Al Hajj Seguin Abajije abantu ikibazo barananirwa//Akwiye kujya mu Itorero gutanga umusanzu.
Вставка
- Опубліковано 29 вер 2024
- #Subscribe_now #Like_and_Share #Dawa_Rwanda_Tv
Dawa Rwanda Tv ni urubuga rucaho inyigisho zitandukanye z'idini zigamije gufasha abaislam kurushaho gusobanukirwa Idini yabo ndetse n'abandi batari abaislam bibafasha kumenya no gusobanukirwa ko Ubuislam ari idini y'ukuri.
Ni kubwiyo mpamvu Dawa Rwanda TV isaba buri wese wifuzako izinyigisho zakomeza gukorwa ndetse no gusakarizwa abantu ko buri muntu yabigiramo uruhare atera inkunga murwego rwogushyigikira iyu murimo.
Ushobora gufasha unyuze kuri Mobile Money +250 788682703
Code *182*8*1*909582# Dawah Tv
cyangwa muri
GT Bank Kigali Account 222/241578/4/5106/0
Swift code GTBIRWRK.
KCB Account 4490796536 Kigali Rwanda
Ukaba nawe ukoze ivugabutumwa kandi uzaba uteye inkunga Dawa Rwanda TV
mwigisha neza ndumukristo ark nemera kabisa Islam ubujyo mwigisha nubujyo mukundana nahibindibyo byubwihebe turabiziko ari politike zimaze imyaka nimwaka zumugome satan
Imana iguhe umugisha muvandimwe w'umukirisitu, tujye twikundanira
@@majyamberesued5262 muraho ni amahoro,
Fungura urubuga" INYANDIKO tv''
Hari ibindi tugomba kumenya
Muraho ni amahoro
Fungura urubuga" INYANDIKO tv''
Hari ibindi tugomba kumenya
😮
45:17 @@Inyandikotv
Murarushe ntaho.muzotsinda yesu kristo mwana.wimana nzima
Mwiriwe neza ikigitaramo nisawa cyane
Ariko munsobanurire umukafiri ni muntu ki?
Impamvu murwanda mutazana ubwihebe namategeko akomeye hano murwanda mushatse kwiheba mageragere irakinguye nicyo mutinya ariko ubundi mwakwiheba
Segeun acha kudanganya, abo Bose basanzwe Ari aba Islam
Izo kanuni ntizamfata.
Muzatubwire aho gusenga kuwagatanu byewe
Kuko mutabaza ibikwiye ja kurupfu rwayesu babaze KO nemera bibiriya kandi Bari kuyisoma mwananiwe iwyurupfu rwayesu
Kandi nitujya mumategeko ya leta mwemera, avuga ko igihe utarasezerana numugore cyangwa umugabo mubana muba muri abasambane
Ngo idini umuntu abaza ikibazo ni Islam yonyine??
Uzaze muri Adventist urebe.
Ijambo ry'Imana riravuga ngo uwunyihakana imbere yabantu nanje nzamwihakanira imbere y Imana nabamarayika
Ababarimu imana ibongere ukuramba ibah ijur bitagorany
Biroroshye kumvisha abantu badakomeye muri kristo
Ikigoye ni kumvisha Abantu batazi Kandi bazi yuko bazi nkawe
@@EmmmaTemboMohammed yafataga kungufu abana
Es abant akomera murikiris cnk bakomera kumana
@@bakanibonatamimu Yesu ni Imana yigaragaje mumuntu
Nge mbona aba isilam bambara neza nka yesu ukoni ukuri❤ ndabakunda
Asalaam alaikum wallahmatulah wabarakatuh,masha Allah ❤Allah azabahe ijuru riruta ayandi mufitiye umat amumaro Cyane
Allahuma amiiin🙏🙏🙏
@@kukushadia8415 c
@@kukushadia8415 muraho ni amahoro,
Fungura urubuga" INYANDIKO tv'"
Hari ibindi tugomba kumenya,
Quran 2:19 havuga ko mugomba kwica abantu bose batari abisiramu none ngo ntabwo muri ibyihebe
Wasomye iyo ayat gusa uzakomeze usome uzasobanukirwa nugafate ibintu bujiji
Ijuru rizinjirwamo mumutima wumuntu Islam catholic cg Anglican cg ntandi madini wpiiiii peeeeee!!!!!!!
Nonese uremerako Imana yaribizi yuko uzandika iyi comment?ese niba wemera koko kwimana izibyose ukekako itazi umubare wabazajya mu ijuru bose nabazajya mumuriro?keretse niba Imana wemera atari yayindi izi ibyabaye ikanamenya ibirikuba ikanamenya ibizaba,bisobanura ko mbere yuko irema Adam yaribiziko njyewe nawe tuzabaho,sibyo? Niba rero mbere yuko irema Adam yarituzi njyewe,wowe twese muri rusange yatumenye mbere yuko tuba urusoro munda za babyeyi bacu.urumva Imana yakwibeshya?kuburyo niba abantu 49% aribo bazajya mwijuru noneho51% bakajya mumuriro,birashoboka ko harimpinduka zatugurana kumana noneho mwijuru hakajyayo 50% naho mumuriro hakajyayo naho50%?nsubiza
Barababaza ikibazo mukabura uburyo mugisubiza strategically mugahangana nubabajije. Hahaha uriya muturage mwari kubanza gusoma kutuzi mukamusubiza.
Reka mbunganire:
1. Islam ntabwo itoza ibyihebe ni idini yigisha iby'Imana n'amahoro.
2. Mubuzima busanzwe hari abateshuka bakagana mubibi ntibigomba kubazwa aho basengera.
3. Ikibazo nuko aho haba ibyihebe abundance ni aba Islam ☪️ iyo baba aba kirisitu nubundi bagira imyitwarire mibi bikaba byakwitirirwa idini yabo.
4. Etc
Manshaa Allah
Aho abaslm barababesha kubera namwe murabahakanyi niyompamvu idini rya kislm ntokwigera ninjira mubamuzirima aho nuwoshaka akanca izosi novyemera komunyica ariko kuva inyuma ya Kritso Yesu ntivyokunda kabisa
Mwabamizirima nimwicecekere kuko abarimwo bica abakristo mumahanga sabayislm mbega mbaze idini niryo ritwara umuntu mwijuru rekasha uwutabazi muzavyishura Yesu niwenzira nukuri nubugingo ntawuja kwadata atariwe amujanye rero nubwo mwompana niki nticokunda kondabakwirikira mwebwe vyongora kabisa
Arkose Hajj ko MBA nifuza cyane kuba umu Islam arko njyewe nkaba nashaka kuba umu Islam Uzi icyarabu nakora iki?
Impamvu murwanda mutazana ubwihebe namategeko akomeye hano murwanda mushatse kwiheba mageragere irakinguye nicyo mutinya ariko ubundi mwakwiheba
Manshallha
Aslam arayikum ww umvamwe murabamber mukanikuricyir muyobore abantukok barimubujij cyan
Manshaa Allah Tabaraka llah
Uwo nawe ngubwo aravuze ngo yarumurokore muri restoration church warumunyedini ntiwarumurokore nyamurokore
Aba Islam barayobye and it breaks my Heart
Umva mbese ngo ntamusiramu wakoze Jenoside Ngeze Hassan yari umukristu se?
Abadive Bafunze mumutwe😂😂Nuburyo abaza nta kinyabupfura kirimo
Ese kuki musoma umurongo umwe gusa mwagiye musoma igice cyose
Ariko ubundi murategura peee kuki mubeshye
Mashallah Allah Akbar
Koran yemera yuko Yeshua ari Imana kandi yuko azagaruka , n'abantu bose bazamukurikira.
Ndi Mugisha Deogratias ndifuza kuba umusilamu
aba islam barakijije abantu benshi mu burundi(1993) no murwanda(1994)
ese mwatabaye mukamira nayo ikamenya idini cyacyane kugasoko🙏🙌
Rwose ntimukavange ibintu
Muzahakana gukiranuka kw'Imana ariko Yesu Kristo mukamuhakana
Ubugingo buhoraho
Nukumenya Imana yatumye Yesu Kristo ndetse na Yesu Keisto
None wowe urabisiribanga
Ukavuga Imana ariko ugahakana Kristo
Ubugingo buhoraho
Kristo wapfiye, akazuka aho niho ubungingo buhoraho buri
Nimutamenya ukuri uko ariko muzashyisuka mwarimbutse
Kuko ntayindi nzira atari ukwemera Kristo nkuwaje mwisi aje kugaragaza Imana yaraginza agapfira ibyaha byabanyabyaha akabihanirwa ariko mwebwe murabihakana
Muraho ni amahoro ?
Fungura urubuga"INYANDIKO tv'"
Hari ibindi tugomba kumenya
Kamana namupenda zayidi❤❤❤
Mu Rwanda hafunzwe ibyihebe 50 byabasiramu byagejejwe imbere yurukiko byakuwe mugihugu hose bashakaga kujya mumutwe yabasiram
Hhhh so funny idini numuntu biratandukanye kusambana tubyitirire idini yawe kand yarakubjije
Nigute namenya uko navugana nuyu Sheikh ushuka abantu
Mwitubeshya mwica abantu mukabyita djihadi
You were nice
ABA Islam bambara neza cyane❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ntamusiramu wagize ute, muri, Genocide? Baza, ibya Yusuf I cyangugu, Nyakabanda uzabaze abitwaga ba Simba (ISSA) ba Majojo wiyitaga major rupfu agendana imbwa bo ntibari abasilamu
Iyo bavuze abaislam ntabwo baba bavuze umuntu kugiticye ahubwo haba havuzwe ubuyobozi uzagaragaze umusigiti umwe cg ishuri rimwe cg ikigo cyakiislam nakimwe cyaba cyariciwemo abatutsi bishwe nabaislam. Icyo nicyo Kiba kigambiriwe
Ariko uzarebe za Kiriziya cg insengero ibyakorewemo kandi bikozwe n'abayobozi bizo nsengero.
Icyo rero nicyo gipimo gishingirwaho havugwako abaislam batijanditse muri Jenoside
Naho bariya watanzeho ingero ntacyo baricyo mubuislam kandi bariya si urugero rw'idini.
Mugihe abandi bo bari abayobozi bamadini yabo bakaba nimbonera muri rubanda
Mashallah
Ndabakunda 23:40
Ako mujye mukoresha igitabo cyanyu kiraryoh umuntu ushak kumenya nyagasaniw aba umusilam byanyabyo iyo umaje kumenyak nyagasan ariwe muremy waburikin biguh kuvugang imana niyo nkur
kuberik umugabo yambara ikanzu
Eeeee
Aha mu kuva 21:10 muvuga ikibazo cyanyu musoma agace gato mukabeshya abantu, kuko aha bavugaga ku mukobwa w' umunyagano umwami atishimiye. Rero sinumva impamvu mwahita mubisanisha no gushaka abagore benci, ikindi abraham yashatse ketura sara amaze gupfa. Mwigishe abantu kureka ibyaha no gushaka Yesu kristo pana kubigisha idini iyariyo yose
Urabesha cyane ketura wee yaru jakazi cyagwa umukozi wa Sarah kandi Sarah niwee wabiisabye Abraham ko yamushaka ketura akamuha umwana
😂😂😂😂😂😂😂 mugitsutsi mugihutuu
Aka kantu karansetsa rwose Burigihe iyo numvise ngo "IDINI Y'IMANA, idini y'IntumwaS" hhhh. Uwumva yamfasha nanjye nkabyumva ashyireho numero nzamuvugishe
Shyiraho iyae baza kuvugishe
Nta wabinyumvisha muvandi, uko niko kuri kandi
@@nsengiyumvafrancois4837 niba ntawabikumvisha urashaka ikise?
Sibyo se nyn kuki ari kurushywa n'ubusa niba ntawabimwumvisha
Islam niyo dini y'ukuri tu
Masha Allah ❤
Murakoze cyane idini ry abadvantiste bariga Kandi bakabaza
Niyoyita Urakoze Cyane
Ndunva aribyiza kuko mwemera bible mukanasoma amasomo avuga yesu,atari wawundi Muhammad
Itangiriro 2:1-3
Kuva 20:8-11
maana ya Dini nini nauliza?
Iyomugeze kunshinga yo guharika murishima cyane bikambabaza 💔🙄😌ariko allahakbar subhan'allah 🙏❤️
noe x basilamu kuki mubanza guca amazi imyemerere yabandi urabanza kubaza umuntu ngo numugore kuko iryo zina abageni ba yesu mutarisobanukiwe nicyo gitumye mumwita umugore
NTA dini n’imwe baho yerekeza abantu mu ijuru mwese murabeshaaa ikindi NTAnzu y’Imana ibaho itari umubiri wonyine Rekana nibizu mubamo mwese.
Aburahamu yashatse undi mugore nyuma yuko Sara apfa, mu ingangiriro 23 niho hari urupfu rwa Sara.
gushaka umugore urenze umwe ni irari nubusambanyi bukabije. noneho kugira abantu babyemere mukifashisha ibyanditswe mubigoreka, no gukandamiza abagire. none abagore bo bemerewe gushaka abagabo barenze umwe.
iko ndani ya quran kuuwa ni halali kwa muruthadi munauwa
Muzoze gutembera burundi i gitega mukore umu hadhara je ndakunda seguin cane na hadji purana na kamana
Ubundi mwabaga hehe?
Asslam alaikum warhamathullahi wabrakathuh, mazamaye video
Wowe sheikh uvuzengo muri Isram niho batanga umwanya wokubaza gusa sibyo nomuba Dive umwanya uratangwa Cyane rwose
Wakoresheje igitabo cyanyu mukareka kuvanga ibitavangika? Rekeraho kubahuka bigeze aho.
A SALAMA wabarakatu arikumadini wabarakatu intumwa yamadini yose ibahe kujijuka mwese mute ubugoryi n’ibishaka kuko nabwo sinziko izabibaha 😢.none?
Masha Allah Tabarakallah Allah Ashyirem ❤❤❤❤
Allah Akbar
Allah awafanyiye wepesi Kati kamambo yenu tunawapenda sana
Man sh Allah
Ariko se ibyanditswe byera mutanga ngo basome muba mubyumva kweliii 😭😭😭
May Allah open Doors of Goodness to you
Mwigishe abantu kubana neza mumahoro muve munyungu zanyu nizamadini.ubugome bwuzuye isi namwe butabasize.
Mansha Allah!! Nukur ALLAH Ajye abongerera muri byose!! Nukur uyu murimo wanyu kbs ALLAH Ajye abongerera!!
Maa shaa'a Allah
Niki mwavuze cyamarira abantu Yesu ninzira Nukuri n'ubugingo utamwemera nawe ntazamwemera imbere y'Imana
Mashaa Allah Tabaraka Allah Allah akurinde kd agukomeze ntuzongere kugwa mu bishuko byu ubuyobe n abandi ba meze nkawe mukobwa mwiza batinyuke bagaruke ku Mana yayo
Manshaalah 🌙🕋💓
Arahari umunyarwanda wabaye icyihebe (umwana wa presindent wa PDI
Nta muslam wica inzirakarengane kuko Imana itubwira ngo ntimukicane
Uyu mu hajj arashimishije ❤❤
Nimukomerezah ishall muzobazan nabarikur bos muz mubazan
Komera muyobozi
mwe mumeze nkabafalisayo
None se ko musoma bibilia mukagira abantu abasiramu muravanga amata nubushera
Barahari bishe abantu muri jonoside
Masha Allah kadusabe Allah abongerere ubumenyi
Kuzamura ijwi cyane bivuze iki?
Mashallah
Allah abarinde mubikorwa vyanyu vyiza
ManshaAllah uyu musheikh ndamukunda kubera Allah
ManshaAllah
Mash'Allah
Mashallaa
Manchallah
Cheh imana iguhe umugisha
Mansha Allah
nipe aya ndani ya kitabuceni kinasema kama uisilamu ni njia ya kweli na uzima miye ni silimu
Qoran 3 mustari wa 19
Qoran 3;85
Good kbs
Ukuri iyo Kwaje Ikinyoma kirahunga
Komereza Aho Ya Hadji Kamana Séguin
Assalamu Aleikum Warahamatullah wa barakath umez ute said ntago wansusha number z Seguin
Assalamu Aleikum Warahamatullah wa barakath umez ute said ntago wansusha number z Seguin
Kiki abaslamu murwanya Yesu mumwemera ntimwamujyiyeho impaka bamwe mukicana bitewe nimyumvire yabigisha nabi