ABAFANA BA Football/MUBOROGE kuko benshi byararangiye/MURI IKUZIMU/Hehe n'agakiza umubare666 UBARIHO

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 26 сер 2024
  • #WHATSAPP_0788266238
    #AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE #250788266238 #250726888535 #0788733808
    Kora Subscribe hano / @ayalonitv2992
    Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
    Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe.
    Turabakunda.

КОМЕНТАРІ • 39

  • @user-or2uh6mq5o
    @user-or2uh6mq5o Рік тому +1

    Ibyo uvuga bishobora kuba ari ukuri rwose cyane! Nshimye lmana ko ubwo butumwa butanzwe n,umuntu nkawe! Imana ni umukozi w,umuhanga! Iyo uba uri rubanda rwa giseseka baba bavuze ko ari injiji y,umuturage itarasomye ibitutsi ntiwarikubikira!!! Imana ishimwe cyaneee! Amina!!

  • @ngirabakunzialexandre-ec3sm
    @ngirabakunzialexandre-ec3sm 3 місяці тому

    Namwe mudusobanturire icyokirango cyanyu cg se Rogo kotubona isaneza neza nkiyomyenda yabobo bakinnyi namwe murabwamamaza ubutinganyi cg ndarebanabi nibisa. uwubonako aribyo mpa like

  • @ngirabakunzialexandre-ec3sm
    @ngirabakunzialexandre-ec3sm 3 місяці тому

    Bavandi mwatwigishije yesu mukavamubitagirumumaro byomwiyisi

  • @NyandwiJeanclaude
    @NyandwiJeanclaude Рік тому

    Mwijyishe ko yesu kristo ko Ari umwami numukiza ntaho ibindi uko ujyenda usanga Yesu ajyenda abikurecyesha bucyebuke

  • @letstalknature.9982
    @letstalknature.9982 Рік тому

    Mwaragowe rwose!
    Mukananirwa kubwira abantu ibyiza by'Imana ibakorera no kumenya kuyihimbaza by'ukuri ahubwo mukirirwa mwamamaza satani,ndabona rwose umurimo yabahaye muwuhagazemo by'ukuri!
    Hagowe abirirwa babakurikira bakemera ibyo muvuga ntibishakishirize mu byanditswe!
    Birumvikana ko ikintu cyose umuntu akunda kikamutwarira umwanya ku buryo yabura n'akanya ko gutekereza ku Mana ari ikigirwamana,ariko se ibishushanyo ndetse by'inyamaswa zitigeze zibaho kuri iyi si,ndatse na Bible itigeze ivugaho ubwirwa n'iki ko ari abadayimoni niba wowe utabafite?
    Ubu ushobora kubwira Rayon sport ko ikirangantego cyayo ari dayimoni,ukareka icya Apr kigizwe n'intare kubera umudayimoni w'ubwoba no kubogama ukurimo Kandi nyamara intare n'inyamaswa nk'izo uvuga zitanabaho!!
    Muzabona ishyano mwe mufata umwanya wo kwirirwa mubeshya abantu mubarira utwabo ngo murabigisha ijambo ry'Imana!

  • @ngirabakunzialexandre-ec3sm
    @ngirabakunzialexandre-ec3sm 3 місяці тому

    Iyo utunze urutoki mugenzi wawe ngo bafita amandarapo cg ibirango byabatinganyi nibyokoko kd nibibikumu kristo no nekomutwigisha amabara ngonibwobutinganyi none

  • @abelmusengimana4244
    @abelmusengimana4244 Рік тому

    Uyu mugabo ni umuhanga azi icyongereza, I Kinyarwanda, I Kirundi etc. Afite imodoka, yaguze DSTV, ajya ajya mu kazi hanze ndetse akarara no muri Hotel,......Birashimishije

  • @byabenejean5497
    @byabenejean5497 Рік тому +1

    "Ubutatu bwa Satani" bugizwe n' Ikiyoka (Satani ubwe), Inyamaswa (Politiki), Umuhanuzi w'ibinyoma (Amadini).
    13 Nuko mbona mu kanwa ka cya kiyoka no mu kanwa ka ya nyamaswa, no mu kanwa ka wa muhanuzi w'ibinyoma, havamwo IMYUKA ITATU MIBI ISA N'IBIKERI,
    14 kuko ari yo myuka y'abadayimoni, ikora ibitangaza igasanga Abami bo mu isi yose, ngo ibahururize kujya mu ntambara yo ku munsi ukomeye w'Imana Ishoborabyose.
    (Ibyahishuwe 16:13;14)
    Kuri Yesu ho haturuka Umwuka Wera
    21 Yesu yongera kubabwira ati"Amahoro abe muri mwe. Uko Data yantumye ni ko nanjye mbatumye."
    22 Amaze kuvuga atyo ABAHUMEKERAHO ati"Nimwakire UMWUKA WERA.
    (Yohana 20:21;22)
    Ni we namwe mwiringiye mumaze kumva ijambo ry'ukuri, ari ryo butumwa bwiza bw'agakiza kanyu, kandi mumaze kwizera ni we wabashyizeho IKIMENYETSO, ARI CYO MWUKA WERA mwasezeranijwe,
    (Abefeso 1:13)
    Ntimukorere ibyokurya bishira, ahubwo mukorere ibyokurya bigumaho kugeza ku bugingo buhoraho, ibyo Umwana w'umuntu azabaha, kuko Se ari we Mana yamushyizeho IKIMENYETSO CYAYO."
    (Yohana 6:27)
    Kubera ko Yesu ari IJAMBO n' UKURI, IMANA data yamushyizeho IKIMENYETSO CYAYO (UMWUKA WERA amumanukira mu ishusho y'inuma). Yesu na we ashyira IKIMENYETSO CY'IMANA ku ntumwa kuko bakiriye ubutumwa bwiza, kandi abatuma no kubuvuga. Natwe abakiriye IJAMBO RY'UKURI, UBUTUMWA BWIZA, Yesu yadushyizeho IKIMENYETSO CY'IMANA.
    Umwuka ni umwe, wavuye ku MANA DATA, binyuriye mu kwizera IJAMBO RY'UKURI (Yesu), abaryakiriye bashyirwaho IKIMENYETSO CYAYO (Umwuka Wera).
    Imana ni imwe. Ni DATA . IJAMBO ryayo (Yesu) n'Umwuka wayo (Umwuka Wera) byaturutse kuri Yo, BIYIBAMO. Ntihashobora kubaho intebe eshatu, ngo iya mbere yicarweho na Data, iyindi ngo yicarweho n'Ijambo rye RITAKIMURIMO ryahinduwe umuperisona wa kabiri, iyindi na yo ikicaraho Umwuka Wera UTAKIRI MURI DATA, wagizwe umuperisona wa gatatu.
    Bityo Imana ni "UMUPERISONA" UMWE, si abaperisona batatu batandukanye. Iyo baza kuba ari abaperisona batatu, bari kohereza imyuka "ITATU YERA", nk'uko n' "ubutatu bwa Satani" bwohereje imyuka ITATU MIBI" isa n'ibikeri.
    "Umuperisona" ni mwe, Bibiliya imwerekana ari IMANA DATA. Ijambo ryayo riba muri yo, ryambaye umubiri, ryerekanwa nk' UMWANA W'IMANA. Imana n'Ijambo ryayo ridatandukanya na yo ni "umuperisona" umwe ukomeza kugaragara, ari we Data nyine, bityo nta muperisona wa kabiri bise IMANA MWANA uhari. N' Umwuka Wera udatandukanywa na yo uba mu Mana Data, ni yo mpamvu muri Bibiliya werekanye nk' UMWUKA W'IMANA, si umuperisona wa gatatu bise IMANA MWUKA WERA.
    Hariho Imana imwe rukumbi ari yo MANA DATA, hakabaho n' Umwana WAYO, n' Umwuka WAYO. Ibyo bindi kuri Data ni IBYAYO, kuko biba muri yo. Umuntu n'ibimubamo byose ntibimuhindura abantu benshi batandukanye, ahubwo byose bikomeza kuba wa muntu umwe nyine. Umuntu umutandukanyije n'ibimubamo ntiyakomeza kubaho. Naho se Imana Data uyitandukanyije n'ibiyibamo, yo ubwo yafatwa ite?
    Nyamara abadukanye inyigisho y' Ubutatu bwera, bafashe IMANA DATA, bayitanduka n' UMWANA W'IMANA (wayo), bamwita IMANA MWANA, barongera bafata UMWUKA W'IMANA (wayo), bamwita IMANA MWUKA, babahindura batyo IMANA ESHATU ZITANDUKANYE. Ariko kugira ngo bititwa ko Imana zibaye nyinshi, babyita ABANTU BATATU BATANDUKANYE BAGIZE IMANA IMWE, batangiza batyo inyigisho bise UBUTATU BWERA BW'IMANA.
    Ariko se iyo nyito nziza iryoheye amatwi y'ubutatu bwera bw' Imana, bibujije kugaragaza iyo nyigisho nk'iy' IMANA ESHATU ZITANDUKANYE? Iyo nyigisho itaniye he se n'iy'ubutatu biswe ubwa "Satani"? Ni gute abantu batatu batandukanye bakohereza imyuka itandukanye, nyamara ikaza yitwa Umwuka Wera Umwe?
    Kwizera Imana imwe rukumbi ni yo nyigisho shingiro yo kwizera ukuri, abakiriye uko kwizera, bashyirwaho batyo IKIMENYETSO CY'IMANA (Umwuka Wera)
    Naho gusenga Imana nyinshi (harimo n'izigize UBUTATU) ni ryo shingiro ry'ubuyobe bukomeye, ababwakiriye bashyirwaho batyo IKIMENYETSO CY'INYAMASWA (Imyuka iyobya).

  • @munyanezaferdinand8814
    @munyanezaferdinand8814 Рік тому

    Ariko x username zamakipe zibaye daimondi Ahaaa ntibizoroha kbs ariko x yabaziko umupira utunze Abantu benshi njyewe ndumva we yabuze icyavuga pe

  • @asiimweallen4585
    @asiimweallen4585 Рік тому

    Urakoze cyane 🙏🙏🙏🙏 imana iguhe umujyisha pe

  • @jeankanabwisha6816
    @jeankanabwisha6816 Рік тому

    Yooo Imana iturengere kandi mazekubonanezako abanyamerika, aribo bambere gukorana na Eliminated.

  • @saalhah1308
    @saalhah1308 Рік тому

    Simbashyigikiye(abakunzi nabakinnyi ba foot) kuko rwose badutindije mu isi yuzuye imiruho, ariko ntakundi kuva ari bazima baracyari abacandidats bo gukizwa bakabaturwa, dukomeze tubwirize bihane dutahe.Yesu aduhe imbaraga

    • @onjody9446
      @onjody9446 Рік тому

      Football igutindije mwisi ite?, Barikubayobya aho kubabwira ibibagirira akamaro. Ibyaha n'ibyo bituma abantu batinze muriyisi kd nabwo n'impuhwe z'Imana kuko itifuza kohari uwarimbuka bityo iduha amahirwe kugirango twihane tuzahabwe ubugungo buhoraho. Niba urambiwe kuba mwisi nibyiza ihane ibyaha byawe usange Yesu yiteguye kukubabarira.

  • @GM-op2sl
    @GM-op2sl Рік тому

    Ese nibihe bitari ibya eliminate urambabaje Uwiteka niwe uzi abe kdi azaturengera

  • @ugiriwabomarieclaire9502
    @ugiriwabomarieclaire9502 Рік тому

    Imana irengere abana bacu

  • @divineimanizabayo6446
    @divineimanizabayo6446 Рік тому +1

    Yesu adukirize abana

    • @ernesteernest36
      @ernesteernest36 4 місяці тому

      Imana yamahoro igusure ikwiyereke nawe usobanukirwe izi nyigisho tureke amarangamutima yabafana

  • @tuyambazeamos1817
    @tuyambazeamos1817 Рік тому

    Pastor urakoze kumpabura kwibibintu byimikino

  • @marierosendagire3742
    @marierosendagire3742 9 місяців тому

    Nonese nti muzi aho gukina umupira byavuye habaye intambara nyinshi mu buraya nuko ngo abanzindaga bazanaga imitwe yabo bishe bakaza bayitera nki mipira

  • @DufatanyeEric
    @DufatanyeEric Рік тому +1

    Kabisa

  • @ndashimyeemmanuel7481
    @ndashimyeemmanuel7481 7 місяців тому

    VA mu bimenyetso, kizwa sha. Iyo micro ni iya illuminati, yijugunye wanjye.

  • @esperancemujawiyera7986
    @esperancemujawiyera7986 Рік тому +1

    Ariko gukizwa nukubaho utishimye ? Ninkokuba muri gereza 🤷‍♀️ ubu koko Yesu azaguhora ko warebye umupira w'amaguru

    • @divineimanizabayo6446
      @divineimanizabayo6446 Рік тому

      Ntazaguhora kureba umupira ahubwo Niko imyuka ibirinyuma yica ababireba

    • @esperancemujawiyera7986
      @esperancemujawiyera7986 Рік тому

      @@divineimanizabayo6446 hazabona ishyano uzaba yayinteje njyewe ntarubanza rundiho 🤷‍♀️

  • @rwangizamirerarwamuhandang7770

    Inyigisho zipfuye nkizi muzikura he? Singaya abavugako mugamije kuyobya abantu.

  • @jozz2282
    @jozz2282 Рік тому

    AHAAAA! ESE NINDE WABABWIYE KO ABADAYIMONI BAGOMBA KUBA ARI IBIKOKO CG IBINTU BIBI !? NTEKEREZA KO ATARIBYO ! AMADAYIMONI ASHOBORA KUBA BAFITE AMASHUSHO ASA NEZA KUKO ARI MABI NTIYABASHA GUSHUKA ABANTU !

  • @kadagebaudouin1081
    @kadagebaudouin1081 Рік тому

    Kristo abane natwe atwereke amayeri ya satani

  • @constantinzelda9146
    @constantinzelda9146 Рік тому

    Nonex kombona muri much nawe ntakintu nakimwe kigucika woe nutabireka ntago uzarimbuka kandi ukarimbuka cyan kuberako lbyo ureba ubisobanuki.

  • @muhireilidepfonse4760
    @muhireilidepfonse4760 Рік тому

    Nyamara nukuri

  • @divineimanizabayo6446
    @divineimanizabayo6446 Рік тому

    Ibyuvuga nukuri pee

  • @rwangizamirerarwamuhandang7770

    Mugeze habi, uzi ubwenge azirinde izi nyigisho zanyu z'ubuyobe, football ihurira he n'agakiza na 666?

  • @zizou508
    @zizou508 Рік тому

    Yesu adutabare pe

  • @OliveraSwaggerMaster-vm5yp
    @OliveraSwaggerMaster-vm5yp Рік тому

    Uravuga ubusa

    • @user-ov5lv8wz4x
      @user-ov5lv8wz4x Рік тому +1

      Ntiwabyumva kuko nturi mu.mwuka I understand you.

  • @cruciblesituation7347
    @cruciblesituation7347 Рік тому

    Yewe nukuri birakomeye, ubuse ko adepr ngo igiye gushyiraho ikipe y'umupira w'amaguru ivugabutumwa ririmo nirihe yemwe????!
    Uwiteka arokore abantu be

  • @NoellaLinda-nt2ym
    @NoellaLinda-nt2ym Рік тому

    Abantu ntibumva

  • @onjody9446
    @onjody9446 Рік тому +1

    ntahantu football ihuriyeho n'umubare 666 mwiyobya rubanda, musubire inyuma mwige neza ibyanditswe, mukiyobya abantu mugaragaza uwomukorera niyompamvu muzana ibinyoma. wagakwiye gusaba umuntu kutaba imbata ya foot kuko ataribyiza ark kubihuza na 666 harimo amanyananga. ese ubundi ntimusoma Bible ,ngomwige gutanga ubutumwa buzima. kuvanga inyigisho bigaragaraza umubi