KUBONEZA URUBYARO KU BANGAVU BIRAKWIYE CYANGWA NI AMAHANO. ICYO ABANTU BATANDUKANYE BABIVUGAHO.

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 13 жов 2024
  • Turabashimiye mwe mukomeje gukurikira ibiganiro bya The Family Focus
    Ufite igitekerezo,inyunganizi,ushaka gukorerwa ubuvugizi cg ufite ubuhamya ushaka gusangiza abanyarwanda watwamdikira kuri annedushime@gmail.com cg ukaduhamagara kuri 0785149442

КОМЕНТАРІ • 3

  • @Bifsvoices
    @Bifsvoices 3 роки тому +1

    Hey The family Focus ! Nibyo hari impungenge zikomeye ku bana baba nyarwanda bari kwishora mu ngeso mbi bakahakura ingaruka zo kubyara imburagihe ariko na none ntitwaterera iyo ngo tubagire inama yo kuboneza urubyaro bataragira ! Njyewe numva ari ukubaha uburenganzira bwo gukora amabi batikanga kandi ubwo si uburere . Ahubwo dukomeze twigishe kandi dusenge Imana idufashe kandi ibafashe #bifsvoices

  • @ericndori5038
    @ericndori5038 3 роки тому +1

    Kuboneza urubyaro kubangavu si byiza kuko nabyo bifite ingaruka zitari nziza.