Isimbi ndamuzi na mama we n umuturanyi ariko rwose umubyeyi we akwiye gufashwa acuruza udukweto twabana dukeya gusa abonye amafaranga (igishiro yakora ) kuko na kana ka Isimbi nago kabayeho neza
Pole sana Isimbi kandi courage Imana ige ikuba hafi muri byose kandi uge umenya ko ntakintu kitagira impamvu. Hari icyatumye Imana igushyiraho mu gihe nk'iki kwari ukugirango uzagire umumaro mu gihe nkiki.
Mwana wa mama ihangane imana irahari. Uburiri tubuta byinshi. I yo ntawe ufite ariwowe wenyine wimenyera uko wifata. Gusa ndumva Hari byinshi duhuriyeho. Ariko imana irahari
Mu kanya se ntiyaramaze kuvuga ko nyina yabohereje ku Kibuye na musaza we, we agasigara I Kigali kubera ko yari ahafite akazi? Ubwo bushobozi buke bwa nyina bwaje bute? Bwaje ryari?
Ku bifuza kubera ISIMBI umukiriya mu kazi ke: 0784533198
Isimbi
Nizerako mwizera icyobita umwihariko wikintu nange fite umwihariko mumivugire kuburyo ubashije gutera intabwe ukareba ibyonkora ukanze kugafoto kange nawe uratungurwa Kandi nimubishaka mwashyigikira cyagwa mukama ninama murakoze
Sabin uyu mukobwa twamufashije tukamuhindurira ubuzima ko bishoboka cyane😢😢❤
Bt?nisaw umez nez
Neza bijya kumera nkibyajye pe Gusa urubyiruko turi guca mubuzima bugoye😢😢 twebwe Tutajyizemo uruhare Imana nidutabare kuko ndumva turi bamwe pe
Isimbi ndamuzi na mama we n umuturanyi ariko rwose umubyeyi we akwiye gufashwa acuruza udukweto twabana dukeya gusa abonye amafaranga (igishiro yakora ) kuko na kana ka Isimbi nago kabayeho neza
❤sha! Komera bizaza uracyari muto,ibyiza biri imbere.Gusa iyaba ubuzima bwo mucyaro wabukundaga nakakwitwariye! Komera ukomeze ujy'imbere ako n'agasabune y'ubuzima.
Ibyo ababyeyi bacu bananiwe ntitukabyishyuze abavandimwe babo kuko baba baradufashije uko bashoboye nukujya tubashimira ibyo bashoboye kudufasha cyane ko batatubyaye! Imana ibye iha umugisha aba tantes naba oncles bafasha abana b'abavandimwe babo.
Nibyo muvandi ! Ndagushyigikiye ❤
Komera cyane Isimbi mwana w'iwacu. God's plan is more than humans' imagination. Ejo ni heza kd cyane
Uyu mwana ndumva ababaje gusa ibyo avuga bigaragaza ko yirwanyeho. Inama namugira nuko yirinda kuzashaka kubaho birenze ubushobozi. Yirinde ntazakore uburaya. Ikindi agomba gutekereza umushinga wamufasha gutera imbere. Iyo ufite umushinga nuwagutera inkunga yabona aho ahera. Imana iragukunda, humura.
Ngo agahinda; agarura ishuka! Gature Yesu umubwire ubwo buhamya bwose wizere .naho ubundi ubu ibigabi bitagira ubwenge birarekereje ngo bihehete!!! Nihitiraga ngenda
Uyu mwans disi najyaga mubona yarabyaye nkabona ateye agahinda pe,kari kananutse none disi ndabona yarabaye mwiza nukuri Imana yarakoze gusa Maman we nabonaga akitaho mu bukene bwabo
KOMERA ISIMBI.NYAGASANI ASHOBOYE BYOSE WOE IZERE BIRENZE,GOD LOVES YOU SO MUCH
Ntakidashoboka mwana muto. Niwisunga Imana no gukora cyane byose bizacamo
Uwiteka niwe buhungiro umwisunge azakubera byose wifuza my dear sister❤kandi kuburi muzima nicyogishoro cyambere Imana izakugirira neza uyizere.
Chr twese tibana mibibàzo bitoroshye kdi yesu niwe we wenyine utwomora arko ndi uwambere mume like ❤
ntamakuru yifitiye twarashavuye
@@nshimiyimanaemmanuel9351😂😂😂😂mur make at twaribabariy sh bur munt wes afit ivy bibaz😢
Birenze no gushavura kuko imitima yacu irababaye twe twabuze uwo tubwira@@nshimiyimanaemmanuel9351
Sabin nukuli nanjye nifuza ko tuzakorana inkuru umunsi waje muri Belgique .kuko ubuzima naciyemo nanjye n amateka !! Kuva ndumwana kujyera nkuze. 😢😢. Ariko imana ntaho itakura umuntu. Nubwo trauma aritwibanire
Por my dear uwiteka yiteguye kugufasha muribyose ❤
Sha pole dear gusa bibaho ko akababaro gashira kakibagirana kihangana bitera kunesha.uzavamo umuntu ukomeye kubera kwihanganira ibigeragezo Kandi warakoze kudakuramo inda ibyo byonyine Imana izajya ibiguheramo umugisha gusa ujye usenga cyane.
Pole sana Isimbi kandi courage Imana ige ikuba hafi muri byose kandi uge umenya ko ntakintu kitagira impamvu. Hari icyatumye Imana igushyiraho mu gihe nk'iki kwari ukugirango uzagire umumaro mu gihe nkiki.
Ariko kuberiki abakobwa beza baruha koko? Kandi ubu uyu umushatse ashobora kugera murugo akakubiza icyuya! Gusa Yesu agufashe mukobwa wa Yesu.
Mbega umwana w'imfura uharanira kwigira!! Sha, ndagukunze cyane pe!!! Abandi baza bakeneye inyunganizi. Komera rwose n'uko numva itaha kure ntawundi wakongera kunkoraho atali wowe. Nkunda umuntu ukunda kwigira
Impore isimbi wacu ndagukunda ibyiza birimbere subizise ❤
Courage sister,uzagerakure nubiharanira,shadutekerezakimwe nangenavumbuyeko murububuzima,kubahoneza nukwigira iyowibuze urapfa,kd ntampanvu yokubaho haruwo utezeho amakiriro ,senga kd ukore uzagera kuribyinshiwoe ubwawe
Senga ncuti kuko twuzuye agahinda numubabaro nibikomere nubukene nokubura abadukunda turi benci ihangane wisunge YESU aguhe amahoro yo mumutima ncuti turarushyeee😢😢😢😢 ark Yesu niwe karuhura
Wapi sha imiryango yubu ntacyo imaze 😢 maman niwe uzereka ubukwe ukamuha icyubahiro ❤
Mwana wa mama ihangane imana irahari.
Uburiri tubuta byinshi. I yo ntawe ufite ariwowe wenyine wimenyera uko wifata. Gusa ndumva Hari byinshi duhuriyeho. Ariko imana irahari
Imana Irahari Iyakurinze nubu iracyahari pe Kandi Itara rizaka
Komera sha Isi kuko niyiminsi ntibyoroha gusa Imana niyo igira icyo ihindura
Erega mur lsi ntamuntu uda fite ibibazo twe byara turenze turu mi rwa twa biha riye Imana kuko niyo isubiriza igihe
❤❤❤ komera muvandimwe 😢Imana niyo izi byose
Nukuri pe humura ❤❤❤❤
Tumbira Yesu wenyine niwe gisubizo niwe uruhura abarushye numwizera amateka yawe azahinduka niwe wenyine ubikora
Uramubeshye
Isimbi ntago abeshya ndamuzi irubengera akora muri salo agenda ahetse umwana nabonaga aragakobwa keza nyuma bagatera inda byaranambabaje rwose gusa komera mukobwa mwiza Imana uzabahoza amarira mwese na mama wawe uyumwana yahuye nibibazo nuko ahubwo atabivuze byose ariko arababaje nindushyi ndamuzi rwose nihagire umutera amabuye cg ngo yumveko abeshya
Pole Sha isimbi
Uzakore ubukwe uheshe mama wawe agaciro, kandi komera Imana irahari uzagera kuri byinshi.
Ubukwe c barabukopa?😂😂😂
Yoooooo 😢jya usenga nshuti wihangane
Imana ikomeze ikube hafi
Komera nshuti
Umwami Yesu muhe agahinda kawe no guhangayika kwawe we aguhe amahoro n’ibyishimo n'agakiza kuzuye.
Humura Kandi Imana irahari Kandi iragukunda komera
A ba Jo twins show ❤❤ ihangane Imana irakuzi
❤❤❤❤
Sabin Love u nkunda amagambo meza ahumuriza imitima yabenshi nanjye aramfasha pe!
Imana ikomeze ikwishimire ihaze kwifuza kwawe kandi izaguhoza amarira wishime❤❤
Ihangane mama ntabigeragezo bitari rusange kandi nta mvura idahita mama
Sorry sweetheart
Yesu arakora Kandi yomora ibikomere humura!!
Sha ihangane bibaho pe kdi ujye usenga kdi Imana irafasha ubuzima bugahinduka.Ikindi ujye wirinda ibindi bigeragezo byazakuzanira ibindi bibazo nibyo urimo bitakoroheye.
Ndumva ntabigeragezo biba umwihariko p😭😭ibyobireke wamukobwawe ngo iyo ugira musaza wamama warikumutetera😢have byihorere gs tuzibere inshuti ndumva duhuje ibibazo
Uri mwiza❤
Ark mwabaye mute umuntu arataka agahinda ke nawe ukazana ibyubwiza
@@Kezia742 calm down mn
Maze nawe uri mwiza 🥲
Ntacabaye kweli raba umukure murayo marira umushire murugo.
Aba nibo bakwiye gufashwa ureke za ndaya bazana ngo ni Jacquie
sha byo salon ntacyigenda ako kazi nagakoze imyaka icumi ariko nabiretse ntana bodaboda narinfite.Amafaranga ya salon aravumye.
Sha wabaye ikigoryi pe ndakugaye ntabwo uba warabyaye ufite ibyo bibazo pe witwaye na bi cyanee ariko tumbira yesuweee wenyine niwe gisubizo
Urarengereye dear kwihuta Ku mutuka singenzi ,Niko ijyeno ryiwe Ripanzwe gutukana bibi
Nabivuze nanjye umuntu abyara gute afite ibibazo uruhuri
Yari akiri Mineur mwimurenganya!
Wamuntu wisanga byakubayeho kubera kumva ukeneye gukundwa iyo ubonye ukubwirako agukunda umera amababa.rero ntimugace urubanza rwibyo mutanyuzemo
Mwikwihuta kuvuga!
Uyu mukobwa rero ntazi abahuye n'ibibazo uyu twamubonye arashaka kumenyekana,ikindi nta mukobwa upfa kubyara aziko iwabo babayeho ,iyo muri abacyene uritwararika cyane,ikindi warikujya iwanyu ukiga kuko haje uburezi rusange bigira Ubuntu,ibi bazo byawe birasanzwe
Ubwo urahaze Sha
Imana ikubabarire kuvuga ibyo utazi no gutekerereza umuntu ntabwo wababaye niyo mpamvu utakumva umubabaro wabandi
Urumuntu mubi
Uri umuntu mubi cyane.
Sha uvuze nabi
Ihangane Mukobwa mwiza twese twatunzwe namarira tuba abo tubibwira gusa Yesu arahariiii
Gusa komera komeza nibenci,bafite ibabazo bitandukanye imana ijye iduha imbaraga nokuba,banini kuruta ininazo
Subu kuva mu miduha ujya inyamirambo harimo amasaha 4 koko?
Egoooo Isimbi we
Ihangane mwana wiwacu ndumva uri nuwiwacu
Itwararike ku Mana uyisenge,byose Izabitunganya ku gihe .
Cyakoze niyihangane
Yooo ihangane mam ibyo urikunyuramo iman irabizi
Agahondase chr jyufata umwanya wiherere maze usenge suka amaganya yae imber yimana yae
Kwihangana,biterakunesha
Nukuri cyanee Uwiteka yambereye ubuhungiro ndumuhamya Kandi sinakozwe nisoni
@@InezaNice-nf5ulAmen
None abakobwa mumeze gt murunva ingorane umukobwa atweye inda ahura nazo ark mukaguma muzitwara bimeze GT?
Ubundi iyiwanyu mubayeh mur condition mbi wirinda kwiyandarik ahurumv mubuzim warimwo warukwiy kuvyarira iwanyu abakobwa dufisubweng mukirenge😮😮
Uwomkomba azirinde abagabo yikoranire nabamama cyangwa bagenzibe bafite gahunda nzima azagera kuribyinshi
Yoo ihangane
Nkandiraho kwifoto tubane urakoze wowe ubikoze ndabakunda tumenye nibindi 👈 inkunga yanyu ningirakamaro kuri njye 📖📚👈
Isimbi humura imana irabizi ntacyinjya cyiyitungura byose izabikora kd umwana wawe azakubera icyomoro cyomora ibibazo wagiye ugira irakuzi
Ihangane mama bizakunda kora
Ako kantu
Pore muvandi yesu arabizi
Mwabonye Aho muririra Sha you tube wee uragowe
Wowe turikimwe nanjye sinjyira uwo ntura agahinda kanjye nkatura imana
Yewe narinziko arinjye njyenyine pe
Nakomere imbere niheza.gusa
Ntago njye mbonak kuvuga inenge zaho wabaye knd ntabundi buryo biba bitari ngombwa
I know you sister
Knd niwowe ugomba kwihindurira ubuzima!igisubizo kiri muri wowe.
Ngo yarabyaye bamwoherereza ibihumbi 50 weeeee abandi bakobwa barabyara bakimenya mpaka umwana akuze
Ntiwihebe imbere hawe nimeza.
Isimbi bazina
wampanimero wa mukobwawe.
Mu kanya se ntiyaramaze kuvuga ko nyina yabohereje ku Kibuye na musaza we, we agasigara I Kigali kubera ko yari ahafite akazi? Ubwo bushobozi buke bwa nyina bwaje bute? Bwaje ryari?
Cyakoz abakobwa tujyendana umuruho 🤔ibaze gutwitira mu bibazo !ibibazo byabahungu sikimwe nibyacu
Nurifata bazagutera Indi abasore nta mpuhwe bareba inyungu zabo z'akanya Gato ugomba kumenya ubwenge .
Byihorere Sha iyo ubyaye umuruho uba uwutangiye pe
shahuwe.
Ibibazo byanyu nimwe mubyitera
@@user-os9gg7mn8v ntawihamagarira sha
UYUMWANA N'UMWASAMA KABSA
Gute se??Kandi kuko azangije abanyarwanda ubuzima bwe!!bitumye aruhuka muriwe Imana ikomeze imutereshe intambwe nyinshi murubuzima gusa ni mumboni yawe to
Udusigire number dutabare umubyeyi!
Nyimara kumva ko hajemo ibyo kubyara impuhwe zahise zishira, ubwenge bucyee gusa, erega n'amazuru waratoboye izo ni renge sha
Warevy ivyaw se
Ihangane natwe niko bimeze
Uravyuka ukarira wavyutse ujagukora kubonye agafaranga agahinda kubukene karashira akonabonye kadashira nakokubura umuvyeyi.
Ako ko tuzagapfana sha
Aliane pore kbs. I Know you.
ibyo babyita poverty cicle umwana wawe urumva ko abaye generation ya gatatu uri kugirwaho ingaruka namateka shaka uko waca uwo mugozi
Tubwire uko bawuca
Kuba mumadeninkutagira uwo uririra ibibazo byamadeni tubihuriraho turi benshi gusa bizashira dukomeze dukoreee kdi dusenge Imana cnee niyo gisubizo
Aho bucyera bazaduteza cyamunara kubera amadeni biteye ubwoba
RERO TURISHA UMUTIMA WAE UGENDE GAKE IYO UMUNTU ARI MUZIMA BYOSE BIRAZA IGIHE KIZIVUGIRA ISHURI RY UBUZIMA RIRI MU BANTU BENCI KD MAMA WAE UZAMUTUNGIRA MURI UBWO BUZIMA GAHORO GAHORO HUMURA NYAGASANI AZAGERAHO ABAHE GUTERA IMBERE GUMAKURUGAMBA TURISHA UMUTIMA, AHABI URIMO KUGENDA UHASOZA UJYE URIRA UKO UBYUMVA URUHUKE MAZE UBUNDI UKOMEZE UBUZIMA AYO MARIRA NAYO AGUHA COURAGE UZIRINDE KWIYANDARIKA NYAGASANI AGUFIYE KADO NZIZA IGIHE KIMWE SENGA KD UTUNGANIRE IMANA
None mumpe contact zuwo mubyeyi Mana 😢😢😢
Zirebe hejuru
ase ubwo uwamuteye inda iyo amunjyana kombona arimwiza.
Komera mukobwa mwiza Imana irahari
Warababaye nuko ubona numwanya wogupfumura izuru ayiyi
Ww uw mwany warawubuz se
Ni bintu byose uvuga urabica hejuru
Sabin watumoye umupeti bita KENI Ai Umwana wimihanda umwe Wakoze indirimbo yitwa umwana wimihanda uti, uyu mwana yari imbobo aza gufashwa na Irene ariko nyuma ntibyamunda turifuza Isimbi tv family kugira icyo bamufasha. Please I beg
Kbx
Yewe ntakizere nkuhaye
@@Zinedzinee why
Ukuntu uri keza se mwa nonese ko udashaka umugabo?
Mukobw mwiz wihangan iman irahar natw nuk tubayeh nanj nuk ubuzim mfis nibw mfis nanj
Sabe uwo mwana umumbarize iwabo ari ku kibuye ahagana hehe nyibura mamenye nawe mumenye kuko binkoze kumutima
Maman we acuruza inkweto imbere yo kwa Fabianne hafi yaho Kivu belt ikorera
Yego kbs Rubengera kuri station ya engine
Urabeshe jahiyo kuva nyakabanda gushika mumiduha wohagenda 2h
Sabin nage uzaze ngiricyonkwibwirira yeee❤
Hisha Munda mwana wamama imana irakuzi Kandi bizakunda.