abakinyi bavuga bikiyandika munsi biri muri English abashyigikiye igitekerezocyange like
Nanjye ndabishyigikiye kuko ikinyarda sincyumva neza 😂😂😂
Ego nyiramatama birumvikana ntabwo wumva ikinyarwanda neza😢😂😂😂
Ndifuza ko kelly akunda chris, ark jojo akareka kasha agakunda sankara, abantu mubona ko hazashya kasha namenya ko yannick se yamubwiye aruwo asanzwe azi hazashya nimumpe like❤❤❤❤
Diarrhée verbale 😂😂😂😂😂😂😂 Suzy Mana yanjyeee😂😂😂
Abishimiye Ukuntu dady adukoreye umunsi like❤❤❤❤❤
Abishimiy ko papa nina agiye kuzan nyiranzayino gukora iwe nurihe😂😂😂😂
Jojo iyo urikumwe ningona kasha birya ahantu kuko mubuzima bwajye busazwe nanga iryarya ubyumva nkange ampe like
Jojo se aratekereza
Humura umuvumo ise amuvumye ntuzamugwa amahoro😂😂
Kbs
Nsabii na Claudia nibasohoke kandi Claudia bazamubwire ko bamukunda umutima utuzee,,humura ndagusengeraaa Nsabiii agombe abikubwire
nanjye ndagufasha gusenga peee
Abemeza ko my heart ariyambere mu gihugu murihe 🙏❤️
Ni number 1 ❤
Dady 😂 Urakoze Peh ntacyo twabona twakwitura nukuri Urakoze kongera kutugaburida😂😂😂 My heart ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mumpe like abantu mwishimiye kurya 2 kumunsi ❤
Wawooo Daddy Imana ikomeze ikwagure nukuri❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Oooooh byiza cyane baduhaye indi!! Killaman rwose akomeze yaguke
Ntabwo muheruka kumpa likes zanyu peeee! Mwampaye like koko kondi umuntu wamyu 😓😓😓😓
My heart yanjyeeee ndayikunda my heart uzakwanga nzamwanga ngukunda nkinka imwe❤️❤️🤝
Akantu ko kwiyiriza mbereho iminsi 2 karansekeje!!Nsabi love you pe ❤❤❤
Abishimiye ko uyumunsi batwitayeho mukuduha my heat 2 musige Like 👍👍👍
Yannick harigihe udutungura tukabura ibyotuguha kbx ♥️♥️
Akomana turishimye cyane woe urumuhanga
Asant sana Daddy 🙏 tumeshukulu kabisa from Kenya ❤❤❤❤❤
Na Mimi ndiko hapa Kenya
Mbaye uwambere uzisige❤❤❤
Ubundi Urakora Rwose Imana yagure ibikorwa byawe cyaneeee Imigiisha Imigisha
Mana cyokoze abakobwa bumutima baracyabahope ukuntu Benita ahora acyurira atuka bera ark akaba akomeje kumufata nkincuti❤❤ bera love you so much 🙏🤝
Ubundi ninde utashimira daddy arakozecyane ariko ntimuheruka kumpa utura like ch najye nimumpe numvuko yesu agiraneza
Mbaye uwa mbere mpume izo likes 👍❤
Linda
Ahhhhhhhjjjhhhhhhhhhhhh nsabi arasetsa abari bamukumpuye mumpe lik
Gusa udukoreye imiti bro I love you so much ❤❤❤ imana igukomeze muri byose peuh
Kombikene kuhigiranangahe mudutemo ibiciro byokwiga duragukunda uyumusi uduhayekire yuzuye ❤❤❤❤❤❤😂😂😂😂
Cgz nana kwigisha nsabibukuntu azitwarabimbere y cloudia ndabigukundiy kbs❤❤
Uwabonye agashinyiko kigihemu kaka kasha mumpe aka like cank muvyihorere😊😂😊😂
Ubundi jyewe nsigaye nyikundira ikiganiro cya clis na Kelly ❤️❤️
Publicity nziza cyane ikoranye ubuhanga abantu mubona nyambo na Yannick ko bayikoze neza mumpe like❤❤❤❤
Nbr one mump like ❤❤❤❤ nukur
My heart ❤ nyikunda nkuko nkunda umutima wange
Thank you daddy wacu turagukunda cyane kand ntabwo tuzagutenguha every day duhari kubwawe
Ndabakunda cya ne mwe murigukanda kugafoto mukareba firim nasohoye ndabashimira mukomeze munzamure mukanda kakanu nawe Uzi ariko SB nubinkorera uraba ukoze
Turabibakorera ark natwe mujye mudufasha mutuzamure pee ndagusabye uzamfashe
Mumbabarire munzamure mukanda kakanu nawe Uzi ariko SB nimubinkorera imana ibahe umugisha nawe utaragakanda gakande p
Korodiya yahisemoneza yitomboreye umukiga akonamubwiranti twe abakiga iyotwisanze muririyasitwsiyo bibabigoyeko twatobora tukavuga ❤❤ariko urukundorworurahari
Nsabi we,ibyo bikugonze buhoho😂😂😂😂😂cyakoze ndakwemera kbs
Urakoze cne dady, Imana iguhendagize
Number one musige aka like mn
Arko rwose mwamboneye ukuntu nina na papa we bahuje urugwiro dii❤❤❤ abacter beza cyane rwose baraberanye
Ayiiiii🤦🙆🙆kasha nyagupfawe ibyowakoze bizakugaruka pe,,ibaze kd ko ujyiye gukurikizaho papa wawe 🤭ahubwo agahuru ki🐕kajyiye gushya yannick wacu yiyiziye Sha ndamwizeye nawe💪ubundi rero Sasa njye nshaka kubona Suzi yonjyeye kubona ko yannick atapfuye arimuzima ubundi hagashya we🔥
Waoooow ❤ thanks our Daddy ❤❤❤❤❤imbere cyane .
Iyi date nayo inteye amastiko pe! Claudia yibereye murukundo mugihe nsabi ari gutekereza ingunguru zibiryo azarya😂😂😂😂
Abakunda dadyy mumpe like aratwongeje
Dady murakoze mwazambabariye mukadufasha turasabye 🙏
❤❤❤ ndakwemera daddy urimukazi mbanakubonye
Urakoze cyane kutwongera dady wacu 🤗🥰
Wakoze cyane kutugaburira kabiri dady wacu imana ijyiguha umugisha meishi
Nukuri peee abashimiye urukundo rwa nsabi mupe lik❤
Killaman is the first number one
Nyiranzayino akaba ajyiye kwa Suzi noneho hazashya💃💃💃
Abarindiranyamatsiko sabi yasohokanye nakorodiya mwihangane mubinyereke😢❤❤❤❤
Abakunzi ba my heart munkandire kwifoto❤❤❤
Daddy ko numva ufite umutima wogufasha ukaba waranyimye ubufasha?Hagati Aho ark thank you kuba muduhaye ibice 2 mumusi u umwe mumba❤💐
Oooo wauuuu Thx daddy turahaze 🙏🙏turagukunda cyan ✅
Nsabi ndagufana gusa Natwe turikwiyubak muze kujya kuri UA-cam mudushyigikire muri (Mediator films) na Daddy nukuri mudushyigikire
Mwabantu mwe Niba mwunva dukeneye ko muri my heart habamo ubukwe mwigaragaze
Ubundi nimwe banjye ndabemera cyaneeeeee ndabakunda 🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤❤❤❤
Abantu bari bakumbuye Adolf na Suzi batongana mumpe like
Nibande bacyetseko Nzayino azajya gukora kwa Suzi??
Benitya na dave hejuru❤❤❤❤
Thank you daddy turagukunda cn ❤❤❤
Waaaauuuu nabera ndazindutsepe webale daddy Nizere ko mwishimiye kurya 2😅😅
Number one murakoze kunduha iyi ndi episode
My ❤ kbx nge biba byandenze nkabona nashyiraho byinshi gusa Nishimiye ko nahuye na Dady, Nsabii,nyambo mwarakoze cyaneeee
Nyambo ubwo niwowe uri kwivugisha ibyo ngo ntabwo watekerezaga ko rwakwerekeza kwa nsabi ibyo ntibyari bikwiye kugusohoka mukanwa iyo uba uzirikana aho yanick yagukuye kandi mbona uzirata wigeze no gusuzugura mutekano ese wagiye ufatira urugero kumukunzi wawe ko yubaha buri muntu ntacyo agendeyeho wowe nkaba mbona ntacyo bikwigisha
MURAKOZE Daddy 🙏🏿🙏🏿
Ahwiiii nsabiiiii weee ngoniyo bataganira ark bakirira🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Uwo mwana papa Nina ashaka ndabona nabasha kuba we papa ninaweeeee have udahamagara nzayino ndumva murinjye ariwe utekerej pe 🙏
Ubundi abana banezezwa no kurya kabiri thanks Daddy❤niba namwe ari uko nkandir ku ifoto❤
Active now number one like here
Thanks Dadi kubwo kutwitaho ukamenyako tutahaze ukatwongeza turishimye cyane rwose ndabona Ibintu birikugenda bigorana umunsi adorufe na Suzi bazamenyako Yannick yagarutse ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ariko ubundi murabyumva mute willy akundanye na bella naho Sankara agakundana na jojo,Nubw haba harimo intambara iteye ubwoba gusa byaba ari sawa kbx 🍀
NTAWUNDI NKAWE KBX MANA WEE MY HEART HEJURU CANE❤❤
Number one like ❤
Mbega ikizamini nana ahaye nsabi go uturyo Duke!!! Nagendahari nzabireba
Wow! Ubundi niwowe daddy wacu thx kdi we love you so much❤❤❤❤❤
Nsabi niyihangane agabanye comedy nukuri ajye murukundo nundi mwana ndabashyigikiye❤❤❤
Urabonako benithq yishimye devu yishimye ibintu ni❤
Dady,ndagukunda,cyaneee,❤,komeza,kumererwa,neza,na, family yae,❤
Cloudia woe bwira nsabi ko umukunda🥰💞we ntabyo abona
😂😂mbaye uwambere mundemere mbatonye myheart❤
Mugire twuzuze abasabu300k tugere nokuri 1m❤
Nsabi akunda akana gaciye akenge mana weee🇰🇪🇰🇪🇰🇪🇧🇮🇧🇮
Kereka natacha akunze Scott hagashya nkirebera 😂😂😂😂😂
I love guys Nsabi and Claudia I am your big fun kbx ❤❤❤❤
Umbonera Natasha umumbwirebko mukunze cyaneeeeee rwose setuu!!!!!!!Ari ni flim ddddaaaa😊
Chris ndakwemera mn
Dady niweowe wacu Kabiri ku munsi kd noneho uyiduhaye hakiri kare abaza nyuma yange musige like
Wowh! Thks Daddy! Uba watuzirikanye kd courage again. We are here for you!
Njyewe Claudia na Nsabi ndabashyigikiye rwose arko nyambo ni umwana mubi ntago ya cuoragent abandi bana
Daddy aba yakoze akazi kose too, ayamafranga yose ko Ari menshiiiiiii mwampaho Koko 😢 huh y😊😅😅😅😂
Wau urakoze kbx ibiturabikunze kd❤❤❤
U deserve to be our dady I love you so much
Dukomeje gushyigikira urukundo rwa nsabi na Claudia abishimiye ko rwagera kure musige Like ❤❤❤❤❤❤
Babane no mu buzima busanzwe claudia ni mwiza pe
Urakoze kutwongera daddy❤❤❤ niba ushimishijwe ninyongezo nyihera like
Cakoze dady wamenye kizuba rimeze nabi❤❤❤
Natanzwe
Twayiranyije mushyireho nindi basaza hano murikenya tubakurikira turi benshi
Niba ushyigikiye urukundo rwa nsabi na Claudia mumpe like
Abantu baribakumbuy urukundo rwa nsabi na Claudia like👍👍👍
Dady wacu mwiza thanks 👍
Ikibazo nuko nsabi ngo ntabyo guteretana birimo 😂😂
Ababona ko nzayino azibonera akazi kwa papa Yannick mumpe like
Nanjye niko mbibon
Kandi abantu twunva ko Nzayino aribuze gukora kwaba Nina ❤❤❤
Agatekerezo ntakuntu mwanjyamuvuga ibyo abakinyi bavuga bikiyandika munsi biri muri English abashyigikiye igitekerezocyange like
Nanjye ndabishyigikiye kuko ikinyarda sincyumva neza 😂😂😂
Ego nyiramatama birumvikana ntabwo wumva ikinyarwanda neza😢😂😂😂
Ndifuza ko kelly akunda chris, ark jojo akareka kasha agakunda sankara, abantu mubona ko hazashya kasha namenya ko yannick se yamubwiye aruwo asanzwe azi hazashya nimumpe like❤❤❤❤
Diarrhée verbale 😂😂😂😂😂😂😂 Suzy Mana yanjyeee😂😂😂
Abishimiye Ukuntu dady adukoreye umunsi like❤❤❤❤❤
Abishimiy ko papa nina agiye kuzan nyiranzayino gukora iwe nurihe😂😂😂😂
Jojo iyo urikumwe ningona kasha birya ahantu kuko mubuzima bwajye busazwe nanga iryarya ubyumva nkange ampe like
Jojo se aratekereza
Humura umuvumo ise amuvumye ntuzamugwa amahoro😂😂
Kbs
Nsabii na Claudia nibasohoke kandi Claudia bazamubwire ko bamukunda umutima utuzee,,humura ndagusengeraaa Nsabiii agombe abikubwire
nanjye ndagufasha gusenga peee
Abemeza ko my heart ariyambere mu gihugu murihe 🙏❤️
Ni number 1 ❤
Dady 😂 Urakoze Peh ntacyo twabona twakwitura nukuri Urakoze kongera kutugaburida😂😂😂 My heart ❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Mumpe like abantu mwishimiye kurya 2 kumunsi ❤
Wawooo Daddy Imana ikomeze ikwagure nukuri❤niba namwe Ari uko nkandira ku ifoto❤
Oooooh byiza cyane baduhaye indi!! Killaman rwose akomeze yaguke
Ntabwo muheruka kumpa likes zanyu peeee! Mwampaye like koko kondi umuntu wamyu 😓😓😓😓
My heart yanjyeeee ndayikunda my heart uzakwanga nzamwanga ngukunda nkinka imwe❤️❤️🤝
Akantu ko kwiyiriza mbereho iminsi 2 karansekeje!!Nsabi love you pe ❤❤❤
Abishimiye ko uyumunsi batwitayeho mukuduha my heat 2 musige Like 👍👍👍
Yannick harigihe udutungura tukabura ibyotuguha kbx ♥️♥️
Akomana turishimye cyane woe urumuhanga
Asant sana Daddy 🙏 tumeshukulu kabisa from Kenya ❤❤❤❤❤
Na Mimi ndiko hapa Kenya
Mbaye uwambere uzisige❤❤❤
Ubundi Urakora Rwose Imana yagure ibikorwa byawe cyaneeee Imigiisha Imigisha
Mana cyokoze abakobwa bumutima baracyabahope ukuntu Benita ahora acyurira atuka bera ark akaba akomeje kumufata nkincuti❤❤ bera love you so much 🙏🤝
Ubundi ninde utashimira daddy arakozecyane ariko ntimuheruka kumpa utura like ch najye nimumpe numvuko yesu agiraneza
Mbaye uwa mbere mpume izo likes 👍❤
Linda
Ahhhhhhhjjjhhhhhhhhhhhh nsabi arasetsa abari bamukumpuye mumpe lik
Gusa udukoreye imiti bro I love you so much ❤❤❤ imana igukomeze muri byose peuh
Kombikene kuhigiranangahe mudutemo ibiciro byokwiga duragukunda uyumusi uduhayekire yuzuye ❤❤❤❤❤❤😂😂😂😂
Cgz nana kwigisha nsabibukuntu azitwarabimbere y cloudia ndabigukundiy kbs❤❤
Uwabonye agashinyiko kigihemu kaka kasha mumpe aka like cank muvyihorere😊😂😊😂
Ubundi jyewe nsigaye nyikundira ikiganiro cya clis na Kelly ❤️❤️
Publicity nziza cyane ikoranye ubuhanga abantu mubona nyambo na Yannick ko bayikoze neza mumpe like❤❤❤❤
Nbr one mump like ❤❤❤❤ nukur
My heart ❤ nyikunda nkuko nkunda umutima wange
Thank you daddy wacu turagukunda cyane kand ntabwo tuzagutenguha every day duhari kubwawe
Ndabakunda cya ne mwe murigukanda kugafoto mukareba firim nasohoye ndabashimira mukomeze munzamure mukanda kakanu nawe Uzi ariko SB nubinkorera uraba ukoze
Turabibakorera ark natwe mujye mudufasha mutuzamure pee ndagusabye uzamfashe
Mumbabarire munzamure mukanda kakanu nawe Uzi ariko SB nimubinkorera imana ibahe umugisha nawe utaragakanda gakande p
Korodiya yahisemoneza yitomboreye umukiga akonamubwiranti twe abakiga iyotwisanze muririyasitwsiyo bibabigoyeko twatobora tukavuga ❤❤ariko urukundorworurahari
Nsabi we,ibyo bikugonze buhoho😂😂😂😂😂cyakoze ndakwemera kbs
Urakoze cne dady, Imana iguhendagize
Number one musige aka like mn
Arko rwose mwamboneye ukuntu nina na papa we bahuje urugwiro dii❤❤❤ abacter beza cyane rwose baraberanye
Ayiiiii🤦🙆🙆kasha nyagupfawe ibyowakoze bizakugaruka pe,,ibaze kd ko ujyiye gukurikizaho papa wawe 🤭ahubwo agahuru ki🐕kajyiye gushya yannick wacu yiyiziye Sha ndamwizeye nawe💪ubundi rero Sasa njye nshaka kubona Suzi yonjyeye kubona ko yannick atapfuye arimuzima ubundi hagashya we🔥
Waoooow ❤ thanks our Daddy ❤❤❤❤❤imbere cyane .
Iyi date nayo inteye amastiko pe! Claudia yibereye murukundo mugihe nsabi ari gutekereza ingunguru zibiryo azarya😂😂😂😂
Abakunda dadyy mumpe like aratwongeje
Dady murakoze mwazambabariye mukadufasha turasabye 🙏
❤❤❤ ndakwemera daddy urimukazi mbanakubonye
Urakoze cyane kutwongera dady wacu 🤗🥰
Wakoze cyane kutugaburira kabiri dady wacu imana ijyiguha umugisha meishi
Nukuri peee abashimiye urukundo rwa nsabi mupe lik❤
Killaman is the first number one
Nyiranzayino akaba ajyiye kwa Suzi noneho hazashya💃💃💃
Abarindiranyamatsiko sabi yasohokanye nakorodiya mwihangane mubinyereke😢❤❤❤❤
Abakunzi ba my heart munkandire kwifoto❤❤❤
Daddy ko numva ufite umutima wogufasha ukaba waranyimye ubufasha?
Hagati Aho ark thank you kuba muduhaye ibice 2 mumusi u umwe mumba❤💐
Oooo wauuuu Thx daddy turahaze 🙏🙏turagukunda cyan ✅
Nsabi ndagufana gusa Natwe turikwiyubak muze kujya kuri UA-cam mudushyigikire muri (Mediator films) na Daddy nukuri mudushyigikire
Mwabantu mwe
Niba mwunva dukeneye ko muri my heart habamo ubukwe mwigaragaze
Ubundi nimwe banjye ndabemera cyaneeeeee ndabakunda 🎉🎉🎉🎉❤❤❤❤❤❤❤❤
Abantu bari bakumbuye Adolf na Suzi batongana mumpe like
Nibande bacyetseko Nzayino azajya gukora kwa Suzi??
Benitya na dave hejuru❤❤❤❤
Thank you daddy turagukunda cn ❤❤❤
Waaaauuuu nabera ndazindutsepe webale daddy
Nizere ko mwishimiye kurya 2😅😅
Number one murakoze kunduha iyi ndi episode
My ❤ kbx nge biba byandenze nkabona nashyiraho byinshi gusa Nishimiye ko nahuye na Dady, Nsabii,nyambo mwarakoze cyaneeee
Nyambo ubwo niwowe uri kwivugisha ibyo ngo ntabwo watekerezaga ko rwakwerekeza kwa nsabi ibyo ntibyari bikwiye kugusohoka mukanwa iyo uba uzirikana aho yanick yagukuye kandi mbona uzirata wigeze no gusuzugura mutekano ese wagiye ufatira urugero kumukunzi wawe ko yubaha buri muntu ntacyo agendeyeho wowe nkaba mbona ntacyo bikwigisha
MURAKOZE Daddy 🙏🏿🙏🏿
Ahwiiii nsabiiiii weee ngoniyo bataganira ark bakirira🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Uwo mwana papa Nina ashaka ndabona nabasha kuba we papa ninaweeeee have udahamagara nzayino ndumva murinjye ariwe utekerej pe 🙏
Ubundi abana banezezwa no kurya kabiri thanks Daddy❤niba namwe ari uko nkandir ku ifoto❤
Active now number one like here
Thanks Dadi kubwo kutwitaho ukamenyako tutahaze ukatwongeza turishimye cyane rwose ndabona Ibintu birikugenda bigorana umunsi adorufe na Suzi bazamenyako Yannick yagarutse ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ariko ubundi murabyumva mute willy akundanye na bella naho Sankara agakundana na jojo,
Nubw haba harimo intambara iteye ubwoba gusa byaba ari sawa kbx 🍀
NTAWUNDI NKAWE KBX MANA WEE MY HEART HEJURU CANE❤❤
Number one like ❤
Mbega ikizamini nana ahaye nsabi go uturyo Duke!!! Nagendahari nzabireba
Wow! Ubundi niwowe daddy wacu thx kdi we love you so much❤❤❤❤❤
Nsabi niyihangane agabanye comedy nukuri ajye murukundo nundi mwana ndabashyigikiye❤❤❤
Urabonako benithq yishimye devu yishimye ibintu ni❤
Dady,ndagukunda,cyaneee,❤,komeza,kumererwa,neza,na, family yae,❤
Cloudia woe bwira nsabi ko umukunda🥰💞we ntabyo abona
😂😂mbaye uwambere mundemere mbatonye myheart❤
Mugire twuzuze abasabu300k tugere nokuri 1m❤
Nsabi akunda akana gaciye akenge mana weee🇰🇪🇰🇪🇰🇪🇧🇮🇧🇮
Kereka natacha akunze Scott hagashya nkirebera 😂😂😂😂😂
I love guys Nsabi and Claudia I am your big fun kbx ❤❤❤❤
Umbonera Natasha umumbwirebko mukunze cyaneeeeee rwose setuu!!!!!!!Ari ni flim ddddaaaa😊
Chris ndakwemera mn
Dady niweowe wacu Kabiri ku munsi kd noneho uyiduhaye hakiri kare abaza nyuma yange musige like
Wowh! Thks Daddy! Uba watuzirikanye kd courage again. We are here for you!
Njyewe Claudia na Nsabi ndabashyigikiye rwose arko nyambo ni umwana mubi ntago ya cuoragent abandi bana
Daddy aba yakoze akazi kose too, ayamafranga yose ko Ari menshiiiiiii mwampaho Koko 😢 huh y😊😅😅😅😂
Wau urakoze kbx ibiturabikunze kd❤❤❤
U deserve to be our dady I love you so much