Turavunika😭UMUGABO utakumva Wamwubaha ute😥RUTAYISIRE yihanije ABAGORE muri KENYA/Mwirinde AGAKUNGU
Вставка
- Опубліковано 14 лют 2024
- #AGAPETV
Injira muri Whatsapp Group ya AGAPE FAMILY👇chat.whatsapp.com/CGLJaW7dWLo...
Ganira natwe #250782196087 (Whatsap)
Kora S U B S C R I B E ujye umenya byinshi unafashwe mu biganiro n' ubuhamya bwa GIKIRISTO
AGAPE Tv ni urubuga dusangiriraho ubuhamya, inyigisho, ibiganiro bya gikritsto ndetse rukakumara amatsiko ku nyandiko z'abahanga, Abatubanjirije mu rugendo,Ibyibazwa....bigamije kukubaka mu gusobanukirwa ibyo wizera.
Twubakiye ku ndangagaciro z'abavutse ubwa Kabiri nkuko Ijambo ry'Imana ribivuga mu butumwa bwiza uko bwanditswe na Yoh 1:12. Bityo ni ibyo dutanga hano byose bigamije gukomeza gushyigikira Umukristo udukurikira.
Wifuje kutwandikira koresha: u.theos2030@gmail.com
Wifuje kudushyigikira: +250782196087(Momo,WorldRemit,...)
❤❤❤iyi séminaire ni original 👍👍👍 pasteur Yahweh aguhumugisha ❤❤❤
Murakoze cane Pastor I Mana Ibahezagire cane.Hanyuma ntivyoroshe namba kuba mu rugo ntushimwa Mbega ntajambo na rimwe ryiza wigers ubwirwa 😢😢😢😢 birababaje nukuri Kandi cane .kubana numuntu umengo ibintu vyose nukumuhata (agahato)kuvugana bikaba ikibazo ,.......yaaa ntivyoroshe nagato Pastor.
Ntabagabo biyi Mwaka ya none je mbona barananiranye barasambana baga kavya . Nta biganiro bakeneye Mungo. Bashaka gusa ububahe birirwa baheheta mu ndaya . N'umusaraba uremereye . Yesu adufashe .
Turagutumiye muri Hollande mukozi w,Imana cy hafi yaho 🙏.
Iyi bible yanditswe nabagabo ariko ubu abagore banditse byabagora kubyigisha kuko abagabo benshi ntibakizita kunshingano zabo knd bivuna abagore cyane gukora inshingano nizumugabo aravunika cyane.
Reka twirabe, duhinduke Muri vyinshi, hanyuma tubasengere. Dusenger'ingo zacu kuri vyinshi tubamwo bitaber'Imana
Aba ba mamans Imana Ibahezagire uyu mugore we abajije nyuma bnjr ma chrie arahwera nukuri akajambo keza ubwiwe numutware uba wumva uduze mwijuru nukuri
Ikibabaje cyane,abagore bakorera ingo zabo,umuruho ukabarenga,ariko nyamara byibuze umugabo ntamushime cgwa se ngo amugirire impuhwe.Ariko bakabyita ngo umugore yabaye igishegabo ?!? Nonese umugabo udakorera urugo,hanyuma umugore yahaguruka nabyo bikaba ikibazo???
Ntawuneza Rubanda icyingenzi nuko watezimbere urugo rwawe
Izi nyigisho ninziza cyane pe! Ariko se ko burigihe hibandwa kubagore. Ubutaha bazatubwira icyo ivuga kumugabo mwiza.
Ibi byose byanditswe n'abagabo nta mugore uhari iyo ahaba wari kumva agahinda kabo
Ndabiziko Umukozi w,Imana amaze kumva umubabaro mwinshi abagore bafite.Ikibabaje cyane nabitwa abakozi b,Imana bakambara cravate bakajya ku gatuti nyamara mu rugo nta bukristo namba.Ese Imana ibatuma hanze???mungo zabo ninde uhashinzwe mu buryo bw,Umwuka hhhh
Ndagukunda gusa Pastor❤
Murakoze ku kiganiro cyiza Umukozi w,Imana yagiranye nabagore 👏👏👏
True ✅Umugabo utakwiyunvamo deleting
Ariko uzajye uhugura couple ariko bikaba byiza ugeze mu matorero yose.gushinja amakosa mugenzi wawe ukigira umwere bireze cyane
Wooow pastor
Imana iguhe imigisha
Kurizinyigisho
Amahoro cane , mutekane ntibikorwa kumwe , Umugabo arafise inshigano yahawe kugirango abe umugabo mwiza ,
Umugore nuko afise ivyo yahawe kugirango abe umugore mwiza.
Ikitunanira rero n'ukwemera urutonde rw'ijambo ry'Imana
Ikindi ingo zirwanwa nya satani kuko urugo rwiza, rwerekana icubahiro c'Imana . Ingo tuzisengere ube umugirwa w'umuryango kuko satani ariho
Uwiteka Akomeze kukugira ukomeye❤.
Nanjye ntyo pasta wakubaha umuntu wigize nkumwana murugo ukavunika umugabo yisindira yarangiza ngo mwubahe izo mbaraga wazikurahe?
Ntabwo nashobora gusaba imbabazi z’icyaha undi muntu yakoze pe atari jyewe nagikoze
Ariko pastel nawe koko harumugore yaremewe gutunga urugo ?biragyee pe umugabo womurugo aragatsindwa nimana
Umugabo yoba ari gufungura apangana nabi bagucana inyuma ukanezetwa nokumwicara iruhande
Umugabo utita kurugo biragoye kubana nawe kimwe numugore utita kurugorwe agora umugabo . Nibyizako bose bitanaho ntamuntu waremewe kubabara cg kubabaza undi. Imana nitabara ingo
Irerere abana wubahe Imana rata
Uziko hariho numugabo ubabazwa nuko umugore we akorera amafaranga menshi kumusumbya akagusengera kubaho ariko uri munsi yumushahara we ! Mbese mu ngo hari byinshi pe!
Mumbarize Pasiteri muti umugabo utakibasha inshingano zabubatse nyamara biterwa ninzoga nyinshi uwo wamwubaha gute koko ?!
Dr iyo nyigisho ni umugani pe. Ivyo si vyo nta caha abagore twakoze ngo gitume ubwo bubabare bwo kuvyara canke uko tubanye n'abagabo ngo bigenda uko.
Courage agape
Ndakumva Pastor
Abobagore babaho kbs 😢😢
Umwuka w 'uwiteka aba muri wowe pe
Courage benewachu imbere chane
Murakoze kuduhugura
abagabo bamwe iyobamaze gushaka afataurugo akaruharira umugore akaba ariwe uvunika wenyine wagira ngo uvuge akakubwira ko yagukoye
Tumutumye kubatware rwose.
Courage ma Belle❤
Pastor, Imana iguhe umugisha kdi ikomeze iguhe ubwenge kuko urabufite rwose. Inyigisho zawe ndazikunze, ziranyubatse.
Ningirirwa umugisha nanjye nzahura nawe Pasta hhhh hari abagabo babaye ba Nabali 🙈🙈🙈 kuburyo umugore adahagurutse umuryango washira hhhh
Nihatali batubwirako umugore ntacyo aricyo arumuja
Inyigisho nziza rwose .
Abagabo nibabe proud kubagore babo rwose
Abagabo baratumaze ba Mama,dukore iki
Sha abagore nimuvuge twarashize
Pastor turavunika mta mugabo ukita kunshingano zurugo pe araguharira yewe niyo akora ntacyo urugo rubona ayajyana mubandi bagore
Ukabigenderaho nyine none se.. Yewe hari uwubona ko afise umugore mwiza atangira gufuha ngo abandi bagabo baramutwara. Yakwibeshya akisukura umugabo akavuga ngo ashaka ko abandi bamushima, agatangira kumupyinagaza
Inyigisho zanyu ndazikunda izonkuru ziherereye mukihe gitabo za yezeberi
Ivyingo biragoye umuntu nugucunga gusa ko utari bayazane .
Sino hari abagabo bagoye
Numvise amakosa yose mwayashize kubagabo ikibazo mbaza ese abagorebo bose nibamiseke igoroye?kimwe nuko harabagabo gito hariho nabagore gito bible iti umugore gito nikimungu mumagufwa nimba mukeneye urugo rwiza impande zombi zikwiye kugira ubushake ndetse nuruhare kubigeraho.❤❤
Ese kuki abagabo bagenzi bawe bo bakunda guchat n'abaex babo bumva ko abagore bo babikunda?uzabahugure kbx
Ariko abagabo nabo turabarenganya. Erega ntibisambanya .
Yewe nihatari
Ese abagabo twitware gute mu gihe umugore akosereza umugabo ntafate iya mbere ngo asabe imbabazi?
Yesu n'Imana nigute wabwira umuntu ngo ase na Yesu????? Ibyo ntabwo byashoboka cyane ko Yesu we atigeze arongora nuko yari azi ibibi by'urugo! Jye inama natanga nujyerajyeza ukabona biranze kandi bikazarangira ubuzima bwawe buri mukaga icyaba kiza nuko mwatandukana.
Mbega abagore bazikubaza badaciye kuruhande we
Ivyo nivyo abagabo bubu batesha umutwe
Erega uko umugabo akunda kubahwa nabagore barabikunda, kuvuga ngo umugore agomba kubabara hanyuma agatuza wanjyirango umutima wabagore ukoze mwibuye, byose biterwa nuko ntarukundo. Yagukunze nkuko bible ivuga kubaha byaba automatic
Dr urakoze cne kumiga meza
Nanumugabo wingazwa uzabona ijuru
Ariko uzajye uhugura couple ariko bikaba byiza ugeze mu matorero yose.gushinja amakosa mugenzi wawe ukigira umwere bireze cyane