Dore Uko wamenya Ko bagutanzeho IGITAMBO iKuzimu/ icyo wakora ibyo bagukoreye bigapfa Ubusa/UBUHAMYA
Вставка
- Опубліковано 13 жов 2024
- #Plaisir_0786388010
#Kumufasha_0783 419 088
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Uziko muvuze ibyimirima nkabyumva cyane di!namatungo byose barabiroga jye ndumuhamya(imirima urahinga bikaza bimeze neza byagera ho bya kweze bikayonga)natungaga inka zigasara baziterereje abadaimoni
Murakoze cyane,ibyo bintu se ko bikaze tuzamenya umuntu yaraguye he bahu?abagome batsindwe mu izina rya Yesu Christu
Uwiteka we ndagushimiye ko navukiye mumuryango wabatuwe namaraso ya Yesu mukiza mumyaka irenga 90 hallelujah hallelujah 🙏 imyuka yo gukenyuka kuraguza kwizera ibigirwa mana imyuka yubusinzi imyaka yubusambanyi biraga puuuuuuuu ndabifuriza gukurwaho ibyo byose mu izina rya Yesu Christ ❤
Ndabakunda cyane,IMANA ibahe umugisha,muranyubaka cyane
ubutaha rero muzajye murindira pamfile arangize kuvuga kuko mwagiye mumuca cyane mwijambo tubashimiye impuguro nyinshi mutanze Ndiho abahezagire sana
Kabisa rwose
Ntacyo navuga gusa, Imana ibahe umugisha. Mukiganiro cyanyu muba mufite amagambo meza yubaka. BARAKAGIRA we sinamuhaga ku mwumva kuko iyo mwumvise burigihe nunguka byinshi . PAMFIRE Uri umunyakuri ukenewe muri ikigihe. Imana ibahe umugisha
Mana we ndishimye cyane Pamfire uramfashije. Numvaga kuvuka ubwa kabili ari ukubatizwa mumazi menshi
shalom mukomere cyane ndiho abahezagire
Yesu ashimwe cyane bene data muri kristo nonese umuntu yabashate kumenya umuhamagarowe nangwa umuntu yasenga irihe sengesho ikindi yontekereje kujya mu masengesho koncika intege nkaba nanayavamo mwamfasha gute kwakira imbaraga nkakomera murakoze ndi UGANDA
None se bena data nkatwe dukoresha cyane Restaurant ntiturya ibihumanye
Murakoze cyane kubwibiganiro byanyu binsubiza intege mubugingo,
Mwigeze kutubwira ko muzatuganiriza kugitabo cya Zaburi Kandi twizeye ko muzabikora. Ikindi ayo masengesho nimeza cyane kandi tuzayagiriramo umugisha.
God bless you. Love you from Kenya 😍😍
Ibyo kuroga ubutakandabizi cyane babyita kwabura.Muzatubwire kubitegano.
Ooooo Murakoze kuduha inyito. Yuko byitwa
Imana ibahire muravuga neza muri abagabo.
Vous 3.
Umwana kwa se wauuuuu
IMANA ibahezagire kandi ibongerereze amavuta, muranyubaka. Programme ya vendredi Imana izomfashe ndayibemwo. Mu Burundi zaburi nsha iratwubaka caane. Mukomere mu MWAMI.
Ndabasuhuje. Ndabakunda cyane, ZABURI Nshya ni Umuryango mwiza, ndabasengera buri munsi, kuko nzi ko hari ababohokera, bakirizwa, kuri ZABURI Nshya. Najyaga mvuga Pamphile na Plaisir mu mazina, ubu ngiye kujya nongeraho na Pascal. Muhezagirwe. Les 3Pilotes.
Imana ibahe umugisha muhora munyungura byinshi ariko mbonye nimero ya Barakagira nanezerwa kuko mushaka cyane.muhabwe umugisha n’Imana
Cyakora ukuntu mwajemo, Uwiteka Imana Ishoboyebyose ibahe umugisha mwinshi cyaaane!
Bakozi bimana lmana ibahe umugisha Mweho mirabizi ko tutaruhuka disi muze mudusengera kweli ndagerageza nkakurikira ikiganiro from France
Nivyo naje ndabakurikirana
Baratwubaka gwoose
Mtumishi wa Mungu Barakagira Pascal ndagukunda cyaaaaane. Uragahorana imigisha
Barakagira Imana iguhe umugisha ndagukunda uru muba pasteur bavuga Imana neza God bless you
Nibwo ncyumva iki kiganiro ... ariko nkuyemo byinshiii kandi bimfashije ... Merci Zaburi Nshya
Imana ibahe umugisha, uzi ko nzi umwana wajyaga mu kizami akabona inyuguti zibaye udushishi, bigatuma atsindwa atari umuswa, kdi abikorerwa n'a nyina ! Uzi ko nyina yamuregaga mu buyobozi, ngo amwicira amatungo, kumbi iyo asenze abazimu barazikuka
Imana ibahe umugisha cyane bakozi bimana
Mwiriwe neza ndabakunda cyane
Yesu nashimwe cyane P,P na p ndabakunda cyane ibi biganiro biradufungura mumutwe cyane Imana ibakomeze ibahe nimigisha muzadufashe mutubwire nibijyanye nimisatsi murakoze.
Nukuri rwose muranezeza cyane iyomuri ba 3 ibiganiro mukora biranyigisha niyombabaye ndishima pe , Pamphile ndagukunda nturipfana rwose urambaruza nkanezerwa
Ndabakunda nshuti,kandi Imana izabahembe kabisa
Imana Ibahumugisha
❤❤❤ntabubeshyi burimo biriho murakoze
Imana ibahe umugisha mwinshi nimutagwa isari muzasarura.
Abazi Imana bidusaba gusengera ikintu cyose kuko abadayimoni baratimenya kuko tubabuza amahoro.
Ntimurajya mubutumire bwabantu benshi ariko hakajyira uhaguruka akakubwira nabi cyane ntampamvu ukabona yabuze amahoro.
Ndabaramukije cane Uhoraho Imana yacu ibongrerubwenge nimigisha murivyose Kandi muzagire iherezo dyizacane.
Mutugire inama bakozi b'Imana beza
Nukuripe ibyomuvuga ndabyumva cyane harigihe uvuka urifura papa ukubyara haribyobamutambamo nawe bikakubaho jyebyambayeho. Nako muzakavugeho nitwa mutugirehe Vincent.
Ndabakunda cyane imana ibahe umugisha kubwikiganiro cyiza mutugejejeho
Nkunda iyo muri kumwe mwese mwuzuzanya ngenda mbigiraho byinshi! Murakoze cyane
Murakoze cyane , haribintu nari narigishijwe nabi kukijyanye no kwihana. ikikiganiro kiraryoshye
Mukomere cyane mwarimukumbuwe muhabwe umugisha mwinshi ba kozi ba Ndiho
Imana ijye ibaha umugisha murabakozi b'Imana
Imana ikomeze kubagirira neza ibiganiro vyanyu biratwubaka
Ndabakunda cyane inama zanyu ziranyubaka cyane Imana ige ibakomereza amaboko
Pamphire urakoze cyane kuvuga neza kuko bibaho cyne umugabo kuba arikumwe numugorewe arikwitekerereza undi bibaho cyne
Umva turabakunda tukabakurikira kuburyo nakazi nkakora mbumva koko muranyubaka cyaneee.
Ndabakunda cane bantu b, lmana muratuvugira mufise ubwenge impande zose ntaho muhengama biradukomeza cane ibiganiro vyanyu birimwo ubwenge nimpanuro nyinshi naho nabura akanya kumpamvu zakazi ariko kuko munyongera imbaraga ndabakurikirana cane lmana ibongere amavuta n, ubwenge n, imbaraga ndetsr ibagurire imbago izabahe n, iherezo ryiza
Benedata muri Christo Yesu Imana ibahe umugisha Kandi kuwakabiri saambiri nanjye ndahari
Nshaka gusenga ngahita nsinzira, nkumva ndabàgamiwe, numva ndemerewe cyane munsengere. Ndasaba kubona agakiza kanyako ntabukire bwisi nshaka. Munsengere !!
Yooooo Yego RWOSE
Imana ibahe umugisha kuriki kiganiro haribyinshi nigiyemo Uwiteka abahire cyane
Muranshimisha iyo mwakoze ikiganiro muri kumwe muradufasha cyane Imana ibakomereze impano yabahaye .
Ikibazo cyanyu nuko umuntu abashaka akababura
Yesu na shimwe Imana ibahe umigisha Pamphile ndagusuhuje cyane
Barakagira nansengere rwose,heka imfubyi Uwiteka azaguhemba.nahuye n,ikigeragezo gisa n,icy,umugore wawe yahuye nacyo.ndwaye umutwe ukabije. Ndota inzoka iniga,ndagowe mpeka satani yampagurukiye.
Nukuri ibitambo barabitanga nugusenga Imana ikadukuraho iyo myuka mibi
Ndabakunda full stop.p.p.p❤Impamvu mbakunda muganira ibyubugingo kdi bikenewe nababushaka.nange nigeze ntangwaho igitambo ndumwana ngirumugisha abazimu baranyanga .nicyo nishimira kuruta ibindi
Muranshimisha cyane ndabakunda muvuga ukuri
Mbega ikiganiro cyiza yewe lmana nibampere umugisha
Bakozibimana yesu abahumugisha kubamwongeye kugaruka kutuganirira,ikikiganiro cyaricyingenzi kuko benshi twifitiye ibibazo nkibyo ,none dukeneye umuti wabyo kuko biraturembeje rwose. Mugerageze mudusengere kuko harinabasengana integenke kdi akumva ko yasenze ariko ntibiricyobitanga.
Umuti wabonetse ni yesu
@@pascalbarakagira8934 Amen 🙏
Ndabakunda cane kunyigishozizamu duha kuri zaburi sha muze kutumenyesha igihe amasengesho rifatanyenamwe
Bakundwa b'Imana Yesu abakomeze cane kuk muvyo muvuze kuvyerekeye abatangwa ko ibitambo Jewe birashoboka nkaba ndimwo gusa vyosaba umwanya munini wo kubivuga nanje kwandika ntibinyorohera bivanye nivyo nkora
Muranyigishije mubihyanye no kwihana murakoze bakozi b’Imana
Nkunda iyo aba bakozi b’Imana bicaranye. Mbaniteguye kumva wisdom gusa. Imana ibahe umugisha.
Iyo muri kumwe mbakunda cyaneeeeee ndafashwa Amen 🙏🙏🙏 Imbaraga z' IMANA zikomeze kubabaho.
Shalom, muvuge no mugushyingirwa muburyo bwumwuka kugirango ntuzashaka, nka nyirarume w Ubuntu akamwishyingira ,cg umuntu akamwishyingira nk'umwana we, mutubwire uko tugomba gusenga
Numvise ikiganiro cyanyu bitumye nshaka kubabaza iki kibazo hair umuntu wajyaga aza murugo agahamagara umwana wanjye mwizina ryasekuruzawe wapfuye ibyo ntaho byaba bihuriye no kuba Yaba yamutanzeho igitambo ni Solange mumajyepfo.mwansubiza njya mbyibazaho
Yesu ashimwe cyane benedata. Turabakunda kubiganiro byiza mudutegurira, nifuzaga kubasaba ko muzategura ikiganiro kivuga k'umukristo ukiranuka mu kazi cyangwa muri Business. Murakoze
Mwiriwe neza, ikiganiro cyanyu ni cyiza. Ndi umu Catholique ariko
ibiganiro byanyu ndabikunda
biranyigisha. Muzakore ikindi
kiganiro mutubwire ibimenyetso
byinshi. Inama ibahe umugisha
Woooow......, mukoze ikiganiro kiza, gihembura imitima ya benshi, kdi iby'ibitambo muvuze ni ukuri pe, nanjye mfite umuntu wambwiye ko kera Sekuru yajyaga amuha inyama mbisi (z'indobanure), buri gihe uko amubonye kdi bahitaga babaga ihene akamuha (mu buzukuru ni we wenyine wazihabwaga), ariko nubu iyo umureba uba ubona afite itandukaniro mu bo bavukana,
Imana ibahe umugisha
Natwe turamufite sha bahaga inyama mbisi yagize ikibazo
Imana ibahe umugisha muranyubaka cyane, iyo mbonye ikiganiro cyanyu simbona ibitotsi ntarakirangiza
Imana ijyibarinda murabumumaro munini umuntu atabonikiguzi yatanga ndabakunda cyaneee
Amahoro y'Imana nabane namwe.ibiganiro byanyu biratunyura uko muri 3P.
Muzasohore ibitabo birimo ibiganiro byanyu kuko byakubaka benshi batabasha kujya kumbuga nkoranya mbaga.kuko birimo inyigisho nziza kandi zubaka umurimo w'Imana uri gusenyukira kw'isi.murakoze🥰🥰🥰🥰
Imana ibanere umugisha uko muri 3inyigisho zanyu ziratwomora ibikonere
Imana ibahe umujyisha najye baranjenjyereje
Wow nukuri turanezerewe Ku be iyi nyigisho
N’a hano Montréal turabakunda kandi turabakurikira
Imana ibahe umugisha utagabanyije nibe namwe muzi umuruho abantu barimubihugu byohanze turuha .inyigisho muduha ziratwubaka cyane.
Murakoze cyane
Muranyigishije cyane
None se kujya muri boucherie zabayisiramu nicyaha
Ariko Mana ndabakunda vous 3 kdi ndabakurikira, gusa Barakagira akwiye kwandika igitabo afite ibyo kwandika. Be blessed 🙏🙏
Murakoze Imana ibahe umugisha
Mungu akubariki sana
Murakoze cyane
Murakoze bana bi Mana.
Ikibazo cyange niki.
Njye ndi umukristo Kandi navutse ubwakabiri, nfite abana.
Famille yange ya kure bakorana nimyuka mibi.
None umuntu yakora iki ngo tudatangwa nabo béne wacu cyangwa inshuti zacu zikorana niyo myuka mibi.
Yesu abahe umugisha murakoze cane
Yesu ashimwe bana bayesu
Imana ibahe umugisha kubwibiganiro byiza muduha
Ngewe ndabisabira munsengere
Nfite uburwayi bwo kuzunggera mumutwe
Murakoze
Ntuye sued
Imana ibahe umugisha bakozi bimana,arko Muzaduhe urugero rwo kwihana kwa gichristu nukwa societe
Yesu abahe umugisha ndabakunda cyane muvuga imana nkanyurwa
hama izina mbonye baryanditse nabi ni Ntunzwenimana. ibisigaye ndashaka kubohoka no gukura mumpwemu.
Njye nkeneye ko musengera Umwana wanjye w'imfura umunsi umwe namwohereje ahantu agarutse mbona yahindutse. Ndabikeka nubu twibera hanze y'igihugu ariko ntacyahindutse nishuli ajyayo arugukurura. Mudusengere rwose
Mubeho muradukomeza mubyururugendo rugana isiyoni shalom
Imana ibahe umugisha kandi ibongerere amavuta menshi mu izina rya Yesu.
Sha ibyo muvuga nibyo. Imana ikomeze ibafashe
Ikiganiro twagikurikiranye kdi cyatunejeje, ariko hari imvugo numva byaba byiza zikosowe, kuvuga ngo Yesu abahereze umugisha, ibyiza numva ari uguha....aho gukoresha guhereza.
Dukomeze duhugurane ibyo muvuga nukuli cyane
Muzongere mujye muhura❤
Turabakunda cyane muratwubaka Imana mushoboravyose ikomeze mumurimwo wayo ongera amavuta amavuta icubahiro nikibe ica Yesu ibihe vyose Amen
URAKOZE
Pamphile ntabwo twumvise uburyo moleki iri mu barokore na bugingo n'ubu.
icyaha ni ikintu cyose umuntu akora atekereza avuga akora kitanezeza Imana.
Muhabwe umugisha naYesu
Imana itubohore manaweeeee
Nibyiza cyane mukomerezaho I analysis ibakomeze
Ndabemera abagabo b intwali.Good team.
Imana ibishyimirernukuri ndabakundacyane muradufashya kwwnjyerananiman
ponfire imana iguhe umugisha ubvuze ukuri nibyo
May God bless u all kukiganiro cyiza @Pamfile iyo shirt yumuhondo irakubereye cane kandi musengesho wasenze ubaza Imana uko iteye God is beyond our Imagination ifete urukundo rwinshi cane ruvanze nokwihangana kwinshi cane kandi irabihanganira kugira ngo nabo bakizwe bayimenye mureke Imana yitwe Imana God bless u all.
Murakoze cyane imana ibahe umugisha
Ibintu muvuze bitumye menya ahompagaze kuko narinarayobewe ibya family yanjye
Nukuri Imana ishimwe kubwo kuduhugura abarokore haribintu twaziruye kandi bizira Yesu abahe umugisha