Ibimenyetso Mpuruza Bikwereka ko Watanzweho Ibitambo i Kuzimu😭Kandi ko uboshye😨Uko Abantu batwarwa💔
Вставка
- Опубліковано 12 вер 2024
- #Pamphile_0785781442 #Beulah_Uwashyingiwe
Abagenzi barangije igihugu kiroga, bagera mu gihugu cyitwa Beulah, risobanura ngo Uwashyingiwe (Yesaya 62:4). Icyo gihugu kirimo ikirere cyiza cyane kinezeza ugihumeka. Inzira y'abajya mu ijuru ikinyuragamo; bamara iminsi baharuhukiye. Bumvaga inyoni ziRIRIMBA iteka, bakabona iminsi yose uburabyo burabya, bakumva inuma ziguguza. Muri icyo gihugu izuba riva ku manywa na nijoro; abakigezemo baba barenze igikombe cy’igicucu cy’urupfu. Kandi cya gihanda Bwihebe ntikibasha kuhagera; Kandi Abagenzi bahageze baba bitegeye ururembo bajyamo, ndetse bahahurira na bamwe bo muri urwo rurembo, kuko abarabagirana bamenyereye kugendagenda muri icyo gihugu, kuko gifatanye n’icyo mu ijuru.
USHAKA GUFATANYA NATWE MU BURYO UBWO ARI BYOSE TUVUGISHE KURI 0785781442
Email:beulahministry2012@gmail.com
Imana iguhe umugisha kuko ibyo wigisha bimaze kutugaragariza ko tumaze imyaka n'imyaniko munsengero ariko ntacyo tuzi pe! Gusa dutangiye kumenya kubera wowe Dr Samuel! Imana iguhe umugisha utagabanije.
Beulah tv itanga ibiganiro bifasha benshi nayje ndimo. Natangiye kureba ibiganiro bicaho , mpigiye vyishi. Murakoze cyane . Uwiteka akomeze abakoreshe mw’Izina rya Yesu.
Wamugabowe wagirngo urandebap ntakintu uvuze kitarikurinjyewe Imana iguhe umugisha
Ndumiwe gusa😢 nangr pe
Abantu twarashize pe turaboshye kdi turi nabachristo.yesu dutabare
Pamfille IMANA iguhumugisha
Kumpuguro uhaye penina
Kandi koko satani numugome
Ahora muburyo butandukanye
Ahubwo twebwe abizeye YESU-KRISTO mureke dusabe IMANA ubwenjye tujyirumwifato wabamenye YESU KRISTO umwami wamuriro.amen
Mana dutabare nukuri jewe aho ndara ntahonzi kweli Kandi nihabi ariko nizeye imbaraga z'Imana izankuraho ayo marushwa🤲🤲🤲🙏🏼
Mwizina rya Yesu bohoka
Ndagukunze mukozi wImana Abantu benshi baraboshye kdi abenshi turimunsengero
Abantu batangaho abandi ibitambo Imana ibagenderere
Urakoze.cane.imana.iguhezagire.uzatubwire.uko.kimwe.kimwe.camuvako.muriyo.migozi.yabadayimoni
Doctor murakoze cyane! Ibyo muvuga ni ukuri kdi ndushijeho gusobanukirwa muri bimwe mu bimenyetso umuntu agenda abona
Murakoze pe uziko ibyo bimenyetso ubivuze nkumva byose bindiho nyirumusiramo nasambanaga nabadayimoni ariko kuba nakwakira yesu nimukiza byarampunze
Yoooooo Muhabwe umugisha.
Satani aratwanga weee .
Tukabeshyera Imana ngo ntamugisha yaduhaye, kandi turi imbohe!!!
Umukozi w' Imana yakoze cyane kucyiganiro cyiza kuko ibyo yavuze byose nukuri Pamphile wakoze kumutumira🙏
Doctor urakoze cyane. Ibyo uvuga siwowe ahubwo nimwuka wera muriwowe. Ibyo uvuga nihishurwa rikomeye wagize ariko ikibabaje nuko benshi batarasobanukirwa nimikorere y' ibikorera mw'si y'umwijima
Nukuri ivyo muvuze bibaho kandi turafashijwe lmanibahumugisha
1. Ubwoba budafise impamvu
2. Ibintu bikubako udafitiye contrôle
3. Inzozi wibona urahandi hantu
4. Ukubaho ubuzima bwiyanka, wiyanse
5.
PamphiI ndahwemera Imana ihwagure namavuta menshi
Murakoze cyane kubwikiganiro cyiza cyane mutugejejeho.Gusa ndasaba Imana imbohore imbohorere n'abana mw'izina rya yesu .mbohora Data
Ahubwo abantu 98% bo kw isi turaboshye ariko Uwiteka IMANA ashimwe ko yakuzanye Brother Samuel murakoze cyane.intango yo kubohoka nukumenya ukuri.May God bless You
Imana.ibahe umugisha cane ibibintu birakome pe umukozi wi Mana azagaruke atubwire nibindi tumenye ukotwabohoka nukuri nibyo umukozi with Mana
YESU nashimwe bavandimwe muri KIRISTO YESU mubyo muvuze byose mpura nabyo ndarwara nkaremba nanjya kwivuza bakabura irwara mpora numva umubiri wanjye uhekenywa IMANA Intabare
Ijambo ryawe ririmonukuri Dr. Imana ikongerere imbaraga
Yesu wange mbohora,na bana bange
X
YESU mbohora ubohore abàna banjye amen
Wakoze kuzana uyu muvugabutumwa. Ibi ari kuvuga nukuri. Ahubwo abantu nibisuzume kubimenyetso avuze dusange Yesu atubohore
Imana iturengere ahubwo twarashize mutubwire ukuntu umuntu byamuvamo
Nukuri harabantu Imana yaziganyije batapfukamiye bayari
Merci pour la connaissance !!!
Icyo gitabo Pamphile mukigurisha mute kiboneka gute ,hehe?
Ni umukunzi wa Beula
Imana ibohore abantu kuko benshi baraboshye peeee
Izi nyigisho zije hageze.
Imana ibahe umugisha.
None umuntu azi ko arota izo nzozi yakora iki ngo abohoke?
Urakoze ibyo nukuri pe habwa umugisha nukuri turabyemeranya
Murakoze cyane
Mukozi w'Imana
Ibibyose Bindiho.umujinya.udakontolorwa.kwibagirwa.Mfite umukobwa 29 y.Amavuko.anyara kuburiri.Ntabwo Arashaka.None mundangire umuti.Murakoze.
Pafi mugihe tumaranye uzana abantu bafitumwuka w'Imana
Imana ibahezagire cyane ibi bintu bibahocyane.turategereje 2eme partie
Urakoze.umuntu.yabohoka.gute.none.yasenga.gute.kugira.bimuveko.abe.uwemewe.nimana.murakoze.inyishu.nziza
Yoomanawe ndagukunda imana iguhe umugisha
Urakoze cyane turumvise
Jewe ibyo byose uvuze bimbaho. Abagabo b, ijoro, kutazamuka muri promotion abaje nyuma yanjye bakongezwa nkagumaho nareba nabi nkirukanwa, amafaranga nkayabona ,ubwo ibibazo bikagondora, kunona mpfa banteye icyuma mu mutwe, ahandi nkabona Bari kundasa igihe cyose mba ndi mu buzima bwa kwiyanka no gusanga kenshi nivugana biturutse ku bintu nyuramo n, ibindi byinshi .Murakoze
Ayiwee humura 😢
Asante
IMANA IGUHE UMUGISHA UTAGABANYIJE...
Imana ibahe umugisha professor ivyo bintu nanje niko bimeze mudufashe number tubaze ingene tubohoka
Yesu ndatahuye, Babarira unambohoro vyose nijewebibaho
Mana weeeee ubwoba rwose bwurupfu ndabugendana nukuri wasengeye
Imana ibimuharuko nkokugororoka
Imana Ibahe umugisha.
Pamphile we ni munsengere p nange ndumurokore ariko umugabo wijoro arandembeje p plaise help me 🙏
Excellent
God bless you 🙏
izo link zagufasha kumenya imikorere yuko bakuboha nuko wakwibohoza
Ziri heh?
Ibyo uvuga n, ukuri kuzuye! Nzi umuntu umeze atyo p! Ahubwo mumpe Numero y,uyu mukozi w,Imana nzamuhuze nuwo murwayi kuko ntazi ibimubaho
Mutugererw kungingo y'ukuntu abantu babohoka.
Imana idufashe cane niyo yo kuturinda ndumva bitoroshe
Nimufashe mwokabyaramwe ndimuriyuganda ubuzima bwofite nubwo musengere
Amahoro cane.Jewe abana banje barabatanze ikuzimu kuko mbana nabarozi.None nosenga amasengesho ameze gute kugira ngo ndababohoze?
Inyisho nziza
Imana iguhe umugisha
Imana yomwijuri udutabare
ABO NI ABANYEDINI , NI BO BAHORANA UBWOBA KANDI KIRISTO YARADUCUNGUYE M'UMWUKA W'UBWOBA. KANDI YAMAZEHO IBYAHA.2 Timoteyo 1:7 Kuko Imana itaduhaye umwuka w'ubwoba, ahubwo yaduhaye uw'imbaraga n'urukundo no kwirinda. 1 Yohana 3:5 Muzi yuko uwo yerekaniwe gukuraho ibyaha kandi nta cyaha kimurimo.
1 Yohana 3:8 Ukora ibyaha ni uwa Satani, kuko uhereye mbere na mbere Satani akora ibyaha. Ibyo Umwana w'Imana yerekaniwe ni ibi: ni ukugira ngo amareho imirimo ya Satani.
Imana ibahe umugisha
Mana weeeee nukuri icyo cyambere ninjyewe ubwoba bwurupfu kd umuntu nabugizeho birangira apfuye
Ibimenyetso bitanu byatwereka ko koko umuntu ari umukozi w'imana?
Ibyo bitanu uvuze ni ibiranga umuntu amaranga mutima(emotion, santiment) biri hejuru naho logic (mind,gushyira mugaciiro,kuba we we) bira Hafiz ya ntabyo
Abantu nk’amwe Imana ikwiriye kubarinda isi irabakeneye cane muramfansha cane
Imana Data wa twese niturengere Kandi iduhe imbaraga zo kwibohora iyi migozi y' umugome satani 🙏
Reka mbasabe muzadusobanurire. Kohari intambara umuntu araranwaana n'abo umuntu azi, ukarwana n'inka ikihindura umuntu waniga icyo gikoko cyajya gupfa ukabona ni umuntu urikugusaba imbabazi.
Muduhe number za professor pls murakoze
Twakwifuza kuvugana na Prof kugira ngo atuyobore muburyo bwo kubohoka. Kuko ntabwo byoroshye rwose
Murakoze caane
Ibyo uvuga nibyo gusa hari ikintu kimwe udasobanukiwe bijyanye no kubohoka uzabikoreho research kuko hari a akazi bimana bafite impano yo kubohora batari abo uvuga basaba amafranga
Mana yanjye ndumva byose bimbaho nukuri nubu ndarwaye kandi iyogiye kwamuganga basanga ntacyorwaye, nonese Mukozi w'Imana nakoriki go mbikire?kuko mpora mumubabaro undashira. Byose uvuze bimbaho kuburyo maze kumva ndambiwe.
Narasenze narariyirije byaranze, nkoriki?ndagusaba kungirinama murakoze.
Ibyo byose bimbaho cyane pee
Mutubwire uburyo twabohoka nahubundi twashize peee
Narashize ngewe ndaryama maze gusenga saacyenda ngahita ndota ibintu bibi ,ngewe jyakugera kukintu bigahita bisubira inyuma ntacyerekezo ,ntabuzima ,nta nta,nta, ibyo byose ningewe mbona nenda gupfa Imana intabare
Nukuri IMANA idutabare imbohore
Nukuri Imana idutabre.gusa nimuduhe numéro
Mwami Yesu weeee, uyu ninjyewe pe nibitotsi bidashira ngira bitajya birangira muri njye,nguhorana intege nkeya ntakintu nakoze ,Mwami Mana uyu munyururu ndetse nindi yose satani yariyarambohesheje ndacagaguye, abazimu bose naba dayimoni bose bangenzaga ndabatwitse Fire 🔥🔥🔥 mu izina rya Yesu Kristo Amen.
Mana uterengere nukuri🙏🙏
Abakozi b,lmana batavangiye mwubahwe pe
Mutubwire ukuntu kimwe kimwe umuntu yagenda abyikuraho
MANAA ntabara.nanje ndaboshe, MANAA ntabara, kurya cjane, ubwoba ,kurota nabi.Manaa ntabara
Muzakomerezaho
IMANA ituregere 🙏
Imana idutabare
Nn umuntu yobohoka gute dusenge gute
Cyakoza ntarinarabuze umuntu nkawe kbx nange mbyakundaga kumbaho urwana nibintu utazi kd uryamye uwo muryamanye atakumva iyo byazaga narwanaga nokuvuga ngo yezu we. bigahita bindekura nukuri Umwami Yezu ariho kd na sekibi nawe nuko tumenye Umwami wacu yezu ntacyo tuzaba murakoze.
Umukama atugwanire mukozi w'lmana.nyene sinzi isi turaramwo ,tuvyuka twarushe.
Uko nukuri prof Sam urimukuri pe
Numero za Dr Sam please
Uko ni ukuri kabisa
Imana intabare pe kuko mporana ubwoba nagahinda
Najyaga ngira agahinda n umujinya mwinshi ariko maze gukizwa neza birashira. HARI UGUKIZWA NO GUKIZWA NEZA
Bohoka mw'izina rya Yesu christo. Amena
Nigute x utakwiheba mugihe ubona ntahepfo ntaruguru cg ntahuva ntanaho ujya
Mwambabarira mukampa number za Pastor
Kurota umuntu agupfukameho mumugongo Kandi arumugore nawe urundi ukabyuka wacitse umugongo ibyo nibiki.nisuraye ukayibona.
Yewe nanjye ndumva nkeneye kubohoka
Bibaho pe Imana iturengere
Yebabaweeee none ninde Uri buntabarishe isengesho. Reka nkomeze numve! None tubigenze dute?
Thank you professor ,
Njye ndashima cyane kuriyo nyigisho iramfashije cyane haraho inkuye naho injyanye.
Icecekere ninaha byaje rindira gato muzumirwa
😭😭😭😭😭
Muzadusobanurire iyo abaganga babuze indwara bakavuga ngo ni emfectin
Mudusengere Cyane Kimwe kuri Kimwe
Mana nyagasani 😢😢😢