LETA Ntifite Ububasha bwo GUTINYUKA INSENGERO: Ibyabaye ni byo bigiye Kongera kuba - Kelly Rwamapera
Вставка
- Опубліковано 10 вер 2024
- Join to get access to perks:
/ @itabaza
Click the following links to Subscribe to our Channels:
ITABAZA Ministries: / @itabazaministries
ITABAZA TV: / @itabaza
itabaza.rw/
Contact Us:
Phone: +250 788 824 677
WhatsApp: wa.me/message/...
Email: Info@itabaza.rw
Facebook: / itabaza.org
/ itabaazatv
Twitter: / itabazarw
/ itabazatv
IG: / itabazatv
© 2024 ITABAZA. All Rights Reserved.
ITABAZA is not responsible for the content of external sites.
#ITABAZA
#ItabazaTV
#ITABAZAMinistries
Habagusenga Damascene: Gufunga Insengero bitewe no Gusuzugura Imana kw'Abazisengeramo - ua-cam.com/video/CBOddSLkXGo/v-deo.html
Imana ishaka ko tuyisenga mu kuri no mu mwuka ,nibona ko dukwiye kuyisengera mu nsengero izazifungurira kuko nta numwe warogoya imigambi yayo tuyireke iziburanira kuko byose irabibana,hari n'igihe iri Imana yazufunze kuberako ibona ntacyo tujya kumaramo.
Sibyo rwose kuko amabwiriza asabwa mukubaka insengero ntahwahuriye nokubaha Imana ahubwo kutabigira nukubahuka ubuyobozi
Nonese abazifunze nibo bubaha Imana ???
Wowe uvuze ngo reta ntaburenganzira bwo gufungainsengero ifite urinde? Ndashaka kugusubirisha bibiliya wanna uri umukristu cg utariwe kuko mwayobye mw'ishuka ngo muri munzira. Uyi reta yacu nicyo imana irimo gukoresha change muri iki gihe kuko mutumvira Imana, bayobozi namwe bayoboke b'amatorero n'amadini iki cyanditswe cyo mu BAROMA 13:1-7 kidusohoyeho; reta niyite ku bantu batangiye ku yihangara ibahe amasomo nibwo bari busobanukirwe ko reta ari abakozi b'Imana banana ukoze nano kd bagashima n'ukoze neza, ikindi uwagerageza wese kwitwaza ifungwa ry'insengero azarwanywe nk'umwanzi uteye igihugu.
Nitundasubira murusengerose tukisibirira mukabari
Muburaya mubusambo
Ibyo chiritu yatubuzaga tukabikora ujyirago reta ntizahura nakazi kanini
Abanyamadini bafitiye akamaro kanini reta
Erega ibi byose byarahanuwe ntanakimwe mutabonye cg mutabwiwe muravugiki na bibiriya ko nazo zigihe gutwikwa nimutuze muzifuza nababwiriza mubabure mwebwe ubwanyu muzihanurira mutere muniyikirize mwabwiwe kenshi ntimwumva twarakaje imana twakoze ibibi binukira imana naho ndetse imana irihangana kera urusengero twarukiriragamo arikubu rwabaye urwo gukomerekeramo muziko imana itabibona se nimutuze mwari mwaboniki nibindi biraje ahubwo mureke tuge kumavi dusenge cyane.
Bibiliya ntawayitwika kuko amerika nyirazo iracyazikoresha yiba ibihugu bya afrika bigisinziriye
Imana ikurinde kandi ikurengere.
Amaraso ya Yesu Kristo agutwikire.
UYU YARATUNZWE NUBUJURURA MUBUSHUKANYI BWITWAJE BIBIRIYA AJYE GUHINGA, NIBA AKORERA IMANA, AJYE KUYIKORERA MUZEMEWE CGWA AYIKORERE MUBIKORWA BYIZA AKORA, IMANA IBA MURUSENGERO? NAKORE AREKE UBUTEKAMITWE
Bavandimwe Imana ibabarire kuko uyu Si pasteri nta naho ahurira n'ibyacumi
Be blessed kelly Nukuri uri nka A.T jonas wikigihe kuko uzi icyo umudendezo w'idini n'umutimanama aricyo
URAKOZE CYANE RATA.
MERCIIIIIII BEAUCOUP
KWIZERA K'UMUNTU NTA LETA N'IMWE IGUFITEHO UBUBASHA, ABANTU NI BAREKE KWITIRANYA IBINTU.
Mwebwe mwumvwa na benshi mubwire abantu ko abantu bagomba gusengera Data mu kuri no mu mwuka.
Abantu nibave mu bujiji rwose.
Yozefu ko yakiranutse imbere ya mukapotifari yasengeraga mu ruhe rusengero?
Saduraka, Meshake na Abedenego basengeraga mu ruhe rusengero?
Kandi bose bari mu bunyage batisanzura.
None c ko abantu birirwa basambana kandi bajya mu nsengero?
Ko abantu bagambanirana, bica abandi, amashyari, amatiku, ibinyoma, kubeshya,.......
Kpajh
@@JNissi-pu2rq urabambwiriye rwose👌
@@JNissi-pu2rq Nubwo biriya nabyo bya ba meshake abo nabandi bitabayeho I imigana uraho gusa nka kumwe twumvaga ngo bakame ibwira impyisi iti🤣🤣
Yozefu nawe ni amagambo nta muntu waruhari ngo Abe Ari we watangaje ko iyo turu yayanze🤣
Ni Yozefu ubyivugira gusa
@@user-ns7yg2vr5x
Ku bwawe c wumvaga byaba nka ryari?
Umuhanuzi arahanura bigasohozwa na nyir'ukumutuma.
1) ubuhanuzi bugira agaciro kabwo iyo busohoye kuri bamwe
2) Ku bandi bukagira agaciro kabwo bakibwumva.
None c Yesaya ko yahanuye ko YESU azaza hashize imyaka ingahe ataraza?
None c niba uri mu maturu urumva utakiri kure.
Erega kuba utumva ibintu ngo ubashe kubishyikira ntugahakane ko bitababo cg bitashoboka, nyine ni imitekerereze yanjye cg yawe itabasha kubishyikira kandi icyo si ikibazo rimwe na rimwe buriya ni igihe kiba kitaragera ngo ubyumve, cg ukaba utazabyumva na rimwe, cg igihe iyo kigeze ukabimenya cg ukabyumva.
Urugero:
-Buriya hari umuntu wabwira ko umwuka bawupima ku biro (kg) ntabyemere akumva ko umwuka udapimwa.
- Umuntu ari kurya capati ukamubwira ko iva mu ngano atazi ibyabyo utekereza ko yabyemera?
Ibyo utemera cg ntemera si uko bitabaho cg bitashoboka.
@@user-ns7yg2vr5x
Uvuze ubusa
Bafunze inzu zitiriwe izina ry Imana
Insengero nyazo n imibiri yacu
Niko ijambo ry Imana ritubwira
Murakoze
Kuva ku gihe cya Yesu urusengero rwahozeho rwitwaga isinagogi cg Hekaru na Yesu yajyaga mu rusengero gusenga amaze ni minsi 8 avutse bamutwaye mu ihekaru. Ni gihe yasanze barugurishirizamo yarabakubise ati inzu ya Data niyo gusengeramo ntabwo ari isenga y'abambuzi. Urusengero ni ahantu koko hubatswe n'abantu ngo abantu bahahurire bahigire ijambo ry'Imana bayihimbaze bayisenge.
Wamugabo we Imana iguhe umugisha kuko uravugana ubutwari
Ntago urusegero rwimana rufungwa kuko urusegero rwimananumutimawanjye ibyimana ntibyingwa mumashuri mwukawera niwewigisha umutimawumunyabyaha ukamushoboza kwiyunganimana reta nishishoze itangwa mumutego waroma wokurenganya abatavugarumwenayo shigiye kumagambo papa yamvuze bibi :2014 yavuzeko izosegero ziyobowe nabantu batize babakozibomurugo nibareta ishaka kubaka amazu uko ibishakaka kugirango bazazikoreremo ibyobashaka nireke abantu basenge imana uko imanayabivuze kuvanacyera abanabimana basegeraga mumisozi nibihanamanga eriya kukagezi kereti yahakuwe namarayika nabandi ntamvuze ndabwira abazikobahamagawe nimanasigihe cyogusenya ibyotwubatse ngotunezeze baburoni ihuriweho nabiyise abakozibimana ataribo ntahantunahamwe umwami yigeze agira inama abahanuzi ahubwo umwamiyabazaga abahanuzi bimana icyobakora mugihe habonetse ibidasanzwe benedata sigihe cyokwibaza kumuraba urimunyanja nigihe cyogusenya ibitaratunganiyimana murugendorwawe musohoke muribaburoni igihekirasohoye ubwamibwimanaburihafi:Mariko:1:15 nahubundi reta irashaka amazuyayo nubutakabwayo mwihangane ntanzu cyangwa ubutaka tuzazamukana mwinjuru mureke abarimbisha isibayirimbishe nigihecyabo isiigiye gutungurwankuko yatunguwe murikorona nyamarareta zosezomwisi zigombakubahiriza amategeko yaromamwisi umwukawimana ubashoboze kumva ijwiryimana rivugira munyanja
Urarondogoye ntakizima uvuze, ko utavuze amacakubiri ari munsengero ntayo uzi se, iby'amoko biri musengero, amakimbirane munsengero hafi kwicana, abayoboke bacitsemo ibice nguhe ingero nkeya, ADEPR ,ZION, Restoration, Abadive bo ntuvuge, amaturo ntawuyabatse ariko nimusukure aho mwakira amaturo abo baturage n'aba leta ibindi n'amatiku mwubahirize ibisabwa muvane urusaku ahongaho.
Insengero nubwo bozikuraho ntibazotubuza gukorera Imana mu mitima yacu tugire ubwenge kuko ibihe birakuze
Erega igihe kirageze ngo abareba kure basohoke muri ayomazu yitwa insengero, dusengere mu miryango yacu kuko iyo Reta n'itorero byivanze ntakiza kivamo pe. Abantu nibareke gusesagura ubutunzi ngo barubaka insengero ahubwo bakore ibikorwa byo kwita kubababaye no mu ibwiriza butumwa aho bigishoboka, ubundi Twiyegurire Yesu byuzuye kuko vuba hagiye kuza ibibi biruta ibyo twabonye.
Ikibazo nomungo ntibyemewe😢
@@NyinawaberaJosiane ibyuvuga nukuri pe
None ubutunzi bwacu tubwubakishe amazuyacu insengero zisigare Ari umusaka abarikuvugako insengero aribaburoni barabeshya bishimiyeko xifungwa ariko uwiteka arahari gusa tumenyeko turi muminsi yanyuma buriwese akwiriye gusenga akomeje pe
@@ElieNtihinyurwa harya yohana umubatiza yasengeraga murihe rusengero?Yesu bamwirukana murusengero yarusubiyemo?
ubundi insengero zuzuyemo amatiku
n'amacakubiri n'intambara z'amafaranga kuko abayoboke badatanze amafaranga amadini yonyine yakinga
Yesu AGIYE KUGARUKA rwose, komera RWAMAPELA❤
NEBUKADINEZARI yihaye Gusuzugura Imana byarangiye agiye mwishyamba kurisha imyaka 7
Imana no yo yabivuze ko irazifunga yatumye Riziki abayobozi bashize mubikorwa iby'Imana yavuze.
❤❤❤ I love your Smart Mind bro
Ibyuma byogusaka abantu ni modoka muri gare haribihari ugiye mwisoko haribihari ugiye mutubari mubukwe ibyo haribihari harikintu kihishe inyuma mutegereze muzabibona
Aho hose uvuze niwowe wenyine uhajya hari ntabyo njya mbonayo
Leta yurwnda ni imana yurwnda FPR ni imana yurwnda pk ni imana yurwnda ubwo ni ubutatatu nyarwanda (ubwiru) Kandi bafite imbaraga ziruta izurupfu barafuha ntibashaka ko hari indi mana isengwa itaribo
Mweneda tugeze mubihe byanyuma kd Imana Data
Igukomeze cyane uvuga
Ukuri rwose
Ubwiherero n'aho bwaba bukoreshwa rimwe mu cyumweru ntibwemerewe kubwa bwakwnduza ababukoresha kuko macinya cg korera umuntu umwe ukoresheje igihe kitarenze iminota itanu yakwanduza ibihumbi bikoresha ubwo bwiherero mu gihe gito cyane.
Kuba hari ahandi haboneka ubwiherero budatunganye ntidukwiye kubigira urwitwazo, kuko itorero ariryo rikwiriye gutanga urugero rwiza.
Ibikwiriye nibikorwe aho bishoboka ibindi tubiharire Imana .
Nimuve munsengero musengere mungo zanyu
Ibyo uvuga nukuri
Nitwe nsengero ariya namazu
Impamvu bahinze imishyitsi ngobafunze nuko arindamu bashakagqmo
Naho erega ntibyemewe
Imana iguhe umugisha abasenga byukuri bazakomeza basenge .mbega ukuntu yesuya tanze urugero rwiza yemeye kuruhukira isabato mugituro
Uvuze ukuri
Vana amatiku aho Imana iguhe ubwenge. Ibi byakozwe n'Imana yari irambiwe ibyaha bikorerwamo uribuka Riziki umwaka ushize ko Imana yo ubwayo yivugiye ko ifunze insegero Kd imfunguzo izibitse kure??? Rero buriya icyo ducyeneye ni ukwezwa naho ibyo gufungwa kwinsengero byo biveho Imana nibishaka izazifungura
Rwamapera ndagukunze cyane! ufite guhamya kwizera kwawe udafite ubwoba, Imana ikurindire ubuzima n'ubugingo
Yego muvandimwe. Uravuga ukuri. Is idusaziyeho,abenshi bazumirwa
❤❤❤❤Yesu abahe umugisha
Uzi ubwenge wese niwe uzitegereza ibyo kuko inzira zUWITEKA zitunganye
Imana iguhe umugisha uvuze amagambo akomeye Kandi yubutwari gusa Imana iguhishe mumaraso ye
Leta irikutwereka aho isaha igeze: udatunganya urusengero rw umutima we rugiye gufungwa. "Uwanduye mu mutima agumye yandure"?
Niba nawe rata!!!!
Merci beaucoup mon frère!
Abantu bigize nk'abafarisayo n'abanditsi n'abatambyi,.....
Aho gutunganya urusengero rw'imbere birirwa batunganya izo hanze.
BAMEZE NK'IBITURO bisize INGWA nk'uko byanditswe.
Benedata b'abadventiste b'urwanda mwihangane cane, ijoro rirakuze, agakiza karatwegereje gusumba igihe twizereye. Ahubwo musenge cane, igihe Yesu yoba agitebaganye kugaruka, Imana irazi gucisha bugufi abategetsi b'abibone. Turabona ba Nebukandineza, Berushaza,etc. Ntushobora kurwanya Imana, ahubwo muzotangazwa n'uko ubu ariho abantu bagiye gushaka Imana gusumba.
Idiot
Ikingenzi nikimwe dukwiye kubana n'Imana umunsi kumusi
Amen
Ariko twiphana leta .ahubwo abantu twanze kumva umuburo w'Imana.
Surtout ça
Yesu naza ntazasanga abantu musengero ahu bwo aabasanga mubuvumo no muri zagereza kuko kuko satani arakariye abasenga😂😢😢
Satani nimwe mumwiteza uhanga na satani ute kdi yarananiye Imana? Wumva urush imbaraga Imana ko yayinaniwe
Nimutuze Imana irikukazi musengere Aho muri irabumva nkandiraho kwifoto inkunga yawe ninziza kuri njye 📖📚👈✅
Sinkanzeho ngo dusengerehe🤔
Abantu basuzuguye Imana izi nizo ngaruka bituma Leta yinjira mu byabo.
Nibatuze rero bagarukire Imana nayo izabagarukira.
Yesu Ati nimubona ibyo bibaye muzararame muribe mwijuru
Urakoze cyane mwene Da! Uwiteka aguhire
Bene data babadivantiste nukuri ibimubizi cyane ko byahanuwe gs imana iturengere kd nibwireko bitazatubza gusengera data mumwuka nomukuri.
Mutumirwa mwiza Imana ikundindire cyane ufite Umwuka w'Imana.
Uwomutumirwa lmana lmuhe umugisha kandi.lkomezekulwongerera ubwenge nubuzima aradufasha
Ukuri kuzuye. Abantu dukabije kwiremereza; Imana niyo izigaragaza,igakemura impaka.
Kubwikikiganiro Rwamapera.. rwose. Imana. iguhe umugisha
Munta Wimana nigih cokwemangira Imana mwemere mucibwe amazosi, mupfugwe. Muvugirimana mwemere nogupfa. Yesabakomeze komere muri kirisito Yesu.
Abantu bakoze ibizira munzu y Imana bagayisha Imana, akarengane gakomeye abantu bagiye barenganira munzu y Imana, bagatukwa ibitutsi barengana,abahanuzi bibinyoma babeshyera Imana ngo iravuze kandi bishakira indamu no kwigira abakiranutsi kandi buzuye amashyari nubugome,bateranya abantu b Imana,amarira yinzira karengane,Imana byayigezeho. Ntarukundo muba kristo,yewe nibyinshi. Ibyo byose rero ni ingaruka ziteje ibi bintu ,Imana yararakaye,. Abumva bumve,buriwese yisuzume,arebe uko abanye n Imana, uwateshutse ,yihane. Ubundi urusengerwo rw ukuri ni umutima w umuntu.
Reka nanjye nandike comment kuko ngiye nakumva ibyo rwapera avuga. Rwamapera we Imana iragushyigikiye Kandi nanjye ndagushyigikiye abarimo kugutuka ni abiyegamije ku muntu twe kubitaho twebwe abashikamije umutima ku Mana ni muze dusenge kuko iyo urugamba rukomeye ruba rugiye kugera ku insinzi Kandi satani ntazigera atsinda Imana
Ubusesenguzi bwa Rwamapera buvuga ukuri nkuko kuri muri bibiliya.Imana ijye iduhana imigisha.
Kagame imana izamubazabyinshi imana yahaye nkotanyi igihugu none bararenzwe
MUreke ubuhanuzi busohore, idini ni dini ,umutima ni rwo rusenjyero ruzwi ni Mana gusa
Yesi ATI: bazaca mumasinagogi bazabajyana munyiko rero ibyabaye nibyo bizongera kubaho
Ibitekerezo byawe nibyo1000/100
Buriya uziko nta makuru ufite? Ngo abantu bazava mu nsengero? Ntuzi se ko abafunguwe amaso n'IMANA batakizibarizwamo? Abakizirimo mwihangane.Kuko mu nzira ijya mu ijuru iy'idini ntaho uzayisanga.Uhereye mu itangiriro ukageza mu byahishuwe.Buriya nawe ukivuga iby'abadiventiste waratakaye cyane.Ntaho bizakugeza.
Abantu benshi barasinziriye ntibabizi! Ntibanaziko ubwoko bw'Imana ari abirabura. Muze mwige ukuli mwahishwe kubabature. Amen*
Ubwo se ushatse kuvuga abadasengera mu rusengero ari bo ntungane? Mbese hari umuntu ufite ubushobozi bwo gutandukanya urukungu n'amasaka? Waba usengera mu rusengero cyangwa utazisengeramo ntaburenganzira ufite bwo gucira abantu urubanza. Gusengera mu rusengero sibyo bigaragaza ko umuntu yemewe n'Imana ndese no gusengera mu rugo sicyo kibigaragaza. Dukeneye imitima ikundana Kandi isabirana.
Uvuze ukuri muvandi u rwanda rukwiye gusengerwa kuko rwarinjiriwe cyane
Ibyuvuga Nukuri cyane
Imana niyo nyirumurimo
urusengero numutima wumuntu
reta iturekere uburenganzira
bwacu imana niyoyambere
uwiteka azirwanirira
Kwifuza indengero n'amadini mu Rwanda ninko kwifuza indi jenoside mu Rwanda utabizi.
Amen ,,amen ,,gusa iri jambo uvuze riratsinze pee,,,urusengero rwinjiyemo abanyamahanga
Uyumugabo arimo umwuka w'Imana
Imana Ntigendera kumrangamutima! Yaracecetse bumva ntakibazo! Hazahqgarara abayikiranukira!
Imana iguhe umugisha nshuti yimana
Nukuri ndanyuzwe.
Mubihorere bari gukora Imana mu jisho.
Wowe warisariye
Njyewe reta ndayishimira ibyoyakoze bro uzakurikirane amateka yukuntu amadiniyaje murwanda nibwo uzasobanukirwa
Urwanda ruri kwihutisha ubuhanuzi cyne kurusha ibindi bihigu byose byo kwisi nimwihangane lmana irishakira igitambo benedata
Sinibuka igitabo icyaricyo ariko bavugaga mwihembe rya furika ubuhanuzi niho buzahera
@@mukabugingovestine7820yesaya 28
Baravomera mukituzura mibubure amaso barebe mu ijuru be guta umwanya
Witinya kubera Kristo umuhamya
Igikumwe mwamaze kugitera...mwararirimbye ngo niwowe, niwowe...nimuhagarare hamwe rero urwishigishiye ararusoma.
Uwiteka azi Abe,Kandi ntabwo azarebera!! No no,mubyukuri kubiro byinshi by imirenge latrines zabo ziteye isonii,ariko bakamenya gufunga insengero!! Ntabwo bazi ijisho ry Imana ko byose ribireba
Ifungwa ry'insengero riturutse kuburangare no kwiyoberanya kwa banyirazo bitwazako bakorera Imana nyamara babeshya. Ni musubire ku gicaniro Umwuka wera asubire akorere muri mwe. Ese mubwiwe n'iki ko atari Imana yarakariye amafuti y'abanyamadini bimuye ibyiza bakimika ibizira. Mureke amaranga mutima mwubahirize ibisabwa. Ikindi mwihane muve mu buyobe, murebe ko mudasubizwa.
Njyewe mbona harimo nabishyiriraho ibyabo batabwiwe, same time bashaka no kumvagira ubuyobozi bwo hejuru!! Ariko Imana iraje yitamurure.
Ako kantu❤
Munatubarize ahotwerekera mugihe insengero zifunze Kandi ndibyumba il funze yeux araje
Musubire aho mwasengeraga muri lockdown
Muvandi baze kuvugisha ukuri ibyo umwaka abwira atorero. Bihorere. Ubuhanuzi. Bugomba gusohora byanze bikunze. Uzasome. Ibyakozwe nintumwa. 17/24. Haravuga ngo ntabwo imana iba munsegero. Kandi Koko ntihaba niyompamvu bazifungs. Iharikoko ntawarukoraho
Ubwose uyu Ali kubwiliza nibura inkuru nziza ya yesu kilistu imitima ikabohoka..ninde wakubwiye kubakira imana urusengero .usenga byukuli ntiyabuze Aho asengera. Mureke kuyobya abantu.kora ibyusabwa ibindi ubireke. Ntitukibagirwe bavandimwe
Congz Itabazo. Can't wait to see you hitting 100K subs
Thank you Brother
Erega ntago bafunze insengero bafunze akajagari kazo kuko umupasiteri atongana nundi akarara akoze urundi rusengero rwe
Ahubwose insengero zisabwa imirindankuba nibindi bisanibirimo amananiza, ahandiho hateranira abantu benshi urugero: amaboko, utubari, utugari, kumurenge, ibigobyamashuri, zagare nahandi ntavuze ese ahohose ibyomwaka insengero ahohandi hontihateranira abantubenshi? Ese ahoho kontarabona mubasaba ibibikurikira: umurindankuba, imisarane ijyezweho, parikingi irimo amapave, soundproove, isukunke, icyumagisaka imodoka, icyumagisaka abantu munsengero ese ibyomubaza ahohandi tuvuze haruguru komutabibasaba imisarane yomurigare, kutugari , mutubari nahandi uburyo inuka esebo komutabasaba gufunga.
❤❤actually you are speaking sense
Abantu guhura baganira ibindi ntakibazo.Ariko baganira iby' Imana ngo baratera urasaku. Imana idufashe.
Ibyimana se babiganiraho iki nibo bayiremye?
Utumye nsobanukirwa ibyiri jambo yesaya39:1-8 ariko birashira amadini kwifashisha leta kuzagarura abakristo munsengero ariko cyanee cyane 100/100 ni ibyahishuwe 17:1-17
Ntakizabuza ubuhanuzi gusohora ibinabyo harigihe bituma hari abiyegurira Imana .
Ufite umwuka w'Imana pe abavuga amagambo atari meza nibayareke ahubwo basane Imana ibahumure amaso kuko igihe kirasohoye Mana uzaturinde kwicuza.
Nukuri Imana ibahumugisha ndemeranyanamwe
Mwihane kuko ubwami be Imana buri hafi ibindi n ukubarangaza
Insengero ntizazize kuba umusaka zirasukuye ariko nibinabyo byagombaga gusohora tumenye ko Yesu aribugufi
Ayo masengero abamwo abanyabyaha bihuye nibyo Imana muvuga Ibategeka? Ntawukeza abami babiri! Imana Irashaka ko abayisenga bayisenga mukuri no mumwuka! L'ETA Iyoborwa n,'Imana kuko ni Nayo Yayishyizeho!
Imana ntifugiranwa niba bayifugiye ntabwo Ari mana rwose
Mwari mwarateje akavuyo munsengero
VA kuri gatulika banyakujya iyo bigiye puuu😊
Ibi biri mugambi w'Imana nimwihana muzarya ibyokurya byo mujuru ariko nimutihana Inkota izabarya!
Ariko disi mwebwe badive baranabarenganya p umva ntarusaku munagira nkurwabarokore muba mwibereye muri bucece murifata bikemera😅 nabayehova ntibasakuza kumugani harimo akabanga p ifunga ndarikemanga kuko insengero zazanye ibintu bizatwica ntizifunze .abantu bave munsengero bage muri za Boite barebe ikizavamo.barebye ibyivanze munsengero bitari zo bakateka izisenga byizewe
Mbega izozose bigendagute ngo zitandukane mumazina kandi zikorera umwami umwe ! Nimugabanye ubucuruzi nubutekamutwe mwijambo ry Imana !
Ngo leta ntabubasha ifite kunsengero? urumuswa gusa insengero ntabwo zikorera hejuru yamategeko ya leta aho niho abanyamadini mwibeshya cyane ngo mufite ubudahangarwa mugomba gukurikiza amabwiriza ya leta
Ako kantu ko gusengera murugo numuryango wawe gusa niko insengero zose bazazisenye tujye dusengera mungo zacu kuko ntawudafite aho ataha! Abashumba baranwa amataso yintama baragiye intama zabaye imiguta.
Yesu nta tegeko yatanze ry'uko dusengera mu nyubako zakozwe n'abantu. Ubu abasenzi b'ukuri basenga mu Mpwemu no mu kuri.
Yesu. Aribugufi kuragiza. Byose. Niwe ufite. Byose. Mukuboko kwe.
Abanyafurika bitiranya kwirirwa mu nsengero no gukunda Imana.
Imana ntibarirwa mu nzu runaka. Imana ni ngari aho ikeneye ni umutima gusa.
Umutima ituyemo ugaragazwa n'ibikorwa ntabwo ari ukwirirwa mu nsengero.
Amadini yose iyo aza kugira umumaro ntabwo haba harishwe miliyoni y'abanyarwanda kuko ntihari kuboneka ababica.
Dukanguke tumenye ko aya madini ari ubwami abantu biyubakira ntaho ahuye no kugira ubusabane bwawe n'Imana. Andi nayo ni ibikoresho by'Abakoroni.
No mu bupfura n'ubunyangamaugayo harimo Imana.
Ibyo uvuga nibyo Rwamapera ❤
Murakoze cane turabumva Burundi
Nukurirwamapera urakozecyene turafashijwe kandi ngontacyo lmana lzakora ltaburiye ubwokobwayo uwite aduhumurepe tugeze kuriduwane
Icyotuzinezantuko IMANA irindaneza kuruta umurindankuba uwiteka atarinze umudugudu abarinzi baberamasubusa
Rwamapera ubonye amaturo agiye urasaze, ntuvuge ko ari urukundo rw'abayoboke ufite
ko ubabajwe nuko batazajya mw'ijuru ntutubeshye ahubwo intama zijyanye n'amafaranga, none uhindutse
al shabab urumva watega ibisasu munzira, ihangane Rwamapera we hanga indi mirimo mwamenyereye nabi kurya ibyubuntu bitera ubwenge buke, urumva wakwiyahura ukava kw'isi kubera kurya ibyarubanda utavunikiye, dufite IMANA yatwihereye umuyobozi ukunda igihugu
adukuye mu nzara
z'inyamaswa zinkazi urababazwa n'ibitari ibyawe izo ntama s'umunani mwagabanye
Ndashima IMANA yaduhaye P.P.Kagame imurinde imuhe imbaraga atsinde abashaka kurya ibya abaturage .
Yesiuubuhanuzi bga daniyeri bgarasohoye
ntamudendezo uba munsengero kandi huzuyemo n'amacakubiri ntutubeshye abayoboke bagiye inama ntibatange amafaranga icyacumi n'amaturo n'impano ku bashumba, amadini ubwayo yakinga imiryango
mukora kubera amafaranga abayoboke babaha
ntabwo ari urukundo mubafitiye ibyo uriho uvuga n'agahinda ko kubona amafaranga agiye inzara irinjiye niyo mpamvu mwabaye
nk'ibyihebe niba muri abakozi b'IMANA mwabuze aho munyuza ijambo ry'IMANA ahubwo murarizwa n'amafaranga, Rwamapera umujinya ufite ndawumva kubera kutubahiriza ibisabwa none inzara yateye uravuga nk'icyihebe ngaho rero ugiye guhangana kubera iby'ubuntu mwamenyereye ubwo n'uburiganya n'ubujura .
Ese ubu uyu muntu ( Rwamapera) afite umujinya? Imvugo ye se nibura irimo ubukana? Muvandimwe ubanza ufite ikibazo gikomeye pa
Uyu mutumirwa nta mujinya cg agahinda ahubwo uyu muntu numunyabwenge kandi afite ukuri cyane
Byose nukubyereka Yesu gusa wasanga abajoziwite aribo barinyuma nduru