Ibintu 5 abagore bakorera abagabo babo bigatuma baba mu ngo batishimye. || Pastor Senga Emmanuel
Вставка
- Опубліковано 25 бер 2020
- #Agakiza_TV #Ubutumwa_Bukiza #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
Nshuti mukunzi w'Agakiza.org n'ikiganiro Ubutumwa bukiza, ikaze muri iki kiganiro tukwifurije guhemburwa nacyo wibuke kugisangiza abandi. Wifuza gusengerwa by'umwihariko cyangwa kugisha inama waduhamagara kuri:
+250 788 422 984 (whatsapp), email: agakiza1975@gmail.com
---------------------------------------------------------------------------------------------------------------------------
Nshuti! Ngushimiye igihe umaranye natwe.Ntekereza ko uru rubuga warubonyeho byinshi byahinduye ubuzima bwawe bw’Umwuka? Mu rwego rwo kurushaho kugeza ubutumwa bwiza bukiza ku bantu benshi bashoboka, twifuza inkunga yawe mu buryo bwo kudusengera, kutugira inama no gutanga ubutunzi bwawe,kugira ngo twubake iki kiganiro (Ubutumwa bukiza)
Compte: 1302040455-61 Cogebanque Rwanda
Mobile Money: +250 788 422 984
Abari hanze y’Urwanda mwakoresha WesterUnion, Monegram n’ubundi buryo buboroheye.
Uyu murimo ukorwa ku bufatanye bwa twese. Umunezero wacu ni ukubona umuntu mushya yakiriye Yesu cyangwa uwacitse intege asubijwemo imbaraga.
Twiteguye gukomeza kubagezaho ibiganiro byiza n'ubuhamya bw'ibyo Imana yakoze.
Turabakunda! - Розваги
Urakoze cyane pasta Imana yomwijuru iguhe umugisha
Pastor Imana iguhe umugisha uvuze ukuri kuzuye. Ndibutsa ko hari n abagabo bagira amagambo, ugasanga abo yayabwiye bakugarutseho kukubwira ko bamugaye ko akubeshyera. Hari n abagabo bagendera ku nama za bashiki babo cg ba mama wabo nta mwanzuro bakwifatira. Ukajya umenyeshwa imyanzuro yarangije kwemezwa, kandi bireba urugo rwanyu. Imana idutabare
Icyo nikibazo
Pastor God bless you so much. Ndize kandi imana izamfashe nzakurukize izimpanuro murugo rwange. Bless u.
Murakoze cyane rwose ndatekereza kumuntu wese wateze amatwi haricyo yakuyemo Imana ibahe umugisha
Imana iguhe umugisha Paster Imana iduhindure pe abagore turakabije kandi Imana iduhe kumenya ibyo abagabo bacu bakunda nibyo banga ☺️
Murakoze cyane bashumba ibyange mbikuyemo rwose.
Murakoze cyane Pastor muraduhuguye cyane umva njye nsanze hafi yabyose aribyo nkora gusa njyiye guhinduka p ntazisenyera Imana iguhe imigisha myinshi🙏🙏🙏🙏🙏🙏🙏
Nukuri uratubwiye nsanze ndi mumafuti menshi umugabo wanjye ni malaika reka nkosore tutarabyara benshi ayiweee nukuri paster thx kuko uratwubakiye
Ubu nge numiwe!uyu muntu yigisha abagabo ukumva abagore twararenganye none yageze kubagore ndumva abagabo bararenganye..Aratuzi twese pe.Imana Imuhe umugisha
Pr Senga Imana iguhe umugisha turize kandi tugiye gukosora ibitagendaga neza! Murakoze cyane!
Imana ishimwe ko mbyumvise ntarashaka pe,thank Loard
Merci beaucoup Pasta senga ,IMANA iguhe umugisha ku nyigisho utanga zirubaka pe !
Imana igukomeze irinde ubuzima bwawe kuko urakenewe cyane cyane muriki gihugu kuko imiryango yararangiye, abagore benshi muriki gihugu dukunda barasaze bataye umurongo igisigaye nukuvanamo imyenda bakajya kugasozi
Pasta muhezagigwe kand mukomezwe,nanj nuko meze urampubuye caane,naronse akazi nca ntangura guharura amakosa umugabo wanj yankorey yose kuko ntararonka akazi niwe yamenya buri kintu cyose ariko ubu natanguy kubona ko arinj ndi umugabo,urampubuye rwosee ndabakunda caane Imana ibahezagire ngiy guhinduka
Murakoze cyane IMANA ibahe umugisha mwakoze cyane rwose 👏
Imana iguhe umugisha Pasteur ibyo uvuze bimwe turabikora
PST Murakoze cyane ndahamya ko ibi bigiye gutanga umusaruro mwinshi
Yesu nashimwe cyane, umugabo wakennye yanduranya nkuruhinja rufite ibitotsi, ntakimunyura noneho Yaba asoma agahiye rukaba urugamba.
Sha imana iguhe umugisha kbs wagira ngo nijye urimo kubwira cyaneeee nko kuba
Sha ibyobyo nukuri sinzi icyo abagore dupfa naba mabukwe 🤣ndashima imana ko ngewe kugeza ubu ntakibazo mfitanye n mabukwe n baramukazi banjye uwiteka anshoboze byose nzakomeze mbatunganire kuruhande rwanjye
God bless you man of God ufite impano nziza yo gufasha kubaka umuryango
Mwakoze cyane paster Imana ibahe umugisha uvuze ukuri kbs
Merci beaucoup pasta uradukebuye twebwe les dames ndi umurundikazi ibi uvuz niko bimez Iman idushoboz guhinduka
God bless you Pastor Nsenga E. & Pastor Desire, ndabakunda cyane.
jye nkunda guceceka ariko biranze. Ndavuze ngo Imana iguhe umugisha. uvuze ukuri kuzuye 100%
Pasta senga mungu kubariki
Yoooo. Urakoze cyane mukozi wImana
uku nukuri Imana iduhe umutima w'ubwenge kandi nagakiza gashyitse.Yesu abahe umugisha mudukomereze aho
Uzavuge no kuri ba mabukwe past uzaba ukoze cyane
iyi nyigisho ni yo pe! Urakoze Pasteur
Imana iguhe umugisha ndafashijwe umusi nzubaka nzagenda Nzineza ico gukora Imana iguhe umugisha
❤ Abantu muvug'Imana neza🤝🙏Mwarahezagiwe.
Imana iguhe umugisha, turemeranya 100%uratuzi pe!!! Utumye ngira isoni zibyo nkora mana we !!gusa hari ibyambagaho sinsobanukirwe none mbonye ko ari ikosa ntasobanukiwe ko bibangamira umugabo gusa ngiye kwisubiraho,ikibazo cya cash, sinzikangisha ariko numva ko ari zanjye nkazikoresha uko mbyumva kuko numva ko arijye wayavunikiye,kwirakaza.....hhahahah cyokoza ndasekeje ariko nijeje Imana ko ngiye ugerageza kwisubiraho narinzi ko ndi mubantu bagerageza kubanira neza umugabo ndimo none menye ko haraho na mubangamiye we ntavuga ndanamusaba imbabazi ko ntarimbizi.
Hahaha nange rarisetse,ndinegura, igihe cyose umugabo yakoraga ikosa nahitaga mwibutsa nayoyakoze mumyaka yashize nibwirako kumwibutsa amakosa yose bimufasha guhinduka simenyeko bimubangamira,ariko ntavuge,nahise musaba imbabazi Kandi nibwirako ntazabisubira byaramuneje cyane, nukuri nange nshima Imana kubwizinyigisho
Bless you 🙏🏻🙏🏻
Woow... ndagukunze 👌🏻... nkwifurije urugo rwiza
Nukuri pe Imana idushonoze
Imana iguhe umugisha mwishi
Ndafashijwe nibyo rwose Niko tumeze ark Imana idufashe guhindik
Imana RWose ige iguha umugisha mwinshi turagukunda
Amen Imana iguhe umugisha
Njyewe umugabowanjye ataragira amafaranga twarakundanaga cyane arko amaze kuyabona nayaririyemo imana nagize nuko nagize amahirwe nkajya gutura hanze ariko nkituyiyo yariyaranzengereje
Pole ma ibyo bibaho cyane.
Niko benshi bamera di
Kandi sha mwaranaruhanye muyashaka. Sha pole mama
Ihangane mugore mwiza ,Niko babaye
Cyokora turabanyamakosa ngewe natsinzwe pe ariko ukwiriye kwigisha nabagabo
🙏🙏🙏🙏🙏ngushimiye bivuy kumutima,uramfashije cne
Murakoze kuvyo mutubgiye
Mbega igihe umugabo ariwe avugiye hanze amabanga y'urugo novyifatamwo gute
Imana iguhe umugisha Pastor ,ndafashijwe hari ibyo ngiye gukosora.
Imana iguhe umugisha mwinshi kweri izagehenbe nijuru izi nyigisho ninziza Imana iduhe kubaha pe
May God bless you paster,imana yakuzaniye igihe rwose,dukwiye guca bugufi
Imana itugirire neza.Paster ubalikiwe Sana.
Jye hari ibyo n'umvise ndiseka nukuri,icyubaka urugo n'ubwenge koko,my marriage is going to be perfect for sure.
God bless you pastor.
Hmmmm....hari benshi babaze izo service bakabura nicyo cyubahiro rwose.
Imana iguhe umugisha ndafashijwe kweri
Murakoze kuduhugura tugiye kwisubiraho imana ibidufashemo
God bless u
Yesu aba yaramuguhaye ngo ahore ari nk, ururabo imbere yawe.
Ikindi none ko hari abagabo bavuga abagore babo bakaja no kubataramana iwabo avuga amakosa yawe mubiwabo. Igihe cose amakosa aba kuri bose. N, abagabo bibaho.
Ayiweee Imana itubabarire
Imana iguhe umugishakunyigisho nziza uduhaye
God bless you
Urakoze pastor
Mwakoze cyane pee
Murakoze xne
Thank you so much pasta
Murakoze caaanee!Iyo nyigisho irankozeko
Izi nyigisho iyo nzumva mbere haribyarikuba bimeze neza,habwa umugisha mushumba
Uwiteka akongerere amavuta Paster .Ndanyuzwe ibi byose ni ukuri
P
Urakoze cyane
Nukuri Imana ikurimo
Imana yomwijuru iguhe umugisha pastor
IMANA iguhe umugisha mwishi cyane 🙏
Nukuri kwuzuye ! imana iguh imigisha knd mudusenger tugir ubwenge
Eeeh iri nisomo rwose urakoze cyane.
Paster Senga Imana iguhe umugisha.ndize Kandi isomo nkuyemo ritamfasha murugo rwanjye
Ngize amahirwe kumenya ibi ntarashaka. God bless u
Yoooooo Mana umbabarire ko naremereye umukunzi wanjye.
Imana iguhuumugisha nkandainyigishozawa
God bless you man of God🙏
murakoze yesu abahe umugisha
Imana iguhe umugisha nukuri nsobanukiwe ijambo kubaha nange nabyitiranyaga,am so blessed for sure.
Thank you so much Past
Past turagushimiye kunyingisho udufashe izishire kumbuga zawhatsapp muziduhe kuri whatsapp
Merciii Pastor Senga wigishije neza kbsa Imana iguhezagire.
Imana itubabarire duhinduke
🙏MERCI BEAUCOUP🙏BLESSINGS🙏
Imana itabare
Murakoze kunyigisho utugezaho .
Murakoze pasteur
Ubarikiwe
Imana ikomeze inkugure byishyi
Merci bcp wigisha neza sha uratuvuze pe Niko tumeze
Rwose uduhaye ubwenge bw'Imana koko
God Bless u Pastor
Mukoziw imana imana ikwongere amavuta nukuri mpise nihana mbayumustindwa imana inshobozeguhinduka nokubikora neza
Habwa umugisha Senga🙌🙌
Bless u Man of God
Ushobora gushaka numéro z uyu mu Pasteur ukamumbwirira ko ndi mu bitaro ko navuganye n umu psychologue ariko Ntacyo byatanze n imiti bampa Ntacyo imarira numéro yanjye ni 0032465633266
@@denisemukashyaka8822 gggg
Iyi nyigisho ni nziza hari isomo nkuyemo
Ibyo nibyo koko, gusa Imana iduhe guhinduka neza, tube bamutimawurugo koko.
Amavuta amavuta amavuta menshi Pastor
Nukuri ndabasuhuje nanjye
Urakoze kumpanuro nziza iconokongeraho kubaha kumugore kugaragarira mumwanya aguheza
IMANA indinde kuba zereshi umugore wimpanuro mbicane
No comments uvuze ukuri imana idusange
Amen 🙏🏼🙏🏼🙏🏼
Pastor txs
Pasteur turagusavye uzoze iburundi kudusura ugire seminaire yabagore nabagabo
Ninshaka nimwe muzaba abajyanama b'urugo rwanjye ariko namwe mujye mumenya ko Imana ariko yaturemye nonese kuki mushaka ko tuba mwebwe muzabyake Imana rero cyakora muziye igihe pe ! mugiye gukumira devorce nyine pe! Imana ibongerere ubwenge nukuri.
Murakoze lmana ibagirire neza.
Pastor niwowe wambere wabasha gufasha abantu kubaka ingo zabantu
Ndumva abagore waraberetswe neza pastor. Nta nakimwe wabeshye rwose
Ese iyo ubujije umugabo kugura imodoka akayigura ikabateza ibibazo nyuma yuko yanze kumva,iyo uvuze ko imodoka ariye waba ubeshye.
Uhezagirwe, kunyigisho nziza ndafashijwe
Imana iguhe umugisha mwinshi mushumba much respect
Imana ibakomereze amaboko
Pasta lmana iguhe umugicha kukuntu ufacha benchi kubaka ingo zabo nokubatarubaka bakavyumvirho
Ahaaaa!!!jye narumiwe