Pastor Antoine Rutayisire,Kuba umugabo Hari icyo bisaba|Ukwiye kubanza kumenya ibi mbere yo gushaka
Вставка
- Опубліковано 8 лют 2025
- Rose TV Show ni urubuga rwawe nanjye ngo tuganire ku buzima by'umwihariko ku ngingo z'imibanire y'abantu. Mu muryango ndetse no mu buzima busanzwe. Twibanda ku biganiro by'ubuhamya n'ibitekerezo by'abatumirwa mu kubaka #Imibanire iganisha ku #UmuryangoMwiza. Twibanda kandi ku biganiro byo #Guteka kuko burya imibanire myiza ihera ku mirire myiza! Niba wifuza kuvugana natwe, kuduha inyunganizi ku makuru tubagezaho cyangwa ukaba ufite ubuhamya wifuza gusangiza Abanyarwanda waduhamagara kuri +250782742950
- Розваги
Nibyiza cyane kuba dufite inararibinye nka pastor Rutayisire akatwigisha. Imana imuhe umugisha kandi nawe Rose Imana iguhe umugisha ukomeze kudutegurira ibiganiro byiza nkibyo.
Iki kiganiro ni kiza cyane.
Pastor yavuze ko habagaho itorero abana b' abahungu bitorezagamo, ariko n' abana b' abakobwa bagiraga icyo bitaga urubohero bagategurwa kuzaba abagore beza b' umutima
Turabakunda cane muzaduhe nimeroze gwose turamukunda turamukurikirana
Murakoze kuduha ikiganiro kiza kacyubaka.nibyo urugo rudafite imana ntacyo rugeraho.muge mutugira inama natwe tuzajya tubatega amatwi imana ibahe umugisha🙏 pastor turagukunda Cyane❤️
Uyu mu Papa aradufasha👏👏👏👏
Ikiganiro nikiza cyane
Rutayisire A. yasizwe amavuta n'Imma.Immana ijabwe icyubahiro Ku bwibyo n'ibindi byo idukorera.
Ikiganiro cyiza. Civisme irakwiye rwose mu kurera abana bacu.
Rose wakoze kubwiki kiganiro. Iri torero rirakenewe murikigihe
Wakoze kutuzanira uyu mujyenama wukuri
Wambaye neza kandi urihamavuta yimana
A Genius👏🏽❤️
👌🏾😍
Pastor ndamukunda wakoze kumutumiraaaaaa!!!!
Je regarde certaines de tes émissions et c'est vraiment super mais le petit problème c'est ta façon de t'habiller face à tes invités et surtout les hommes. Tu peux mettre une écharpe où un blazer. (Ça reste mon observation) ikiganiro cyiza
Nanjye niko Ga conseil namugira. Imyenda ya décolleté gutya bitewe na situation( interview na pasteur) nugushyiraho écharpe ou veste. Par respect de l’autre et de soi même nka une dame.
Naho ubundi wambaye neza.
Buri wese agira uko areba ariko se ubu uyumwambaro ubatwaye iki Koko ? Ngo surtout Les hommes ? Ubuse ubwo niko MWe bibamerera ariko jye ndumugabo Kandi ndabona ntacyo bitwaye ! Naho kuvuga ngo pasteur Rutayisire ni direct twese turamuzi abaye bimubangamiye yahita amubwira ati jyenda wambare neza ubone ugaruke tuganire!
Sha ntabwo biteye isoni urabonako top igeze kwijosi , yambaye nezaaaa peee
None amaboko yarwisha umuntu koko🤔?! Jye mbona yikwije gose kandi araberewe.
Ikiganiro kiza kabisa
Muraho neza! Rose! Turabashimira ikiganiro wagiranye na pastor Rutayisire, nikiganiro kiza ,kirimo inyigisho nyinshi nkenerwa. Mfite ikibazo uzamumbarize,umuntu yasenze mbere yo gushaka,agasaba Imana umugore mwiza ,muzafatanya kubaka umuryango Wubaha Uwiteka , hanyuma wamubona hamara imyaka 2 akakumerana amahembe umuntu yabyitwaramo ate? Ko Imana itemera divorce,Kandi umuntu akaba yaramushatse yarasenze igihe kinini,Kandi mufitanye abana,ese Imana harigihe tuyisaba ikicecekera?or harubwo itanga ikinyuranyo namahame yayo?muzamutubarize,umuntu yagwiriwe namakuba nkayo icyo yakora iki?
Oraaaraaa!Pole Nshuti, Iyi sms iragaragarako wuzuye Amarangamutima yagahinda kurushako kweriiii
Ibintu byi Imana nabonye arukubyitondera cyane,Gusa kubwo Gutitiriza kwawe Izageraho Imuhindure,Ariko nanone Uzarebe niba Ubuzima bwawe Utazabubura ngo nuwo Mugore daa,Inyurabwenge Iba Ikenewe(Ngo nubura Ubwenge Nzakureka niko yavuze)
Ikiganiro nikiza cyane