NTA RUGO UFITE NIBA BIMEZE GUTYA|UBUKWE nibwo twitaho kurusha UMURYANGO MWIZA|SUGIRA yigishije neza
Вставка
- Опубліковано 31 лип 2023
- Niba wifuza kuvugana na ISIMBI TV, kuduha ubuhamya bw'ubuzima bwawe cyangwa inkuru idasanzwe, duhamagare kuri +250784838126
#IsimbiTV_0784838126
Abemera bakanakunda uyu Muntu mumpe like🥰
Mwaramutse, ndifuza kugira clarification mbasangiza kuva ku munota wa 35 -40:iyo abantu basezeranye ivangamutungo rusange icyo gihe baba bavanze ibyo batunze hamwe n'imyenda umwe muri bo cg bombi yafashe/bafashe mbere yuko basezerana.
Naho iyo basezeranye ivangamutungo muhahano buri wese yishyura umwenda yafashe ku giti cye mbere yuko basezerana keretse iyo agaragaje ko umwenda wafashwe mu nyungu z'urugo rwabo nibwo bashobora kuwufatanta.
Merci à toi Sabin🙏🏽j’aime la manière dont tu poses les questions à tes invités!tu es vraiment professionnel
Cyakoze uyumupapa cyakoze numuhanga knd avuga ukuri 🤝❤️❤️❤️🇦🇪🇷🇼
Ooh mon Dieu nacistwe 🤩🤩Hubert karibu encore kw’Isimbi Tv 🙏🏾
Wakoze cyane kuzana Huber ubutaha uzatuzanire paster senga plz
Wamugabowe uvuga Amagambo y ubwenge 🙏💕💕
Ndagukunda Imana yaguhaye ubwenge uzaburinde neza wubaka benshi
Ahubwo bazashake ukuntu bashyiraho isomo mboneza mubano mumashuri
Iryo shuri rwose nimumfashe mumbwire ibisabwa ndashaka kurikurikirana, ndumva Ari ryiza cyane
Ugufite yarahiriwe! Ufite ubumuntu
Yabaga wabwiraga abumva 😔
Ubwiwe Niki nimba umufasha we yishimye mubyukuri? Buriya ibintu umuntu avuga nibyo akora hari igihe biba bitandukanye,hari igihe umuntu ashobora kuba icyapa kirangira abagenzi nyamara icyo cyapa cyo ntikigeyo.ikindi Akenshi mbona nta muntu ukwiye kuvuga kubyingo kuko bihinduka nkigicu.byose ni sataniii
Thx papa!uri umuhanga uri umunyabwenge,kdi uri umugabo w'Imana,nukuri imbaraga z'Imana zikubeho
Nice podcast uzadukorere ikiganiro cy relationships hagati y ababyeyi n'abana.❤
This is my true story 90%!
Neza neza pe.
Mwakoze cyane
Thank you Man of God
Ikiganiro ciza cane
Thanks Sabin
Much thanks Mutumirwa 👌👍👏🇧🇮🇨🇦
Waoh Sabin wakoze kuzana uyu mu papa ndamukunda cyane afite ubwenge bw'Imana muri we.
Muduhe nber ze
Sha sabe uzana abantu bubwenge kbs akakantu nukuri abantu dukunda ubukwe kurenza urungo kuko haribyonshi ubona ariko ugasanga atinye amaso yababwiwe ko harubukwe uyumugabo ndamwemeye gusa byarangiye 😭
U'r are amazing wamugabowe urarenze vrmnt wagirango Uba mungo zose peeee
Mbaye uwa mbere☝️☝️ ka numve ikiganiro 👍👍
Sabin ndagushimiye cane kuru mukozi w'Imana utuzaniye arampezagira cane mubisazwe avuga umengo aba mu mitima ya bantu
Murakoze cyane rwose ku kiganiro muduhaye habwirwa benshi yakumva bene byo
Good topic,uvuze ikintu cyiza inyigisho zo kubana ziba bamaze guhitananamo ahubwo bagahata abantu kuzihangana no kwihambira ,ababyeyi bagahata abana gushaka batarabateguye,...so byose tubikorera vue extérieure kandi divorce yaba bakibaza impamvu! Migeprof na Minaloc bashake Hubert bige izindi policies.
Ikiganiro kiza cyane peeee ❤️
Sugira Ibert Imana ijye iguha umugisha ibiganiro byawe biratwubaka cyane! ❤
Ooh uyu mugabo ampay inyishu yikibazo canj vraiment 😊
Cyakora wavugishije ukuri
Uko Niko kuri bibaho cyane guhubuka up
I can't wait for that
Oh byiza cyane pe turagukunze
No comment uwampa aho nivuza ibikomere mfite naho urugo ni 0 😭😭 mbabara cyane ahubwo
Nibyiza kubwiza ukuri uwo muzabana akamera ukuri nibyago cyane kubeshya uwo muzabana .ikindi ibintu birashakwa bikaboneka cyane iyo ubunebwe budahari.
❤❤ uyumu papa sabin wakozeee kumuzana ndamukunda❤❤❤
Good example ❤❤❤❤ ufite icyaka icupa ririho agatwe ka acid , wanywa 🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Uyu mugabo yuje ubwenge Kandi asobanura neza ibintu gusa next time sabin uzamureke akore ikiganiro neza utamuca mwijambo kenshi plz
💯 % 💯
Mfite nibihamya bibyemeza
😁Reka mbasangize ibyo umuganga aba yiyumvira :burya yita cyane kubutabazi nikizere uwamusanze yamuhaye, numusaruro uri buvemo. Ikindi banyura mwishuli niyo mpamvu batangira stage kare bakora observations muma service. Iyo afite umutima woroshye abiviramo aho. Mukazi burya unabivuze bagufasha gukora ibyo ukunda ushoboye kurusha ibindi. Thank you.
Iyo muvanze umutungo muba muvanze byose n'amadeni arimo. Nicyo kimwe no kuzungura uzungura azungura imitungo n'amadeni.
✋
Nukuri Hubert, gushaka kwemeza abantu kandi nimugoroba baragenda ba critika decoration, ibiryoe ect.....,
🤭🤭😥😥yegosha ngo mbega ibiryo ngo mbega ukuntu bari bambaye😏😏😄😄
Uyumu papa mukunda kubi❤❤❤❤❤❤
🙏🏾
Nukuri Sugira Uwiteka akomeze akwagure kd age aguh imigisha myinshi
Uyu mu papa ibyo avuga rwose nukuri pe.Nanjye haruwo nzi wagiye gushaka avuye hanze yari yarakunze ifoto ageze yo asanga uko umukobwa aboneka kuri pictures bitandukanye kure kandi baramaze kwiyandikisha mumurenge .Imusore aravuga ngo yabiherahe kumwanga ko bigeze kure.Ariko yakomezaga kuvugako ari igihano k'Imana ndetse nibindi byinshi .Ubu ntumbaze uko urwo rugo rubayeho nyuma yo kumva ikikiganiro mpise nibaza urwo rugo ibyo ruri kunyuramo.
Njye byambayeho Sabin nahagaritse ubukwe nsigaje ukwezi 1 kuko narimaze kumenya uwo twari tujyiye kubana n'ubwo navuzwe cyane ariko ubu ndatuje kandi nababandi hasigaye babwirako nafashe umwanzuro wa nyawo ntampamvu yo gutinya ko bazakuvuga kuko urugamba uzarwana ujyezeyo uzaba uri wenyine ibyo byose muvuga nari nabicitemo uurenge narawukoze na Envitations nari narazitanze
Wabaye intwali cyane! Thanks for sharing your experience
@@HubertSugirayou are so wise man ❤ I see 😢we have a problem of failing to make decisions.
@@HubertSugira wambabariye ukampa number yawe
Neveu nkunda ukuri kwawe k,umuryango!
Ngewe sindabona igisobanuro cyurugo pe🤔 iwange harubwo mbona ari nko mwijuru bwacya kabiri nkabona arinko mumuriro🤔 ahaaa narumiwe
Nago byoroshye urugo ni ukwihangana nahubundi ndakurahiye ndunva turikumwe
Same here rwose😂😂😂
Urugo mbona nta formula rugira
Wagirango urinjye
@@Motivation2023-mb3zs😂😂😂😂😂😂😂😂
Ibyo uvuga nukuri kuzuye ingo nyinshi zipfira muri fiancalle pe
Kd burya fiancalle niyo foundation yurugo benshi muri bakora divorce muri fiancalle baba barabonye ibimenyetso byuko bitazagenda neza bakabyirengagiza
abanyarwanda baravuga ngo umwana pfira mu iterura..thanks for listening
Iyo mwasezeranye ibavanga mutungo
Umufasha kwishyura ni myenda umusanganye.
Ibyo uvuze ndabyemera cyane, ingo nyinshi rwose zubakiye kukibi 100%
ni ibibazo rero!
uruwambere ufite ukuri kinship ndagukunda❤❤❤
Ndabashimira knd cyane peee 🙏 umumbarize ese kwijira nagahe murakoze mugire amahoro
urabaza igiciro cyo gufata amasomo ya relationships? ubundi ni 500,000 kuri course yose, harimo ibikenerwa kwiga byose, ndetse na coffee break, na certificat …ariko hari ubundi buryo butandukanye bwo kwiahyura hari rwose nukuntu wabigenza ukiga nta mafaranga akuvuye mu mufuka…thrabaha amakuru yose arambuye vuba aha
Anicet Niyomugabo uzamuzane Sabin Kubwimbabazi Z'Imana
Urugo nta formula rugira
Wise man❤❤❤❤❤❤
Dukeneye abanjyanama nkamwe hanzaha ingo zirarimbuka bulimunsi💐
Mumbabarire nibariz none ko muvuz ko uwudashatse kubera ibikomere runaka azisanga akeneye abiwe muri kazoza, ntabashaka ntibavyare? Ntibaronk abana? Ikindi guhitamwo twese twashaka vyiza ariko biragoye cane kumenya umuntu wimbere mumutima , rero numva vyose nugusenga Imana ikaduha Amaso abona ,ibindi vyo biragoye cane
Bareke bavuge aha utagira umwana kandi yarashatse ababona nkabasazi. Nutabonye urugo akagera muri 48 atarabona umushira mumago akandi atampamvu yiyiziho ituma abengwa ababona nkabasazi.
Urakoze chane ibyingobyo nibyinchi pe.
Ikiganiro cyiza cyane. Murakoze Sabin na Hubert umutumirwa. Imana ibahe umugisha. Umuryango mwiza ni ishingiro rya byose pe. Ku bw'amahirwe macye nkibonye nyuma aya masomo yiswe "Mastering relationship programm yararangiye". Ese ntabwo bizagaruka mu kindi gihe? Nibishoboka Yaduha numero ze tukazamushaka byumwihariko.
Nukuri uvuze ukuri iyaba abantu batarubaka babyumvaga bakabikurikiza Nukuri
Ibiganiro byanyu biratwubaka rwose pe. Ariko dufite ikifuzo ko wazaduhuriza Hubert na Benny bakaduha impanuro ari bombi kuko byadufasha kurusha. Umuryango mwiza ni ishingiro ryo kugira igihugu kiza kdi kiteje imbere.
Njye ampaye inimeroye nabagize umugisha koko mbona byarandenze ibyurugo rwanjye
Hubert kora ubuvugizi habeho aba councelors benshi nizo campain wavuze zukorwe abantu babagane nibura abo muzafasha nibimenya bazabasha kumenya compatibility zabo; naho ubundi some mariages hanze aha ni ikibazo biteye agahinda😭. Just due to lack of knowing who you you are and who to live with for the rest of life
Uwa 3 hano, ka numve Hubert
Ufite inama nziza kbx najye wangirinama pe ndazikeneye
Ariko hari nabandi bashumba ryose babakozi b'Imana kandi bafite nimbuto za gishumba
Ibyo uvuze ni ukuri
Sabin kuvanga umutungo bivuze kuvanga ibyo mutunze harimo n'amadeni (ibyitwa assets and liabilities), rero amadeni ni liabilities nayo murayafatanya.
Sabin ndakuramukije caneee goseeeeee hamwe numutumire wawe,ndumva uyumu Papa yangirira Inama mfite ibibazo birenzeko murugo,nabuze icomfata nico nakora.😢
Yooo impore disi uzamushake akugire inama
Muzavuge no Kumwanda ngo Harabantu badakora Isuku Nukuri Mumakuru kumpande zombi Mumaguru kandi Kubigaragara utabibona
thank you Sabin to invite this intelligent man
thank for listening
Mwakoze kubw'ikiganiro kiza!
Nonec, umuntu ukeneye Sugira Hubert byihutirwa yamukura hehe?
Ibyu rugo byihorere
❤❤❤❤
Hari abantu ubundi bakwiye kuyobora ministry of family Hubert sugira , pastor rutayisire &Madam batamuriza uherutse gukorana igikaniro na @roseTV show ibyo bavuga barabyumva neza 🎉ikibazo twe babwira turumva ? Nyagasani atwubakire ingo azuze amahoro & nurukundo
Urakoze cyane shenge
Sugira Hubert ndamwubaha nubwo tutarahura i love you ❤❤❤❤ Sabin nkunkunda impanuro ziwee❤
Murakoze cyane
💓💓
Uyumugabo ndamukunda cyane
murakoze, love you back
Wibuke uduhe nimero yawe
❤
Turakwakiriye mwarimu wacu
❤❤❤
Imana idufashe guhitamo neza
Imana yumve amasengesho yawe
Watching as the baby comes out is wring doctors shouldn’t allow it. Husband should be there to hold hand and support but not watch. I couldn’t do it without him holding me, it gave me courage. He was scared but so was I.
Congratulations
uradukomeza pe inyigisho zawe ziradufasha Sugira
🤝🤝
Ivy'ingo n'Imana gusa kabisa. Kubwanje mbona ari ishure ridahera
Ibyo bintu bya credit bizana amakimbirane cyane pe. Niyo umuntu ayatse bari kumwe (barashakanye) Hari igihe umwe Yanga gufasha mugenzi we kwishyura
Sabin, abashakanye bavanga byose Pasif na Actif muvanga byose harimo nibyo mukiri ingaragu mwari mufite harimo n'amadeni
Ni yesu gusa
Nukuri wumve ko ubuzima bubi ntamuntu yobujamwo abwipfuza, nubwo harabagenda bahunze ivyo barimwo biranashika akisanga mubiganza vyiza , numva noshima ikiganiro caane .
Niko bimeze pe ,na nge nunva ntashaka aho n
Sabin je ne suis pas d'accord avec toi à ce point, uhakanye numuntu afite crédit Kandi yarabibwiye mbere Yuko mubana mwarangiza mu kavanga umutungo iyo crédit muba muyifatanyije mwembi sinon umuretse ngo yishyure wenyine haba hajemo égoïsme,à moins que mwaba mutaravanze umutungo %
3:36
Nukuri ni twemere kushaka abadufasha mu nibazo.
Yewe byumvuhore ni mwene icecekere, ijoro ribara uwariraye n' uwarirwanye 💔💔
Hahahhaha habaye iki gituma uvuga ngo ijoro ribara uwariraye koko ?
38:56
Imitima yabantu irarushye mwabantu mwe
yego hari abantu benshi bananiwe, ariko ikiza ni uko hariho ibisubizo
Vyukuri ntamuhinga wiyi si hari nabavyaye benshi ariko babapfushij Bose , nukuri nkunda ibiganiro vyisimbi tv, ariko iki co kije gukora munkovu ababaye nkumpande zitandukanye pe ,nyakubahwa wagize amahirwe kugira urugo rwiza, ariko da wagonvye gutahura ko abisanze mumakuba ataruko bari bayakunze mugenzi
Mwiriwe uwo mugabo ndamukunda ukeneye ubujyanama bumuturutseho yamubona gute?
Nonese pastor wamaze kurugeramo ukabona ntimuri kumvikana niyihe nama wamugira kugirango ugarure urugo rwawe
Byaterwa n’impamvu ituma mutumvikana…kuko ntago ibibazo byose bigira igisubizo kimwe
Nkunda umuntu uvuga ukuri uko kuri.
Wamugabo we urumunyabwenge ibyurikuvuga byose nukuri
thanks for listening
@@HubertSugira Imana ikongerere ubwenge uradufasha cyaneee imigisha imeze nkimvura ikubeho nabawe
None Hubert proffession ye ni iyihe atandukaniyehe naba psychologues?
ntago ndi umu pyschologue ndi relationship coach
🇷🇼🇷🇼🇷🇼🇷🇼❤❤❤❤❤
🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Aba pasiteri beshi kuli UA-cam nabo rwose bo muminsi yanyuma.