Pastor muri ADEPR utinyutse kuvugisha ukuri/Dove hôtel na V8 Reprezanta agendamo/Abakene ntibitaweho
Вставка
- Опубліковано 10 вер 2024
- Niba hari inkuru ufite , ubuhamya n'impano , ushaka gusangiza abantu, Ubaye ukeneye amafoto na video mu birori bitandukanye, Waduhamagara cyangwa ukatwandikira kuri +250789295538(Nkurunziza Theogene)#0788633407Frodouard
You can join our whatsap groupe for expanding effective communication, just click the following link: Kanda kuri iyi link niba ushaka kujya muri groupe y'abakunzi ba vision tv bikorohere kubona inkuru zindi: chat.whatsapp....
You can watch all our uploaded videos through the following link, Ushobora kureba inkuru zose twakoze unyuze kuri ino link:
/ @visiontv4538
#VISIONTV #CLICKSUBSCRIBE #0789295538Theogene
Komera cyane pasteur kandi Uwiteka aguhire.
Rero nibyiza ko witegereje ukamenya ukuri,none itandukanye nibinyoma usange abanyakuri bagenzi bawe ubashake kandi uzababona.
Past uwiteka yongere ukuri muri wowe,najye mfite ifuhe kubona ibibera mu itorero ryitwa ADEPER,
Natangajwe nuko harumu Kristo nzi ufite uruganda rukora inzoga zinkorano ariko bitewe nuko atanga ama million yibyacumi ntawamuvuzeho ariko umu kristo uciriritse akoresha ubukwe atakodesha sare yitorero ngo yakoreye ubukwe mumasare yabasinzi narumiwe cyane , ijuru abantu bashaka ntago Bazi uko rikorerwa😢
Ijuru se warikorera ute koko?
Imana yo mw'ijuru iguhe Umugisha mwinshi cyane, kuvugisha ukuri ntibyica umutumiro
Imana iguhe umugisha , ibi nanjye ndabizi byazonze ADEPR iwacu , gusa ijuru riraharanirwa
Uku ni ukuri 1000000%. Imana ikurengere batagukuraho.
Pastor Yesu Christo aguhe umugisha mwinshi ukuri kurakenewe ariko ukuri kwarabuze mu ba Christo
Imana yaje kurengera abakene bo mumatorero.
Ubwo gutaka kwabaharega bwangezeho ndamanuka ndebe ko ibihakorerwa bihwanye nugutaka kwangezeho
Barakwirukana.nibukirumuyobozi.
Abayobozi b'amatorero bambaye abakoresha b'ikoro,badashaka ab'imitima izana bakarya ntibashaka ab'imitima imenetse,Kandi abantu hose iyo gukoresha ukuri baraguhiga bakakurwanya Ari benshi ,kuko inzira ijyana abantu kurimbuka Ari ngari Kandi abayinyuramo ni benshi,ariko inzira ijya ku bugingo iraruhije Kandi abayinyuramo ni bake.
Pasteur urakoze kuvugisha ukuri gusa murikigihe biragoye kuvugisha ukuri Imana ibahagarareho kuko niba mukiyobora barabahagarika
Nukurinajyendumupantegote
Utazabivamo.
Ariko. Uyumugabo. Aravugukuri
Icyingenzi ni ukumenya Imana naho ibindi rwose buri wese uretse nufite V8 ntawabura icyo afasha undi kdi uretse ko twirebaho ariko akenshi iyo umuntu asubije amaso inyuma ntiyabura kubona abo asumbije ubushobozi yafasha, ntabwo ndi umwa ADEPER ariko ikibazo si ADEPER,si pastor wa ADEPER ahubwo ikibazo ni wowe nanjye! Ese abatwegereye ntawe twakabaye dufasha ariko tudafasha?
Pastor urakoze cyane
Imana iguhe umugisha rwose uravuga ukuri benshi batarimo gutinyuka muri ino minsi. Gumamo ariko uratinyura benshi babashe kuvuga ibyazana impinduka ihindura benshi.
Ko uvuga ukuri cyane Di
Nizere ko ukijijwe rwose maze So wo mu ijuru azaguhe umugabane wawe kuko wamubereye umwana.
Imana ikurinde amagambo yukuri arabarya mumatwi rero uwiteka akurimde abobafarisayi bataguhitana
Uwiteka Abe Muruhande rwawe Mukozi w'Imana uravuga ukuri abakene barahababarira
Imana iguhe umugisha kubwo kuyihagararira neza, no kuyivugira neza mugihe nk'iki gikomeye Pastor.
Wa mugabo we uri umukozi w'Imana ark sinzi impamvu wihaye ADEPR Ex iyo v8 iyaba ari wowe uyigendamo waba uri kuvuga ibyo😢 Imana niyo izi impavu urikuvuga ibyo
@@sengaubudasiba6973
Ariko ibyo avuga ni ukuri, ashobora kutabivuga ariko ibyo avuga ni ukuri.
Ntibakqbabeshye nta kuri mbonye pe
Umva mbese,ntiwumvise ko amamodoka ayafite?Ayishatse yayibona kandi itavuye mu mitsi y'abatishoboye.Ibyavuze nukuri kwambayubusa,ntaho bihuriye n'ishyari,iryo hururu ry'ubutunzi niryo rihungabanya Itorero na kimwe mu bizira ADEPR yubu nabayobozi bayo ifitanye nImana.
Pasteur we,ko urimwo uravugishwa,woba watahuye neza ko ico usigaje,ni guhunga ukava muri iyo Babuloni y'amadini ! Ukwo kuri urimwo uravuga,komeza,maze ufate umwanzuro! Va mw'idini kuko Satani niho yafatiye ibirindiro!
Yewe yeeeee tuzabamenyera kumbuto zanyu Niko bible ivuga
Komera kukiri imana igukomeze
Murakoze pasteur, uvuze ibyo abantu bavugira mumfumfu, ariko byukuri, nuko batinya kubisohora mukanwa ngo badatengwa😭
Mushumba ari Umunyakuri p gusa muri Iyi minsi Ukuri gusigaye ari ikibazo mubantu.
Iyababantubosebavugishaga
Ukuri. Pasite. Imanimuhe. Umujyisha
Uravuga ukuri pst imana iguhe imigisha kd ntucike intege
Mwebwe ntamakuru mufite abaririmbyi nitwe tubizi neza.
Mureke Imana itabare abayo
Umva sinzi wenda Intego ufite ariko ntekereza ko mubyo urikuvuga ntanyungu itorero rwa kristo mu isi kuko na Yesu yaje mu isi azura abantu agabura abantu ariko yavuye ino hariho abgishonje kandi nabapfa bapfa ntekereza ko ikibazo atari v8 cg isengero nziza ahubwo abayoborwa numwuka abo nibo bana b'Imana.
Abagutera amabuye ariko uri mukuri arikose dukoriki IMANA yongere itugarukeho
Nukuri uvuze ukuri imirimo yabera niyo izibukwa Yesu azabihana kuri wamunsi
Imana iguhe umugisha mukozi w'umwami wacu YESU KRISTO. Ese Koko abayobozi ibi barabyumva ?.
Ukuri muzakuduha erega ,nibindi muzabivuga byose
Ubundi imishahara y'abayobozi b'amatorero ku urwego rw'igihugu bagombye kugabanyirizwa imishahara ndetse na depenses zibagendaho maze abo hasi nabo bakagira icyo babona
Mwarakize peee,naho twebweho nibibazo ,ariko buriya nijuru mukorera.
Uvugishije ukuri kbs
Yesu Kristu ashimwe cyane pastor
None se mwebwe Pastor ko iyo modoka yawe utayubatsemo inzu 6 z'abakene nawe ugatanga urugero
Ibyo wita ukuli uratunga abandi urutoki kdi nawe birakureba
Ubu se abafite V8 nibo bakwiye gufasha abakene gusa? Ubundi se mumenya mute ko badafasha abakene!
Yesu yaravuze ngo abakene bo muzahorana! Ubwo umwe yari avuze ngo
Umva neza ibyo avuga niba avuze ukuri bigutwaye iki? Reba ukuri kwanyako ufate ningamba so gukomeza gukizwa niba ukijijwe Kandi urebe kubyubaka bidasenya abakozi bImana
Nibyo rwose iyomodoka afite we aho asengera ntabakene baburara bahari? Nayigurishe yubakiremo abobakene agenze igare cg ibirenge
Kuko ntibizamuvanaho kuba Umukozi w'Imana
Nahubumdi iyo v8 uwamuha uriya mwanya ntiyakongera kubiviga
Yesu ashimwe Pastor rekera Aho ibyo ntibikwiriye umu pastor twe turi abo muyobora ariko ntimugatime tubanyuzamo ijisho wakabaye uvuga Ari nge gikumi yange narayigurishije nubakira abakene 6 kugenda mumodoka sicyo kibazo kuko wasanga ibyo representa yakoze nabyo bihari byinshi kd na V8 agifite
Imana iguhe umugisha mushumba,nukuri uri umukozi w'lmana.
Imishahara ihanitse no
Ntabwo abantu bagikorera Imana bashaka icyubahuro cyabo
Ese ubundi kuki aba Chrito b'ADPR mwese mutaharanira gukira ko n'umukene wabagana yaba yizeye kuva mu kiciro ajya mu kindi
Abakene muzahorana nabo niko Yesu yivugiye. V8 nayo ntikwiye kukubera ikibazo, kamere y'ishyari iracyahari!
Ese ukuri kw'ijambo ry'Imana,ubuhuriza he n'ishyari?
Ibyo ntibyabura kuko no mû muryango wawe ntihabura abakene kandi nawe ugenda muri iyo modoka ikindi kuko mukunda kunenga ADEPR niryo dini ribA aho mû Rwanda ?
Noneho. Urabashyigicyiye apuuu barutwa nidini ntavuze
Nibyo kbsa ubuse we uwagera mu muryango we ntiyasanga harimo abakene ko atagurishoje iyo modoka ngo abafashe,uwazashaka nkumuryango we bakubwira uburyo ntacyo abamariye nyamara ararata gikumi agendamo😊
Yesu aguhe umugisha
Amen ni ukuri rwose
Pasite nukuri abantu bose bigize abahanuzi
ubundi ndamatorero agihari ayahari nayimihango gusa baciyukubira na Bibiriya
Nonese Koko mushumba ko Ukuri kudakundwa, buriya nka Dove hotel ikintu Imariye aba christo nikihe? Niba ntanibihumbi 200 byavayo ngo bishyigikire Umudugudu uri mucyaro wafunzwe kubera kubura ubushobozi bwo kugura umurinda nkuba?
Yewe ukuri ni ukwa Yesu wenyine
Ndagushyigikiye uravugukuri
Wasanga baragufungiye urusengero kuki uri kubiviga buno ? Kera wabagahe?
Nshuti urakoze ariko njyewe ndi Umuyobozi naguhagarika
Nonese aya magambo kuki utayavugira mu nama mugira z'abashumba
Ibi ni ukwishira hanze.
Ushaka ko wowe bavuga ko ari sawa rero! Nonese hano niho hari banyiri ubu butumwa.
Urambabaje kabisa.
Iri shami uri gutema niryo wicayeho.
Umushahara ufata uvahe?
Umbabarire icyakora ntunyumve nabi
Iyi video uyikureho rwose uyohereze abashumba bagenzi bawe ireba
Murakoze
Biragaragara ko ushobora kuba uri umushumba muri ADEPR,ariko haribyo wirengagije bizwi,Nuko biriya avuga bitemerewe haba no kubihishurira bagenzi be mu nama,yahita aba umwanzi,kuba abivugiyaha, agomba kuba yiteguye ingaruka niba anakibarirwa mu bayobozi,kandi ubutunzi avuga ko afite bumwemerera kuba atatsimbarara kurubwo buyobozi.
Iyo rover wayigurishije ukajya ugenda n'igare ayo uvanyemo ukayafashisha abakene
Uwo numwuka wa daimoni ukuvugiyemo.
Ukuri iteka kuragwanywa
Uravuga ukuri pe
Hahaha!!!! Usibye ko numvise ko uri pasteur ariko nta bundi buhamya bwanyu nzi gusa nimba ukiri umuyobozi cg pastor nyirizina nyemerera ngusabe iki kintu gikurikira :
• Banza ubibe aho uri gukorera ubu kandi mwuka wera agufashe rwose ubutumwa bwiza nabo bubagereho bityo bahinduke rwose ubone umukumbi muzima uzajyana imbere y'Imana.
• Ikindi nimba koko ishyaka ry'umurimo w'Imana riri muri wowe , Ndagusabiye kugira ngo umwuka wera agusure byuzuye kandi akuyobore.
• Ndabajije ari wowe ubaye umushumba mukuru w'itorero wahindura iki? Ese wibaza ko abayoboye ubu ayo matorero cg amadini bose nabo ntibavugaga uko urimo uvuga?
• Nta gishya turimo tubona ubu kuko byahozeho kandi no mu gihe Yesu kristo yaje yasanze idini ari ko riri abamenyesha ukuri kandi ukuri niwe ariko kugeza ubu amadini ntabwo arakabimenya. Umuntu agukurikiranye neza wasanga atari umwuka wera arimo avugira muri wowe ahubwo ndumva ari ukubabara kw'amarangamutima yawe bikomoka mu gukomereka.
• Rero ntawakongeza itabaza ngo ari twikirize intonga, Niyo mpamvu nsoza wowe nimba aho ukorera ubikora mu kuri no mu mwuka komerezaho kandi ndabihamya ko iryo tabaza ryawe rizamurikira benshi bahinduka rwose kuko umucyo wirukana umwijima, Mumenye neza satani akora kandi Pawulo yaraduhugiye mu rwandiko rwa Abefeso 6: 10_20.
Mubure kubona ko itorero ryinjiriwe maze mujye imbere y'Imana muyitakire rwose ahubwo muraca imanza gusa mukagira ngo ubwo abo bakora amabi si igitutsi kuri mwese😭😭😭.
Gusa hashimwe Yesu kristo ukomeza kweza abamwizeye kandi wabahe ubugingo gusa yavuze ko azabaruka Ibyahishuwe 3:15_17.
Yesu kristo hembura umurimo wawe no mu gihe cy'uburakari wibuke kubabarira.
Ukuri kugiye kujya ahabona, ubwo benshi baguhishe bagamije indamu mbi.
buriwese azagororerwa ibikwiranye nibyo yakoze
IMana iguhe umugisha
Ariko tuzakura ryari kweli ubu kugenda muri V8, nicyo giteje ubukene mu itorero? iriya V8 sicyo kibazo ahubwo njye mbona abantu bakwiye guhindura imitekerereze.represantant akwiye V8.n'umuyobozi wishaka kumuha iyo Toyota Corolla sirwo rwego ariho,simvuze byinshi,ahubwo musengere urukundo ruboneke mubantu.ntabwo kugenda muri v8aribyo bituma abakene badafashwa
Kwera imbuto ni cyo cyonyine gikewe.murakoze Pastor
Ahaaaa twarumiwe nnx pastor wacu koyatubwiyengo nitwanga gutanga icyacumi tuzagitanga mubitaro ikanombe mubitaro cyangwa sehashika turumirwa pe🤭🤭
Iryo ni iterabwoba baba bakoresha kgo ukunde ukibahe.
Ariko mu by'ukuri,ntibabikora nk'uko ijambo ry'Imana ribivuga.
Wamugabowe niba urusemgero rwarubatswe muburyo bugezweho ikosa nirihe niba Imana itarugaya wowe ukarugaya kowambaye naza ntabandi Uzi bambaye nabi uko kuri kwawe Sukuri waravangiwe
Wowe se,hari aho wumvise Imana ishima urwo rusengero uvuga??????
Wowe iyo Corolla ugendamo ko utubatsemo inzu y'abakene?
Imana itubabarrire muritwe ninde udaturanye n'umukene
Ibyarindamu byagaragaye
Ndakwemera urumkozi wimana rwose
Uvugisha ukuri ntamadini yikigihe nizacompany gusa Nukwishakira cash gusa
Ntibitaye kuntama ahubwo nukuvoma
Past mfite icyonkugaya nawe,jya uvugabagenzi bawe mwafatanije kwiba ko muzabazwa,nawe warabikoze mufatanije nabandi,gusa ntamucyene mwigeze mufasha,kuvamubucyene,
Pastor ukwiye kugerageza kwirinda gutunga urutoki umushumba mukuru wanyu. Kuko iyo modoka ugdndamo uzayigurishe ugure igare maze ufashe abakene kandi urabazi banaburarara. Nunahembwa ubahe mu mushahara wawe.
Urikigoryi Com
Pastor ujye usoma comment none ntitwemera ko catholic yatanze andi madani mu Rwanda tuvugeko ntabacyene barimo?wowe nina wumva wabubakira uwo mutima uwufite ubakira abo ushoboye kandi wasaba ninkunga ntawabura gufasha uwufite gahunda nzima
Ni woe mivugabutumwa dukeneye muri iki gihe rwose. Abanyamadini ni barebe ku bakene bareke kubakuramo agatege
Iyo baza kumenya ubwenge bari gushyiraho ikigega gufasha abatishoboye byari kubari byiza
Baguhagarika narima wazize akaregane
Sha si ADEPER gusa ahubwo aba christo twarashijepe!
Minani uravuga ukuri uraho neza abyamatorero byabay bissines nongey kukubona uruwiwacu i kayumbo
Pastori we iyuba umuvugizi ntabwo warikuyigendamo koko.
Mureke uwoo
Muvugira bande mwiyita abavugizi
Wowe uringegera nonese lata yo dusorera umunsi kuwundi ntibubaka imihanda aho bafite ibibanza? Na zagacuriro nonese itaka dutahamo ribazwande .nawewwrero ni amaco yinda? Kutavuze igare?
Mumenyeneza nimutihana gihonomu irabategereje
Muzarimbuka
Past Floduard ndakwibuka cyane uzenguruka igihugu nyuma yo gupfakara bwambere nukuri urumukozi w' Imana isumba byose kd izakugororera ibirikuba natwe biraturiza cyane ibibera mumadini byumwihariko Adepr itorero ry'Umwuka nubu nibaza uko bizarangira pe gusa birababaje kubona abakene bakomeje kurengana nyamara amaturo ariguhera mubakomeye bariho neza birenze nibyo bakagenewe habayeho gukorera mukuri rero Lizik Chantal nababwira ukuri ntibakarakare gusa abakiyobowe n'Umwuka wera mube maso cyane mukirere Imana izabitura
Imana ibahe umugisha
Ubwo uravug,ikikoko ubu uracyaru mupastoro wacu muri ADEPP mwakwihannye ishyari? Ubwose wigishije iki?
Nukuri
Birashoboka yuko uvugishije ukuri bitewe nuko imbehe bayubitse mujye mutubwira ukuri mukiri mu myanya y'idini mwatorewe iyo gikumi uvuga irimo ubwisungane mu kwivuza bw'abayoboke banyu bangana iki? Yigurishe ufashe abo bakene abatunze v8 nibatabikora wowe uzaba ugaragaje imbuto nziza bitabaye ibyo ayo ni amatakirangoyi
ibyo uvuga n'ukuri pe nabaye mw'itorero ndi imfubyi,ndera barumuna banjye, itorero ntacyo ryamfashije, nakoze ubukwe ntagira unshyingira ntibanantwerereye ni1000.
gusa ndarikunda sinarivamo rwose,arko pe ntibafasha abitorero.
ndibuka ko 20k ya Dove nayatanze mvuye kubyara, kko iryo ryari itegeko ntakuka
Nukuri turahamanya
Mwabimenye se nyine abakene ko mubarya nayo bari bifitiye,
Woe se abaturanyibawe urabafasha ntukatubeshye
Ibyemezo dusanzwe tubyishyura
hoshi namatiku
Wowe se wafashije bangahe ?menya ibyawe kdi niba warabikoze tegereza ibihembo.kdi sibyiza gusenya abandi.
Mwaramukanye amahoro imana
Ibyo uvuga n'ibyo, ariko se wabaga he? wagombye kuba warabishyize hanze kera wenda biba byaragiye mu buryo, kuko Leta iikemura byinshi
Pastor komeza avugishe ukuri ukore ibyo abandi badakora Imana izaguhemba
UBwo xe koko baratuma ukomeza kuyobora iryo Torero? Ahaaa ntibyoroshye!
Nimba utabivugana uburyarya uracyafite umutima muzima niwowe twaba dukeneye
Nyakubahwa Mushumba,Imana iguhe umugisha kubwo kuvugisha ukuri no gufuhira uruhimbi. Ku bijyanye na V8 icyo nabivugaho nuko iyo umuntu abaye umuyobozi w'urwego ,hashingiwe ku biteganywa n'amategeko shingiro y'imiryango itari iya Leta na ADEPR ibarizwamo,umuyobozi agira ibyo agenerwa birimo n'imodoka y'icyubahiro,umushahara mwiza umufasha kubaho nk'umuyobozi......nkaba numva imodoka atari ikibazo,ahubwo uburyo bwo gukoresha icyubahiro abashumba bahabwa mu guteza imbere ubwami bw'Imana. Ubu ikibazo gikomeye ni uko abashumba benshi babaye abanyapolitiki bakareka umuhamagaro
Nosewowe kutabivuze kare ubivuze mumwanyawabyo waragiye
Abibone baADEPER gusa ntasoni
Ko mutabivuze KERA se!
Buri wese nagume uko yahamagawe ndabona byakomeye
Uravuga ukuri kuzuye. Niba urikubivuga ukiri munshingano.
Yego rata papa uwiteka akugirire neza nge nahoraga nibaza kubyibi bintu nkagirango ni ukugwa no gucira abantu urubanza none mbonye unyunganira mu ntekerezo abantu bimana bakorerwa umutwaro uremereye.
Nonese uragira ngo agende kuri moto?mujye mureka ishyari namafuti rwose !nonese abakene ntibafashwa?wowe se ko wayiguze iyo yawe uvuga .please mujye mureka rwose ubu niba ushaka kubwiriza wabwirije iby'ubwami bw'ijuru ukareka ibyo urimo