Rose ninyuma ya 15ans ingeso zabantu zishobora guhinduka mugatandukana pe ntuvuge ngo ni gute imyaka 9 wavuga ngo urananiwe??? Birashoboka ikiremwa nikinyamaswa sometimes utamenyam
Love and family always need God first and now days ladies think having divorce is the source of life through having good life in the ghetto but Aman will still be man in the women's life so pliz ladies / sisters try to obedient and royal to the family
Eeeeeeeh Ramla we ni uko nyine akarya isi n'abayirimo 🤭🤭🤭ABAGABO WE HUUUUUM!!!!Ramla we wabivuze ukuri byose pe!!! Hari ibyo umuntu yihaganira n'ibitihanganirwa pe!!! Ikintu cya mbere ni ukwitekerezaho!!!
Ushaka kuvugana na Ramla 0788210310
Dude disi yambi chouchou
@@urujenimireille8637😮😮😮65?😮6😮
54:43
Imana ikunda abagabo pe! Abagore bafite inda yo kubabyarira, agatuza ko kubonkereza, umutima wo kubihanganira… Imana izashyiremo inyoroshyo ku munsi w’urubanza 🙏🏻
Imfura z'abakobwa tumenyane 💓💓💓
♥️♥️
Nange ndi imfura
Mwakoze ikiganiro cyiza Cyane.Jye ndacyubstse aliko mwavuze ibintu by,ubwenge Cyane nabigiyeho byinshi Cyane.Mwakoze👏
Arasa nka Tonzi uyu mu mama
Dudu ihangane disi,wigirira umutima mwiza Uzi no kubana Imana igushumbushe,Mere wawe ndamwibuka yagiraga umutima mwiza nawe
Ndakumva cyane mugore mwiza..Divorce nyita "urupfu rw''abazima"
Rose dufashe uzambare iribaya nigitenge turebe pe😅😅😅😅😅😅😅
Ryamubera
Azaberwa cyaneee
Imfura tumenyane shine❤
Ndagukunda cyane Ramla mwizaaa usa neza cyane kd humura Allah azagushumbusha insha'Allah.
Ihangane maman😢Imana izagushumbushe disi!kandi humura ejo ni heza turagukunda❤❤❤
Urukoze Rose ikganiro kiza
Ihangane Ramla cherie Imana igudashe
Rose reka ngusane ikintu ntimukabaze imyaka anantu murababangamira kyaneko ntanampanvu yimyaka rwose pe murakoze
Ariko koko tube duca bugufi kuko ivyiza tubayemwo ni igihe,urabona ukuntu atuje ,mwiza ariko urugo rukamusharira?Kandi ibisare vyabagore ugasanga biroroshe iwabo,MANA wokworora uwu muvyeyi ukamuha umusore wawe wateguye neza ❤
Pole sana njyewe inama natanga kumugore nibahangane bakora cyane kandi bikunde cyane baturize mubana babo murakoze
Sha isi yarahinduts abantu barahinduka divorce nukuyakira nyen ntabundi buhinga 🤦♀️pôle Sana maman baho ubuzima bwawe umuntu yiberaho sha😌👌
Abagore benshi turi ubuhamya bugenda munzira komera muvandimwe.
rose ndagukunda cyane uriyubaha cyane ntuzazane ba kayusi wowe na scovia na pendo muriyubaha cyane
Inpole mama njye ndikukunva cyane shengekomera rwose
Allah akworohereze muvyeyi
Asalamwaleykumu Warahmatullah Wabarakatu naam Alhamdulillah, kwakweli ALLAH akutuwezeshe INSHAALLAH.
Oooh nimwiza koko,ijwi ryiza ryoroshye kuryumva
Sha yarabaye Kandi yagize ubwenge Imana yamuhaye butyo asubiza nokuvuga make
Ukuntu uyu mubyeyi yiturije n ibyo biri kunjomba ku mutima.Gukunda umuntu ntagukundire birababaza.
Imana igukomeze cyane.
Rose ndagukunda❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Rose ndagukunda crâne.urazi umwuga wawe peee
Uyu mu mama ni mwiza, Imana imuragiye kbx, gusa mwa mpuza nawe
İmana yo Itanga umunezero Izakunezeze💓
pole sana mubyeyi mwiza uduhayi namanziza kandi ihangane❤
Ndagukunda cyane ramla
For sure the story was so emotional but divorce is not good and l think she deserves a second chance coz now she can make it to the top
Komera courage Jesus loves you ❤️ ♥️
Muvandi komera uba umeze nkikibaho mwishuri buri wese yandikaho icyo ashaka andikishaho ibara ashaka uka kabona pe ariko wamugani bisaba kwiyemeza ugakomera
Nguheruka kwa Sabin utarabona icyo gukora Imana ishimwe ubwo wabonye icyo gukora nanone bby❤❤❤
Yoooo ndakuramukije bazina naje nitwa dudu mvuka ibutare mugabo mba muburundi aho bita ibujumbura komera cane ndagukunze
Aliko Rose Sha uti ukuntu nzaba meze.Uzaba uberewe, igitenge ni umwenda mwiza w,abamama Kibera Buri wese.
Ihanganecyanemubyeyi
Ngumuntu yagutunga arikontiyakubeshaho
Imana niyo itubeshejeho
Umuntumwahuye amenyoyuzuyemukanwa ntampanvuyokukubuza umunezero
Mpise nkukunda Wifi, Komera Allah arikumwe nawe
Mubyeyi ihangane. Najye narwanye intabara yokurugumamo ngeraho ndanirwa jyewe natinyaga nurakumva induru.murugo akantubita nkabisha nkuriwe inda.yendakuvuga yewe icyumuntu atinya nicyo abona wihangane rwose ubu najye bampaye akato ark umuntu niwe umenyibye gusa ugatuza ntisobanure
Pole mama suko these urashako rugenda neza,Gusa nyuma yabyo ubuzima burakomeza rwana intambara yejo hazaza kandi amahoro mumutima ntakiguzi cyayo,wiyubahebntihagire ugusuzugura kora cyanen Nyagasani azagushihikira
Rose we uyu mu maman ni mwiza kweri kandi agaragara nkuwitonda
Ikibazo cyamatsiko ese yabonye umukunda koyavuze ko ntamugabo wamwemera
Ndagusuhuje cyane bazina twicaranye kuntebe y'ishuri
Ariko disi Rose numwana mwiza. Ndifuza kuzakuhona nindamuka naje m'Rwanda
Muze muguma ku kirindiro bagore beza.Muzi ico mwemeye imbere y'Imana.
Ubwose nibyo ra! Hhh umugabo we ntaba yarabisezeranye se ye
Manshallah uriyubaha Allah azamuguha
Yooo ndamwibutse disi aririmba muri gereza atoza abamodo ❤❤❤
I feel u mama, urugo ruragoye pe😢
True
Yoooo,dudu nyumayurushako ubuzima burakomeza
Muri Africa abagore batinya divorce bakizirika mungo atarukuhakunda Ari za society zacu zikwita ayandi mazina nagasuzuguro,ubukene kuba beshi ntamirimo ngobatuge abana kuko ibihugu vyateyimbere muravana kandi umugabo agategekwa ivyakwiye guha abana ntakumwingiga aritegeko.
nibyope turatinyangobataduseka kandi tubatugeramiwe sha
Dudu uvuze ukuri 101% ntegereje divorce maze 5 narasize umugabo gusaaa nfite umwan 1 narazinutswee narabishyeeee
Mbega ibigerageze bikomeye wanyuzemo humura Imana izagusubiza ibyiza ubyibagirwe
Shaa ramla rwose niba warapfuye n 'umugabo kunrywa inzoga rwose ntawundi mugabo muzashobokana ,nushaka urekane n'abagabo kuko kuzabona umurokore pure ntibizakorohera ,kandi ntatanrywa n 'inzoga uzasanga afite injyeso zirenze kunrywa inzoga .baca umugani ngo wirukana umugabo unyara kuburiri ukazana ubunryaho .
Arabesha sinzoga gusa hano kuma channel baza kuvuga ubusa nivyoroheje ibikomeye bakabihisha.
Umubwije ukuri kubaka urugo nukwihana kunywa inzoga sibyo byatuma utandukana numugabo.
Nanjye nibyo naringiye kuvuga nago bavugisha ukuri kuko njye ndumukobwa ariko nago natandukana numugabo kubera inzoga haba haribindi birinyuma
uzi kugirango ubeho ukubitwa utukwa ucyurirwa ntiwigere ugira amahoro mu rugo rwawe . Ikosa ntiribeko wakubiswe ahubwo rikaba reaction wagize nyuma y'uko ukubiswe !! Uzi kugirango umugabo asambane ikosa ntiribeko yasambanye ahubwo ribe iry uko wamwinjiriye mubuzima bwe bwite!! Hashimwe Imana itanga urubyaro bamwe iyo tutagira abana ngo dutekerezeko nituba tudahari ntawundi uzabitaho tuba twariyambuye ubuzima
Pore sana
Ibi twarabyakiriye kdi Uwiteka ashimwe
Wimvugira ibintu😢😢😢
Ur so Smrt Chr❤❤❤
Pole sana Dudu ibyiza birimbere ,Rose wanjye ndagukunda pee
Disi nange byananiye kwihangana
Utaranigwa agaramye agora NGO ijuru riri hafi
Gusa nge nenga abantu baza hano nkubu Koko icyatumye usenya ngo ni nzoga wap aha simbyunva pe gusa muba mwishyira hanze ubu nkubu uwo mwana wanyu nakura agasoba nukirwa ntaza kugaya
Ni mwiza disiii...
Afite inkuru ijya gusa niyanjye.
Nawe warFubzwe se
Komera sha
Mbere yo kujya mu madhila banza wambare rya RIBAYA! 🔥! Rose ntukagire ubwoba bwo kwambara ibibonrtse byose kandi bizakubera ! Turategereje 💕💕💕💕💕💕💕💕💕
Rwoseeee ni vuba pe
Rose tuzagushyigikira kugeza igihe natwe tutazi
Ibihe byose turahabaye kubwawe
Rose ninyuma ya 15ans ingeso zabantu zishobora guhinduka mugatandukana pe ntuvuge ngo ni gute imyaka 9 wavuga ngo urananiwe??? Birashoboka ikiremwa nikinyamaswa sometimes utamenyam
Love and family always need God first and now days ladies think having divorce is the source of life through having good life in the ghetto but Aman will still be man in the women's life so pliz ladies / sisters try to obedient and royal to the family
Urimwiza , urigitangaza icyo nicyo gituma mutandukana . Ubgiza bgu mugore ni mico myiza no kwichisha bugufi ukubaha umugabo.
Pole mama
Yego shahu ndumva ibyawe ninkibyanjye😢
Nawe warafunzwe se
Ndabakunda p
Ihangane mama imbere yawe ni heza gusa komeza usenge
Yooo uganira nkumunyabwenge shenge .
Yooo uwo mugore twariganye
Mbega umu mama mwiza! ark ubu abagabo bari serie ntacyo babonamo koko?
Hahah sibyooo
Nkunda ukuntu Rose ,abaza neza yitonze .Kandi aabatumirwa be nabo baba basobanutse
Ariko kuki abantu mwitako Ari beza Bose baba barananiwe kubaka,nukuri abashoboye bazakore ubushakashatsi,gusa pore mama ubuzima burakomeza
Yambaye neza cyane
Uzadushakishirize amakuru yumukobwa witwaga jeretrude waririmbye indirimbo yitwa mon peyis natal
12:33
Rose njendamwunva ntabwabantubosebihanganiribibazo kimwe Mugishakisha bibaribyiza Ariko abenshiukoimitungo yiyongela habibibazo mungo
Ihangane mama. Nyagasani yari abizi
Tumenyane Rosa nkunda❤
ariko agahinda k'abagabo batawe, ba divorcing cg amaranga mutima umenya ntawe uyamenya!
Kubera abagabo badakunda nkabagore ntibakomereka cyane iyo bahemukiwe. Nuko turemwe
Nibyo umugore wese udafite umugabo buri wese amufatuko yumva burya umugabo utarwana yakwihanganirwa akaba agakingirizo kibyuririzi gusa
Rose turagushimiye kubwuwo mutumirwa
Ndakwihanishije nanjye nuko byambayeyeho
Sorry ndakwihanganishije Allah niwe Uzi byose kdi ibyiza birimbere❤
Biterwa nu muntu hano iburayi uraruhuka ibyo byose ntibihaba iyo utanye uraruhuka iyo miruho
Sha harigihe usubira iwanyu bakakujujubya wabigenzute Dudu?
Byihorere sha ntamakuru ufite ijoro ribara uwaribariraye media
Hello ahaaaa ntibyoroshye iki ibiganiro nkibi nkunda kubireba cyane kuko nanjye urugo rwarananiye bikomeye.imyaka irarenga 10 ndwana ariko umutima wanjye wo wamaze Kubora.nanjye munsengere ubuzima simbibona pe
@@mukamanachristine-gy6zt Christine ubundi iyo byanze urarekura Ariko ihangane witeshuka gusenga kuko Imana irumva gusa niba ufite icyo ukora ufite ubushobozi bwo kwitunga uzarekure nta mpamvu yo guhora urira ufite uko wabigenza
@@mukamanachristine-gy6zt wamp nimero yawe tukazaganira mukobwa mwiza
Ndakumva mugore mwiza ubwo buzima burasharira
Umugore utangaje avuze ubuhamwe bwo Ku divorce ariko ntayakwirakwiza icamubayeho. Ariyubaha nu mugore koko ndabikunze
Disi uyu mubyeyi aratuje
Eeeeeeeh Ramla we ni uko nyine akarya isi n'abayirimo 🤭🤭🤭ABAGABO WE HUUUUUM!!!!Ramla we wabivuze ukuri byose pe!!! Hari ibyo umuntu yihaganira n'ibitihanganirwa pe!!! Ikintu cya mbere ni ukwitekerezaho!!!
Ramla komera cyane
Ni mwiza pe
Ukorera hehehe ngotuzamugurire
Mwaduhaye nomeroze wangu tukazamuvugisha
I kiramuruzi ni wacu sha turibyuki abantu tuhavuka kdi sorry kunkuru yakubayeho
Ramla uri intwari ndagukunze cyane,abantu mukunda gukora jugement ku mahitamo yabandi rwose ndabakomeje,muhe abantu amahoro bakore amahitamo yabo uko babyumva
Niko se Rose, ubwiza bw’umuntu bugaragazwa n’iki? Kuko nabera sindumva wakira umuntu ngo uvugevko atari mwiza ! None niba abantu bose ari beza ubwo ningombwa kubitindaho ?
Niko abibona ndu ntakosa Rosa afite pé kubwira Abatumirwa be ko aribeza ningenzi ngwijambo ryiza ni Mugenzi w'Imana
Nje numva icankura murugo arinkoni ndazitinya kuko ntakwishe wanyica .ariko ibindi nakureka ukazerera naniwe nkagenda.
Ntaguzi umugabo ucyurirana HHhH murugo ntacyoroha
@@UrwibutsoSandrine-lj6bqbireke Sha ninjye ubizi
Numuntu utaguha agaciro birababaza cyane 😢😢
Urugo uko narutekerezaga si ko narusanze kbx ukuntu utangira mukundanye mana tabara ingo peeeee uhe nicyo gukora abagore
Ntago Imana yaguha icyo gukora. Yavuze ko izaha umugisha imirimo y'intoki zanyu. Bivuzeko wowe ubwawe ukwiye kwishakamo imbaraga ugahitamo icyo gukora ugakorana umwete ubundi umugisha ukagukurikira mubyo watangiye.
@@kayfellyyego rwose ibyo gukora niwowe ubundi Imana ikaguha umugisha ariko watangiye
Rose kura uburyarya aho uri mwiza cyaneee ariko tu es au service
Icyo umuntu atinya birangira kimugezeho,iryo na nararirwanyije arko ndàbona birangiye ngiye kuryitwa
Singa imana uyibaze niba urugo ari.urwawe
Komeza urwanye muvandi wicika intejye
sha nanjenuko vrtm ndabona ngiyekumanika burundu ntazahapfira ninkoni nibindi puuu
@@KwizeLeeOooo! Imana ikurengere bambe
Njye nabuze icyo nakora pe gusa nanjye nkomeje kwihambira Kandi nanjye ndabibonako atakinkeneye Kandi yaranabimbwiye gusa I have no choice
Rose urasa nez vrmt.
Abagore benshi bagendana agahinda
Asa na Tonzi birenze
Cyane pe, nanjye nabibonye
Rose disi yarize byahatari nuko yiyumanganya ariko yarizee peee