🚫🚫 Bikira Mariya Ntiyagiye Mu Ijuru; Kiliziya Yabihimbye Mu 1950; Ni Ugusebya Yesu | MIHIGO Roique
Вставка
- Опубліковано 20 жов 2024
- Nta hantu na hamwe Bibiliya ivuga ko Mariya yagiye mu ijuru. Kandi na none, ibi byazanywe na Kiliziya Gaturika mu mwaka wa 1953. Kuki Mariya bamuha icyubahiro n'Imana itigeze imuha?
Kurikira iki kigisho usobanukirwe byose.
Ukuri kuzuye rwose
Imana Iguhe umugisha komerezaho
Amen.
Murakoze cyane.
Amen,
Imana Ibahe umugisha!
Murakoze cyane.
Imana ishaka abavuga ukuri badaca kuruhande . Amen
Amen
God bless you pastor 😊
Urakoze kuvuga ibyo uzi ukabishyira hanze, Nta kintu na Kimwe Kiliziya ikora rwihishwa, ibikora ku Mugagaro! Bikira Mariya ari mu Ijuru, ari kumwe n'Imana Data, ari kumwe na Yezu bari gufatanya gucungura isi ntanubwo ateze kuvayo kubera ababihakana, uretseko abatarabimenya nabo bizagera igihe bakabimenya!! Bikira Mariya ni Umubyeyi w'abatuye isi bose kandi nawe uvuga utyo ni Umubyeyi wawe wabyanga wabyemera, Iyo udacungurwa n'umwana we Yezu Kristu sinzi aho uba uri, ubu uba uri ahandi ntazi, Icyo nakubwiracyo Ni uko iby'Imana utabimenya byose ngo ubikonoze!! Keretse Roho Mutagatifu cg Mwuka Wera uguhugura iby'Ijuru!
Muvandimwe, ibyo uvuze niko ubyizera?
Mbese wakifashisha inyandiko z'Ijambo ry'Imana ukaduhamiriza ko ibyo uvuga ari ukuri kuva ku Mana, ko atari ibintu byanditswe n'abayobozi ba Kiliziya?
Dore twe twakoresheje ibyanditswe nk'uko Yezu yabikoreshaga, maze dusanga ibyo avugwaho ari ibinyoma!
Natwe mudufashe mukoreshe Ijambo ry'Imana mutwereke ibyo muvuga ko ari ukuri koko.
Murakoze.
Nibyo ?
Ibaze ko uvuga ko atagiyeyo kandi uwo Yesu uvuga uzakujyanayo ariwe wamubyaye akawonsa akamurera agakura, agakora igitangaza cya 1 abisabwe nuwo Bikiramariya kandi 😅gihe cye. Kitaragera, akamuherekeza mu nzira y'umusaraba kugeza akubambiwe, akazuka .... Wowe wumva agaciro urusha Bikiramariya kazatuma Yesu akujyana mu ijuru nyina umubyara atagiyemo ari akahe? Yesu uretse kuba waramumenye ubisomye mu gitabo utazi abacyanditse hari ahandi umuzi!!! Reka kwigereranya na Bikira Mariya.
Ibyo byose uvuga nta na kimwe kimugira udasanzwe. Nta n'ubwo aruta Yohana.
Luka 7:28
[28]Ndababwira yuko mu babyawe n'abagore ari nta wuruta Yohana, nyamara umuto mu bwami bw'Imana aramuruta.”
Rero nshuti amarangamutima y'ibyo yakoze ntabwo ukwiriye kuyashingiraho ngo umujyane mu ijuru, ahubwo Bibiliya igaragaza neza aho ari. Murakoze.
Uri yokugera kukuri ariko ntukajye ugira uwo utunga urutoki ahubwo wowe wigishe ukuri abafite amatwi yokumva bazumva, ariko iyo uvuze kiliziya catholic uba ubatunze urutoki kandi bigakurura intambara muburyo bwumubiri. Kandi ntiturwana nabafite inyama namaraso ahubwo turwana nabayware ndetse nimyuka mibi yahantu homwijuru.
Muvandimwe, mu Ivugabutumwa hari igihe biba ngombwa ko uvuga mu izina, kugira ngo ubwirwa asobanukirwe neza ko ari we ubwirwa. Murakoze.
Ntabwo yabona uko abigoragiza kdi bizwi ko Kiriziya ariyo igira iyo Myizerere
God bless you pastor 😊