Pope francis Ahawe IBIKORESHO2 BY'IKUZIMU bimufasha kuja yitabira imihango ya Gipagani/DORE KURIMUKA
Вставка
- Опубліковано 18 вер 2024
- #WHATSAPP_0788266238
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808
Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
Turabakunda.
Imana ishimwe cyane bene Data. Ibyo abatuye muri Canada twarabonye turumirwa abagishindikanya kubyerekeye amadini nukubasengera byakozwe kumugaragaro. Imana ibahe umugisha ibyo mukora miburira intama z’Imana bakomeza kubayobya.
Uyu mukozi w'Imana Patrick Imana yamuhamagaye mugihe gikwiriye
Kamanzi Patric ndakwishimiye cyane mukozi wlmana,lmana iguhe umugisha Kuko ukora buri gihe uburira abantu ngo bihane uzabona amakamba atatseho inyenyeri abahinduriye abandi kuba abakiranutsi
Nkunda ko Kamanzi atagira isebanya nkuyu mugenziwe bari kumwe uba wumva akurura yishyira yigira intungane bikabije,ariko Kamanzi vrm Imana imuhe umugisha kuko afite impano kdi itavangiye nta bwiyemezi.
Ariko nibaguhamagara NGO ubivuge imbere yubucamanxa uramenye uzabe uhagaxe mukwizera usenge cyane kuko yesu arareba Uwiteka akujye imbere mboneyeho no kwamamaaza igitabo cyintambara iko meye kitaravaho uwiteka akube imbere muri byose
Imana ibahe umugisha Bene data turabasabira cyane.Ubwo ubuhanuzi nibwo ko Église yo mugihe cy intumwa ariyo igiye gusigara ihagaze ni ukuri .Imana yarabinyeretse hashize nka 4mois.
God blessed you so much God s servant !
Murakoze cyane bakozi b'Imana kubw'ubu butumwa mutumenyesheje,Imana itabare abantu bayo izaduhishe ayo makuba ntazatugereho.
Nimuhabwe umugisha amavuta agumye abuzure.
Kamanzi Imana iguhe umugisha kandi ikomeze ikwagure kandi igukomereze mu rugendo,ikomeze ikwagure muburyo bw'umwuka ndetse no mu mubiri,Uwiteka abe hamwe nawe❤
Reka mbabwire mwa bagabo mwe, Yezu yavuze ko Ari we nzira, ukuri n'ubugingo! Ubwo abakurikiye papa ni akazi kabo! Namwe mwihinduye abacamanza Kdi umucamanza w'ukuri utabera Ari Imana namwe birabareba! Njyewe n'inzu yanjye tuzakurikira Yezu tuyoborwe n'Ijambo Rye! Muve mu iterabwoba! Muzabona ishyano namwe
Komerezaho Nibimenyetso vyibihe Yesu kristo araje gutwara abamwizeye
Imana ibahe umugisha kubwubutumwa bwiza muriguhishurirwa amabanga amabanga akomeye Umwuka wela akomeze abahushuri
Ntawe Imana yatumye kuyirwanirira kuko yitwa ishobora byose
Njya nkukumbura na madam claudine kubera urumuri mubyumwuka mwamurikiye nubusanzwe wagiraga imico myiza ariko umaze gukizwa biba akarusho ndagushimira ko ugikomeje umurimo wimana baribiwa sana
Narumiwe koko! Nugusubira gusoma Bibiliya da! Nyurubutungane* (Nyiri ubutungane) cg uwo ubutungane buturukaho! Bibiliya yarabivuze:
Yesaya 6:9 BYSB
Irambwira iti “Genda ubwire ubu bwoko uti ‘Kumva muzajye mwumva, ariko mwe kubimenya, kureba muzajye mureba, ariko mwe kubyitegereza.’
Ndunva kwimura Imana nabwo bibaye ubu byabaye kuva intumwa zagendanye na Yesu Kristo zose zimaze gupfa niho bakuyeho intorero rya Kristo ,kuko mwibuke ko bahise bafata imihango ibera kwa papa Francis mugatolika ,nayitwa ko aramadini yabarokore nabo iyo mihanga yokwirega ibyaha ,byaburimwanya ,gutanga amaturo yogushyima ,ibyacumi byose nibyabagatolika ,nonese ko Yesu Kristo koyapfanye natwe kumusalabara akazukana natwe tukaba turikumwe , Yohani 1:12-15
Mugwanya ubutunwa bwiza bwa Kristo bavugako ubuntu ngo ninyigishyo ,kandi ubuntu nu buzima
Ubuntu ni Kristo ibyuzuye Kristo nubuntu bugeretse kubundi ,kandi natwe abamwizeye bose twahawe ubwobuntu bugeretse kubundi ,
Ntabwo ari montage babyerekanye kuri télévisions zose zo muri Canada. Imana idutabare.
Bavandimwe umunyabugome yatangiye kwigaragaza byanditswe byerekana ko Papa ariwe uhagarariye satani kw'isi aho guhagararira Imana nkuko abayobejwe babyizera gusa ndabagirana yogucukumbura ibyanditswe byera Kandi musubire mumateka y'amaterero yanyu Imana ibahire
Mwenewa murakoze kudusangiza iyo nkuru ariko ntagitangaje kuko ivyo bitabaye ivyanditswe vyera ntivyorushirizwa intahe nibindi bazabiko kugira Imana Isohoze Ijambo ryayo.
Yesu abahe umugisha ni Bonny Kampala rwose ibyomuvuze nibyo iyompuza imazigihe kinini murwihisho ahubwo abatari bafite amaso namatwi nibo batabimenye
ariko iyo mihango uvuga ya satani ni iyihe. mukangurire abantu kuva mubyaha namwe murimo. bakore neza bakiri ku isi. naho iby Amadini byo bizarangira uko byatangiye, by'uzuye ibinyoma gusa. Nta dini y'ukuri n'imwe ibaho njye narumiwe. Nawe uvuga, umenye ukuri k'unkomoko y'ubukristu wakumirwa. Yesu niwe mwami wacu , Naho ubukristu bwaremwe kubwinyungu zabantu zo kugurango bashyire abantu hamwe babone uko babategeko nk'intama zijya mw'ibagiro. dukikire Yesu nkumwami n'Umukiza dukore neza tukiri kwisi, Dukunde bagenzi bacu nkuko twikunda kandi tugirire impuhwe abababaye tubafashe, Ubundi tuzajya mu ijuru. Abanyamadini bo nawe urimo, ahaaaaa twarabamenye ni nkuruhererekane, mwigisha ibyo mwabwiwe gusa, ntabushakashatsi, ngo ni Bibikiya gusa nayo utazi aho yaturutse. Mugenzi wanjye uri gusoma iyi comment, kabone nubwo yakurya mumutwe, niko kuri. Dushyigikirane Dukore neza tureke gushyigikira abakora ibyaha natwe turimo ngo ni batanyanga. Ubuzima ni buto kurenza uko tubitekereza, tubukoremo ibishimwa n'Imana . kabone n'ubwo isi yadutera Amabuye, Imana izadukingiza ingabo yayo
Ibindi byose wavuze nibyo ark nawe niba utemera bible ntuzi ahujya .kuko nuwo yesu uvuga wamusomye muri bible nurwo rukundo uvuga ni bible ubikesha kd ndumva utayemera
Murakoze ntibumva kuko bishakira inyigisho zihwanye nokwifuza kwabo none birababaje caneee
Ndabashimiye kandi ndabakengurukiye,n'ubwo bitagiye koroha,Yesu Kristo abampere inkomezi cane Amen
Kiliziya ni imwe itunganye Gatolika kandi ishingiye ku Ntumwa. Ubupapa bwashyizweho n'uwo Kristu wiyitirira ko ariwe ukorera. Déjà, kwibasira abantu cg umuntu ni ukujya mu nteko y'abaneguranyi. Ndetse izina witwa Patrick ryamamajwe n'ubwo Bupapa wamagana
Aba nta bwenge bagira mujye mubareka. Babaye abagaragu b'inda. Ubundi umwana wikiburabwenge atangira gusebya ababyeyi be? Ubundi basebya Kiliziya ariko birengagije ko ariyo yababyaye. Icyobishakira ni views nta bindi🐦
Aba bigishabinyoma ntibakaduteshe igihe bafite uwo bakorera. Nababwiriki! Rwose Kiriziya Ntizasenywa namwe mwigize intyoza
zabasesenguzi mukoresha youtube ngo yubateho igihe.
Twe tuzi Uwo Twemeye nk'Abakristu kandi tuzi ko Kiriziya Ye yubatse kurutare aba charlatants nkamwe mutanyeganyeza.
Imana Ishimwe ko ibi mw'igisha bitazagera kubaciye bugufi mubakristu kuko ntaho bahurira nizi ngirwa TV zanyu.
@@EvaSon8 igumire aho wibereye witurize ureke gutukana kuko baravuga uwumva akumva ariko ntawe baterura ngo aveyo ku nguvu
Ese hari ubuyobe buruta ubwo kuvuga ku muntu ntahindukire ngo akwereke ko wavuze ubusa? Wakabaye uzana ibyawe byiza tukabikurikira, utabanje gusebya umuntu mugenzi wawe mwaremwe kimwe. Mwakwirinda kuba abafarizayo cyane kuko nta mwere kuri iyi si kdi twahawe ubwenge bwo guhitamo ibitubereye.
Si vous êtes un serviteur de Dieu, arrêtez de critiquer les autres églises, tu n'auras aucune récompense pour ça devant Dieu.
Prêchez la bonne nouvelle de Jésus Christ notre Seigneur et Sauveur
Uvuze ngo: Uwutinitswe mu mazi mu kubatizwa ntivyemewe. Nanje sinemeranya nawe . Nishimikije ijambo Riri muri Marilou : 1:8
Yohan yavuze ati : Jeho ndababatirishije amazi , ariko we(YESU) azobabatirisha MPWEMU YERA. Ibatirisimu nyakuri iri mu mutima w'umuntu.
Mariko
Amadini ni ibiyobyabwenge bitubuza gukora ibikwiriye ngo tubane neza kandi dutere imbere. Ibi se kubimenya byunguye iki ? Hari uwo ategeka kujya ikuzimu kungufu cyangwa uwo yiba roho agasiga iye akajyana inyibano aho haba hari ikibazo ! Ahubwo ibiduteye ibibazo ntabwo idini ribivuga ! Ryo ryaduhimbiye ibibazo (isi igiye gushira, abadayimoni satani umuriro abarozi n'abapfumu....) ibibazo biri ibibazo ntacyo ridufasha kubikoraho ! Ryatwigishije kwivanga mubuzima bw'abandi gusa (papa ajya ikuzimu, abatinganyi abambara za mini....), ingegera kubutegetsi zo, hagati aho, ziba zica zisenyera zishonjesha zikenesha abaturage ziteza intambara mubindi bihugu idini rikinumira ! Muvane ibyo aho rero ! Papa ntacyo mumushinzweho ntanicyo nawe abashinzwe ho !
Mwakoze cyane ❤❤❤
buriwe se azabazwa ibye kandi abimana irabazi yabashyizeho ikimenyetso singombwa ngo wirushye igisha abantu ibyabagirira umumaro naho ibyakiliziya ibya bikiramariya byihorere
Ikibwirwa n'icumva icerekwa n'ikibona kandi ngo bibwirwa benshi bikumva benevyo
Sha erega aba nabo nabayobe mubandi nonese ari gutabara yesu aziko uru rugamba yibagiweko ruriho
Amen amen amen prophet 🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️🕊️❣️🕊️🕊️❣️🕊️🕊️❣️ God may biess you so much 🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇫🇮🇸🇪
Hallelujah Hallelujah Hallelujah Murakoze cyane bavandimwe
Buriwese azabazwa ibye ntago azabazwa idini yasengeyemo , kuko abantu bamwenabamwe murigushaka kumenyekana mwitwaje gusebya amadini ahaaaaaaa nzaba ndora
Ukwo ni ukuri uvuze
Si montage, ni vyo. Ariko, toys les éléments du contexte vyabereyemwo urazifise kugira ubicire urubanza? Hari igihe uzotangara.
Murakoze kutenyesha ayakuru IMana ibahe ibahe umugisha kandi IMana iduhishe buriyabumwe
Icyonzi Nuko buri wese azabazwa ibye, kuba mu idini ni location Gusa. mushaka mwamenya Imana nicyo ishaka ibyamadini mukabifata nkibisanzwe.
Uko nukuri ,mukomeze umurimo w'Imana
Buryawewe uracumura utabizi mube mwitondera isi kuko umuntu nimugari
Amen God bless you
Twoye kugenda nk'imburabwenge Ivyavuzwe vyose bitegura kuza Ku Mwami Yesu kurasohoye
Ikibi kizatsindwa byanze bikunze Imana nishimwe kdi iduhishe mu mababa yayo umwanzi wa bant.
mwaduhaye iyo link aho papa yagize uruzinduko muri canada mukazaa kuri pinning aha ....kuko ntayo turi kubona google ,, murakoze
Yezu ntabwo yazanywe n'intungane ,ahubwo yazanywe n'abanyabyaha.nimumenye ibibareba kandi nimwiririre hamwe n'urubyaro rwanyu. Papa na eglise catholique mubahe amahoro .
Njyewe ndamwisabira iyo link yavuze ayimpe dushire impaka
Umwuka numumaro witorero amen
komeza mutubarire murakoze cane
mukaba abashetani ndabarahiye , ndabihamwa ! ese abantu bagenda bahumirije ! ibimenyetso biriho . mwubahwe , Muze mumpa amakuru
Wamugabo we , sindakuzi , ariko Ekleziya Catholic , ntikora uko uriko urabisigura ! Rero kora ico ugamije , ariko wubahe UKWEMERA kw'amadini ! Kandi Imana IKUBABARIRE
❤❤❤
Kora akazi kugira uronke abanwanyi. Hamw na vuies
Imana iguhaze uburame
Soma ibyahishuwe :13 icyo give haratubwira ibyigishushanyo cy inyamaswa pe ESE kivuga kuri NDE ? Uwiteka absne namwe no gutohoza Imana ibane natwe twese intama so zirahari no muyandi madini mbeee ibi ko mbyumvise !! Pe
Itorero ry'ukuri ni umutima wanjye/wawe. Ibya Kiliziya gaturika/umushumba wayo birakabije, ariko reka no kuba umunyadini kuko Pentecote y'ubu ntago ari nk'iyacyera, kimwe na Gaturika ya cyera itandukanye niyubu! Mufashe isi kujijuka no gukizwa tukava mubyaha ataribyo kwigisha kubya matorero kuko nta torero rikiri iry'ukuri.
Imva yabikiramariya iri muri israel niho ashyinguye
Bakozi bimana amadinii yaramaze kunywa ubumara bw ivyo ba beswe
biragoye kubibakuramwo
Mukomeze vyibuze hazavamwo numwe IMana ibaje imbere
Jyewe icyombona bashaka nabasigaye bataruhuka icyumweru kuko abandibarimo ntacyobabashakaho kuko bari kuri dimache yabo Uwiteka rengera abawe
Imana iduhe imbaraga zo kubyamagana
Binobintu birababajepee!
Ntibabyumva bihishwe amaso yabo keretse abasenga byukuli bene da nimukomere bazabyumva batakibibonye
Asyi wowe
Idini ya Satani n'ico kiyiranga nugukora ibinyuranye n'uko IMANA yaremye Umuntu nkuko Bibiriya ivuga Abaroma 1:18-32 usome iyo mirongo yose witonze kandi usenge IMANA se w'Umwami wacu YESU KRISTO aguhishurire
Ntimugasebanye buriwese afite ukwemera Immana kwe mujye muvugubutumwa mudasebya abandi
Muzabimenya neza ko atari ugusebanya YESU aje gutwara itorero, ukabona idini ryose risigaye nawe urimo. Kizwa neza, shaka amakuru, soma bibiliya ntagatifu(kuko isa na bibiliya yera) , ureke kurakara, no kubabara🙏
Umwigisha w'ukuri ntatoteza abandi,rero telephone za i phone turazi ivyozikora,nayo mashusho werekana yubunyoma ,mwoye gucira urubanza abandi kuko simwe mwashinjwe kuzatwara ijuru
Stan afite imbaraga ark ntazirusha imana.ahubwi bantu muhumuke
Icyambere nukwakubatizavugango nkubatije mwizina ryimanadata namwana
icyokigo bamaze kugitaha Byabaye mukwezi Kwa 2/2023.
Ikibazo nuko wishakira umugati ujya mururwo rufu rwawe ubundi udakoreshwa n'inda ubanza wahinduka
Nubundi Christo azarinda aza hari abagihakana Kandi abahakanyi nabo sibo ni satani uhuma amaso yabo ngo badahishurirwa bakabona ubugingo icyampa ukaba mubakira Christo muri iki gihe!
Subwo mwaretse amgambo yamateshwa murikubona yesu yiteguye kurwanirirwa namwe mugifite gusebanya nkuko.abwira petero ngo mva inyuma satani ntiyarashate kwita peter satani ahubwo umwuka wakoreraga muri petero nawe rero niba ntawamenya ikikurimo uretse yesu wenyine
Kamanzi patrick mukozi kandi mwana wimana ndagusuhuje nitwa claude R mwakundaga kwita bagosora kukibuga i kanombe
Iki kiganiro ko mukigaruye?
Mbega kuki abantu mushingwa na kilizia catolica?Murabe ibyanyu .
Ese ko numva amadini yose wayaharabutse wowe turamenya uri igiki koko ahaaaa
Erega twarabimenye .imbuto batwerera ntituyizi .bazi ko twemera ibyo bakora bigaragara ko bataye ukwizera.
Nkuko wirirwa ugenzura utubwira ububi bwa papa tutazi ni catolique nawe uwamenya amakuru yawe yimbere wasanga ibyumba byumwijima utunnze muri wowe birenze ibyikuzimu.imana ireba mumitima yavuzeko uzizera umwana wumuntu azavumwa nawe rero uwizera ibyuvuga avumwe.uwo kwizerwa ni yesu kd ntiyigeze acogora kuganiriza abamwizera
Ese nka biriya byo nibiki wamugani🙆🙆 ndebera kugira ingabo zimurinda, Leta ye 🤦🤦 byo bisobanura iki koko 😭😭 Sha ushaka akanguke pe.
Ekreziya gatorika yose kw'isi arategeka KO umugabo arongore umugabo mugenziwe nukuvuga KO umugabo arongore amavyi kuko mukibuno havayo amavyi n'imisuzi
Kuki mwe mwiyita abarokore se?
Cyangwa abakijijwe (abera).bitandukaniyehe na saint ?
Wowe wiyita ko ukomeye uritonde utagwa
Ufite ubushishozi wa muntuwe
Mwaduhaye iyo cite ya Vatican biriho tukabireba
Niba aribyo umuvadimwe papa yigane pe.
Muzonhere muduhe umurongo twanyuzaho inkunga yo gushyigikira iyi tv
Imana yacu irihagije ntabufasha ikeneye mwe mukoresha amazi ntimwizera imbaraga z' imana
Ikindi Kandi udafite umwukawera ibirwose ntiwabyumva rwose byagucanga arikowowe ushakaka kubimenya Saba uwiteka aguhishurire kuko yesu wacu ntarobanura kubutoni murakoze
Ndumva ubagereye kungingo rwose yesu bamujyana kwa pirato imbaga yari imukurikiye yumvagako bari mukuri .hafi ya bose utagira mwuka wera aragowe buri bihe
Yewe nukuri byo yavuze ngo muratukana mugatuka ni byo mutazi , niyo mpanvu yavuze ko muzahanwa bikabije ! Ibya Kiliziya byihorere komeza wirindagirire gusa , ariko Yezu na sanga Ug igiye ubwo bytes bwawe mukanwa uroga abana , nakazi kawe , turabazi Yezu yasize abatubwiye , iryo banga turarizi , Hague’s abavakurikira , wanjiji we uyobewe ko Yezu yasangiraga na banyabyaha ? Uyobewe ko Paulo yasingiraga na banyabyaha , none umunyabyaha utamwiyegereje wamuhindura ute ? Ufite umwuka wa shitani ubundi umuci wa manza ntabwo azakandigira Mw’ijuru ! Manabi ya uwongo we !
Nkunda cyane Ayalon TV kuko mpakura unumenyi bwinshi cyane
Arko kugirango ubone abayoboke wiyemeje gusebya no kugumura andi madini wa njiji we y'urutwe rubi?
None c iri nijambo ryimana uzanye cg nurubanza uje guca muragowe ahubwo muzashya mwumve .izonyigisho urumva zimariyiki ubwami bw'imana uretse gusebanya kd tubizi nezako umwana wo kurimbuka ahari kd byanze bikunze mesiya azaza kd azatabara itorero ritarandura muvanaho itera bwoba umuka wera twahawe suwubwoba
Actes2,38:umubatizo bible ishingira intahe.
nimufashe abantu kuva mu bujiji bw'amashengro
Kiliziya gatorika niyo nyamaswa yavuye mu nyanja ihabwa ububasha n'ikiyoka(satani) kugirango iyobye abari mu is I. Ibyahishuwe13. Abari kurakara nibatihana bazarushaho kuko uko iminsi izagenda ihita Niko muzingo uzarushaho kuzingurwa.
Ibyahishuwe18:4 hati:
Bwoko bwanjye musohoke muri babuloni kugirango mudafatanya ibyaha nayo mukazasangira n'ibyago byayo.Niba uri uwi Mana ntuzabura kumva ariko niba ataruko biri tegereza ibyago7.
Soma ibyahishuwe 15-16
Umuhamagaro wawe n'uwogusebya papa ?
Cyangwa nuwogusingiza Jésus Christ ?
Muribanyamadini gusa
Ndebera nawedaaa ese yesu ko yababereye urugero rwiza yigeze akoranya abantu ababwira bene ibi cg baziko amaraso kristo yamennye yapfuye ubusa 🤣umugeni arahari .mwebwe mukore umunywa gusa
mfte ikibazo mumbarire munsubize .gusa ngewe nakunze iki kiganiro wowe ukora amateraniro kuwankangahe
Ugombakubaha ukwemera kundi ,ahubwo niwoe njiji mwigize inararibonye murakabya
None kuki se muvuga ngo upfuye aba yitabye IMANA?
None? Aba ayitavye nyene ! Yaba uwakoze neza canke nabi Bose bazorenguka imbere y'intebe y'imanza. None uwuzoducira imanza n'inde?
Icyigoryi cyibigusa urimo shatani ntukavugimana ubwo washinze itororero nkabizinesi ubura abubeshya
Ubuse uracumura utukana wasenze Imana ikaguhishurira ! Ntugundire idini
Kugira ugire jugement éclairé ku kintu, uba ufise maîtrise de tous ses contours. None nk'ubu, ivyo uriko uragirira critique, urafise tous les éléments du contexte vyabereyemwo? Ubwo ntubona ko ukwiye kwitonda na rirya utazi vyose kuko utari Imana? Urazi ko nk'ubu uriko urayovya benshi utabizi kuko hari abantu bafise capacité d'analyse ntoya?
Erega abadve babivuze KERA ko nta wundi ANTIKRISTO utari papacy
Sites zaba satanistes barwanya Vatican nizo mushigikura.
Muzabyishura.
👍😂 Bibaye Ari nkikigo cyamashuri catholic church Yaba iyanyuma kwisi 😂 kuko bigisha ibihabanye na examination ibazwa pe . Arko mbwira mbwira waba ukunda umwana wae ukamujyana kwiga aho!!!!!!😂😂. Ese dukomeze kuba uducwiriri ? Bible niho dusanga byose mukizamini. 📖
Ubundi abantu ku tutabanza gushishoza, umuntu nkuyunguyu uvuga ibi byubuhanuzi tuba tuzi iyo abikomora 🤔 gusa muminsi yanyuma guhanura kuyobya abantu kuzagwira…
Bamuhaye raporo cg habayeho imurikwa ry'ibyakozwe ntibamutongereye kuko ntibamurusha ubwenge! Mwibuke ko ari umushumba w'isi!
Ewe mushumba 😲
Namwebwe ntakiza kibarimwo mushaka kumenyekana ngo mubona za views ntakindi
Hhhh🤣🤣🤣🤣nonese ibyo byatubuza gusengeraho twizerera kuba umuntu yakora ibidakwiye se bivuzeko ari ryodinira narumiwe koko hoshi genda
Nonese usenze Imana ugasenjyera amazi ukizerako aramaraso ya yesu ukayoga haricyobiba bitwaye ?kwizera nicyobivuga ahoho ndumva mutabitindaho
None c, amazi asimbura amaraso ya Yesu 🙄🙄, ntabwo amazi akenewe, kwizera igikorwa Yesu yakoreye kumusaraba birahagije.
Ndakwingingira imana wowe upinga imana ikwihishurire byukuri utarimbuka uzize kutanya
Erega Sigitangaza kuba gatorika Kuraguza nivyo vyabo, mbere baravyemerewe kuragura
Ariko nshuti yanjye kwigisha usebanya ibi bintu uzabibazwa rwose warukwiye gushaka indi topic naho ubundi warengereye cyane ubeshya abantu.
Uzasome mu butumwa bwize bwanditswe na Yohana igice cya nyuma ku murongo wa nyuma. Ibintu Hanyuma numara kuhasoma uzareke kunangira umutima usubire ku nyigisho watanze ubeshya. Icyakora abazagukurikira bafite ikibazo.
Bakozi bimana imana ibahe umugisha kamanzi wowe nabagenzi bawe imana se Wu mwami wacu yesu ibahe umugisha twari duhumirije ark turimo guhumuka mukomereze aho
Reka babatuke nubundi gukanda igisebe birababaza
Uyu mugabo numwiyemezi cyane !! Njye mbona urumunyapolitike ! Yirirwa kumbuga nkoranyambaga ubundi akagenda apfundikanya utuntu n'utundi ikigaragara cyo yibasira Kiliziya Catholique cyane kandi sibyiza bizamushyira murubanza
Iki kiganiro ko mukigaruye?
Kiliziya ni imwe itunganye Gatolika kandi ishingiye ku Ntumwa. Ubupapa bwashyizweho n'uwo Kristu wiyitirira ko ariwe ukorera. Déjà, kwibasira abantu cg umuntu ni ukujya mu nteko y'abaneguranyi. Ndetse izina witwa Patrick ryamamajwe n'ubwo Bupapa wamagana
Nibyo man satani arashaka abantu benshi so catholic nidini ya satani ibyo muvugako yubakiye kuntumwa hhhhhhh
Patrick Imana iguhe umugisha watumye menya byinshi peee ndagukunda.
Watumye tumenya ibinyoma satani Ari kutuzanira.
Ndanezerewe cyane papi wanyoboye mukazi kigihigu kera ufitububwenge ngukunda kubi none nejejwe nubwenge bwimana ufite ikugimbere urokore intore zimana ikwongerere ubwenge bwinshi nkubwo yariyaraguhaye nicyogihe twabanye kanombe urahita ubyumva komera ndakunezerewe Imana izarokora beshi kubwawepe
Uzampe Numero yawe papi