Pst izo ngingo uvuze ko aba gore benshi badakunda iwabo wumugabo bibaho pe Ariko Kuba amabanga yurugo asohoka byo nikosa ryabagabo kuko ntibajya bashaka kuganira k ucyibazo cyabaye Kandi bagasa nkaho nta cyabaye washaka ko muvuga k ucyibazo akagukwepa kuko aba azi amakosa yakoze Kandi nta shake ko mubivugaho Ubwo rero Hari igihe umuntu abibwira incuti ye kugira ngo aruhure umuti ma uba urushye Byose bipfira mukutaganira
Pastor Ngukurikirana igihe cyose ndi mugihugu cya Mozambique.Wakorera Imana ukampa numero yawe kugiti cyawe ko hari igitekerezo nshaka ko umfashamo kandi kihutirwa.
Erega natwe abagore sitwebwe niko twaremwe il faut nous comprendre. None mwebwe abagabo muba mushaka ko abagore babumva ko ariko muteye. Natwe abagore nukutwumva ko ariko twaremwe. Kandi ibintu vyukuzana ikambambiri zumugabo nugupfukamira umugabo nukuzanira amazi yukwoga umugabo je sindavyemera kuko les femmes ne sont pas des esclaves de leur maris. En Europe il n ' y a pas ça ngo ivyubahiro Hama ugasanga abagore bomuri afrika nibo usanga baragowe bakubitwa birirwa barira abagabo Babi barabatanye abana bakabura bakabura iyo barara bakabura ababavugira bakabura iyobaja niyobava bamwe bakagomba nukwiyahura kandi aribo vyitwa ko bubaha abagabo babo. Icomaze kubona umugabo iyo umweretse ko umwubashe cane niho rero agukandagira. Ariko wamugore atavyemera kenshi umugabo aramutinya ntamuhonyorako usanga ahubwo bubahana.
Yewe nanjye ndihannye nsanze hari byinshi ntatunganyije ahubwo Imana yomore ibikomere nateye umugabo wanjye
Yegoko mana yange ngewe urankomerekeje cyane uko navuga abagore bose dukeneye gukundwa kuba umugabo wacu aturi hafi kuko akenshi tuba twaraje aribyo dushaka gukundwa tudakuriye cyane amafaranga yego nabyo birakenewee cyanee ariko urukundo ubugwaneza no kuganira ngewe nibyo numva byiza sinzi niba kuvuga ngo wariye ar bibi niyo mwaba mwarashakanye
Nanjye ntyo
Pastor Senga Imana iguhe umugisha ,kuko ibyo uri kutwigisha ni ukuri Imana idushoboze
Imana iguhe umugisha mfite ibibazo vyinshi nokubaza no kubona gute ndi buja
Imana iguhe umugisha kdi ikomeze kukungura ubwenge kuko uvuze ibintu bikomeye cyane ariko ujyeze muri misinterpretations ndemera
Too reality haven't got married but I have took my time to listen for educative God bless you so much 👏👏
Murakoze kumpanuro nziza pe,Jew ndafashijwe cane YESU abahezagire cane
Imana iguhe umugisha kubw'nyigisho nyinshi zuje impanuro, kenshi ndagukurikira, God bless you Senga
Urakoze cyane pastor uravugana ubwenge kd ndibona pe Imana iguhe imigisha ikomeza
Urakoze cyanee pst, ibyuvuze nukuri. Bagore twicyebuke. Muri bito nibinini.
Pastor urakoze cyane kuduhugura imana ibidufashemo inama uduhaye ziduhindure dushobore kubaka ingozacu neza zihesheje imana icyubahiro(Imana iguhe umugisha)
Waaaaw pst dukunda cyaneeee imana ijye iguha umugisha iteka
Imana iguhe umugisha.ariko nugushobozwa nImana.abagabo nabo nibabe bareka gucamwo umugore kk nawe ntaba yiyubashe.ingo nyishi zihanzwe nivyo.nugusenga
Imana ihumugisha umukozi wimana. Ibyingo nidanje. Abazigezemo muge muzigira kumavi muzisengere nahubundi wamwicanyi satani ameze4
Imana ibahe umugisha pasteur
Ndagukunda wigisha neza pe Iman ikongerere amavuta🙏🙏
Pasta Yesu aguhe umugisha kuri zo nyigisho twoherereza
Urigisha nkibona neza neza ujye umbabarira uvuge abandi merci kunyigisho zawe zituma nkosora amakosa yajye
Nukuri nanjye Imana imbabarire haribyishi nakoreye umugabo wanjye bitamushimishije Imana imbabarire pe.
Nukuri uvuze ukuripe Imana itworohereze kuricyo kintu cyokutiyunvamo famiry zabagabo bacu kubana nabo biratunanira kandi izacu tubana nabo abagabo ntibabigireho ikibazo cyanee urugero abana dutatahana mungo abavandimwe bacu basaza bacu ariko sibose ariko nabwo baragerageza abeshi ariko abagore bo nigake babana nimiryango yabagabo aba aramatiku burimunsi
IMANA ikwongera mavuta❤
Murakoze cyane gose. GOD bless U Pasteur Emmanuel SENGA. I love You
Nanjye ndagukunda Pasteur kunyigisho z'ihugurwa z'abubatse, IMANA ibahe umugishya mwinshi.
Pasta Imana igukomereze amaboko kuko ukuri nyakuri kuryana mumutima.
Uyumugabo Ndamukunda yigisha Neza we na Pasteur Antoine Buzuye Ubuhanga nubumuntu bigisha ibintu bumva Bazi kandi nkunda ko baha Ingo agaciro cyaneee Kandi Imana ikunda Ingo cyanee Pasteur Nsenga Indeed your amazing ❤❤❤ Iyo mba Umu Christu nasengera Iwawe
Pst may Almighty God bless u indeed! Wagirango uba iwanjye abagore bagira defoux yo kumvako icyobashaka kigamba kubaho gutyo kdi nogucyekera abagabo icyobatakoze
Imana iguhe kuramba
Urakoze pe IMANA iguhe umugisha
Abagore se barabyumva ubu bwana Pastor Senga?gusa ndakwemera cyane pe!!
Urakoze cyane Pasit kuduhugura gusa abagano benci basigaye birengajyiza incingano zurugo pe
Uhezagigwe cyane Pasta. Urumukozi w ubwenge kabisa. Amavuta y Imana akomeze akubeho.
Ndabibukije bagabo benedata buri kwezi umugabo agomba kugira amafrw aha umugore we nkinshingano murakoze ko mugiye gushyira mubikorwa
Abagabo bakunda abagore binjiji kugira babifatire kuko bagira ngo umugore aciye ubwenge ntaba akimutegeka ngo amwifatire kuko umugabo ntaba ashaka ko umugore atera imbere kumuruta canke kugira amahera kumuruta aba ashaka ko umugore aguma hasi yiwe kugira amutegeke kandi abagore barashonoye naciye ubwenge kurusha abagabo niyompamvu abagabo bagira jalousie yabagore. Abagabo baba bashaka ko abagore babubaha kandi babica babakubita Babacar ibijuju babereka ko ataco bashoboye kandi bashoboye. Nicogituma muri afrika badatera imbere imyiyumvire vyacu biracari hasi cane. Umugabo yirukana umugore ngo yavyaye abakobwa bakibagira yuko aribo batanga sex yumwana ugasanga umugore ahobwa ubusa agakubutwa. Ivyo vyo ko mutabivuga?
Abo ni abo twakwita " sugabo, sous gabo". Biba byiza iyo ubana n'umuntu ugufasha iyo unaniwe. None se umugabo abaye ikimuga cg bakamwirukana ku kazi cg agafungwa ? Hakurikiraho bwaki n'ubitindi
Ahubwo abagabo nibo basohora abanga yurugo hanze kandi ndibazako mtamugore wumutima wareka kubaha umugabowe naho ibyo kurusha umugabo ifaranga ntaho bigutiye nokutamwunvira ahubwo abagabo nibo bikengera byakagombye kuba arumugisha itashe murugo kuko udamu akora ahubwo
Ibyo watuvuzeho ubu bikora abagabo itaranga ingo hanze nibindi nkibyo
Ariko umudamu mwiza ukwiriye nuwubaha umugabowe
Sha uvuze ukuri ababayeho nkanjye,batagira ijambo mu rugo,bampe Like.
Ubwo rero ni ukwigira injiji ukikiriza ibyo avuze byose.
Yesu aguhe umugisha Pasta kumpuguro ndafashijwe caaane🙏Mpwemu Yera aduhe kubigendera no kubihindura ubuzima🙌
Yesu abahe umugusha ndafashashijwe amen
Pst izo ngingo uvuze ko aba gore benshi badakunda iwabo wumugabo bibaho pe
Ariko Kuba amabanga yurugo asohoka byo nikosa ryabagabo kuko ntibajya bashaka kuganira k ucyibazo cyabaye Kandi bagasa nkaho nta cyabaye washaka ko muvuga k ucyibazo akagukwepa kuko aba azi amakosa yakoze Kandi nta shake ko mubivugaho
Ubwo rero Hari igihe umuntu abibwira incuti ye kugira ngo aruhure umuti ma uba urushye
Byose bipfira mukutaganira
Nukuri pe umugabo mudashobora kuvugana kukibazo cyabaye ahubwo agaceceka biragoye cyane.
Kandi biragoyr kubika ibikubabahe mumutima . Kdi iyo bikubanye byinshi ahubwo usigara warabaye nkindodogozi.
Ibyo uvuze nukuri 100%
@@JaneSaba7 kbsa birababaza
Communication yubaka urugo GUSUMBA izindi Options ZOSE:bamwe bavuga urukundo mugabo ntarukundo rukura mutayaze,kumugore hoho atabwiwe utujambo turyoshe ivyo wokora vyose ni sans kintu
Shaa ndemey kbx uratanga impanuro .ndatahuy ico bita kubaha
Umva itorero rigufise rirahiriwe uri umunyabwenge cane utanga inyigisho zubwengecane Imana igukomeze cane.
Baratwaga weeeeeeeeeeeeeeeee njyewe nogupfa mbanarapfuye IMANA ntuko imagararaho mbega urwago baga abakazana cyakoze nkurikije urwago nanzwe umukazana wanjye nzamutetesha nshire agahinda natewe ntumuryago nashatsemo 😢
Nakunze ibiganiro byawe urakoze cyane kutwigisha
Paster Nsenga, Canon Rutayisire,na Desire ndetse na Hortance ndabakunda cyane mwaranyubatse nubu muracyanyubaka lmana irusheho kubagura tubone aho turonkera inyigisho muduha.
Very true
Uvuze ibiribyo rwose🙏🙏
Gusa nukuri urakoze kunyigisho zawe tuzagerageza abadamu dukundane nimiryango yabagabo bacu
Past udusengere ibyuvuze nibyo tubamope
Amena murakozecane
Inyigisho nziza
Ndagukurikirana cane ndi burundi
Murakoze cyanee
Merci pst senga
Imana ijye iguha umugisha
Imana iguhe umugisha Pastor. Uzi ubwenge pe yibe buri muntu wubatse wese yaba umugore cg umugabo bose bajya bumva inyigisho zawe hahinduka byinshi mungo.
Ariko rero sinanareka kuvuga ko iyo wigisha tukureba aribwo twumva neza. Lol...
Ubutaha Camera ntizabure
Urakoze
Igituma abagore bagira ibibazo nabiwabo yumugabo donc bashiki bumugabo canke banyina babagabo..nuko hari igihe usanga abitaho canke yama ariwabo Hama ugasanga umugore abuze place yiwe yubugore murugo rwe ugasanga umugabo ntacitayeho umugore we ukamengo umugore ari délaissée niyompamvu bizana problèmes kandi nukubimenya ko abagore bakunda ko abagabo Babi babitaho babana hafi babereka ko babakunda bababwira utujambo twiza... Rero hari abagabo ivyo bavyibagirwa nibaze bitaho abiwabo ariko ntibibagire ivyo abagore babo nabi bakeneye kugira biyumve neza bagire place murugo rwabo bulbe ko barikumwe nabagabo babo murugo canke umugabo agiye iwabo akajana numugore kugira umugore adasigara avuga ko umugabo yagiye mukanama iwabo kugira bamuvuge ntahure ngo harivyo umugabo yamuhishe abagabo nibo bakeneye kuraba ibitobangamira abagore babo bakabiganira. Ikibazo nuko umugabo ntafata umwanya wokuganiriza umugore we kugira amubaze nimba hari ibimubangzmira kugira babikosore.
Gusa ikindi kibazo kumiryango yiwabo wabagabo iho babonye umugabo agufashe neza aguhahira akwambika birabababaza ntibaba bashakako umuhungu wabo abafata neza
Pastor Urakoze cyane!Twese mu rugo bitewe na background ya buri wese hari aho usanga bigorana.Gusa ngukundira ko udaca ku ruhande,inyigisho zawe zahinduye byinshi iwacu .Imana iguhe umugisha mwinshi!Ntituragera aho umwanzi atatera ibuye,ariko Imana yagize neza!Imana iguhe kumenya gusangira umubabaro n'abo twashakanye!
Ndagukunda pee uvuga ibyukuri kd wijyisha neza mume nimero zumukozi wimana uraba upfashisha
i'm not married gusa niga byinshi especially kwihangana no guca bugufi nukuri imana iguhe umugisha
Uzabimenya warugezemo gusa komeza witoze
Ndanyuzwe nukuri
Jew nasanz Urugo rwiza n chance
Man ump ubwenge bwokubak urugo gwanje 👏👏
Om
Hari imiryango yisanga wabarongowemwo bakakwanka n'aho wogira akigoro mbere n'umugabo akakubwira nabi babona .
Hari n'igihe usanga wewe atakumviriza n'a rimwe kiretse ashaka igitsina .
Gusa pastor urakoze pe. Arikose hariya uvuzengo kumubwirango arega narinabibonye,umugiriye inama akabyanga nyuma bikanga wamubwira ngwiki?
Imins yos avug ibint vy ingooo
Pastor Ngukurikirana igihe cyose ndi mugihugu cya Mozambique.Wakorera Imana ukampa numero yawe kugiti cyawe ko hari igitekerezo nshaka ko umfashamo kandi kihutirwa.
Kandi nukuraba kwisi abagowe nibande? Nabagore canke nabagabo ? Nabagore nibi bama barira kubera amagorwa baterwa nabagabo babo rero ntimugashure amakosa mubagore. Nabagabo batazi gukurikiza inshingano zabo . Abagabo baratereta abagore babo bababesha babereka uki batari hama babashikanye munzu babagabo bagaca bahinduka intambwe inzoka ntibiyeho abagore babo. Nawe wavyivugiye yuko abagabo babesha abagore babo mukubatereta niyompamvu rero nomurugo bipfa none ikibazo wumva Kiri kuribande? Sabo bagabo babesha abagore babo niyompamvu Imana yumvira rero abagore bakaramba
Amen
Justement ce que la femme veut Dieu le veut
Ndacyarumukobwa ariko ndumva ukunguku arikomeza, mbega Uwiteka niwe wogufasha abagore pe
Abagabo benshi ntibaganiriza abagore babo niyompamvu rero kenshi iyo bafise ibibazo babivuga hanze kuko abagabo ntibafate umwanya wukwumviriza ibibazo vyabagore babo. Kandi iyo ibibazo utabivuze kenshi nukugira ingarukambi vyiza nukubivuga kugira bakugirire Inama
Mura koze cane ukuntu mutwigishije neza haraho ngeze ntari nzi
Ntakwibasira rero abagore ngo bavuze amabanga yurugo nukuraba impamvu babivuga nuko kenshi abagabo badatega amatwi abagore babo ibibazo bafise ntibabe hafi yabagore babo niyompamvu usanga abagore kenshi bama umengo ntamunezero bagira kubera ibibazo bafise murugo bidakemuka adafise nuwo abiganiriza umugabo ni sindabibazwa mbere ugasanga ataha rimwe mundwi none muba mushaka abobagore babigenze nte . Ugasanga intuntu yarabishe
ZQshi
@@sandrinevumiriya7636 IP ulm
igihe mwasezerana kowemeyeko uzomubikira ibanga nonese uribika hanze?niba atakubaye hafi ihangane usenge ntacoroshe wasanga uwariwo musaraba wawe,kuba umugabo wawe atakubonera umwanya s'impavu yogutwara amabanga yanyu hanze,nivyanagushikira uzovyihane kuko n'amakosa ,kand'abagore turavugavuga ariko nivyanagushikira ukavuga umugabo wawe hanze umenye kw'amakosa,uba wivuze ubwawe.ntampamvu n'imwe rero numva yotuma utwara amabanga y'urugo hanze
Kuvuga biraruhura,
Nshuti zanjye uvuga aba atarabona .nimwubake abagize amahirwe yo kubakana nukeneye kubaka .kdi mubere maso ingo zanyu
Erega natwe abagore sitwebwe niko twaremwe il faut nous comprendre. None mwebwe abagabo muba mushaka ko abagore babumva ko ariko muteye. Natwe abagore nukutwumva ko ariko twaremwe. Kandi ibintu vyukuzana ikambambiri zumugabo nugupfukamira umugabo nukuzanira amazi yukwoga umugabo je sindavyemera kuko les femmes ne sont pas des esclaves de leur maris. En Europe il n ' y a pas ça ngo ivyubahiro Hama ugasanga abagore bomuri afrika nibo usanga baragowe bakubitwa birirwa barira abagabo Babi barabatanye abana bakabura bakabura iyo barara bakabura ababavugira bakabura iyobaja niyobava bamwe bakagomba nukwiyahura kandi aribo vyitwa ko bubaha abagabo babo. Icomaze kubona umugabo iyo umweretse ko umwubashe cane niho rero agukandagira. Ariko wamugore atavyemera kenshi umugabo aramutinya ntamuhonyorako usanga ahubwo bubahana.
Elope na Afrique il ya la différence
Ndagukunda nkabura icyo nguha rwose,lmana ikomeze ikugwirize ubwenge nukuri.kandi natwe lmana idushoboze kuganduka nkuko bikwiye
None ko mwirengagiza abagore birirwa bakubitwa bicwa barazwa inzara batabwa nabana babo ? Kuki vyo mutabivuga kandi hari abagore bagowe bafise ibibazo babuze nababafasha. Ahubwo iyo lwirikuba mutwereka ivyo mufasha Abo bagore bafise ibibazo mungo zabo ariko ntimujaho gusa muvuga sans action
None se abagore ni ntibumiwe abagabo kwirirwa mundaya gutaha batevye kutaba mungo kutitaho abagore babo gukubita abagore kubica kubasuzugura .... Natwe bagore twarumiwe abagabo mukuja mubandi bagore twarabibahebeye kuburyo baja nokubayaya babo kandi abagore babo baraho canke bakarongora abakobwa babo ngo bagiye kukazi kumbe bakatiye kundaya zabo natwe twarumiwe
Pasta ngukunda byihariye
Uvuga ukuri ijana kwijana
Unomusi warwanije abagore pe. Nahorambona ubavugira ndagushima none unomusi vyabaye contraire
Uzadushakire iyigisho kuri ba mukase wabantu
Paster , iki kiganiro kiradufashije burya nyokobukwe burya ni umubyeyi wawe
Ibi ni ukuri , abagore bisubireho
IMANA IDUTABARE UZIKO NDAMUHOZA KUNKEKE KWIKOSA ABAYARANKOREYE UMWAKA UGASHIRA NUWUNDI UGATANGIRA NIYABA ABABARA ARIMUGUPFA😂😂😂
Wibasiye abagore kweri
Muriko munshiremwo imizigo Ku bagore cane nk'uko umengo imiryango yacu ni obligatoire KO babera imisaraba ingo zacu .
Ni iki gituma wanga benewabo w'umugabo, ntacyo, byose biterwa nuko bakwakiriye. Iyo bakwakiriye neza uba umwana mwiza iyo bakwakiriye nabi uba umwana mwiza. Naho ubundi ntacyo twakagombye gupfa.
Kutamenya, indimi zurukundo.tununahe, bikomezwa nuko badukunze
Ariko Mana yanjye ndumiwe koko. Akantu ko kuganduka nk'uko itorero rigandukira Kristo ni ubu nkumvise. Ariko Hatabayeho gutanga ingero umuntu ntiyakwiretrouva. Mbega kurondorwa mpuye nako. Ariko 2 bya nyuma sindimo pe. Ariko 3 bibanza ahubwo ndababaye pe, nari nzi ko ndi Malayika. Ubu se uyu mutware ndamuhoza nte ? Ngaho nimumpe therapy yanjye yihariye kuko ndumva Mbabaye pe.
Nkunda inyigisho zawee pee ndazikunda paster
Cyane cyane nkunda izijanye numuryango nabubatse Imana ijikomeza kukugwiriza lmpano
Yegoko
Hhh ingetura winsetsa pe gusa inyigisho zawe ziratwubaka reka twisubireho
Erega soumission ntabwo ari ukuba umu esclave yumugabo
Mu rugo ahubwo niho uhita umenya byinshii bishyashya bitandukanye nibyo wabonaga bagutereta yoo mana we
😊
Mana uzandinde umwuka wa zereshi
Kuki afrika twama turi mubibazo kandi tuzi kuvuga? Nuko ivyotuvuga ntitubishira mubikorwa biherera mumajambo gusa
Ndabaza akandi kantu. Ngo wanzaniye ikambambili dutwenga. Nivyo woyizana? Mutavuga rumwe naho numva umwe muri babiri yohebera uyu musi. Uwundi ejo. Mugabo abagabo bashaka umugore ahebe imisi yose. Gukunda nivyo vyokwubaka kuri bose. Kukó ico udashaka ko bokugirira utakigiriye uwundi ntakindi vyoba bikwiye
Muratubariza rero Abo bagabo impamvu bakubita abagore kandi abagore Bari moitiées yabagabo ari indabo zabo babavyarira abana mubisanzwe umugabo birabujijwe gukizako nikofi narimwe kumugore naho yokora ikisa iryariryo ryose kuko umugore sumwana wumugabo numugore WE ategerezwa kumwubaha nkumugore WE baryamana mugitanda kimwe. Ibaze gukubita umugore atwiye ukamupfukamisha agutwitiye umwana . Muratubariza abobagabo impamvu bama baja mundaya nokubayaya nokubakibwa babo kandi bafise abagore babo babana munzu? Babaze impamvu birirwa mukabare canke bakambara imisi hanze bagasuga abagore babo muma solitude ?
Gusa muribibihe turimo abagabo ishingano nyishi bazihariye abagore nibihe byanyuma pe
Ndagukunda past nasaba number yawe past