ese Sabin,uyu ni umuntu wo kuba iwabandi, ahubwo naskake akazi akariko kose,yisunge uwo mukobwa bafatanye ubuzima.Naho kujya iwabandi se ,urabona akiri umwana wo kurerwa.
Ibaze marraine yarakureze kuva ugifite 12 ans , akwishurira amashuri ubana na we , yaragisuye kwa muganga , yaragisuye muri gereza , koko koko , aha ! Ibyo yagukoreye nge sinari bubigezeho pe ! Afite umutima mwiza cyane kandi arihangana , .... !
@Nzarora byaba byiza tumwumvise ariko harabantu badakunda kujya kuri media ashobora kwanga. Ntekerezako abobabyeyi bamufasha Bakarinda kumwiyabdikishaho ko bari bamukunze. Icyindi nibajije ese ko bananiranwe bakamwirukana ko tutabona ajya kuba kwa mukuru we? Jye mbona % nini yokubaho nabi atari bariya babyeyi akomeza kutubwira ahubwo ari amahitamo ye nk umuntu, urumva yarishyingiye ntibyamuhira, akurizamo no gufungwa aribyonkeka havuyemo kariya gahinda. Gukira ntakundi n ugushaka therapist bamuganiriza kugezaho abona réalités en face yarangiza agaharanira kubaho n abamufasha bakamufasha afite umutima utaremerewe
my dear sister reka kurira Imana irakubona harigihe iyomosozi ukorora yazoba ibisubizo bizova kumana yacu yomwijuru P kagame ariwe umuvyeyi waba Rwanda amarira yawe arayumva azogufasha please don't cry uri umu African 🇧🇮🇷🇼 Ndagukunda cane my sweetheart sister ndakunda numuryango wawe for my life my name is Makiadi Kabura from Burundi 🇧🇮 uzoba umurwandakazi ukomeye muri Africa 🌍 don't cry ufise impano buzima bwawe abagushe nabi bazotangara igihe umusi Imana izoguha ibisubizo I swear to God 🙏🙏🙏 Makiadi Kabura I love you
Imana ihe honorne imbaraga zo gukomera ndetse imwoherereze abantu b' ingenzi bo kumufasha imurinde abasore n'abagabo bo kumufatirana n' ibibazo yifitiye.
NUMERO YA HONORINE UWAMAHORO: +250 785 403 025
WhatsApp number please
😅😅😅😅
Ndifuza kuzabona Onorine aseka ababyifuza nkanjye please nimunyereke ko munshyigikiye
Sha icyakubwira ukuntu mu buzima busanzwe ari umuntu wahoranaga ibyishimo, yisekera, nanjye agahinda kanyishe kuba nongeye kumubona arira gusa😭😭🤦
Honorine ikiganiro cyawe nacyumvise cyose gusa amarira urira niwowe wayiteye Sha wowe wagize amahirwe ubona umuryango ukurera batarakubyaye barakwigisha Ku FRS yabo baguha ubuzima buriya icyatumye bagusezerera babonaga utakiri umwana wumva bangako uzabanira kabutindi murugo rwabo ikindi ngo wageze kumugabo barakwanga kuko urumwana wikigali ikindi ngo ntimwari muhuje namoko ngirango winjiranye muri baramukazi bawe umwirato ntibakwiyumvamo Niko abanyaruhengeri bakora
Urumva ukuntu wasebeje umubyeyi wakureze uzamusabe imbabazi
Mureke dufashe honorine uko twifite kuko numwari w’ umunyarwanda
Nukuri ❤
Ngewe uko mbyumva uyumukobwa ntago bamufashe nabi ahubwo natwe ntitumenya gushima umuntu wakureze urimuto ukiga ukarangiza ubundi uko wanganaga wagombaga gufata umwanzuro Kandi warumaze igihe ukorera amafranga Njye ndumva ntampamvu yo kujya kuri camera usebya umuntu Sha najye ndiyo arko wowe ubupfubyi ndumva ubuzi igice tujye tumenya gushima rimwe narimwe
Nyagasani mana uyu mwana wumukobwa uzamuhoze aya marira mwizina rya Yesu. Amen 🙏
Ihangane
Amen Amen and Amen
Honoline biragaragara ko ubabaye cyane,kandi koko nibyo,nukuri iyisi iravunanye cyane,ariko komera wihangane.Maze wegere mukuru wawe,kuko niwe muhuje amaraso maze mujye muganira,nihura wekurira buri kanya kuko byagtera n'izindi ndwara zitavurwa.Rero mwana komera ukomeze gusenga,nukuri Imana izagutabara.
Be strong chr ubuhamya bwawe burandijije cyaneeee😢😢😢😢 ntawundi wakumara umubabaro usibye yesu gusa mwisunge azakubera byose❤
Nyamara kurera abana ba bandi ntibyoroshye.
Nyamara muge munashima umuntu ugushyira iwe atarakubyaye ni uwo gushimwa.
Ntago ubeshye pe!
Impore mama isi irarushye ariko YESU yaje Kubera izimpamvu ngo yomore ibikomere bya satani ...impore Yesu aragukunda mwiza❤❤❤❤
Nahoranibaza karijewe narushe nibibazo kuvuyumusi ndiyakiye sinzosubira nokwidoga imana imbabarire😭😭😭😭
Pole bambe ibibazo birarutana tuzoz dushime Imana kobir kose 😭😭😭
@@iranzizouzouzuriathiranzi8588 ni ukuri🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Sekibi ni mubi pe ! Umwana wafashwe afite 12 ans akashyirirwa secondaire , agashyakirwa akazi buriya wabanganya iki koko ? Isi iragoye birakwiye ko tubaho nk'ababazungu bo biberaho ubuzima bwabo gusa batakira abandi bantu mu ngo zabo , ntekerejw uburyo mu biruhuko nacyuraga abakozi ngo imirimo ikorwe n'abana baje mu biruhuko bityo bige gukorwa ariko uyu mubyeyi na we duteye kimwe yabigenzaga ariko bifatwa nk'ubuhemu ndumirwa. !
aha.utabusya abeita ubumera.
Ariko Mana koko burya hariho abantu baca mubikomeye 😭😭. Mana ujye umpa guhora nshima🙏.
Ariko Sabin waza dusuriye niyo famille yabayemo ikakuganiriza
Ese wumva vyafashiki????
Honorine akwiye guca bugufi, kwiriza akabishyira ku ruhande, agasubira gusaba imbabazi marraine we, ubukire bwo kuri iyi isi n’ubw’ijuru azaba abubonye.
Niyo Sabin yamusabira ibingana bite atarihana gutaranga uwamukujije, bizamushirana yongere yisange mu muhanda.
Ariko rero uyumudame nubwavuga gutya ngewe ndumva marraine we ntakwatagize ahubwo Imana imuhe umugisha ikindi avuzeko urugo yashatsemo ngo batamukunze kuko batari bahuje ubwoko ndumva mubuzimabwe yaciyemo ntabikomeye cyane yahuye nabyo kuko nabandi babicamo kid bagakomera
Ahubwo ngirango Ari Shakira FRS yiburayi da
Abakunda Isimbi TV nkanje mundemere mumpe ama like tumenyane🤝
Mukobwa mwiza ihangane IMANA izakwomora ibikomere vyose ufise k,umutima
Be strong💪💪💪
Tuguhe ama like canke tuje hamwe dushigikire honoline??😥😥
Umva wanyigishije ukuntu nafungura UA-cam channel yanjye,mbabarira ndagusabye
yewe kurera umwana wundi biragatsindwa aho kubona byibuza ko wamwakiriye ntajye mumuhanda ahubwo arwana nijambo uzamubwira. iyisi ntamunoza wayo koko.
Oshiii
Amarira y infubyi. Atera Imana gukora ibitangaza. Abo bose bazakugarukira humura
Ndumiwe Koko ibyo bagukoreye byose ubahembye ibi?
@@yvettehareruya6426 yabashimiye ariko ntibari kumwirukana badafite aho yerekera kandi aribo mama wabo yabaraze.
Honorine we sinkwanga ariko wararengereye pe, Abo babyeyi uvuga gutya simbazi ariko nkurikije uko nakubonaga kuva kera wari wishimye umeze neza, ariko sinzi shitani yaguteye aho wayivanye, ntasoni koko ugatinyuka ukandagaza ababyeyi baguhaye ubuzima koko? Bakugize uwe uriwe. Icyokoze rubanda rurabeshwa koko. Mwababyeyi mwe aho muri mwihangane uyu ntazatumwe umurimo mwiza mukora wo kurera Imana ni urwanda Impfubyi mubicikaho. Kandi ndabizi ko muri abakristu muzakomeze musengere Honorine mujye mumutura Imana wenda ashobora kuzakira, kuko uburwayi afite burenze ukwemera. Wamwanaye warihemukiye pe.
Ziba ahongaho ntago waba ubayeho ahantu neza bagufashe neza NGO uhave kind umenyeko mama wundi ntabarinyoko uko biri kos ntago bagufata nezA
Numvise story yawe ariko mfite mbihuza nuko uko uwo mubyeyi yagufataga hafi yuko mama yamfataga yankoreraga ibintu nkagirango siyambyaye nkumwana numvaga arubugome ariko rwose nyuma nasanze ntakibi yanyifurizaga wowe rero urumvako arukukwanga kuko atakubyaye pee niba ntumvise nabi gusa warakomeretse Yesu akomore dear
Yooo impore honoline twariganye muri primaire disi narinarakubuze disi kuko twigana nubundi warubabaye nabwo disi ku kacyiru ariko komera maman nziko urumunyembaraga kandi uzatsinda
Pole sha
Honoline disi ndamwibutse kacyiru twariganye kwa maitresse Jeanne nukuri humura Imana izaguhoza
Mpore rata mama iwabanda nanje narahabaye sha birangahera💔💔💔 nabuze abanyeyi mfise imyaka8 sha uvuga imwe nkumvu kabiri 💔💔💔💔gusa shima lmana ko iturengera
Mana niwowe muhoza ukomeye uzahoze honorine
Mwana wa ma kuba iwabandi biragahera umutima usobetse amaganya ntusobanura amagambo imivumo twarayihundagajwe ariko humura kumpeta yumwami haba handitseho ngo "nibi bizashira" ibihe bibi nibyiza byose birashira ntagahora gahanze
Nta muntu nifuriza kuba Iwabandi 😢😢 gusa iyi si iraturaburiza 😢💔
Uko n'ukuri. Gusa ntagahora gahanze.
Cyane
Yego shahu abavuga ko yanze abamureze ntibaraba ahandi bazambaze
ese Sabin,uyu ni umuntu wo kuba iwabandi, ahubwo naskake akazi akariko kose,yisunge uwo mukobwa bafatanye ubuzima.Naho kujya iwabandi se ,urabona akiri umwana wo kurerwa.
Hhhhh sabe ati wogahekawe😆ndagukunda sabe cyanee gusa uyumubyeyi naKomere
Ibaze marraine yarakureze kuva ugifite 12 ans , akwishurira amashuri ubana na we , yaragisuye kwa muganga , yaragisuye muri gereza , koko koko , aha ! Ibyo yagukoreye nge sinari bubigezeho pe ! Afite umutima mwiza cyane kandi arihangana , .... !
Komera Muvandimwe 🙏🏼Ariko rero ubufasha bwose hakenewe no kujya kurebwa niba izo convulsions (kugagara) zidaterwa nuko yaba afite nkikibyimba kubwonko🙏🏼
Sha nanjye twariganye ihangane Mwana wamama imana irakuzi,kwigannye kacyiru
N,agahinda kabimutera n,ukuri ababishoboye tumufashe disi,komera mukobwa mwiza Yesu aragukunda mwiringire.
ahubwo se ntibyaba biterwa nagahinda gakabije yagize nokubura uwo bibwira
Honorine ibyiza ni uko utaba iw'abandi, Ikorere umusaraba wawe uwusengere uzawuruhuka
Yatubwiye ibyago yagiye ahura nabyo mubuzima arko niyihangane anatubwire uruhare rwe yagize mukwiteza ibibazo? Kuko mubibazo tunyuramo 60%nitwe tuba twarabyikururiye
Sabin ndumva Story ya Honorine ibabaje, gusa ndumva iyo Famille baragukundaga pe, Sabin Glycemie n'ibijyanye n'isukari yo mumubiri ntabwo ari amaraso.
Ntinya kubona umuntu ubabaye 😭😭😭Mana yera Ca inzira umwana wae umuremere impamvu nyinshi zimugarurira ibyishimo
Cyakoze nini bintu byo Gutanga ubuhamya nibyiza biruhura Imitima ya Benshi Mujye mubakira bavuge bivemo Barire Bishire . Be strong Sister
Yooo Impore Bambe ark disi nawe Sabin Imana ijye iguha Gukomera kuko wumva byinshi
Honorine kombona ubanza adashima
Yahuye nibibazk pe ariko nawe ntashima
Ibaze kumubwira urugero twumugabo watashye agasanga ibye numugore numwana bahiye na gaz yarangiza akkabwira Sabin ngo azakorera izindi cash 😩
Ngewe uyumwana namutinye
Uriyamubyeyi ahubwk iyaba yazaga hano mwakumirwa
Uzi kurihira umwana amashuri yose akamusura ahantu hose yarangiza ngo banza bamuneka 😢
Umuntu atangura ikiganiro arira akagiheza arira😭😭Mana we tabarabantu bawe turarushe🙏🙏🙏
Sabin komera nawe Nyagasani akomeze kukwagura uburyo uhumuriza abantu numvishe nezerewe igihe wamubwiraga uti banza usome agafanta. Courage
Yezu wee😭😭😭! Ni Honorine ni ukuri, Mana ishobora byose wee! Ndababaye pee! Ihangane chr, YEZU KRISTU ni muzima akorohereze🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Ubwobuzima nanjye nabubayemo ariko umuntu abahonabi ariko akabaho kubera Imana
Imana igukomeze nukuri, birababaje cyane warakomeretse. Ukwiye gufashwa nukuri. Uwumva iyi nkuru wese imukore kumutima agufashe uko ashoboye 💔💔
yewe wari wayobye pe,gushaka umunyaruhengeri ,ukanahatura ntibivamo.Iyo uri nuwo I kigali bavuga ko uri indaya, bakagutesa byahatari
Njye nkuzi uhora wisekera,umutima w'umuntu ubika byinshi koko🤦🤦🤦. YEZU KRISTU aguhaze amahoro yo mu mutima🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Nimwiza disi ❤
Aliko uwomudahuje niwo muhuje muba mumenyesha iki?? Muzavamumateshwa ryali??.
Nimutikulamo ibyobintu ngo ntimuhuje muzaruha pakalast.
Umenyakomudahuje aluko byanze?
Gasia
Ndumiwe
abantu nkabo babita les hypocrites.
Mu bantu bakigira beza kandi ari ibirura.Kandi ni ukwiyakira kugira ngo uzabone abantu bagukunda uri impfubyi biragoye pe.Ababaye impfumbyi turabizi, ibyo twabiciuemwo
Nukurisha twabiciyemo
Komera mama humura ejo niheza IMANA yomwijuru irakuzi kandi amatunda arimbere wowe wizere IMANA yomwijuru ko igufite mubiganza bavandimwe yaba abesha yaba atabesha ubwo amaso yacu amubona ababaye icyo dusabwa nukumukomeza ufite inkunga akamufasha utitaye kukurikwe cyagwa kubeshakwe biramureba ikitureba nimpuhwe nurukundo humura❤
Mana yacu nukuri ndakwiginze urengere uyu mwana wawe twe nkabana babantu harigihe twumva ibintu ntitubihe agaciro ariko wowe data watwese utirengagiza cyangw ngo wibagirwe nukuri remera ubuzima bushya uyu muntu byibuze azongere aseke Kandi nizereko umuzi Kurutauko abantu twamumenya ubwo Yesu yarakwimanye mwana w'Imana kuba warafunzwe ukarenganurwa humura humura Kandi humura Yesu aragukunda
Ihorere mama! Komera Imana irakuzi!
Sabin, this lady needs comfort becoz she can run crazy😭😭I feel her for real. God pliz have mercy on her🙏
Yoooh 😥😥😥😥😥😥, iyisi yacu ibaga nta kinya 😢Imana ikwiteho pe
Impore Honorine mbega agahinda Mana ishoborabyose ndakwinginze uzandinde kubabaza ikiremwa waremye Mana idukunda nishyize mubiganza byawe uzampe gukunda abandi nkuko nikunda🙏 abantu bababaza abandi lmana izabahane rwose uwo Marraine wawe ntamahoro azagira
Honorine komera.
Iminsi wamaze muri uwo muryango n'ubwo ishobora kuba yarakugoye ariko uzabashimire pe.
Bakwakiriye uri muto
Bakwishyuriye ishuri
Bagushakira akazi
Mbese bakubereye ababyeyi
N'ibindi.
Birashoboka ko hari ibitaragenze neza biturutse kuri bo, ku bandi cyangwa se wowe. Igisubizo si ukuvuga idonido.
Gerageza urebe ibyiza bagukoreye ubashimire rwose kurusha kuba wabavuga.
Agahinda kikurusha imbaraga.
Hari igihe abantu bagukorera ibyiza ari ugushaka ifoto😢 ariko batagufata neza 😢 muvandi kuba iwabandi biravuna 😢 hari nabitwaza ko barera imfubyi bakajya bayiriraho imfashanyo 😢 bakamucuruza mu buryo atazi 😢😢 nubwo ntari imfubyi ariko nanjye nabaye iwabandi 😢 😢
Yooooo 😭😭😭😭😭😭😭 Honorine disi twiganye Uba muri ubu buzima???? Komera cyane
Harabantu kwisi bababaye kandi cyane
Ese umubare wabakozi wirukamye bagira umubare kd ubabeshyera?abowakubitaga centure?nawe ndabizi neza ko amarira yawe aribinyoma uriguhimbahimba ngo wishakire amaramuko.nikenshi wasigaga ufunze ngo tutakwinjirira mucyumba .ngo turacyanduza kd turibakuru? Mbabajwe cyn namagambo yibinyoma ufite kd adasobanutse.
8
Mubabarire nta kibazo
Mana,Iyi si iruhije benshi,nubwo nanje ndimwo Glory to Our Lord,Allah adufashe
Honorine ntukivovotere Imana,Imana isubirizacugihe .Humura no kuba uriho ni imbaraga z'Imana.
Sabin aba ari umu cancelor rata
Thank you Sabin
Yoooo Honoline disi naguherukaga cyera disi kwishuri kumbi nuko byakugendeke mbuze icyo mvuga pe 😭😭😭😭
Wa muvandimwe wee warababaye pe gusa ihangane kwisi Niko bigenda gusa icyo nakwisabira ha umwanya Imana munini urusheho kuyegera cyane kuko Imana niyo yonyine yaguhoza ayo marira🙏icyazanye Yesu nukomora abakomeretse rero ucyeneye Yesu akakomora ujye wizera Imana Kandi uyihe umwanya Kandi munini
Humura Imana iragukunda kd ikwitayeho🙏
Impore bambe ntakindi nakubwira😭😭😭😭😭🙏🙏 UWiteka azakomora ariko ubanza ba marraines bikigihe na ba best frnds Ari ibirura Gusa 😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭😭
Cyane
Lolita wa Isimbi ndagusuhuje chou🖐️
Cyane nikwizina gusa
@@estherizabayo4485 komera🌷
Yego pe!
Yesuuu uyumuntu yarakomeretse😭😭😭😭😭💔💔💔💔💔
Yoooooo arikurira nanjye nkarira Mana arambabaje Uwiteka wenyine amurenjyere😭🙏 she's so cutie 😢
Pole ma😢
Imana igucire inzira
Kdi kuba wageze ku isimbi tayali ubu byakemutse
Mpore mpore. Imana irakubona🥰🙏
Yooo komera Sha kdi humura nturi wenyine
Sabin wazihanganue ugashaka uwamureze ukumva agahinda nawe yagize mumvune ze umwana atahaye agaciro
@Nzarora byaba byiza tumwumvise ariko harabantu badakunda kujya kuri media ashobora kwanga. Ntekerezako abobabyeyi bamufasha Bakarinda kumwiyabdikishaho ko bari bamukunze. Icyindi nibajije ese ko bananiranwe bakamwirukana ko tutabona ajya kuba kwa mukuru we? Jye mbona % nini yokubaho nabi atari bariya babyeyi akomeza kutubwira ahubwo ari amahitamo ye nk umuntu, urumva yarishyingiye ntibyamuhira, akurizamo no gufungwa aribyonkeka havuyemo kariya gahinda. Gukira ntakundi n ugushaka therapist bamuganiriza kugezaho abona réalités en face yarangiza agaharanira kubaho n abamufasha bakamufasha afite umutima utaremerewe
Najyaga nkunda kuzana abana murugo ariko ubu nokuzana umukozi ndabitinya umwana wundi arakwicarira we icyo yabonye iwawe akakivuga nta pardon 😢😂 biteye isoni nukuri izi Ntuza zizarikora
Nukuri pe nanjye ntamuntu nzongera kuzana iwanjye
Mbega wagirango umeze nkanjye ubu njye usibye umukozi ntamuntu nzongera kuzana ark uzi kwirya ukimara ukishyurira umuntu mubushobozi bucye yabona haraho ageze akatangira kugutaranga mana 😮
Ariko wakagobye kubashimira pe barakwishyuriye batarakubyaye koko none uje kubagayira kuri camera surimwiza pe ubuse gukora akazi komurugo byabaga bitwaye icyi?? Ubuse iyo maman wawe aza kuba acyiriho sabashe kukwishyurira umbabarire sinkubwiye nabi ahubwo uzajye gusaba imbabazi abo bakureze kuko urabasebeje
Agahwa kari kuwundi karahandurika
Uxise minerval bamwishyuriye yaravagahe?Wenda ni mutungo yababyeyi be ntasoni niba utarabaye iwabandi cexeka
@@aimederic1 cyane rwose
wakabamushimiriye woe ufite ibyo ubashimira koko weyazanywe nagahinda kandi umutima yakinyamanswa kubamuyisangiye ntagitagaza kirimo, komeretsa nogushinyagura ishii subwo urashaka kugera kuki?
Mana yomwijuru uhumurize uyumwana wawe arababaye pe! Afite agahinda 😢uri se w'imfubyi umurengere🙏ntaco mfite naguha ariko isengesho ryanje rishike Kumana yo mw'ijuru ubone umunezero Ako gahinda gahere🙌🙌
Amen🙏🏽🙏🏽🙏🏽
Onoline mpore mama imana izokuntabarira Kand imana irahari mwiza wanje
Nubwo bimeze gutyo ntabwo yakwibagiwe ariko mu nzira wanyuzemo nubwo harimo ibibaje byinshi ariko harimo n ibyo gushima no gushimira Imana. Ntubibona kubera agahinda ufite ariko birakwiye ko ubibona, ikindi biba byiza iyo wumvise ukanemera ko hari ababaye kukurusha kuko ibyo bitera kubona Imbaraga z Imana mu byo wanyuzemo byose.
Uzaganirize nuwamureze twumve umuntu yakurihirira ishuri akwanga?
@@reneleking3562 uravuga nkubazi tu🤪
Ndumva uwomukobwa arumutesi abantu barakurihiye nta yomupfana warangiza ukabagaya ese kowarufite akazi kuki utishakiye imibereho
ngo yarababwiye ngo baretse akareka akazi akajya gushaka ishuri. Ubwo se ntiyari kureka akabanza akaribona?
Pole sana.Imana iraguhindurira amateka
Nonese yagumanye na murumuna we mugihe agishakisha akazi ko Imana izaca inzira, cg se akajya kubana na mukuru we umwe yavuze utuye ku gisozi
Honorine 😢😢 imana ikurengere pe gusa Birambabaje 🙏🙏 humura ibisigaye nibyo bike kubyahise
Saben ndumva naturiko kuber umubabaro😭😭😭😭😭😭😭😭🙆🙆🙆🙆🙆🙆
Noe c ko wari ufite akazi kd uhembwa umuntu wari contable no gukodesha inzu yawe byari bikunaniye
Ihangane muvandimwe ndakumvacyane gufugwa uzira ubusa nigikomere cyambere gikomeye ariko komera usenge imana bizajye
Ngo nyina wundi ararushya ark ngo numwana wundi uramuheka ahaterera mwagera ahamanuka ati nshyira hasi nubundi nturi Mama😢😢 Gusa YEZU niwe mugenga wa byose kumva uruhande rumwe biragoye pe
Umwana wundi Ahubwo ngo abishya inkonda
Mpore mpore mama imana nise wimpfubyi wowe ugire kwizera
harimpanvu ukiriho gs icyonakubwira marraine wawe yakugiriye neza kd aragukunda burya umubyeyi ukurera ntasano mufitanye ibyoyakora byose urabimushimira niyo yakugira umukozi womurugo urabimushimira cn kuko ntayandi mahitamo anyway Sabin imana iryikugirira neza urumuyoboro w'imigisha yabenshi ❤❤❤❤
Disi duhuje amateka ibibyose byambayeho kugeza uyu munota mpora ntegereje gutabarwa n Imana
Abazi gusenga mudusabire nyagasani atugarureho ijisho
Amarira aranyishe 😭😭😭 ntaco fise nogufasha ndababaye gusa😭😭
Yooo komera disi Kandi humura Imana sinkabantu izakwigaragariza
Ariko disi umuntu uhorana agahinda iyo avuze Gato amarira ahita asesekara,mana jya utwomora pe ntawundi MURENGEZI.
Nukuri bazina
my dear sister reka kurira Imana irakubona harigihe iyomosozi ukorora yazoba ibisubizo bizova kumana yacu yomwijuru P kagame ariwe umuvyeyi waba Rwanda amarira yawe arayumva azogufasha please don't cry uri umu African 🇧🇮🇷🇼 Ndagukunda cane my sweetheart sister ndakunda numuryango wawe for my life my name is Makiadi Kabura from Burundi 🇧🇮 uzoba umurwandakazi ukomeye muri Africa 🌍 don't cry ufise impano buzima bwawe abagushe nabi bazotangara igihe umusi Imana izoguha ibisubizo I swear to God 🙏🙏🙏 Makiadi Kabura I love you
Hope you will get help ubundi amafaranga azinjira muriki kinaniro bazayaguhe
Nkunda amagambo Meza Sabin yatura kubatumirwa be kdi ntibitinda birashia, kdi rwose Imana iguhe imigisha kubwo kumwishyurira inzu.
Kubyubuzima shacyisha , abagorozi bakwejyereye. Bashobora kukwijyisha , kwifasha muribimwe.byubuzima bworoheje. Ariko byinjyirakamarocyane.
Humura nshuti bizagenda neza byose
ndinze mpeza ndira mana garukira uyu mwigeme yooooo
Mana weee mbega agahinda chr ntacyonfite nagufasha nanjy sinashoboye ariko ngutangarijeko Imana yomora ibikomere
Yesu wee Honorine disi 😢
Imana ikurengere mukobwa mwiza, kdi kko nzi ko ishoboye ikuremere umunezero uzokwibagiza ivyo waciyemo vyose.impamvu utapfuye murivyo bihe vyose, n'ukugira Imana izokuremere intahe ikomeye, kdi izobikora uzogaruka kw'isimbi useka
Mbega agahinda weeee🥲🥲!!uwarushye ntaruhuka koko🥲Imana koko yagiye ibabarira abantu agahinda kawe kangeze mumutima komera❤️🩹
Umva sabin disi , ati ko ibibazo byagukurikiranye wo gaheka we.
Shn nawe byamurenze p nihatari
Nizere ko umuntu wese warebye iki kiganiro byibuze yagize icyo amukorera dore hariho nimero ye ntamafaranga aba macye niyo yaba 1k bikozwe nabenshi yagwira
Imana ihe honorne imbaraga zo gukomera ndetse imwoherereze abantu b' ingenzi bo kumufasha imurinde abasore n'abagabo bo kumufatirana n' ibibazo yifitiye.
Ihangane cyane pe..afite agahinda kanini