Bishop BRIGITTE YARAKAYE😳Kuri SCOVIA MUTESI|Ndatabaza Ingabire IMMACULÉE Umugore abamwita INDAYA...
Вставка
- Опубліковано 7 вер 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe cyangwa ukaba ufite inkuru idasanzwe wifuza gusangiza abadukurikira waduhamagara kuri #0739200401 ushobora ndetse no kuduha inyunganizi
#chitamagicTV
Ibyo scovia yavuze ni ukuri 100/100
Ahubwo 101%
Scovia numunyakuri kwambaye ubusa, gusa ukuri kuraryana.
Umva Bishop ndagukunda cyane, ariko ntutere ibuye Scovia kuko ibyo yavuze nukuri kwambaye ubusa.
Wowe umva ikiganiro cyose
Wamupastieriwe ukurikuraryana kurutikinyoma Scovia yabameneyumuceri yababwiyukuripe ukurikuryanaa kurutikintoma Scovia nintwari yumugore numuvugizi kandi azubwenge
Socovia to another level...I love her wisdom ..
Ariko se ikosa scovia yakoze n' irihe Koko? Brigitte ararakazwa n' ubusa pe
mubihugu byateyimbere umugore niwe urengerwa cyane, igiye yabyaranye numugabo, niyobaba batarasezeranye.
Gusenga nibyo ariko nogukore nibyiza cyane ntabwo gushaka aba Ari facture umugore uguze izamutunga mpaka ushaje nabo bakor
Scvia yavuze ukuri
Pastor Brigitte ,LA journaliste Scovia a raison à 100 %. Ntabwo abujije aba dames gusenga ....ariko nta guta ingo .....(abantu bagaherera mu masengero.batakorza...)
Imana ikubabarire gutukana ngo (igipfapfa) gusa ukuri kuraryana iyobiba ataribyo ntiwari bubitindeho icyonzicyo scovia yakanze ikibyimba kuribamwe
Scovia is amazing..nkunze ko na pasteur BABYERANYA. bitumye mukunda pe
Brigitte ndagukunda ko wakiriye ukuri kwa Scovia,ndagukundaaa
Kbsa
Iyo umuntu arwaye ....first ...he has to go to see a doctor .....
Brigitte love you❤
Urabesha Aba Kristo na bImana sabawe
Itegeko rya 2008 riha umugore utarashyingiwe mu mategeko uburengenzira kuri 1/2 cy’umutungo. Abana bakagabana kuri buri mubyeyi wabo.
Scovia rwose avuze ukuri
Ariko se mubyukuri kubera iki ukuri kuryana?ahubwose uwaduha abagore nka 100 nka scovie bavuga ukuri batarya iminwa ugirango ntitwaba duhiriwe.
Mubyeyi brigite,ahubwo uramworohereje umwishyuje amaturu husa nayubuyaya ahubwo nayo yayampa kuko ishuro nyishi ano nabakozi ntabo uba mugite kandi niyo twaba twaramugiraga yanyishyura ayiminsi yagiye husura iwabo nibyo nakoze atakoze nbaye hari umunsi nahashye akarya yayishyura.
Love from Burundi 🇧🇮. Muraho neza Chita Magic .
🤗🤗 URAHO
wow on the top kabisa ikiganiro kiza
Chatta
Je mbaye ngaha sweden ino abantu barabana uko bavyumva ariko hari. Kigo ubwonyene kica kibona ko hari umuntu yimutse kiretse uwo muntu adashatse guhindura,dress yiwe
Abayislamu bafite mumyemerere yabo uko imitungo yumuryango igabanywa iyo umwe mubashakanye atagihali cg batandukanye.
Quoran itanga umurongo usobanutse kuburyo buli wese afite ukuli kwe yagenewe iyo mwasezeranye imbere yo Imana.
Scovia Yubahwee,ngo vuga ukuri niyo kwarurira uwo ukubwiraa😂yavuniye mu ivi
Rwanda is best country for comedy
Bishop nukuri uravuga ukuri iyo uvugira abagore nabonye umugabo yarishe numugore we kandi umugore yari yamuhunze birababaje
Ese konumva muvuga abafite imitungo mwibukeko hari nababana ntamitungo bafite kd bagatandukana barabyara ye kd Bose arabacyene Ibyo yo yo mubivugaho iki
Umugore ngo ubana n umugabo batarasezeranye se burya babita indaya?Iyo myumvire nizere ko itari mu Rwanda rwacu muriki kinyejana ariko?
Anatholie kantengwa@ knd wumva babivuga😌 ark ntibikwiye
niko bimeze da
Ndibaza umugabo nawe abana numugore batasezeranye uko bamwita
@@kalyka4107 bose bitwa indaya
Niko babita kandi umugore niyo yamara ukwezi kumwe murugo buri gihe aba afite ikintu kidasanzwe yarukozemo. Birababaje bikwiye guhinduka
Abanyarwanda nibabi, indyarya, ababeshyi, abagambanyi, abagizibanabi, ibisambo, abanyeshyari,abarozi,abahezanguni,rushimusi, karundura abicanyi, ibinywamaraso, abantu bicana bagakurikirana nuwahungiye mumahanga bakica, abantu bakura bigisha abanababo inzangano maze zikaba uruhererekane ingoma zikaza izindi zigataha abanyarwanda Bose baragapfa bagashira kuko roho yanjye igenda irushaho kwanga umunyaRwanda.
Matejyeko a sigaye abiteganya abashakanye badasezera iyo bamaranye imyaka 5 Baragabana bakanganya 50%
Mubyo mukora madame pasteri,korana na scovia numugore udahisha ukuri,kuki wamwise rirya Zina?ahubwo mwebwe mwirirwa mutera abagore ubwoba,mubaha fake revelation mubigisha kwiba no konona ibihe byabo Kandi mwe muba muri office ibagaburira
Wewe brigitte uravungo ufite zbakirisitu?
Ariko scovia n'a Brigitte ababona KO basa nibambwire njewe menye kubatandukanya vuba😂😂
@evelyne scovia numunyamakuru Brigitte ni umuvuga butumwa Kandi ntabwo basa pee urebe neza
Scovia nta make up yitera namenyo ye sibimane
Iyo ujugunye ibuye mubibwa ikimoste nicyo ubuhamije ayamadini yanyu yarabakijije mugihe abakristu banyu barikwicwa ninzara
Ndebera Inzara za Bishop
Nonese Chita. Ibyo scovia avuga Brigitte arabihakana cg Hari icyo ongeraho, ahaa
Chita abantu banka gusezerana hanze nikubera amaronko urabaza neza😮
Ariko Brigitte, reka kuvuga nkumuntu atazi Bible kko ivuga ko uwubatse adasezeranye imbere y'Imana nabantu aba ari indaya.ahubwo wwe uriko ubivuga ushizemwo ikigongwe.ubundi se wwe a agiye he aziko birimwo risque?
Hhhh iyo verset biblique yanditse he? Hatubwire. Unaduhe urugero muri bible abantu basezeranye imbere y' Imana.
thats comon here. live with your girlfriend, then after u leave
Yego rata bose baba Ari indaya
Mbese Mme Brigitte kuki muvuga ko abantu bajya bajya kwatura kwa pasteur wowe ukavuga ko utakwatura wakwaturira Imana gusa. Akazi kanyu ni ukuyobora abantu ku mana. Itorero ntirikebenesha nibyo hakenesha abapasiteri bamwe na bamwe. Scovia nakomeze yigishe ahubwo kiriya nicyo kigisho cyafasha benshi.
Scovia numunyamakuru twemerz kandi yavugishije ukuri caneeee wubahwe Scovia
Kkurab mwebwe umuntu atuma araba dore imbo nakanyovyi
Nindangare rata abo bayaba
Cukora birababaje mwabokobwa mwe mwihagarareko mujemusezersna