Muhanga: Abanyerondo bakubise umugenzi bamugira intere
Вставка
- Опубліковано 9 чер 2024
- Abanyerondo bo mu kagari ka Gifumba mu murenge wa Nyamabuye ho mu karere ka Muhanga barashinjwa guhohotera umugenzi bakamwambura ibyo yari afite bakanamukubita kugeza ubwo ahwereye.
Mana yange !!!ubu se koko nimba yararwaye ajya kwamuganga !? Barabura kumufasha ngo yihute agereyo vuba ati nuguhonda isharupe se bibarebaho iki izo nturage nkandagira bitabo nkirabuheri .nge nzirana numuntu uhohotera abacyene . .
Ibibintu biteye isoni 😢nagahinda😢😢😢😢
Muhangawe
Ariko ni gute mukoresha ibisambo mubyita ngo ni abanyerondo
Nibarangiza ngo bake eye mafaranga yumutekano kdi aribo bateza yumutekano muke
Ariko rero abanyerondo nimbobo
Ababikoze bakurikiranwe pe
Subuhanala. Bafate abo banyerondo babafunge uwomuntu yitabweho muve mumagambo. Gusa. Ubundise arigihanga bamufatanye barinda bamushinza ubujura izo bwebwe. Abantu bamenyereye kumena amaraso gusa
Urwanda rwatewe kaa who?
Nikonbateye rugarama
Aba ntacyo bamaze nukubangamira abaturage akazi karabananiye
Tuzajya tubidhyura ayacu nibayahaga baduhembe inkoni ? Ibibintu bikwiye gusubirwaho cg basubizeho irondo rya cyera
Jacline nagazuzuguroke
Rekambabwire abantu mwashyize kwirondo nibisambo nibyihebe ningegera ntabwarabashinzwe umutekano rwose kuko ahokuwurinda ahubwo barawuhungabanya arikose nkareta iyoibone ibintu abanyerondobakora turambiwe iriyobora riyobiza igitugu
Rugarama haba imbobo GS ibi nibyo babonye😂😂😂
Hari igihe biterwa nabayobozi bimirenge, bubwirwa ko umuyobozi akubita abantu akabirenza amaso, hari uwo nenda kuzababwira nawe ukubita abantu birazwi
matayo 5 tuzumirwa
Abanyeronde =interahamwe
Ubu ntashobora gupfa ra?