Розмір відео: 1280 X 720853 X 480640 X 360
Показувати елементи керування програвачем
Автоматичне відтворення
Автоповтор
THE VISITOR PART 3 IRAJE VUBA , ESE BIRAGENDA GUTE STEVEN NATOROKA GEREZA??
Mubyukuri bizaba arumuriro pe
❤️❤️❤️❤️❤️🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🌹🌹🌹🌹🔥🔥🔥🔥🔥
Kbs imbaraga numuhate ntibikabire❤❤❤❤❤❤ gusa mbirakariyemo
Byibura mutunyarukirize part 3
Nuko muteba kuyiduha kwl muze muranyaruts muturyoherez
Ababona ko mukase wa clarisse azigukina mumpe like
Iyi film ninziza Cyn arko uriya mukobwa ntiyarigupfa ahubwe mwarikureka papa we akabanza akabona imyitwarire yiwe gs byaba byiza adapfuye byababyiza cyaneee mukagaragaza akarengane kuyu mumama harabamama babayeho kiriya ababyumva Kanjye tumenyan🎉🎉
Cyane ntapfe ikindi uyu mugore Iman imuhe urubyaro
Ni Kobayanditse kurikirana ukobizagenda
@@kevineinarukundo7229hhhhhhh😂😂😂😂😂😂 yandike ibye
True ! Abe yakomeretse cg choqué gusa kuko uyu Mama yaba atagiriwe Justice
Ntekereza iyi film nubeobariwe wayitangije ariko ishobora kuba ishingiye kuruyu mu visitor. Muri make ajugunyiye umupira ugomba kuwukina ,kaduregereze uko umukino uzagenda😢
Abishimiye ko part 2 ije mumpe like
Narinyitegereje sana
Ababonak iyi nzi Ari Kwa chriss mur my heart mump like 😂😂😂
So?
Cyakoze cyo film nziza iteguranye ubuhanga traccy yakinye neza ariko clarisse ntakwiye gupfa kuko hari abana bameze gutyo so clarisse bmumugarure bamwigireho murakoze ndabakunda ❤❤❤❤❤
Ahwiiiii 😢ubwoba bwanyishe nanjye ndi guhinda umushyitsi pe😢
WaooooAbafite abana babereye ba Anti bubahwe
Film uheza kuyirab wifash kumutim ngutekane😂😂part 3 tuyihabwe hashe
Ikintu mbona clarisse azabyuka yaribagiwe ari muri comma ababyumva nkanjyr like kbc😮
Mutubwireko part 3 izaza nukuri iyi film irabanza ikanikurikira kbs.
Uriya mwana yaryoshyaga film,mushake uko yagaruka,wenda yari yaguye igihumure
Nshutiyanjye muri film tireba ibyo umwanditsi yanditse ntago bakina ibiri mumitwe yabafana
Caane gose yiharayo plz
Mbega weeee ndumiwe ubuse papa Clarissa Nava muri jyereza bizajyenda gute fite amatsiko kd ntimugatinde
Iyi film narayikunze pe murakoze cyane kuyiduha
Ahwiii 😭😭😭 mbega flm iteye ubwoba please part 3
Nukuri mwarakoze kuduha firm irimo inyigisho nkizi 🙏 imana ikomeze ibahe imbaraga zo gukora cyane❤
❤❤❤❤❤❤ jyewe nkange shallon iyi film narayikunze cyaneeeee pe mumfashe mushake ibindi nice ndaka kumenya amaherezo yayo mudufashe kuko ndizerako twayikunze turibenshi cyane gewe numva bahora nyireba rero amatsiko nimenshi cyane murakoze cyane lena uzi guns pe
Bs iyo umubeshya ko yatashe yasinze akatura hasi koko yewee umva iyi film kuyireba nuko waba ukomeye gs irateguye
Nanjyenjye natekerejegutyo iyo amubwirakoyatashye yasinze akikubitahasi arikorekanizereko clarisse atapfuye
Dutegereje bimwe,usibye ko nubundi yamushinz uburere buke
Nsigaye ngira ubwoba ko nayo nimara kuyikunda muzayishyira kuri AB
Nivyo nanj ntinya sigay ndabanka pe
Barashaka bayijaneyo
Nubundi Iyi Tuyisuhuze Tunayisezera
Iyi film irateye ubwoba nukuri uyirangiza umutima wakuvuyemwo
Iyiii film iraryosheee ❤arikoo iteye ubwoba weee😢😢
Aaah sh ikinyoma kweli 😂Ubuse nafungurwa bizagenda gute!
Sha sinkunda kwandika comments ariko muzi gutegura kweri mbega Film n'ukuyisoza umutima wakuvuyemo ndakurahiye.gusa hano Traccy ukinye neza ku musozo nari nakwangiye ubwoba bwawe .
Byiza cyaneee 👊 muduha iminota mwinshi arko muratinda pe mugerageze kubanguka ndabemera sana❤❤❤❤❤❤
Oya nizere ko atapfuye kuko yagatanze inyigisho nyinshi kubana bameze nkabariya
Abari bategereje prts 2 nkanjye mumpe likes❤
Uyumugore azi gukina pe❤
Iyi ni flim nkaba umugabo wokuyireba❤
Ubwoba buranyishe ahwiiiii
bahavu uzi kwandika film kbx wubahwe🤗🤗
Ni umwan Cobby uyandika nawe numuhanga cyane
Vraiment👏👏
Tracy uzikuguka p. Award bazayiguhe muri baha Africa
Sha iyi film iteye ubwoba peee kuyireba ntago Ari sawa
Iyi film kuyifungura bintera ubwoba cyane,ariko Clarisse iyaba wenda atarapfuye
Mbega ukuntu iteye ubwoba weeee ndumva nayifunga arko nkagita amatsiko yibikurikira nkareba
😂😂😂😂😂😂😂
The difference, this is the difference. Well played and great professionalism! We're waiting the next .
Ngenzi arica amatungo n'abimenya😂❤❤😢😢
Oooooh!! My God ,ni nziza Good job j🥰mwiza ark disi bad choice yari nziza cyane part 1 nanubu sijya nyihaga sinzi Niba part 2 yaraje.
Nkubu tugasanga clarisse atapfuye mana yanjye se akazamenya uko ateye❤❤❤gsa ni nziza pe
Umwana womucyaro azikubeshya kweri good actor kbs
Aracyari muzima kuko iyo apfa aba yarabanukiye
Impungenge mfite nuko nitumara kuyikunda muyitwara kuri byabindi byanyu ngo ni ABA😢😢Gsa trecy ukoze akantu keza pe
Rengera uyu Mubyeyi afite ibibazo was Mana we
My best actor in Rwanda Ngenzi❤❤❤❤❤
Mana we iyi film iteye ubwoba nukuri gusa ninziza muduhe iyi part pls pls
Iyi film ikwiriye ibihembo kbs ikwiriye ikombe
Ndaunva pfite ubwobabap bwibizakurikiraho
Ndi muri waiting room ,welcome
Iyi filme iteye ubwoba 😢 nagahinda
Ayiweeee ukuntu ka tress gafitubwoba kariburabure
Ntangiye kureba mfite ubwoba😅
Nubwo irangiye biteye ubwoba mpise nseka 😂uburyo Steven yarakabukiye uno mushyitsi
Ahwii nari ncitswe😮❤
Mama amora urakozecyane kuduhaye part2 twaritwarihebye tuziyuko muzadukora nkukomeadukoze kumpanga
Ni sawa rwose ikibazo nuko muribuhite muyijyana kuri Aba
Niko batubereye
Murakoze cyane ngenzi turagukunda u know❤
Film nziza gose itanga impanuro kimwe clarisse ntiyari gupfa kugira papa wiwe abone ingeso yumukobwa wiwe
Wawoooo mbega byiza nukuri turayikunze
Ngenzi wee ndagukunda nkabarusha❤
Njye yanteye ubwoba bwinshi cynee pe 😢
😢😢😢
Iryo shano rya gakobwa ndakanseeeeee ngo niwew wish umwana waw
Ndaryohewe p iyi Filme ni nziza cyaneeeee
Mana yanjye😮 uyumugsbo nava gereza bizagenda gute
Cyakora nanone muri 3 muzatubwireko yari yaguye igihumure!wenda aho byakumvikana.
Thx. Bahavu ubu nicaye noneho hashye
Iyi film nzakuyimara umutima wamvuyemwo
Aho mwahakinnyenabi kwicha oko gakobwa ise atarabona amabiye
Iraryoshee nukurii♥️♥️ngenzii nkunda ukunt ubirimw neza kuva mubwana bwanje ndagufanaa
Uyu mugabo Aho azagarukira mwese murabapfu 😂😂😂
Imana ikurengere wa mubyeyi we
Mbega umushitsi mubi mbega ubwoba 😭😭😭😭
mwakoze kuyigarura yanditse neza
nimwojyere munyuzeho akandi ngace kuko twayikunze cyane
Mana we iyi flm ninziza ark ijya kurangira umutima wenda kuvamumuntu pe
Part 3 pleaseee, we love you ❤
Wow ❤❤ I was waiting for it😢😢
Trecy azi gukina ndamukunda 😂😂
Nonex hazaza part ya 3 cg irarangiye😢😢😢😢
Mwakoze nukuri be blessed
Umwana azuke rwose is 😂😂😂😂😂
Abagabo batabona amakosa y'abana nabo ahhhhh!!
Tracy hejuru cyaneeeee nukuri ukinnye nez sweetheart
Yesu waberaaaa😢😢Next part plizzzzz
I can't wait part 3
Mana tabara uyu mubyeyi pee😢
Part 3 plz❤
Mwese muzi gukina neza kbs arko ngenzi ava murigereza azasubireyo kubera tresy na Aunt we mwazanye imbeba munzuye yiwe none mwishe umwana we mumushyiraho icyaha mube mushaka aho muzajya nataha😅😅😅arko part3 very soon kbs harimo isomo rikomeye cyane
Abantu mwari muyikumbuye nkange mumpe like ❤❤
Iyi yo ni number1 ariko mufite ikibazo iyomuduhaye filme mukabona turayikunze muhita muyishyira kuri ABA
😢😢😢sije mbnye irahez pee mwrets gukavya cne mbg ubwob narimfte arik se papa clarisse azabarandura mwse pee😂😂plz part3🙏
Ngo izo mbeba nibo bazikuye mucyaro.😂😂😂😂😂😂😂😂😂 Ngenzi nakasa mutwe neza😅😅
Ninziza pe cyane 🙏❤️💕💯
Tracy azavemo kuko agirubwoba agatuma natwe tugira ubwoba
Iyi movie konyikunze cyn❤❤❤❤
Courage
I can't wait for part 3
Biteye ubwoba cyane 🙉🙉🙉 harimo ubugome bwinshi
Clarisse ajye akina arumuzimu nibyo bimuberey
Wawawa mwadutayemo akandi
Nukuri kwimana jewe uyo mukobwa numva mbabajwe numuntu yamuhaye iyo rôle
Iyi film niyambere pee wagirango siyi rwanda😅
Ikigaragara cyo papa Clarisse nava muri gereza azica abantu2😂
Ohhhh I can't wait part 3😢
THE VISITOR PART 3 IRAJE VUBA , ESE BIRAGENDA GUTE STEVEN NATOROKA GEREZA??
Mubyukuri bizaba arumuriro pe
❤️❤️❤️❤️❤️🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🌹🌹🌹🌹🔥🔥🔥🔥🔥
Kbs imbaraga numuhate ntibikabire❤❤❤❤❤❤ gusa mbirakariyemo
Byibura mutunyarukirize part 3
Nuko muteba kuyiduha kwl muze muranyaruts muturyoherez
Ababona ko mukase wa clarisse azigukina mumpe like
Iyi film ninziza Cyn arko uriya mukobwa ntiyarigupfa ahubwe mwarikureka papa we akabanza akabona imyitwarire yiwe gs byaba byiza adapfuye byababyiza cyaneee mukagaragaza akarengane kuyu mumama harabamama babayeho kiriya ababyumva Kanjye tumenyan🎉🎉
Cyane ntapfe ikindi uyu mugore Iman imuhe urubyaro
Ni Kobayanditse kurikirana ukobizagenda
@@kevineinarukundo7229hhhhhhh😂😂😂😂😂😂 yandike ibye
True ! Abe yakomeretse cg choqué gusa kuko uyu Mama yaba atagiriwe Justice
Ntekereza iyi film nubeobariwe wayitangije ariko ishobora kuba ishingiye kuruyu mu visitor. Muri make ajugunyiye umupira ugomba kuwukina ,kaduregereze uko umukino uzagenda😢
Abishimiye ko part 2 ije mumpe like
Narinyitegereje sana
Ababonak iyi nzi Ari Kwa chriss mur my heart mump like 😂😂😂
So?
Cyakoze cyo film nziza iteguranye ubuhanga traccy yakinye neza ariko clarisse ntakwiye gupfa kuko hari abana bameze gutyo so clarisse bmumugarure bamwigireho murakoze ndabakunda ❤❤❤❤❤
Ahwiiiii 😢ubwoba bwanyishe nanjye ndi guhinda umushyitsi pe😢
Waoooo
Abafite abana babereye ba Anti bubahwe
Film uheza kuyirab wifash kumutim ngutekane😂😂part 3 tuyihabwe hashe
Ikintu mbona clarisse azabyuka yaribagiwe ari muri comma ababyumva nkanjyr like kbc😮
Mutubwireko part 3 izaza nukuri iyi film irabanza ikanikurikira kbs.
Uriya mwana yaryoshyaga film,mushake uko yagaruka,wenda yari yaguye igihumure
Nshutiyanjye muri film tireba ibyo umwanditsi yanditse ntago bakina ibiri mumitwe yabafana
Caane gose yiharayo plz
Mbega weeee ndumiwe ubuse papa Clarissa Nava muri jyereza bizajyenda gute fite amatsiko kd ntimugatinde
Iyi film narayikunze pe murakoze cyane kuyiduha
Ahwiii 😭😭😭 mbega flm iteye ubwoba please part 3
Nukuri mwarakoze kuduha firm irimo inyigisho nkizi 🙏 imana ikomeze ibahe imbaraga zo gukora cyane❤
❤❤❤❤❤❤ jyewe nkange shallon iyi film narayikunze cyaneeeee pe mumfashe mushake ibindi nice ndaka kumenya amaherezo yayo mudufashe kuko ndizerako twayikunze turibenshi cyane gewe numva bahora nyireba rero amatsiko nimenshi cyane murakoze cyane lena uzi guns pe
Bs iyo umubeshya ko yatashe yasinze akatura hasi koko yewee umva iyi film kuyireba nuko waba ukomeye gs irateguye
Nanjyenjye natekerejegutyo iyo amubwirakoyatashye yasinze akikubitahasi arikorekanizereko clarisse atapfuye
Dutegereje bimwe,usibye ko nubundi yamushinz uburere buke
Nsigaye ngira ubwoba ko nayo nimara kuyikunda muzayishyira kuri AB
Nivyo nanj ntinya sigay ndabanka pe
Barashaka bayijaneyo
Nubundi Iyi Tuyisuhuze Tunayisezera
Iyi film irateye ubwoba nukuri uyirangiza umutima wakuvuyemwo
Iyiii film iraryosheee ❤arikoo iteye ubwoba weee😢😢
Aaah sh ikinyoma kweli 😂
Ubuse nafungurwa bizagenda gute!
Sha sinkunda kwandika comments ariko muzi gutegura kweri mbega Film n'ukuyisoza umutima wakuvuyemo ndakurahiye.
gusa hano Traccy ukinye neza ku musozo nari nakwangiye ubwoba bwawe .
Byiza cyaneee 👊 muduha iminota mwinshi arko muratinda pe mugerageze kubanguka ndabemera sana❤❤❤❤❤❤
Oya nizere ko atapfuye kuko yagatanze inyigisho nyinshi kubana bameze nkabariya
Abari bategereje prts 2 nkanjye mumpe likes❤
Uyumugore azi gukina pe❤
Iyi ni flim nkaba umugabo wokuyireba❤
Ubwoba buranyishe ahwiiiii
bahavu uzi kwandika film kbx wubahwe🤗🤗
Ni umwan Cobby uyandika nawe numuhanga cyane
Vraiment👏👏
Tracy uzikuguka p. Award bazayiguhe muri baha Africa
Sha iyi film iteye ubwoba peee kuyireba ntago Ari sawa
Iyi film kuyifungura bintera ubwoba cyane,ariko Clarisse iyaba wenda atarapfuye
Mbega ukuntu iteye ubwoba weeee ndumva nayifunga arko nkagita amatsiko yibikurikira nkareba
😂😂😂😂😂😂😂
The difference, this is the difference. Well played and great professionalism! We're waiting the next .
Ngenzi arica amatungo n'abimenya😂❤❤😢😢
Oooooh!! My God ,ni nziza Good job j🥰mwiza ark disi bad choice yari nziza cyane part 1 nanubu sijya nyihaga sinzi Niba part 2 yaraje.
Nkubu tugasanga clarisse atapfuye mana yanjye se akazamenya uko ateye❤❤❤gsa ni nziza pe
Umwana womucyaro azikubeshya kweri good actor kbs
Aracyari muzima kuko iyo apfa
aba yarabanukiye
Impungenge mfite nuko nitumara kuyikunda muyitwara kuri byabindi byanyu ngo ni ABA😢😢
Gsa trecy ukoze akantu keza pe
Rengera uyu Mubyeyi afite ibibazo was Mana we
My best actor in Rwanda Ngenzi❤❤❤❤❤
Mana we iyi film iteye ubwoba nukuri gusa ninziza muduhe iyi part pls pls
Iyi film ikwiriye ibihembo kbs ikwiriye ikombe
Ndaunva pfite ubwobabap bwibizakurikiraho
Ndi muri waiting room ,welcome
Iyi filme iteye ubwoba 😢 nagahinda
Ayiweeee ukuntu ka tress gafitubwoba kariburabure
Ntangiye kureba mfite ubwoba😅
Nubwo irangiye biteye ubwoba mpise nseka 😂uburyo Steven yarakabukiye uno mushyitsi
Ahwii nari ncitswe😮❤
Mama amora urakozecyane kuduhaye part2 twaritwarihebye tuziyuko muzadukora nkukomeadukoze kumpanga
Ni sawa rwose ikibazo nuko muribuhite muyijyana kuri Aba
Niko batubereye
Murakoze cyane ngenzi turagukunda u know❤
Film nziza gose itanga impanuro kimwe clarisse ntiyari gupfa kugira papa wiwe abone ingeso yumukobwa wiwe
Wawoooo mbega byiza nukuri turayikunze
Ngenzi wee ndagukunda nkabarusha❤
Njye yanteye ubwoba bwinshi cynee pe 😢
😢😢😢
Iryo shano rya gakobwa ndakanseeeeee ngo niwew wish umwana waw
Ndaryohewe p iyi Filme ni nziza cyaneeeee
Mana yanjye😮 uyumugsbo nava gereza bizagenda gute
Cyakora nanone muri 3 muzatubwireko yari yaguye igihumure!wenda aho byakumvikana.
Thx. Bahavu ubu nicaye noneho hashye
Iyi film nzakuyimara umutima wamvuyemwo
Aho mwahakinnyenabi kwicha oko gakobwa ise atarabona amabiye
Iraryoshee nukurii♥️♥️ngenzii nkunda ukunt ubirimw neza kuva mubwana bwanje ndagufanaa
Uyu mugabo Aho azagarukira mwese murabapfu 😂😂😂
Imana ikurengere wa mubyeyi we
Mbega umushitsi mubi mbega ubwoba 😭😭😭😭
mwakoze kuyigarura yanditse neza
nimwojyere munyuzeho akandi ngace kuko twayikunze cyane
Mana we iyi flm ninziza ark ijya kurangira umutima wenda kuvamumuntu pe
Part 3 pleaseee, we love you ❤
Wow ❤❤ I was waiting for it😢😢
Trecy azi gukina ndamukunda 😂😂
Nonex hazaza part ya 3 cg irarangiye😢😢😢😢
Mwakoze nukuri be blessed
Umwana azuke rwose is 😂😂😂😂😂
Abagabo batabona amakosa y'abana nabo ahhhhh!!
Tracy hejuru cyaneeeee nukuri ukinnye nez sweetheart
Yesu waberaaaa😢😢Next part plizzzzz
I can't wait part 3
Mana tabara uyu mubyeyi pee😢
Part 3 plz❤
Mwese muzi gukina neza kbs arko ngenzi ava murigereza azasubireyo kubera tresy na Aunt we mwazanye imbeba munzuye yiwe none mwishe umwana we mumushyiraho icyaha mube mushaka aho muzajya nataha😅😅😅arko part3 very soon kbs harimo isomo rikomeye cyane
Abantu mwari muyikumbuye nkange mumpe like ❤❤
Iyi yo ni number1 ariko mufite ikibazo iyomuduhaye filme mukabona turayikunze muhita muyishyira kuri ABA
😢😢😢sije mbnye irahez pee mwrets gukavya cne mbg ubwob narimfte arik se papa clarisse azabarandura mwse pee😂😂plz part3🙏
Ngo izo mbeba nibo bazikuye mucyaro.😂😂😂😂😂😂😂😂😂 Ngenzi nakasa mutwe neza😅😅
Ninziza pe cyane 🙏❤️💕💯
Tracy azavemo kuko agirubwoba agatuma natwe tugira ubwoba
Iyi movie konyikunze cyn❤❤❤❤
Courage
I can't wait for part 3
Biteye ubwoba cyane 🙉🙉🙉 harimo ubugome bwinshi
Clarisse ajye akina arumuzimu nibyo bimuberey
Wawawa mwadutayemo akandi
Nukuri kwimana jewe uyo mukobwa numva mbabajwe numuntu yamuhaye iyo rôle
Iyi film niyambere pee wagirango siyi rwanda😅
Ikigaragara cyo papa Clarisse nava muri gereza azica abantu2😂
Ohhhh I can't wait part 3😢