Abantu Banziza ko NTEMERA DIVORCE😥 Aho Gutinyuka Imana nkashyigikira ibyaha NAPFA - Apotre MASASU
Вставка
- Опубліковано 24 вер 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), Wahisemo neza gukurikira ZABURI NSHYA, Imana iguhe Umugisha !
Uramutse wifuza kutuvugisha waduhamagara kuri iyi Numero 0786388010 (NTAGANZWA PLAISIR)
Ndagukunda cyane kndi nagiriwe umugisha wogusengana Nawe Naratinze kubyara naje Kubyara Ubu mfite umuhungu numukobwa
Imana ishimwe cyane
Amen nimwonkwe🙏❤️
ESE WIBWIRAKO KO KUBYARA KWAWE CYANGWA GUKOREKA KWIBITANGAZA ARUKO UTERANA NAWE? CG USENGERA IWIWE? OYAAA IMANA AHUBWO KUVA MWISEZERANO RYA KERA KUGEZA UBU IMPAMVU IMANA IKORA IBITANGAZA NUKUGIRANGO ABANTU BIZERE UMURIMO WA KRISTO BAKIZWE
[BIZERE KO YESU ARIWE KRISTO]
@@irakozecledon-9892noneho ntujya usenga??
Imana iracyafite abakozi kweri.ndagukunze
Komera mukozi w'Imana guma mw'ijambo ry'Imana ntakindi
Sinkemera abantu biyita abakozi b'Imana mbafata nkamabandi ariko at least Masasu ni umugabo w'inyangamugayo kandi ari humble wenda hari nabandi ntazi binyangamugayo gusa abenshi ubu ni amabandi.
My Daddy,
Imana iguhe kurama ikubere byose muri byose
Apostle Masasu I love you so much❤❤❤❤
Wooow! Uwiteka ahimbazwe ku bw'iyi nyigisho,Kandi adushoboze kumutinya wenyine.
Be blessed .
Ni ukuri ,nta divorce ngo ukomeze inshingano , nta kibazo guma mu ijambo Apostle
Divorce ntiyemerwa n,lmana niba mutandukanye❤ kubwo uko umwe ari umupagani utandukanye ntiyongere gushaka ukundi
May God bless you abundantly my Dad wuzuye ubwenge n’ubwiza bw Imana.
Dore umukozi w Imana Sasa
Ureke abatekamitwe
Wubawe cyane
Nanjye ndemeye pe
Apostle Masasu❤❤❤❤
Bwana Plaisir, uzamutubarize kunyigisho z’ubuntu bwa Kristo mumaze iminsi mutwigisha na Issa, na Professor Samuel. Murakoze!
GUTINYA IMANA no KUBAHA IMANA ni topic nziza cyane !
Umushumba mwiza Imana ikomeze imurinde
YESU abahe umugisha mwinshi mwese kd plaisir turagukunda peee Imana ijye igukomeza
Plaisir tu portes un joli costume 💵💰
Mushumba rwose waje imahanga ugatabara ko haraho amazi atarenga inkombe
Imana iguhe umugisha Dady mwiza ❤ ndakwemera kndi ndanagutinya bitewe nicubahiro ufise
Ubwo nubutwari🎉🎉👍
We re bless from Apostle MASASU.....MAY THE LORD BLESS MORE ZABURI NSHYA FOR SUCH WONDERFUL AND REBUKING MESSAGE
NDIHANNYE
Nyakubahwa Apostle murakoze cane kukiganiro mutanze cari ciza cane Kandi cadufashije cane vraiment well said
Imana ikomeze ikwagire muri byosse Kndi ikuzigame
Wawoo welcome daddy nkunda ubwenjye bukurimo mubyeyi ❤
Niba wemera masasu❤❤❤❤ ntutambuke utampaye subscribe kuri iyi FOTO nukuri muraba mukoze p ndabakunda cyane ❤❤❤❤❤❤❤❤
Reka twemere umurimo Uba mubera
@@godalone3487 kabsa
yesu abahezagire plaisir ndubatwe pe
Imana iduhe gutinya Imana
Uku ni ukuri ku ijambo kudaciye ku ruhande.
Mutabazi naze yige🎉🎉🎉
Uri umukozi w'Imana rwose
Plaisir uramberewe pe
Imana iracyifitiye abayo pe.
Imana ikurimo niyo ituma bagurinya, kuko bazi ko ugendana ukuri. baratitira kubera Authority y'Imana ikurimo!
Uwiteka akomeze agukomeze muntu w'Imana❤
This was very deepp 🥹🤲🏼🔥 God bless you daddy
Amen amen
Zaburi turabakunda kandi umukozi wi Mana turamukunda cyane❤🙏
Ramba ramba daddy wacu ❤❤
My Apostle
Nkukunda byuzuye kdi nkukundira ukuri kwawe
Ndagukunda mubyeyi uri umwigisha mwiza
Papa wanjyeeeeee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Umugabo mwiza cyane w'Imana
Daddy we love you🙏🙏
Apotre Mutabazi
Nibishaka Theogene,n'abandi..,
Nimuze mwige ijambo riyobowe nawuka Wera muve mubugoryi
UWITEKA NIWE MANA
Murakoze Mushumba Apostle Masasu
Nanjye turemerana sinemerana divorce rwose pe Niko kuri na padiri ntayemera ntiyagusezeranya kabiril
Ukuri guca mu muriro ariko ntigusha ❤😂
Divorce Imana yayokwemeza igihe ibonye ko uwawe apanga kukwica kandi yabigbiriye. Iyo igihe cyawe cyo gupfa kitaragera nawe Apotre Masasu yagutegeka ngo hunga! Iyo Imana ikigukeneye iguhungisha abagome pe. Utabusya Abwita Ubumera.
Divorce nti ye mewe cyakora ubonye uwo mubana ya kwica muhunge Kandi ku muhunga nti bivuze divorce icyo gihe wi sengere Imana ishobora ku mugarura cyangwa ika mwica kugira ikubohore
Ntabwo Imana ya kwemerera gusenya kuko mu gihango uba wa giranye nu mugabo wawe harimwo ni Mana hagati
@@TurabumukizaTheogene 16.
MALAKI 2; 16 Kuko nanga gusenda, ni ko Uwiteka Imana ya Isirayeli ivuga, nanga n’umuntu utwikiriza urugomo umwambaro we. Ni ko Uwiteka Nyiringabo avuga. Nuko rero murinde imitima yanyu mwe kuriganya.
@@TurabumukizaTheogene 12.
Mariko 10:12 kandi n’umugore wahukana n’umugabo we agashyingirwa undi, aba asambanye.”
Amen ❤
Nukuri nukuri nukuri %
Ooooooh mbega ubwenge bw' Imana 🙏
gutinya Imana = gutinya icyaha
I love you❤
Bibiliya yemera gutandukana kwabashakanye inshuro zirenze imwe, ahubwo ntiyemera ko umwe mubatandukanye yongera gushaka ...) cyeretse umwe abaye atacyiriho, Nanone Bibiliya yemera ko ushobora kumubabarira (7×70) umufatiye mubusambanyi ntumusende, ariko umwe mubashakanye ashobora gutandukana nuwo bashakanye kubera impamvu zubugingo ( kubera Kristo) eg: Mugihe umwe yadukanye gukora ibizira ukabona byakurimbuza, cg se ukabona ashobora kukwica ushobora kumuhunga
7⁷⁰ nizonshuro wamubabariramo
Ibyuko wamusiga kubera ko yakwica wabisomye he????
😂😂😂mumbarize neza@@PacisMwiza
Ushobora kuba warayisomye uyicuritse uzongere uyisome neza
@@PacisMwizauravuga ko wowe wahaguma akakwica se?
Dafashijwe kweri
İki kiganiro ni cyiza !!
Apostle wacu
Vuga ukuri ubarikiwe
❤❤❤
Huummmm nibyo rero
@Plaizir, Muzarebe niba mwahindura microphone, ziri gusohora scratching sound !
bidufashemo😅
Ntusaza
Uranezeza
Ibya divorce byo n’ukuri kandi niyo byakwanga mugatandukana, ubwo ntakongera gushaka kiretse umwe avuye mu mubiri, ikibabaje nabyo nibyigishwa kugira ngo badakoma rutenderi, ariko Ijambo ry’Uwiteka ntawarihindura, uko riri nuko kandi niko kuri!
Ako kantu ko kugira abakurinda uri umukozi w'Imana byaterwa n'urwego rwumuhamagaro!!
Hhhhh bakurindira ikise ubundi😅
Ehh! Ni yo mpamvu mutabazi ashaka gutandukana Nuko ashaka kujya mu mahanga.azabona abayoboke disi !!! Ariko divoruse zireze cne zasimbuye ibihingwa
Uvuze ukuripe lmana iturengere
1 peter 2:13
Zaburi Nshya, hari byinshi byo kugarukaho bitari ibyo mwitorero rya Yesu! Ikibabaje bamaze kuyobya benshi! Inyigisho ziryanye n’ubuzima bw’iy’isi : ubutunzi amagambo aruhereye ntaho ahuriye n’Ubwami Yesu yigisha ho! Daddy kandi tuzi ko hari Daddy umwe , kwirwizaho imitungo, n’ibindi. None ndashaka wihangane umumbarize kino Libanon: Yesu nkubu yagendera muyihe modoka ari nkahano mw’isi????? Uko umuzi yagendera muyihe????????, nackande ayivanye mu ntama de?????? Murakoze
Hahahahah what a funny comment harimo ubujiji ariko nanone twese ntituragera kurwego rumwe twimitekerereze!ubu mubintu byose byakuzamura muburyo bwumwuka urifuza kumenya imodoka Yesu yagendamo ari mw’isi?humnnn😅😅😅
Hhhhhhhh hhhhhh ashaka ku menya imodoka Christo ya genderamwo mwi si ese Christo nu muntu
Muvandi n’urugero , kandi yabaye kw’isi, ese yitwara ate? Ese umaze gusoma Yesaya 53:1,…., ndakwinginze ufate akanya uhasome, mwuka agufashe! Burenda gucya muve mubitagira umumaro, mwiyeze, ibihe nibibi, nange nabyumva nkawe, ariko Yesu ankora kumaso ndahumuka , nawe byashoboka
@@thecryngvoicitv1855 ubu ku gendera mu modoka ni cyaha ko twa bonye Christo we aki ri mwi si Yara genderaga mu bwato
@@livelove1253ohhhh , ubwo bujiji rwose nibwo, niko ubyumva! Ariko birafite icyo bivuze, kugira ubyumve bisaba kubanza kuba injiji, ibya Yesu n’uko! Gusa ibihe bimeze nabi, burenda gucya, uwera yere , ugabitanya nawe agabitanye ngo dore ndaza vuba,…….
DADDY WACU❤❤❤
Abahatari ngewe namaze kwangirika snjya mfa kwemera ubuhamya kubera ubuhimbano bwabaye bwinshi
Apôtre aravuga muruhande rwumugabo gusa. Ku demissionnant avuga bisobanuye iki? Guhagarika gukora umutimo w’Imana ashatse kuvuga iki? Nonese nimba uyu mugore ariwe utakigushaka icyo ukomeza kumwihabiraho? Nonese nimba umugabo akomeje kwihangana, umugore akanya ariwe usaba gatanya , uyu mugabo azakomeza kwihambira kutakimushaka? Kuki abo twita ko twagisha inama mutabivugaho rumwe? Ese mwemera ko ushokora kuba murusengero uri umupagani? Wenda umwe mubashakanye yarabikoze kunyungu runaka umunsi yazigeho agasababgatanya? Haribyo ntemezanije namwe muriki kiganiro.
1:01:58 basi nimba unatandukanye guma muri séparation ariko ugiye no kwiremaria..yabivuze neza.
Wa separating ariko ntiwemerewe kongera gushaka kubera igihango kiba kigihari
Kandi wizeye Imana ko yakongera kubaka urwo rugo wakwitaza kubw'ubuzima bwawe buri in danger ariko ntujye gushaka divorce uri umukristo
Zaburi Nshya, hari byinshi byo kugarukaho bitari ibyo mwitorero rya Yesu! Ikibabaje bamaze kuyobya benshi! Inyigisho ziryanye n’ubuzima bw’iy’isi : ubutunzi amagambo aruhereye ntaho ahuriye n’Ubwami Yesu yigisha ho! Daddy kandi tuzi ko hari Daddy umwe , kwirwizaho imitungo, n’ibindi. None ndashaka wihangane umumbarize kino Libanon: Yesu nkubu yagendera muyihe modoka ari nkahano mw’isi????? Uko umuzi yagendera muyihe????????
Icyo cya daddy umuntu agira dadyy we wo mu mwuka wa mubyaje ubutumwa kuki Paul yavugaga mwana wanjye timoteyo ntabwo yari se wu mubiri nuko yari Yara mubyaye mu mwaka je numva nta kosa ri rimwo
Hello bakunzi ba Zaburi nshya mwankandiye kuri profile mukampa subscribe
Murakoze cyane inyigisho nziza kweri umunyamakuru urabaza neza ugatanga umwanya Umubyeyi akavuga umwanya uhagije
Amen ,amen
Amen amen