Ma shaa Allah turagushimiye sheikh kuba uduhaye ubusobanuro bwimbitse Allah akongerere nukuri turanyuzwe Kandi Allah atworohereze atubabarire n'amakosa twaguyemo.❤❤❤❤
@@Muvunyiwaissa83 Iyo ibyo uri gukora biri mu nyungu z'abaislam n'ubuislamu nko kubagezaho Zakat washyikirijwe, biremewe gukura transport kuri Account ya Zakatul Mal kubera ko igira Band yo guspendinga mu nzira ya Allah. Nta mafaranga ya Logistique akurwa muri Zakatul Fitr. Zakatul Fitr ni Igipimo ku muntu umwe watangiwe kigera mu biganza by'umukene, kitamugeraho akaba atatangiwe. Urebe ukuntu atari ibyo gukinisha.
Wa alaikum salam wa rahmatu-Llah wa barakatuh : Ku muntu udafite ubushobozi bwo gutangira abantu be bose, Dushingiye ku byanditse mu gitabo "Zadul Mustaq'nii" Page ya 77, abamenyi basesenguye imiterere ya Zakatul Fitr, bahuza intego zayo z'umwihariko n'intego ngari z'idini ya Islam bemeza ko: Udashoboye gutangira abari mu nshingano ze bose, ahitamo abo atangira akurikije urutonde rukurikira: 1) Yiheraho, 2) Agakurikizaho uwo bashakanye, 3) Agakurikizaho nyina (mama) 4) Agakurikizaho ise (papa) iyo bari mu zabukuru cg bari mu nshingano ze, 5) Agakurikizaho abana (uhereye ku mukuru usubira inyuma) 6) Agakurikizaho abo mu muryango we bamuzungura ushingiye uko bakurikirana. Aho Zakatul Fitr ye irangirira kuri uru rutonde niho ahagararira. Naho kubabasaba 1000 RWF gusa kuwudafite Zakatul Fitr, NTABWO IYI ARI ZAKATUL FITR NTA N'UBURENGANZIRA BAHABWA N'IDINI RWO GUSARUZA MU MWANYA W'ITEGEKO RYA ALLAH ICYO BISHAKIYE. Uwayabaha ntacyo bifasha cg byongera kuri Zakatul fitr, aguma mu mubare w'abatayifite kandi batabibazwa na Allah kubera ko nta bushobozi bari bafite.
قال الشيخ ابن عثيمين في الشرح الممتع: زكاة الفطر، فهي مقدرة بصاع على كل شخص، لكن لم يقدر فيها من يدفع له، ولهذا يجوز أن توزع الفطرة على أكثر من مسكين، ويجوز أن تعطى عدة فطرات لمسكين واحد. Sheikhul Islam Ibun Uthaimin Rahmahu-Llah, Yavuze ko nta gipimo cy'ibyo umukene ahabwa gihari. Biremewe Zakaatul Fitr yawe kuyisaranganya abantu barenze umwe, biranemewe no kuyiha umuntu umwe yose. BaarakaLlah fiik
RMC iraganahe ko amayira yo gusahura yatahuye . Ariko nabonye barira kunzoka mbi nka sindayigaya ntabyibuha nibe na nzanahayo afite ingunguru yinda yo kurundamo
Shukran yaa Sheikh. Ese Sheikh utuye ahantu ukabura umusilamu w'umukene hafi aho utuye, ese ubwo wabyitwaramo ute? Ese kandi uwo wayihaye utizeye neza ko ayigeza k'uwo igenewe ku gihe ho wabyitwaramo ute?
Ma shaa Allah turagushimiye sheikh kuba uduhaye ubusobanuro bwimbitse Allah akongerere nukuri turanyuzwe Kandi Allah atworohereze atubabarire n'amakosa twaguyemo.❤❤❤❤
Ma shaa Allah turagushimiye sheikh kuba uduhaye ubusobanuro bwimbitse Allah akongerere nukuri turanyuzwe Kandi Allah atworohereze atubabarire n'amakosa twaguyemo.❤❤❤❤
Ma shaa Allah turagushimiye sheikh kuba uduhaye ubusobanuro bwimbitse Allah akongerere nukuri turanyuzwe Kandi Allah atworohereze atubabarire n'amakosa twaguyemo.❤❤❤❤
Sheikhul Islam Ibun Uthaimin Rahmahu-Llah,
Yavuze ko nta gipimo cy'ibyo umukene ahabwa gihari.
Biremewe Zakatul Fitr yawe kuyisaranganya abantu barenze umwe, biranemewe no kuyiha umuntu umwe yose, biranemewe abantu benshi guhurira ku mukene umwe.
BaarakaLlah fiikum
Ma shaa Allah turagushimiye sheikh kuba uduhaye ubusobanuro bwimbitse Allah akongerere nukuri turanyuzwe Kandi Allah atworohereze atubabarire n'amakosa twaguyemo.❤❤❤❤
Baraq'ALLAH fiika wa jazzaq'ALLAH kheiri shekh Hassan. Ibisobanuro bya zakat zombi utanze birumvikanye cyane, abasilam duhumuke tuve mubujiji tugende mu murongo ALLAH n'intumwa ye batuyoboyeho.
Iyidin niya Allah. Ntabwo ariya. RMc
Mashallah gusa nukwitonda RMC iraje itangire kugukurikirana ibe ikivume Gusa Allah akube imbere
MashaaAllah ❤
Sheikh Asante sana kbs ubusobanuro uduhaye burasobanutse cyaneeeeeee...Allah akwishimire baraka Allah fiikum.
Barakallahu fiyka wa djazakallaahu Khairan
A,w,w Shekhana Allah akongerere kbs KD Azabahe Alidjannatu firidaus wowe nu muryango wawe
Shukran Brother I am your follower Allah akongerere
❤❤❤
Asanti, sana sheikh
Gusa mutagiye gukora uko imana ibishaka apana uko ubuyobozi bushaka
Ariko gukora mu buryo bufasha ubuyobozi ni itegeko iyo bwubahiriza Ayat na Hadith.
Allah adusaba kumva no kumvira abayobozi.
Urakoze cyane Sheikh
جزاكم الله خيرا شيخنا قد أجدت وأفدت ، لكن تلك عشرة كاملة لهم قلوب لا يفقهون بها ولهم أعيون لا يطبعون في كتب العلماء هداهم الله وإيانا
Ikiganiro cyiza Sheikh, Jazak Allah kheiran
Manshallah Abasilikare ba Allah baracyaza jazzakallah kheir
BãrakaLLAHU fiikum. Don't give up
Masha Allah Allah abongerere kubusobanuro bwiza uduhaye sheikh
Masha Allah, barakallahfikum for your reminder and advices us
Shukran Shekh.
Shukran sheikh Allah akwishimire kdi aguhe imigisha
Asamalama alayikumu walahamatullah wabalakatuh ma sha Allah
Murakoze sheikh kudusobanurira
Barakallah fikum
Shukran muvandi. Isomo rirumvikana
Allah akogerere❤❤❤
Alhamdu lillah aal niiimal Islam.
Naam Shukran sheikh Allah akongerere ibyiza mukuri uvanyeho urujijo rwari ruhari no kuri bamwe bari kubogamira imvugo imwe gusa asante sana
Ikibazo ngize niki kumwe bayisaruza cg uyitanga mwicaye cg mugeze aho isengesho rirabera mbere yuko riba ho bimeze gute ?
kuko sinkekako umuntu ayatanga ahita agezwa ku bayigenewe iswalat itaraba
Ariya mafaranga atangwa ku iraidi, ni isadaka ifite Iniya itariyo.
Ukagira umugambi wo gutanga Zakatul Fitr kandi uri gutanga isadaka. Abo uyiha baba babizi ko ari Sadaka ntibaba banakwiye kwivuna bayishyira abakene ihita iba "Jya mu bindi".
Inama yanjye, ku muntu byavuna kubona uwo aha Zakatul Fitr, icyo gihe atuma uwo YIZEYE ariko mbere akamuha igihe gihagije cyo kuyimutangira ibi bigukuriraho urubanza imbere ya Allah.
Ariko kuyiha uwo utizeye, kandi ubizi NTIBIKUGIRA umwere imbere ya Allah, Allah akomeze atuyobore.
Ese biremewe ko wasaba transport uwagutumye kumuhagararira kugirango udahirahira gutanga ibituzuye witwaje ko watezemo kndi bidakwiye gutanga bicye kubyo watumwe gutanga ?
@@Muvunyiwaissa83
Iyo ibyo uri gukora biri mu nyungu z'abaislam n'ubuislamu nko kubagezaho Zakat washyikirijwe, biremewe gukura transport kuri Account ya Zakatul Mal kubera ko igira Band yo guspendinga mu nzira ya Allah.
Nta mafaranga ya Logistique akurwa muri Zakatul Fitr.
Zakatul Fitr ni Igipimo ku muntu umwe watangiwe kigera mu biganza by'umukene, kitamugeraho akaba atatangiwe.
Urebe ukuntu atari ibyo gukinisha.
Ma Shaa Allah
Sheikh urimwarimu kbsa urasobanura ibintu bigashengera amatwi n'ubwonko bukabyakira neza.
Man sh Allah Allah akwishimire Muvandimwe sheikh wacu
اعزك الله ياشيخنا الفاضل ونفع الله بك ويرحم الله والديك
Allah akongerere ibyiza,
Nukuri urakoze cyane pe
Asalam alikum.warhmatulluh wabakatuh urakoze cyanee turasobanukiwe Allah akongerere ibyiza
Ndagushimiye cyane ureke aba bantu bazana IPOROJO mu idini
👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍👍
Ah'sanallahu ilaika.
Ahsanallah ilaika
Tekereza umukene uzagufata zakathirifitir kumusigiti yakoresheje itike 1500 afata kg2 byumuceri iyonidin?
Ayamafaranga ukunwa akurwa kuri bank nyuma yilayid rimwenarimwe bank zibazitakoze arikonji cyangwa arimuri wikend ikazatangwanyumayumunsiwirayid ibyo. Tujyatubibona bibahorwose
Assalam Alaykum warahmatullah wabarakatuh,murakoze ku kiganiro muduhaye ariko hari ibibazo mfite: 1.ese ufite umuryango w'abantu 4 arko ukaba ufite ubushobozi bwo tangira 2 biremewe? 2.Aho dutuye kubere abaslamu bafite ubushobozi buke,batubwiye ko umuntu atanga 1000 Rwf,ese byo bwo byakwitwa zakatul fitr?
Wa alaikum salam wa rahmatu-Llah wa barakatuh :
Ku muntu udafite ubushobozi bwo gutangira abantu be bose,
Dushingiye ku byanditse mu gitabo "Zadul Mustaq'nii" Page ya 77, abamenyi basesenguye imiterere ya Zakatul Fitr, bahuza intego zayo z'umwihariko n'intego ngari z'idini ya Islam bemeza ko:
Udashoboye gutangira abari mu nshingano ze bose, ahitamo abo atangira akurikije urutonde rukurikira:
1) Yiheraho,
2) Agakurikizaho uwo bashakanye,
3) Agakurikizaho nyina (mama)
4) Agakurikizaho ise (papa) iyo bari mu zabukuru cg bari mu nshingano ze,
5) Agakurikizaho abana (uhereye ku mukuru usubira inyuma)
6) Agakurikizaho abo mu muryango we bamuzungura ushingiye uko bakurikirana.
Aho Zakatul Fitr ye irangirira kuri uru rutonde niho ahagararira.
Naho kubabasaba 1000 RWF gusa kuwudafite Zakatul Fitr,
NTABWO IYI ARI ZAKATUL FITR NTA N'UBURENGANZIRA BAHABWA N'IDINI RWO GUSARUZA MU MWANYA W'ITEGEKO RYA ALLAH ICYO BISHAKIYE.
Uwayabaha ntacyo bifasha cg byongera kuri Zakatul fitr, aguma mu mubare w'abatayifite kandi batabibazwa na Allah kubera ko nta bushobozi bari bafite.
nonese shekhe uyitangiye igihe watumye ubuyobozi bwo bugatinda kuyigeza kubo igenewe wowe hari.ikosa uba ukoze cg.nibo bizabazwa?
Mwembi muzabibazwa.
Uwatumye n'uwatumwe; kubera ko uri free guha umukene uzi uwariwe wese, utamuzi wajya ku musigiti usengeraho ukamumenya...
Gutuma ngo bagutangire si itegeko, ariko kuyigeza kuwo ikwiye ni itegeko rikureba wowe mbere y'uwo watumye. Kuko ni wowe wasibye!
Sobiramo ikiganiro icyumve neza igisubizo kirimo
Urugero: urugo rumwe tugiye Gutangira zakatul fitri abanyu 10 =30kg
Icyo gihe 30 kg zihabwa umukeneye umwe? Cg zihabwa babakene 30?
قال الشيخ ابن عثيمين في الشرح الممتع: زكاة الفطر، فهي مقدرة بصاع على كل شخص، لكن لم يقدر فيها من يدفع له، ولهذا يجوز أن توزع الفطرة على أكثر من مسكين، ويجوز أن تعطى عدة فطرات لمسكين واحد.
Sheikhul Islam Ibun Uthaimin Rahmahu-Llah,
Yavuze ko nta gipimo cy'ibyo umukene ahabwa gihari.
Biremewe Zakaatul Fitr yawe kuyisaranganya abantu barenze umwe, biranemewe no kuyiha umuntu umwe yose.
BaarakaLlah fiik
abasheh mufite ibibazo cyereka musubire kwiga
Burya Uru muntu w,umugabo ureke ba siniteranya
Shukran kweli, uramutse udafite zakatul fitl ukaba watumira umukene mugasangira ntago byabayo?
Ntago yaba ariyo kuko ntumuhaye uramutumiye ariko Allah arabiguhembera
Shukulani uvunzukur
Allihamudurillah
Mukuri kobigisha imitangirwe ya zakatilmal nihe umukene ayihererwa? Sindumva narimwe ahoyahawe umuntu nugize ikibazo nkumugenzi ateranyirizwa naba islam aho rere rmc nabanyirayo bamenyeko bateje ikigeragezo cyogutima aba islam biganda mugutanga zakatulimal kuko baba bavugako nubundi nabo ntawe bayiha
Sheikh gapanga sindayigaya ati mutange cash ntabiryo ashaka ngo azabyihahira nyakugira inyota. Ngwabyihere abakene . Umukene wumutima nka nzanahayo na sindayigaya. Nibo bazadutumikira. Sindayigaya we ntanabyibuha agira inzoka mbi munda imunyunyuza. Nibe na nzanahayo we afite umutiba wibondo wo gukusanyirizwaho amahugu
SubhanaAllah. Ubanza aha nawe urengereye nubwo nange biriya ntabyumva neza. Gusa iyi mvugo ukoresheje ubanza iremereye cyane
Rmc yiytiriye Islam natwe kubera kutita kw,idini ryacu tukagendera mukigare
ubu noneho tuyime RMC
Yego. Ubundi ibi nibyo tugomba gukurikiza kuko bifite darir
RMC iraganahe ko amayira yo gusahura yatahuye . Ariko nabonye barira kunzoka mbi nka sindayigaya ntabyibuha nibe na nzanahayo afite ingunguru yinda yo kurundamo
Shukran yaa Sheikh. Ese Sheikh utuye ahantu ukabura umusilamu w'umukene hafi aho utuye, ese ubwo wabyitwaramo ute? Ese kandi uwo wayihaye utizeye neza ko ayigeza k'uwo igenewe ku gihe ho wabyitwaramo ute?
Ese wabuze abakene muvandimwe, ko twebwe batubanye benshi twabuze nibyo tubaha!!!
@@nsengimanamustafa5686 Mu kuri ntuye muru cartier itari iya abaslam . Kuko nkange aho ntuye ninge ngenyine . Biba bigoye rero kubona uwo wayiha ikindi kandi nyuma y'izi nyigisho menye ko n'igihe yaba yaroherejwe ku muntu yaba yaratanzwe nyuma ya Eid . Hari aho bazikusanyiriza ku musigiti ugasanga nka Imaam yatanze itangazo ko bahura kuri adhur bakabaha zakat al fitr. Niyo mpamvu narindi kubaza icyakorwa.
Ma shaa Allah turagushimiye sheikh kuba uduhaye ubusobanuro bwimbitse Allah akongerere nukuri turanyuzwe Kandi Allah atworohereze atubabarire n'amakosa twaguyemo.❤❤❤❤
Ma shaa Allah turagushimiye sheikh kuba uduhaye ubusobanuro bwimbitse Allah akongerere nukuri turanyuzwe Kandi Allah atworohereze atubabarire n'amakosa twaguyemo.❤❤❤❤
Ma shaa Allah turagushimiye sheikh kuba uduhaye ubusobanuro bwimbitse Allah akongerere nukuri turanyuzwe Kandi Allah atworohereze atubabarire n'amakosa twaguyemo.❤❤❤❤