1.wabanje kuvuga ko wize ibitabo 30 bya Qoran yose , Nigute wabyize ntumenye ko Imran ari se wa Maria ntunamenye ko muri Qoran habamo Maria ukabimenya uwo munsi uri gutegura?? IGISUBIZO :nubwo wari umuislamu ukaniga Qoran nkuko wabivuze ntago wasobanukiwe kuko ntiwayiga ngo uyoberwe ko Hari nigitabo ahubwo kitiriwe Maria bivuzeko wagendaga buhumyi arinayo mpamvu waje kuyoba aka kagene 2.Wavuze mwakuze mudakunda kristo none mwapfaga iki ko umuislamu udakunda yesu aba ari guhakana cg ntago wari umuislamu ? 3. Murengo uvuze wa 39 ca akarongo ahavuga umwana wimana? IGISUBIZO :nuko wasesenguye muri yamyumvire yawe mibi kuko wize nabi 3.Ngo noneho ZURA ndamuzanye ubu subwesikoro 😮
Zuhura koko abaislam banga Yesu utababeshyeye ese iyo wasomaga suratul Mariamu wumvaga mwo urwango rwa Yesu koko ese koko wize Qur'an waba se uzi umurongo wo muri suratul Radi aya 26-27.
Ibyavuga ndabyumva kk nanjye nariwe ark yesu Arakora kandi akakwiyereka rr nanjye nshimye yesu ko yanyoboye nkamumumenya nifuriza burumwe wese atarakiri yesu nkumwami koyamwakira kk mubwislamu nta Mana ihari
Uyu mubyeyi ni mumureke avuge ukuri, Yesu niwe nzira y'ukuri nubugingo rata! Yesu n'Imana ntabwo ari intumwa wapi hanyuma abavuga ko uri kuyobya abantu byihorere wamenye ukuri kose
Ikindi nu muslamu udakunda yesu abanyuranije ni nyingi zo kwemera kuko mu nyingi zo kwemera harimo no kwemera intumwa zi mana kandi ikindi yesu ari muntumwa 25 zatonteshejwe ikindi muhamadi niwe yaje akurikira bivuze ko yesu ari mukuru wa muhamad kuko baje bakurikirana na yesu yavuzeko hari intumwa izaza nyuma ye ariyo muhamad bambi imana ibahe amahoro ni migisha naho kuba umuntu yahindura idini ntagitangaza kirimo hari abapaster baba abaslamu na ba padiri kimwe nuko nuyu yahinduye idini akaba umurokore yarize Quran erega ntagahato mudini ubuyobe bwaragaragaye no kuyoboka biragaragara umuntu agomba guhitamo inzira ashaka gucamo
Innalillah wa inna irayihi rajiun, Islam ntiwayivuyemo ahubwo yo yakuvuyemo, Iyo Quran uvuga ntayo uzi, kandi isaac na Ismail bose ni bamwe, wibatandukanya.
Inalillahi waina ilaihi rajiuna. umuntu yajyera kurwego rwo kujya kwigisha no kumenya cor'an yose mu mutwe ataramenya ko yesu ari muri cor'an ubwo nubundi nta busilamu yari asanganywe
None se kuvugako abaslamu badakunda yesu ubwo nyina wa yesu wa musomye muri quroan ya baslamu gute ?? Yesu aba slamu baramukunda baramwemera cyane kuko ya tumwe ni mana kugirango yigishe ijambo ryi mana ni nikimenyetso ko abaislamu bemera yesu anavungwa muri quran inshuro 25 na nyina umubyara hari isura ya mwitiriwe ariyo surat mariamu rero ni mukabeshye ko abaslamu tudakunda yesu kuko nawe yari nu muslamu
Ntabwo waba warafashe igitabo cya Qoran mu mutwe ngo uzatungurwe no gusoma iyo mirongo kandi iyo ufata mu mutwe Qoran bigusaba gusoma kenshi.Nukuri nta Dini ya Islam uzi.
Nawe uzaduhe ubuhamya bwawe twumve aho wavuye n'aho wagiye uko bimeze!bizatuma tumenya niba Koko inzira wagiyemo ari yo y'ukuri Koko!Gusa abaslam mbashimira ko sometimes abagore bambara bikwije naho kubyo kubaha Imana byo Je doute!
@@hajatihajati5357 Njye nibwiraga ko Imana ari yo muba mwerekezaho abantu!!none ngo Islam ntacyo iba ihombye!!!Ntihakagombye kubaho competition mu by'amadini. Ahubwo abantu byakagombye kwishimira ko abantu bari kwerekeza mu nzira yo kuva mu bibi!For eg;Inzangano,Kwa kujya mu bapfumu,ubusambanyi....
@@hajatihajati5357Ninde se ubarusha amaco y'inda ko numva mwamwihaye??hanyuma ibidafite umutwe n'ikibuno yavuze ni ibihe?Il faut que vous contloriez votre colère!
Umuvandimwe za Zura aje avuga amagambo yakasamutwe 😮
ua-cam.com/video/95teh0ULNMA/v-deo.html
Ameen 🙏 wahisemwo nezaa,nanje YESU yarampamagaye niyo nvuka muriyo muryango w'abobantu,ariko YESU agira neza ko namumenye🙏
Komera komera natwe twavuyeyo hallelujah
❤🙏
Komerezaho dada yangu wahisemo neza🙏👍👍👍💃Yesu wacu arakora ntawuzagera kwa Data atamuzi👏
Amennnnnnnna. Ndafashijwe, umvugiye Imana neza
Hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah twaracunguwe namaraso ya Yesu Christo yaratsinze
Inkuru, nuko abaisilamu bosse bumva agashavu, mpole namwe mwene murabe ubu butumwa muri munzira muza kuba abarokore byukuri
Komera Muvandimwe nanjye ndi ex musulmane,Yesu Ashimwe wadukuyeyo.uwasomye coran akayisobanukirwa ntakiri umusilam ariko uwayifashe mumutwe aracyarimo.ceux qui recite le coran demeurent musulman.Yesu yitaba abamushaka yarebye inyota yacu.Yesu Ashimwe
1.wabanje kuvuga ko wize ibitabo 30 bya Qoran yose , Nigute wabyize ntumenye ko Imran ari se wa Maria ntunamenye ko muri Qoran habamo Maria ukabimenya uwo munsi uri gutegura??
IGISUBIZO :nubwo wari umuislamu ukaniga Qoran nkuko wabivuze ntago wasobanukiwe kuko ntiwayiga ngo uyoberwe ko Hari nigitabo ahubwo kitiriwe Maria bivuzeko wagendaga buhumyi arinayo mpamvu waje kuyoba aka kagene
2.Wavuze mwakuze mudakunda kristo none mwapfaga iki ko umuislamu udakunda yesu aba ari guhakana cg ntago wari umuislamu ?
3. Murengo uvuze wa 39 ca akarongo ahavuga umwana wimana?
IGISUBIZO :nuko wasesenguye muri yamyumvire yawe mibi kuko wize nabi
3.Ngo noneho ZURA ndamuzanye ubu subwesikoro 😮
Yesu nashimwecyanee arashoboye Kandi nabandi azabahe agakiza bempere imana iguhe umugisha
Zuhura koko abaislam banga Yesu utababeshyeye ese iyo wasomaga suratul Mariamu wumvaga mwo urwango rwa Yesu koko ese koko wize Qur'an waba se uzi umurongo wo muri suratul Radi aya 26-27.
Yavuze ukuri ntimumukunda nibitangaza yakoze ntavyo mwemera ikindi ko yaremye isi nijuru muvyanka kubi muncamake muramugwanya yesu cane niko kumwanka
Urabeshya Kdi Shatse wabihagarika
ukuntu ubeshya koko umuntu utazi ko Yesu yanditse muri Qor'ani
Surah *_Mariam_***: Ayah ***_30_*
قَالَ إِنِّي عَبۡدُ ٱللَّهِ ءَاتَىٰنِيَ ٱلۡكِتَٰبَ وَجَعَلَنِي نَبِيّٗا
*[Issa (Yesu)] aravuga ati “Mu by’ukuri ndi umugaragu wa Allah. Yampaye igitabo anangira umuhanuzi.”*
Mwirakara kumenya
YESU NO KUMUSOBANUCYIRWA BIRATANDUKANYE NUKURI YESU NIGISOBANURO CYIRECYIREEEEEEEE ICYAMPA MUKABIMENYA KD KURAKARA NTIMWABIBURAWE
Gusa namaze kumenyako amavi yose azamupfukamira indimi zose zature ko Yesu arumwami 🙏🙏
Imana ishimwe cane
Allah akoroherezepe nubuislamu ntabwowaruzi iyuzakubumenya niwarikuyoba muvandimwe Allah azakugarure ibuntu uvebuzimu gusajyureka kubeshyabantu twebaislmu turamukurusha yesu kumumenya ntahubundi ufitibindi ugamije nukabeshyabantu rero uzihane ugaruke
Ntacyo nawe kuba byonyine ujya ugira umwanya ukareba inyigisho zivuga yesu ukareba bene ubu buhamya ni byiza cyane amaherezo nawe uzamenya ukuri kdi ukuri niko kuzakubatura
Iyo umuntu ari mu mwijima akawumaramo igihe kinini ageraho akareba ,hanyuma akibwira areba. Muvandi nawe uzakire Umwami Yesu naho ubundi uri mu mwijima.Yesu niwe nzira.ntawe uzajyayo atanyuze muri weee
Byihorere nduwo mu nyakabanda ndamuzi cyane nintambara yarwanye ndazizi
Ibyavuga ndabyumva kk nanjye nariwe ark yesu Arakora kandi akakwiyereka rr nanjye nshimye yesu ko yanyoboye nkamumumenya nifuriza burumwe wese atarakiri yesu nkumwami koyamwakira kk mubwislamu nta Mana ihari
Hallelujah 🙌🙏 Imana igushyigikire mushiki wanjye yaraguhamagaye
Halleluya Halleluya Halleluya 🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌 Zula YESU wamize ntuzamuruke. We love you 💖💖💖💖💖💖💖💖💖 Umucyo waratumurikiye
Yesu yaratubambiwe,ntampamvu yo gukubitwa,upfa guca bugufi gusa aratubabarira🙏ni yamamare
Yesu niyamamare🙌
Nanjye navuyeyo hallelujah ❤❤❤
Amen amen ❤❤guhamagarwa nibyigiciro uramenye ntuzibagirwe amahirwe wagiriwe kandi wongerewe gutoranywa Amen
God bless you maman zura ,God is good all the time 🙌🙌🙌
Iyo ntahe iranezereye
❤ Amen ❤❤❤
Inkoni ijana😭😭😭izonari gukubitwa Yesu yarazikubiswe nashimwe cyane🙏🙏🙏
Ohh hallelujah komerazaho , amagambo yabantu ntazaguce intege komeza icyufute hatagira ugutwara ikamba ryawe
Uyu mubyeyi ni mumureke avuge ukuri, Yesu niwe nzira y'ukuri nubugingo rata! Yesu n'Imana ntabwo ari intumwa wapi hanyuma abavuga ko uri kuyobya abantu byihorere wamenye ukuri kose
hallelujah yesu ashimwe❤❤❤❤
Kwemera Yesu ntumuhe agaciro ntu Mwana w'Imana ibyo ntacyo bivuze vuga ukuri, kuko rata yaravuze ngo uzampamiriza imbere y'abantu nanjye nzamuhamiza imbere ya Data wa twese
Halleluaaaa YESU Kristo umucunguzi umukiza wacu niyamamare
Ubuhamya bwawe uzubwagure ubutange muvyeyi YESU Aguhezagire
Zurawe courage ni bishop
Ikindi nu muslamu udakunda yesu abanyuranije ni nyingi zo kwemera kuko mu nyingi zo kwemera harimo no kwemera intumwa zi mana kandi ikindi yesu ari muntumwa 25 zatonteshejwe ikindi muhamadi niwe yaje akurikira bivuze ko yesu ari mukuru wa muhamad kuko baje bakurikirana na yesu yavuzeko hari intumwa izaza nyuma ye ariyo muhamad bambi imana ibahe amahoro ni migisha naho kuba umuntu yahindura idini ntagitangaza kirimo hari abapaster baba abaslamu na ba padiri kimwe nuko nuyu yahinduye idini akaba umurokore yarize Quran erega ntagahato mudini ubuyobe bwaragaragaye no kuyoboka biragaragara umuntu agomba guhitamo inzira ashaka gucamo
Yesu niwe nzira nukuri nubugingo ntawujya kwa Data atamujyanye, Kandi umufite muri we niwe Ufite ubugingo buhoraho
Yesu niwe nzira nukuri nubugingo ntawujya kwa Data atamujyanye, Kandi umufite muri we niwe Ufite ubugingo buhoraho
Nonese wanyereka ahantu muhamadi yanditse muri bibiliya hambwire
Ntadini ritazavamo umugeni , ukunde mugenzi wawe nkuko wikunda ukunde n'Imana yawe, ibindi namatiku yamadini❤
Ndumva uyavuze pe
Nanjye mbana n,umusilamu arandembeje ndi ADEPR ndakijijwe pe ariko munsengere yihane madamu unzirikane unsengere pe hari igihe andakarira cyane
Inalillah wa ina ilayhi radjiun
Innalillah wa inna irayihi rajiun, Islam ntiwayivuyemo ahubwo yo yakuvuyemo, Iyo Quran uvuga ntayo uzi, kandi isaac na Ismail bose ni bamwe, wibatandukanya.
hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah hallelujah 💥💥💥 ayiiiii amaraso ya Yesu kristo hallelujah 🖐️🙏🙏🙏🙏🙏🥹
Ayiiiiiii ndumva nasimbuka nkavuza induru! Amaraso ya Yesu🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸🩸
Inalillahi waina ilaihi rajiuna. umuntu yajyera kurwego rwo kujya kwigisha no kumenya cor'an yose mu mutwe ataramenya ko yesu ari muri cor'an ubwo nubundi nta busilamu yari asanganywe
Wallah nagahunda peeeee ntago byashoboka ko waba ufite juuzu 30 mumutwe utazi icyo quran imuvugaho
Nonese wadusobanuriye surat Ikhilas Allahu akuyobore
Imana igukoreshe ibikomeye mu byeyi
Imana ishimwe kd yubahwe ❤
Ikibi cyabarokore nicyi kuku mwunvako mwava mumadini runaka mukaza muyasebya,?mujye mushaka ibitunga izonda zanyu ark mureke kuza musebanya ,
None se areke gutanga ubuhamya??ko uwavuye mu bujura abivuga?uwavuye mu bukene akabivuga??kuki mushaka kumupfuka umunwa?
Mumbarize
Niko mwabaye mugira amatiku,nogusebya abo mudahuje ukwemera,,
@@Lana-r4b7s Ndabona ari wowe munyamatiku wa mbere!!ni gute ushaka kuyobora ubuzima bw'undi?Wowe se iyo uri kubara inkuru zawe hari ukubuza kuvuga?
Ivugire twamaze kumenya ko mwitwaza yesu mushaka ubukungu ubu nawe uvuye ikuzimu gusaba igikundiro ejobundi imana izakuzana wivemo nk,abandi bose uwo mugabo yesu muvuga kumunwa kumutima ntakibereyeho mufite akaga mwariye duke mukaryama kare
Oya pe amaze igihe pe Ari umukristo ndamuzi neza rwosr
Hashimwe Kristo Yesu waducunguye umuhesha wubugingo buhoraho umwana wubugingo arahari nuwo kurimbuka arahari komera komera
Yesu nushimwe hareruya 🙏🙏🙏🙏🙏🙏
❤Ndagunze yesu nakumpezagirire
Urambeshye cyane pe kuko izonkoni ntazo twakubitswe
Abavuga ko zura yavuye muri Islam hakinjira 100 bamenye neza ko Yesu ashobora kwemera ko babanza kunyurayo kugira ngo babanze bamenye ibinyoma byabo hanyuma Yesu azabakureyo bari kubabwiza ukuri nka zura kuko ubwenge bwose noguhamagara kose kwaba kwiza cg kubi bituruka kuri we kuko ariwe waremye byose ubwenge bwose butangwa nawe!!!!
Azabazana yezu azabazana abarikure Bose azabazana
😂😂😂😂 tegereza uzatubona ntamuryango wabuze abantu nkabo 😂😂 urumva ibinyoma afite ngo yarumuvuga butumwa muri islam
@@NsengimanaInnocent-w2vKagire inkuru!!ni ibinyoma se gute ko muzi kwivuna mu mutima nta mpamvu!
Nuko ye
Amen
IMANA ishimwe 🙏
intsinzi bana bi lmana intsinzi bwoko bw'lmana muze turirimbe intsinzi ya yesu🎂
Amen Amen 🙏🙏🙏
Nange nkunda amaraso ya Yesu
Ariko rero buriya ngewe mbona abantu baba babuze ibyo bavuga kuko sibyiza kuza twibasira ayandi madini uretse ko wenda baba babuze ibyo bavuga bakanahimba ngirango
Yooo mubyeyi uramuvuze peeee yesu niyamamare
Allah yarivugiye uwo nayoboye nta wamuyobora ndetse nuwo nayobeje nta wamuyobora
YESU nu Mwami babimenye bose cyangwa babyihorere
None se kuvugako abaslamu badakunda yesu ubwo nyina wa yesu wa musomye muri quroan ya baslamu gute ?? Yesu aba slamu baramukunda baramwemera cyane kuko ya tumwe ni mana kugirango yigishe ijambo ryi mana ni nikimenyetso ko abaislamu bemera yesu anavungwa muri quran inshuro 25 na nyina umubyara hari isura ya mwitiriwe ariyo surat mariamu rero ni mukabeshye ko abaslamu tudakunda yesu kuko nawe yari nu muslamu
Yesu sintimwa
Ntabwo waba warafashe igitabo cya Qoran mu mutwe ngo uzatungurwe no gusoma iyo mirongo kandi iyo ufata mu mutwe Qoran bigusaba gusoma kenshi.Nukuri nta Dini ya Islam uzi.
Zura yarumuslam Ufite qoroan yose mumutwe namuzi atarakizwa ibyo nabiguhamiriza kd yatuye munyakabanda na biryogo sikera ugiyeyo wabona abaguha ubwo buhamya njye ndabizi ibyo avuga nukuri
Waooooo
Yari yarabifashe nka Kasuku. Nonese yigishaga gute ibyo atarasobanukiwe cg atarafiteho ubumwnyi mujye mubitekerezaho
Gumamo mubyeyi hamya Yesu ko ari Umwami nu mukiza wu bugingo byacu
Halelujha AMEN warakoze Mwami wanjye
Ngo imugandamure ibutare ?? Ntago wavuye mubuslamu ahubwo ubuslamu bwakuvuyemo
Kabisa uko Niko kuri narindagire 😂😂😂😂
Amacho yinda nanjye navukiye mu bakristu ubu ndi umusilamu kd nda bishima Imana kuba yaranyoboye inzira itunganye nawe Ira kuyobya ujya kubangikanya Imana ni ibyo yaremye komeza urindagire
Nawe uzaduhe ubuhamya bwawe twumve aho wavuye n'aho wagiye uko bimeze!bizatuma tumenya niba Koko inzira wagiyemo ari yo y'ukuri Koko!Gusa abaslam mbashimira ko sometimes abagore bambara bikwije naho kubyo kubaha Imana byo Je doute!
Ura doutant nonese ko atari wowe uzagororera abayubahaga nabatarayubahaga ngo ubahane jya mu mutuzo
Hummmmmmm 😮😮😮😮😮 ndabona Nawe uri munzira ngaho ihute muzajya muva mubusilamu Imana izane ababasimbura has oh okay mo 1 hakinjiramo 100 Islam ntacyo iba ihombye hahombe ugiye kuyibangikanya
@@hajatihajati5357 Njye nibwiraga ko Imana ari yo muba mwerekezaho abantu!!none ngo Islam ntacyo iba ihombye!!!Ntihakagombye kubaho competition mu by'amadini.
Ahubwo abantu byakagombye kwishimira ko abantu bari kwerekeza mu nzira yo kuva mu bibi!For eg;Inzangano,Kwa kujya mu bapfumu,ubusambanyi....
Hhhhhh zura we ndasetse koko kwishyingira =ninkoni 100😢 Yesu yaravuzengo yemwe abarushye nabaremerewe munsange mbaruhure Yesu numwami ❤❤
Uyu arabeshya cyane.Kuko amajuzu 30 ntiyayiga mu gihe kingana gityo.Reka gushaka amaronko uvuga ibitari ukuri.Kuko Islam yemera Yesu(Isa ibnu Mariam).
Ahubwo x nigute Atari ya soma inkuru za imurani
Igikuru nuko yakijijwe Yaba abesha atabesha nakazike
Nda gushyigikiye amacho yi inda yamunaniye gu controla ibaze nawe unva ibintu avuga bidafite umutwe ni ikibuno
Ko utamunyomoje niba abeshya ibyo avuga arabizi kdi arabisobanukiwe kdi Yesu kristor twaramumenye turanamusobanikirwa
Umwami Yesu niyamamare
@@hajatihajati5357Ninde se ubarusha amaco y'inda ko numva mwamwihaye??hanyuma ibidafite umutwe n'ikibuno yavuze ni ibihe?Il faut que vous contloriez votre colère!
Yesu ni yamamare kabisa❤❤❤
Allah akorohereze
Icyonkundira Yesu😊
😊najye ndayishyimiye cyane niyo kwizerwa nishimwe
Gumya usenge cyne haruckundi kuri utari wamenya mam ariko tuyishimiye ahoo igejeje ikora
Amen 🙏
Oooooo imana yarakoze kugusobanurira ibya yesu ukabimenya rwose twarababariwe ibyahabyacu byasigaye kumusaraba maze turabaturwa amen
None se ko umuntu asenga akanirinda ibyaha yesu abaye yaradupfiriye ibyaha byacu twakiberaho dukora ibyaha no gusenga ni kwabaho kuko ntacyaha twaba turi kunjya kwicuza munsengero zitandukanye twakiberaho gukora ibibigusa gusa kuko imana yaba yaratubabariye byose kandi mwibuke ko buri umuntu azabazwa ibyaha yakoze ntawuzabarizwa undi
@@UwingeneyeKhadidja oya ibyaha byawe ubibabarirwa aruko uciye bugufi ukihana mbese kubyihana nukubizana ukabisiga kumusaraba maze ukababarirwa bivuze ububaye icyaremwe gishya murikiristu yesu ibyacyera biba bishije
yesu niba yaritanze ku bwibyaha ubwose wabba ucabugufi ute kandi ntacyo wishinja uri umwere ahubwo uwemerako yesu yapfiriye ibyaha bye anjye Akora ibyaha byose bibaho kuko atazabibazwa bizabazwa yesu
@@UwingeneyeKhadidja icyo navugaho nuko ibyaha byawe iyo ubyihanye ubabarirwa nonese iyo atatwitangira akikorera ibyahabyacu nibicumuro umuntu yaroga,akiba,akica,gusambana akaba atazabona ubugingo buhoraho reo bivuzeko arukuzana ibyahabyawe imbereye ukaba urababariwe igihe utabyihanye uzarimbuka niwe nzira yukuri nubungingo ntawuzanjya kwa data atamunjyanye reo amunjyana aruko yihaniye imbereye maze ibyahabye bigatwicyirwa
Aruko bimeze umuntu yanjya yihana rimwe cyangwa akanjya murusengero rimwe kuko yaba yababariwe byose ubundi akikorera ibyashaka kuko yesu yaba yakiriye kwicuza kwe
Yesu niwetsinzi yabamwizera
Ngo wahinduye igisekuru?! Burya se Igisekuru kirahinduka ?!
Allah uzamusebya ark nawe azagusebya igihe utazi kuko ubu Allah aracyagushakira icyo yagukorera
Ko ubanza Allah wanyu ntamikino agira😮😮
😂😂😂😂urshecyeje nukuri ashobore kuba angira amahane ntacyiza barikumutubwiraho😊😊
Yezu akwagure'Amavuta
Hallelujah amen ❤
yesu ni yamamare
Uvuzimana
Neza bafushye ntibihushira nukugura bakristo abanzi
Nukuri Yesu niwe nzira nukuri nubugingo ntawujya kwa Data atamujyanye
Kondagukunj yesu nimwiza nanj naramumeny.narinayovy
Yesu si ntumwa si umuzungu ahubwo niwe jambo ry'imana
Niba mutarakunfaga christu ntago mwari abaslam,ivugire ibindi naho aho waratakaye
Hashimwe Imana yo yakoze ibikomeye
Urumubeshyip kd ALLAH azakugaragaza gusa islam ntiwayivuyemo ahubwo niyoyakuvuyemo ntabwo waba warasomye qor'an nguyoberwe yesu uwariwe ayo nayanda akuvugisha ibyoyose wavuyemo urumwe hinjira 100
Wowe wavuze ko wize ukarangiza quraan nigute utabisobanukiwe
Yesu Wemeye SI Imana waribeshye.Ni umuhanuzi Kandi ni umuntu kimwe nawe.
Ubwose niba utaruziko yesu ari muri qor'an ntumenye ko haromo surat Mariam ubwo koko qor'an urayizi? Ntiwigeze uyisobanukirwa.
Inda nini Muyimpe amayira gusenya Islam Ntibizatuma Duhinduka Indindagizi uzasome Matayo 20:20-23
Niba arigutyo wahindutse koko,. Uwiteka azakumurikire umenye n' umucyo w' Isabato
Jesus Is Lord ❤🙏
Mbega umugore 😳
Imana iguhe umugisha
Imana iguhumugisha
amena
Amen
Yesu Christo niwe nzira ma
Wahisemo neza kalibu
Urabeshya
Yewe ndumiwe