Namamaye ku izina rya JOHN RYANJYE: Isengesho rya mpumugabomana Ryarantagangaje || UBUHAMYA BUKOMEYE
Вставка
- Опубліковано 25 вер 2024
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha - Розваги
Uyu mubyeyi azi kuganira cyane Uwiteka amukomeze amwongerere n,amavuta! Nasetse nenda gupfa.asetsa kubi !
John Ryan jye uranshimishije cyane kandi nubwo uvuga ko utize ufite ubwenge kuko ubuhamya bwawe buri ku murongo hari benshi bizi batabushyira ku murongo God bless you more ndagusabira ngo Imana iguhe Rugero nkuko yaguhaye Shinge
Mbega urukundo rwo mubwana wasara ukanapfa pe.
Cyokora uwarunyuzemo wese yakumva uko uyu mubyeyi yari amerewe! Komera mama Chantal warakubititse mu rukundo.
Imana ihe umugisha abo bakobwa baje kugusengera. Ni uburyo bwiza bwo kwera imbuto.
Uyu mubyeyi aru mutse azubwenge azikuganira cyane ndamukunze ankoreye umuti mwakoze kumugarura yesu kristo ahabwe icyubahiro
Kbs akorumuti
nanjye mbaye uwahafi mume like ndabakunda mwese
naragukunze cyane nifuza gukizwa nkagera kurugero rukwiye bityo nkunda umuntu uvuga Imana mu kuri no mu mwuka Amen
Waou John ryawe rwose arakagwiza infurizone(frisonne) disi ajye akwihera amata ,nkunze ko ugifite urukundo rwinshi !
Yahora atwenza ubu John Ryanjye aranyishe ! N'uwabuze uwiwe yaseka alwumvirije
Maman Dada turamukumbuye !
Praise GOD, I thank GOD for this lady she's full of love and joy because JESUS saved her and gave her another chance, once HE gets hold of you, that's a testimony for ever, HALLELUJAH.
Yooo mbega ubuhamya bwiza, muzongere mumugarure aduhe ubuhamya bwose n’ibyo yasimbutse muzamuhe umwanya azabitubwire !
Imana ishimwe intama zayo irazimenya
Wanasetsa cyane pe. Imana iguhe umugisha.
IMANA iguhe umugisha cane utanga ubuhamya neza ntuca irunde uvugishukuri pe
Nzi neza ko benshi bari bufate uko bashaka ikijanye n'ayo mafranga 1.000, cyakora Imana iguhe umugisha ko uvugisha ukuri. Kandi Imana iguhe umugisha. Utazi uburyo inzara iraryana n'agutere ibuye.
Ubuhamya bwawe buramfashije cyaneee.
Imana Iguhe umugisha mwinshi hamwe na John ryawe!
Nubwo bagupinga njyendagukundaaaaaa uranshimisha
Mwari mwaragowe cyane
Ni umuco w,abadive.bishimira gukora amavuna bagwiza intama ariko kuzitakaza ntacyo bibabwiye.kandi sha bafite ubutumwa buzima,nako si ubwabo ni ubwa yesu wabwandikishije!
Yooo Imana ishimwe ko yakoze ibitangaza Imana nihabwe icyubahiro kumirimo ikomeye yakoze ndafashiswe 🙏
Imana irakomeye ntakinanira Imana. ubu buhamaya haraburamo ko atavuga igihe cg umwaka byabereyemo.
Ubuhamya nabwumvise amasaha 6 kubera network ikururuka😭 Imana yaragutabaye maman we!
Imana iguhe umugisha mubyeyi yesu arashoboye
#JohnRyanjye,
Wakoze ku buhamya bwawe, dutegereje n'ubundi buhamya utashoboye kutubwira.
GUMAMO NEZA!
Plaire long time school is making me miss your show channel love from 🇦🇺🙏
Ni ukuri Imana igira amaboko pe ntaho itakura umuntu nta naho itamugeza. Mana warakoze gukoresha John agateturura Chantal
Ahwiii😄😃😄😃
Mudufash muzatwereke pieri muzaba mukoze.😀😀😀
Ntago ari agakiza kabapatekote ni agakiza k'Imana kuko ntago abapatekote batanga agakiza
#ZaburiNshya,
Mpumugabomana, byandikwa mu magambo atatu gutya: *Mpa umugabo Mana.*
Imana Iguhezagire nukuri
muraho muzatuzanire olive umurerwa muzabamukoze
Itorero ry,abadiventiste b,umunsi wa karindwi mwisubireho rwose!
John ryawe rwose!!!!
Imana iguhe umugisha mama sandrine urashimishij p
John Ryawe shenge !!!!
Chantal nawe wikwamamaza idini.uwagukijije ni Yesu ahubwo yakoresheje abarokore.abarokore bafite impano nziza yo gusenga no kumenya gititiriza.umuganga iyo urwaye umutima akujyana mu bitaro bishobora kuvura umutima ariko bitavuze ko hatari n,ibindi bitaro bivura izindi ndwara.amadini yo ntagakiza agira keretse kukwereka inzira
Mbega umudamu ufite ubuhamya bwubaka kandi busekeje! ! Komeza uhezagirwe mubyeyi
Zabutri nshya ndayikunda
Shanta urasekeje gusa uzamutwereke zaburi shya turabasabye mutumire umugabo washantari aratunezereje
Imana imuhe imigisha
Ariko kuki koko abadive batererana intama koko.nanjye nari umudive ariko nagize ibibazo batanga.sha muri abapagani ntimuramenya icyo gukizwa n,urukundo rwa kivandimwe icyo bisobanura.udakunda ntazi lmana kuko lmana ari urukundo!
Zaburi nshya mwagiye muduha contacts z'abakozi B'IMANA.
Iyo groupe disi yagusengeye,yari invite imbaraga! Ubu kandi wasanga batagisenga
Mbega urukundoweeee ehhhhh nihatari kweli
Amazu y,abahungu yateye benshi amada! Wamenya azahitamo nde?
Plaisir wakoze cyane kutuzanira uyu mukozi w'Imana. Ubuhamya bwe mbugezemo hagati ariko ndumva bukomeye || Ntugende udakoze SUBSCRIBE kuri channel UBUKIRE NYABWO TV ua-cam.com/video/ZVDbnd90gEg/v-deo.html&lc=UgxD_00jOkYyWxIGLZp4AaABAg
Hahahaha urasetsa Imana iguhe umugisha
Uwo rizacika ntazancika
😂 😂 😂 😂 😂 😂 😂 😂 😂 😂 mbega urukundo we, yegoko
Mwampaye number y’uyu mu maman ?
uzaze nziguhe nanakugeze iwe kuko turaturanye
Piyeri yabaye piyeri 😂😂😂😂
Ngo joni ryanjye 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Aliko nunva nubwo wabaga murusengero
Waru munyerari,reka kuvuga urukundo
Uwo mumama yabaye sincere kuvyo yaciyemwo.Imana imuhezagire kuko benshi barahisha ko bifuje,kandi twese twambaye umubiri.Imana ishimwe ko yamutabaye.Komeza muri Yesu mama na John Ryawe!!
Urambeshyeye uko nabyumvise ni coup de foudre nta buhehesi. Ntimugahubuke guca imanza
Yari yarahanzweho nawe nta ruhare yari abifitemo rwose...wimushinja ibyo wishakiye!!!
Hanyuma wowe ntaryo ugira ?ntugace urubanza utari Imana
Ibyo birekere Imana
Bijya bishoboka ko umuntu yarwara indege yarigeze gukora imibonano mpuzabitsina?
indege niki?
@@sylvie3732 ni Amour irwara y urukundo nkiyi uyu mubyeyi yarwaye kuri pieri
Eee amafirizoni ni injerisa eeeeee ahuiiii ubu nabagahe badiii naratanzweeee
Inkundi inkundo inkundo🙄🙄
Ariko se umuntu afata umushinga wo kurongora atazi ikizatunga urugo
Mubarokore noko babaye abupanga nta na 5 fr agira kuri compte
Partie 2 iri hehe????? Amatsiko.com
Haaaaaa
😂😂😂😂😂😂
😂😂😅😅😂😂😂😅
🤣🤣🤣🙃🙃🙃 utoragura amashashi uranyishe🤣🤣🤣🤣🤣🤣🙃🙃🙃🙃
Yego mubyeyiwimana nibihugu komerezaho
Imana yaragutabaye hariho abo satani atera bakiyahura.
Maman uratwengeje komera
@Nikuze Donatha Imana ikubabarire igukuremo iyi dayimoni ikuvugishije ibi
@Nikuze Donatha kwa Jina la Yesu ahubwo ubanza ariwowe ufite dayimoni pe mbegaa
Pieri 🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Peter😄😄
🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣
Nubwo bagupinga njyendagukundaaaaaa uranshimisha