КОМЕНТАРІ •

  • @charlesmatanda5777
    @charlesmatanda5777 3 роки тому +1

    Urakoze pasteur Imana iguhe umugisha

  • @ndayisabademas5100
    @ndayisabademas5100 3 роки тому

    Very NYC and good

  • @francoisbaraka519
    @francoisbaraka519 5 років тому +2

    Kugenda kw'itorero ndizera ko bizwi neza ko bitandukanye n'umunsi w'imperuka. Inyigisho z'uyu mugabo ziruzuye

    • @singirankaboeliab1149
      @singirankaboeliab1149 5 років тому

      Kugenda kwa itorero uvuga ni ukuhe! Mujye musoma Bibiliya uko bikwiye nta nahamwe havugako Yesu azaza mu ibanga, ahubwo azaza nkumujura, bivuga gutungurana, ariko Bose abazaba bakiriho abizera nabatizera, Bose bazamubona, abanyabyaha bicwe nubwiza bwe, kandi abazaba barapfuye bizera nabo bazazuka bafatanye nabazaba bakiriho bakiranuka gusanganira umwami mu kirere. Bimane na Kristo mu ijuru imyaka 1000, nyuma Nibwo azayaruka bwa 2 amanukanye na Yerusalemu shya hamwe, nabera, icyo gihe satani na badaimon be bazaba bamaze iyi myaka 1000 mu isi nta muntu uhari keretse imirambo yabanyabyaha gusa, ubwo nibwo hazongera kubaho umuzuko wa banyabyaha bose, bazazukira gutwikanwa na Shebuja Satani. Nyuma Yesu azahagarara Ku musozi wa herayono usadukemo kabiri ukwire isi yose ibe ikibaya ariyo izitwa isi nshya ibyo gukiranuka kuzabamo iteka ryose Jerusalem nshya izaba umurwa mukuru wayo, abana bimana tuzajya tuza gusenga muri iyo Jerusalem nshya buri Sabato. N.B kujya mwijuri tuzagenda urugendo rwa iminsi 7 turuhukire I Sabato kwa Enoki kugira ngo abana bimana bazajya mu ijuru batararuhutse I Sabato mu isi kuko ( batayimenye.) Nabo bayiruhuke mbere yo Kugera aho Imana iba. N.B abamenye I Sabato bakayihinyura, nta juru bazabona, cyane cyane nkabanya Rwanda ba none? Mwese murayizi gusa mwizirika mu matorero mwatangiriyemo, mututaye kukuri kwa Bibiliya mubana nayo buri munsi, ufite ugutwi niyumve icyo Umwuka abwira Amatorero. Murakoze.

  • @MbonigabaFabie-y2j
    @MbonigabaFabie-y2j Місяць тому

    Thenks

  • @kayitareisaac990
    @kayitareisaac990 4 роки тому

    Singirankabo Eliabu wowe uzatwigishe twumve ukuri kwawe. Ariko ntuzatukane nkuko ututse uriya mukozi w’Imana . Kandi Imana ikubabarire kubwamagambo mabi uvuze

    • @nzizainnocent1
      @nzizainnocent1 4 роки тому

      Kayitare Bahati ibyo avuze ntabyo azi ameze nkabantu barimumatorero ark batazi iyo bajya (ishyaka ritava mubwenge)

  • @isimbitessy2851
    @isimbitessy2851 4 роки тому

    Murakoze cyane

  • @ndayisabademas5100
    @ndayisabademas5100 3 роки тому

    Wakoze kutugezaho akaka video keza

  • @mahoroerick4733
    @mahoroerick4733 4 роки тому

    Dukeneye ibindi bicebisigaye please

  • @tumukundesam2970
    @tumukundesam2970 3 роки тому

    Ubuhanuzi

  • @lizalyne2425
    @lizalyne2425 4 роки тому

    Umuntu ufite number zuyu mu pastor yazimpa? @Zaburi Nshya

  • @christineteganeza7447
    @christineteganeza7447 5 років тому

    Amen 🙏

  • @singirankaboeliab1149
    @singirankaboeliab1149 5 років тому +1

    Yewe usonanuye neza ibice bitandatu bibanza ariko Ku gice cya 7 uroze intama zawe uyoboye, uvuze urimanganya ibyo agahembe gato kavuga ibikomeye, ukomoje Ku ri Antichrist, wavugaga ibyo gutuka Imana no kurenganya abera ba isumbabyose kandi wigiriye inama zo guhindura ibihe n' amategeko! Umwise umunyabugome nkuko Paulo yamuhanuye muri 2 tesalonike guhera kumurongo wa Kane, yavuze ko umunsi WO kuza kwa Yesu utazaza uwo munyabugome atarahishurwa, wicara mu rusengero akigaragaza ko ari Imana, kandi yaragaragaye uramuzi, Ariko kuko mufitanye isano uramutsinze wanze kumuvuga kubushake? Nawe uzabona ishyano nkirye, kuko utavugishije ukuri kandi urakuzi pe! Ntubeshye umuzinzitse ubishaka ngo utikoraho, ubwo rero ntabwo uri umunyakuri ahubwo uri umunyabinyoma. Iyo uvugako ari nawe watumye amadini menshi asigaye aterana agasenga Imana ku wambere ariwo yise Icyumweru? Waba ubushye? Hoya nawe arabyivugira ko Umunsi wa mungu wari Sabato, WO guteranira gusenga Imana Kiriziya yishyiriraho icyumweru kubera ububasha bw' ubumana yifitemo, ngo yahawe na Kristo, ari we ngo papa afite ubushobizi nkubwe? Nukuvuga ngo Daniel 7:25 yarasohoye ariko wowe uhimbye ngo azigaragaragaza abana bimana baramaze gutaha ijuru? Azaba aje kugira ate? Mbabajwe nabizeye ubwo burozi ubahaye aribwo Bible yita ubusamnanyi bwa Maraya ukomeye, Ibyahishuwe 17: 5. Ikitonderwa ba Pasteur mwese bo mumadini yose muzi ukuri kwa Bibiliya ariko muguhisha abizera banyu ngo mutabura umugati, kandi nimwe bagaragu babi shobuja yasigiye abo murugo rwe, none mwibwiye ko shobuja atinze, ntimukita kumukumbi nkabazawubazwa, ahubwo mushaka kuwuroha! Gusa ibihembo byanyu murabizi? Agapfa kaburiwe ni impongo, N.B namwe bizera, nimudashaka ukuri ngo buri wese akize amagara ye ntibizababuza kurimbuka ngo nuko mwayobejwe, Yesu yabise intama zitari mu rugo rwe yizera ko muzumva ijwi rye mu kaza, none buri wese yite kuri iryo jwi rye kuko Bose ntabwo rizabageraho kimwe. Kwiyobya no kuyobywa, byose amaherezo nukurimbuka. Pasteur we azababwira ngo Bibiliya zari I wanyu!!!!??

    • @Tusifusimeon
      @Tusifusimeon 5 років тому

      Intama z'Imana zaragowe ikwiriye gutabara pe

    • @himbazaimanamurizaburinshy2480
      @himbazaimanamurizaburinshy2480 5 років тому +1

      Nyagasani Akwihere umugisha PASTEUR WACU.

    • @adriennzoyisenga3648
      @adriennzoyisenga3648 5 років тому +1

      Ibi kubimenya ni vyiza ariko no kutabimenya ntibitubuza gushika mw'ijuru. Ikibazo abiyitirira Ubwami dufise ni ugushaka kwuzuza imitwe ubumenyi bukenewe n' ubudakenewe, ariko vyukuri batanitaye ku guhindurwa n' Ijambo ry'Imana.
      Umwe aracritiqua, uwundi aracritiqua bagatahira impaka gusa, Yesu azorinda agaruka mukiri mu ma critiques atabashikana i Yerusalemu ho mw'ijiuru.
      Ico nzi nuko "Abari muri Kristo Yesu nta rubanza ruzobatsinda"
      Ubu rero kuba muri Yesu siwo mwitwarariko dufise.
      Nukurondera kumenya icasongoye ihwa, tutitaye kuco ihwa rikora ko ari kuziburana.

    • @bizozakadida576
      @bizozakadida576 5 років тому

      Mwagiye mukizwa koko ibyagushimisha nukuvuga umuntu?

    • @thearmyofchristofficial
      @thearmyofchristofficial 4 роки тому +1

      Wa mugabo we urambabaje
      1.harigihe wibwirako agakiza ka bandi ko gapfuye nyamara akawe ariko gapfyuye
      2.Bibiliya Yera ntiyanditswe ngo izatumare amatsiko ahubwo yanditswe kugirango tuzamenye umugambi w'Imana Ku buzima bwacu
      Rero bibiliya kuyisoma wasenze yatuma uba transformed
      Ariko Kandi kuyisoma nkuko kwawe n'ukuyisoma ng'umenye
      Abavuga nabi abakozi b'imana mugij'ishyano.
      IMANA ikubabarire kandi iguhumure amaso y'umwuka