ABAFANA Umupira w'amaguru KWAHERI MURABEHO Ubugingo bwanyu BWAMAZE Gutambwa/NTIMUTEZE KUZAKIZWA
Вставка
- Опубліковано 4 жов 2024
- #WHATSAPP_+250788266238_+250788733808
#AYALONI_TV #CLICK_SUBSCRIBE_LIKE_and_SHARE
#DUTERE INKUNGA Moble money +250788266238#
Turabaramukije mwese bene Data bakunzi bacu iyi Channel twayishinze bigendeye kuri SMS twahawe n'Imana yuko tugomba gufasha abantu bose bashaka kujya mw'Ijuru, kumenya ijambo ry'Imana, ngo bave murujijo rw'Agakiza ndetse n'urujijo rw'inyigisho z'amwe mumadini ziri kuyobya abantu na bamwe mubahanuzi bari gusenya ingo z'abantu kubera ubuhanuzi bw'ibinyoma. Ndetse n'ibindi byinshi, muzagenda mubibona uko tuzakomeza kubana.
Iyi Channel nta dini narimwe ibogamiyeho niyo gucishaho ijambo ry'Imana ndetse n'ubuhanuzi Imana iduhaye yaba uwo itumye cyangwa se natwe ibuduhaye. Murakoze cyane kubwo gukomeza kubana natwe. TURABAKUNDA
chat.whatsapp....
👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆👆
NIBA WIFUZA GUFATANYA NATWE UNO MURIMO NO KWIGA BIBLE joning kuri runo rubuga
Ntimukaduheze mu rujijo! Ikibazo abantu bafite ni ubukene n'inzara, intambara zidafite ishingiro naho kujya mu ijuru abo Imana izashaka izabatwara kandi abo idashaka ntaho bazajya!
Kuja mwijuru biragoye nubuntu gusa
Uzabure gusenga ngo ijuru rizakwizanira mushake ubwami bwimana ibindi muzongarerwa
Aha rwose muba mwabuze icyo mwigisha. Mwigishe ubutumwa bwiza bwa Yesu kristo kuko ibi ntibikiza abantu iby'icyaha.
Murakoz cne muhezagirw, umupira kwer jew ndabirab bikambabaz, ukuntu bitaho mupira birambabaz ugasanga batangaje igikorane ntanabajayo, cank ngo bapostinge ibivuga Imana 😭😭😭😭😭😭
Murakoze cyane ibyuvuga nukuri nanjye iyo ndebyefrime shika imbaraga cyane nakazi sinkashobore ariko nareba amakuru nibindi biganiro singire icyibazo twirinde duhagarare neza ibitugusha nibyinshi
Kokose😊
Mana nyagasani kobitoroshe nikibazope yesu natabare
Ntacyo imana izakora itabanje kuburira abantu Bose yego no mumadini birimo murahagarirwa gusohoka muri baburoni
Biragoye ko abantu babyemera,ariko njye ndabaha ubuhamye ndi umugore wakundaga umupira kurwego rwehejuru kuburyo ikipe yanjye yatsindwaga nkarira abo murugo babaga bagowe kd natangiye kuwukunda ndi umwana muto ikibabaje umugabo wanjye ntiyakundaga tugatongana nkanjye kwihisha ngo nkumve nijoro byari bigoye ariko ndashima Imana nawuretse mbanumva umuntu bwImana pee!!!
Cyz aba paster bubu murasetsa pee ubuse Imana yahaye impano abakinnyi ngo ibatunge yari yibeshye murye mwigisha ibyimana ibya football ntaho bihuriye nonex woe wamenye ko football ibaho gute ahubwo numvise usesengura neza ❤❤❤
Abo bireba bari kubyumva.wowe ntiwabyumva kuko ntabwo bikureba
Mbonye hari abagututse ariko imana ibafashe nkawe ikoranabuhanga imana yemeye kuribaho kugirango isi yose iburirwe
Ye'ashimwe! Nishimiye iki kigisho umubwiriza atanze . Ni umuburo ku bashakira umunezero mu bufana bwaba ubw'umupira,AMAdini,amashyaka ya politics n'ibindi. Pawulo ati:" Ntimukagire ikintu cyose mukorera kwirema ibice. "
Mu by'ukuri dukwiriye gusesenguza Jambo ry'Imana ikintu cyose duhura nacyo.
Ubundi. Gusa ku kijyanye n'abadayimoni ni ukwitonda kuko ntagira uko asa biriya ni ibiremwa by'umwuka nta mahembe bigira nta mirizo, bigenda byihinduranya uko bishatse nonese Satani ntiyiyeretse Umwami Yesu ari mu ishusho rya Malayika, umudayimoni ntiyiyeretse Sawuli mu ishusho rya Samweli?
Mwuka wera aduhe gukunda no kumenya Jambo ry'Imana.
Ubanza aribyo nanjye iyondigusenga bihita byivanga nkahita nekereza abakinnyi bagiye gusinya gusenga nkaba mbivuyemo so Imana idufashe
Imana iguhumugisha Mukoziw'Imana jewe naravyumvise kera umupira nukuri ntabwa umu Kristo akwiyekuwuraba Imana utubabarire murivyose.
Wagiye wigisha Ijambo ry'Imana ukanavuga ubutumwa bwiza ukareka Ibyo
Avuze ukuri mugenzi
IMANA ishimwe cyane kandi iguhe umugisha
Ibyo nukuri kandi nihishurirwa rikomeye.
Murakoze cyanee Imana irengere Roho zacu👏🙏🙏🙏
Imana iduhangaze pe kuko ndumva twaraboshwe na satani
Ariko njye ndumva nkurikije Ubuhamya utanze wowe wari addicted ku mupira...
Uretse n'umupira, n'ibindi byose wajyamo cyane, ukabirutisha Imana, byagabanya ubusabane n'Imana.
Vanessa nubwo nasanga barikurya inyama arumupira sinaryayo simbikunda nagato habe
Noe kombona Team zifis ivyobimenyetso kozitakomeye
God bless you for advising us so,l wish to never watch football picture of evil!
Mudufashe gusengera abana bacu bakunda umupira kurwego rwohejuru kandi iyo mbabujije banyita injiji
Nabemeraga sriko aha ho ntitwemeranya kuko icyaha ni gatozi kandi icyaha nigitandukanye nurukundo, ubwo rero amadini yananiwe kubiba urukundo mu bantu, birangira abuze abafana amafaranga bayihera umupira, nkuko abapasteur bakoresha amarozi nkuko nabakinnyi bamwe bayakoresha ubwo rero. Mubibe urukundo kuko ruhwanye nimana
Hhhhhhhhh njyewe mbina abarokore twarasaze Burundu ubundise ikitari icyasatani nigiki
You got it, guhera kwitangiriro rya byose satani yoherejwe mw isi, ibyo benshi ntibabitekerezaho, isi ihagarariwe na satani.
Nukubaka ngura
Wasaze wenyine.ntugashyire abantu mu gatebo kamwe
Amen 🙏
Imana idushoboze gukanguka mu izina rya yesu 🙏
Kuber ibihe turimo abantu twabaye ibyigenge ntago twabasha kunv,ukuri yes,.aturengere
Mujye muvuga no ku mihango yo kubandwa no guterekera byo mu miryango dukomokamo kuko nibyo bitugiraho ingaruka cyane kuruta ibyo bibera muri football
Abantu b'ibikange barakangana koko 🤔 ntabwo muvuga ubutumwa ahubwo muratuka ubutumwa! Yesu ati mwarahabye kuko mutamenye imbaraga z'Imana.
Ese ko Yesu yavuze ati icyo muzahambira mwisi no mwijuru kizaba gihambiriye kuki twatinya ibyo bimenyetso Kandi Kristo arihejuru yabyose
@@mukamaemmanuel3228 cyane rwose! Yaravuze ati ibyo ntibizabura kubaho ariko ntimuhagarike imitima! Aba rero baba bashaka gukura abantu imitima ngo byacitse.
Murakoze cyane. None ugice kivuga kuri film umuntu yakibona gute?
Izi nyigisho zikwiriye kwigishwa benezo naho abajya mu ijuru buzuye Mwuka Wera bo nta mwanya babona w'ibi.
Impamvu mwigisha abantu bene ibi ni uko namwe mwatesheje agaciro imbaraga za Mwuka Wera!
Ufite Umwuka Wera Muyobozi nta kibazo afite vraiment!
Ahuko se ubu arikuvugiki koko
Mumireke ntaco abwire abo bakibifitiye umwanya sibyo
Seigneur Jesus aie pitié de moi!! Delivre moi du football et de tous ces qui sont simulaires
Twizera imana ibindi ubundi
Muri buri ikintu hariho Mpwemu yera akurongora yuri muri Kristo Yesu jew ndaraba umupira ariko jew sindigera ndota nabi kubebera umupira kandi ndawuraba ubu rero ko Yesu yavuze ngo ntawusaba Imana nitunga tureke kurondera ubuzima kuk ndazi abo binanira bibananira bagerageje kurondera ubutunzi ahubwo Uwubikunda kurusha ukwakunda Imana niwe bizomugirira ingatuka
Ahubwo wowe nta kintu uzi. Ntuzi n'ibyuri kuvuga.
Ureba umupira n'utawureba Bose bakoze ibyaha ntibashyikira ubwiza bw'Imana.
Muve byaha, Mwakire yesu nk'umwami n'umukiza, muse nawe mubyo mukora byose
IMANA IDUTABARE
Nanje ndiko ntwarwa mwubwo buryo. Abantu nka wewe barakenewe vraiment. Twaratewe ntitwabimenya. Muhezagirwe
Numvise ngo har match yaba ya ba Pasteur muri adpr
Imana iguhe umugisha
Namba uri paster uratahura nabi cane vrmt ubuzima bwawe nka bwose wari wabuhaye umupira non bakubwiye ko kugendera munama zababi arikuja mumupira😂😂 inamazabi nibarya mupangana ibintu vyivyaha kanaka mugomba gukora uri murugo ukamenya ishingano ryawe kumugore numwanya wokubana n'Imana uvuzuko hano mwisi ntahantu woronka uba mukazi abo muhura aburaba urumva uba wifatanije ninama zababiii
Yewe nukuri ubu ndasobanukiwe IMANA ifashe abagabo bo mu Rwanda bave kumupira kuko turugarijwe
Nanjye rayon yaransajije😢😢😢
Komera cyane
Ubutatu bwa satani tububona mubyahishuwe igice cya13
1 Ngihagarara ku musenyi wo ku nyanja, ngiye kubona mbona inyamaswa iva mu nyanja ifite amahembe cumi n'imitwe irindwi. Ku mahembe yayo hariho ibisingo cumi, no ku mitwe yayo hariho amazina yo gutuka Imana.
11 Nuko mbona indi nyamaswa izamuka iva mu butaka. Iyo yo yari ifite amahembe abiri nk'ay'umwana w'intama, ivuga nk'ikiyoka.
(Ibyahishuwe 13:1;11)
Wari warabaye addicted ku mupira , Kandi uzarebe ikintu cyose ukunda cyane ubwo ko bugeregeza ku gi storing bigatuma ugikunda, so tuziko ibintu byose mbambona Imana yarabiringanije , kuko bariya bafana batagiyeyo ntago abakinyi babona ibibatunga, isi yubakiye kucyunyoma , ubwo rero uwunva arunva ark gufana ntago byatuma ureka yesu ,byose ugomba kubigiramo ubwenge ,
Genda mwigishe ubutumwa bwiza bwayesu. Abantu twihanibyaha byacu naho ibyo ntacyo bifasha
Pole sana
Kwigisha sawa iyo wigisha ubutumwa bwiza ubusenya satani nawe ugutegera kubyo ukunda byomwisi nuwo numutego kuko birebwa nabantu benshi
Ntaninyigisho yubutumwa bwiza buba burimo
Ibi bireba umuntu ukijijwe ariko ukunda gufana
Witubeshya mwana ahubwo njye nibaza impamvu abapasteri barya amaturo ntibaheho abacyene , kugirango ubone umupasteri ufasha abana babakene numwe kwijana .Imana izaduhembera ibyiza twakoze . Chelsea ntakibazo ifite dufana ikipe ntidufana ibirangantego😊
Nibyo kbx
Uzarebe iyo ufana ukuntu uhorana umujinya n'urwango ku bantu mudafana ikipe imwe.
Satani ntaho adakorera, niba adatinya kwinjira aho benshi bita mu nsengero basomera Bibiliya nihe atagera? Mube maso tugeze mu minsi mibi Kandi Uwiteka adukomereze kuri we mu izina rya Kristo.
Urakoze mukozi w'Imana uwo kumva yumvise
Nyagasani aguhe umugisha utagabanyije
Amazing
Sinkunda umupira niyongumva urambangamira ngeanga byogupfa imana itabare ubwoko bwayoyo
Kwiyita amashitani atukura nuburyo bwo gukanga amakipe ngo atinye iyo kipe urugero hari amakipe yibihugu yitirantwa ninyamanswa zinkazi intare amavubi ingwe recyeraho twakumvise utatuyobwa
twari kimwe nange narinarabaswe namakipe nawucitseho
umwuka yansanze arandondora awuncaho ikipe ni (1)ni yesu Kristo
Siga Aho kubeshya ,
Ishusho ya Dayimoni Urayizi? Dayimoni Asa ate?
Nimwigishe ubutumwa bukangurira Abantu kumenye Yesu Kristo neza naho ibyo ni amagambo ejo muzavuga ko no kurya byazanywe na satani.satani ntarusha imbaraga Yesu Kristo Umwami w ijuru n isi.
Wagiye wigisha Ijambo ry'Imana ukanavuga ubutumwa bwiza ukareka Ibyo, uwo kubona ubugingo azabubona ntimukadutere ubwoba
Nanjye nagize vision kuri cherce mbona ko ari ibyikuzimu
Hhhhhh Manu for life ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤,
Uretse abafana se abakinnyi bo byifashe bite ko hari aho dusanga ari akazi nkutundi twose?
Ntago mbyemeye namba, nonese uravuga ngo icyo kirango ni satani wabikuyehe Isura ya satani wayibonye he? Ikindi kd kuba ikipe yakwiyitirira inyamaswa runaka nukugaragaza ubu kana bwayo ntago aruko ariyabadayimoni, so kd umenyeko mumupira habamo nabakinnyi kd bakijijwe ubwo rero tandukanya amaranga Mutima yawe nokuba nokwangisha abantu ibyudakunda😢😢😢
Murakoze kumbanuro mutanga
Nemera KO Ari ibirangaza abantu naho imihango yashitani yo no muri ayo madini byuzuyemo ubwo rero nayo murayareka ?iyo utwaye ishusho ngo uratambagiza umubyeyi,wagera kugishjshanyo ukacyunamira,ukabeshya uvuga indimi zidasobanutse,ugasenga sunday
😂😂😂😂 Nawe w'umudive ntacyo ubarusha kuko aho kwemera Bibiliya n'ibyo yigisha wizera ibyo mwita "ubuhanuzi" bya Ellen White kandi mubizi neza ko byagiye bigaragara ko byuzuyemo ibinyoma.
Imva kigiryiì....nawe nuwo yesu ufana ntakuri kwe umufite hooo
Nuko utazi nawe nibyufana iyobiba uretse kwicare imbere ya screen gusa
Jye mba mbibona babikina ndeba...naho uyo mukoloni wamadini mutigeze mubona si 7buswa nubusazi koko
Ubuswa Bwambere nukwibwirako woe Uzi Kandi ntacyuzi. Ubwose nkawe Koko utaranahura numukinnyi numwe wa man.u cg real Madrid wakicecekeye koyanakweretseko nomurwanda uburozi burimo. Iturize ibyamadinibyo ubireke
@@samuelniyikiza ikibazo ni:ubizi ute ko ntanumwe turahura??kabone nubwo naba ntarahuye nawe,ikibazi kiri he? Igikuru si uko awuconga nanje nkamureba
Uretse no kuwukunda turanawukina ubyo rero sinzi niba ibyo uvuze niba ari ukuri
Wakopeye intigisho za sheikh wo muri kenya urabeshya jyenda
Thanks jususe beacuse protected me like football
Ako Mana@English!!!😂😂😂
@@joannah128 😂😂😂😂😂
Mana nimba ncumurira mu kureba umupira umbabarire kuko njyewe ndabikunda ariko Mana umbabarire nimba koko ari icyaha nciye bugufi imbere yawe.
Baragushuka
Wowe uri impumyi buriya ntubona se😊
Mwicara mugambanira abantu, mubeshya, mwiba, muhanura ibinyoma mubizi neza, muvangura amoko y'abantu, musambana, n'andi mabi mukora mwarangiza ngo umupira w'amaguru niwo cyaha? Dore abafarisayo bo mu gihe kigezweho😢
Umupira si icyaha ariko ibisindisha nibyinshi bibuza umwanya wo gusenga rero twagobye kubivaho burundo tugakunda ibyi Imana kuko ibyumupira ntacyo bimarira umugenzi ujya mw'ijuru
😂😂😂😂
Niba aribyo nawe icyo gisiga kirihejuru yumusara numudayimoni wumweru
Musengere base umupira urimo satani wabase abagabo yewe umupira ubakururira kunywa inzoga
Igihe itorerero ririmo kiragoye ariko ntakizabuza abayuda gutabarwa uwo ntaho abahishe ntabwo jye ntunguwe yesu ntacyo atatubwiye ariko nyiribihe ari mumitima yacu kuko araje kandi Azande ingororano
Wewe urabesha cane reka kandi uvyihane Yesu kubitangaza yakora haraho bamwagirije ko ibikorwa akora arivyumudayimoni yamwishuye ngwiki? Ntabwami butera ubwabwo bwami ariko Ecupe ihangana niyindi Ecupe iyitsindwa igatsindwa kandi umudayimoni atsindwa mugihe wasenze cane ukanisonzesha. Ariko izo team uvuga kwa zasatani ziratsindwa atanamasengesho yahabaye abaroga baroze bikanka ahubwo wovugako harimwo n'Imana hamwe na satani nkuko burimuntu agira uruhande rwiwe ahitamwo gucagura. Icakabiri gusenga Imana bivana nuko uhagaze muri Mpwemu. Nkubu ntiwonsanga muhira ngo nuko nkubonye nkacanja kwambara ipantaro? Canke ndi muri sport bikanka ko nsenga Imana yanje ngo nuko ntambaye ipantaro 😂😂 Uhoraho ntaraba nkuko abisi baraba kuk Uhoraho araba indani mumutima ivyo navyo abandi beretswe mutarikumwe ngomuvyerekwe Mwese wirinde cane kuvuga ivyo utazi jew simvuze nguhene hama uje imbere Y'Imana ariko namba uri muri Yesu urongogwe na Mpwemu Yera gusa nyene hariho abagiramwo bakibagira Yesu kubwumupira kuk batahaye umwanya Imana. Ariko Uwuba mumupira Yubaha Umwami wacu. Azobona Ijuru jew ngomba no kuwukina.
Mwagiye mumenya kubaho mutanduranyije koko 😂😂😂 umudayimoni? Tuvire ku makipe Sha ni Imana yayaduhaye ngo adushimishe wijyaho ngo uyaharabike wowe x Imana igutuma guharabika abantu?
Gumana na satani na dayimoni sha 😊
@@abrwanda hhhhhh Chelsea na Madrid Imana yatwihereye Sha ngo ni iza satani😂😂
Baraguha Ibimenyetso nawe uti biriya sibyo
@@abrwanda ni ukugoreka igisobanuro cy'ibintu bitewe nicyo agamije ntaby'abadayimoni 😂😂😂😂 ngaho azashinge ikipe ye ashyiremo malayika maze nidushimisha nayo tuzayifana kuko na APR twihebeye irimo intare kdi inyamaswa ndumva azibasiye😂😂😂😂
Abarokore murasetsa Cyane , none reka tubyemere ibyuvuga, none iyo UA-cam ukoresha, iyo telefone CG iyo bank card ukoresha Cg ikoranabuhanga ukoresha nibande bari control? Naguseka ubaye ubikoresha
Njye ndabona aribyo koko
Uziko wagirango ijuru niryaso uvuga bajyayo natazajyayo
Impamvu yogishije binukugira mukanguke mumenye kuri
Uziko wagirango ndakangutse
Ibi bintu bitubaho
Hhhhh urabura kwigisha umutumwa bwihumure ngo umupira ngo ibikii mwabuze ibyo mwigisha kokooo mphaa😅
Ariko kowabuze ubwenge urabura kwigisha Inzirijya mwijuru ugatumwanya kubyagukoroneje bakubwiyeko yesu yaje gushaka abakiranutsi gucirabantu urubanza nibibi Ahubwo wajyayo ukahakura umujyeni wakristo😂😂
Uyu mugabo ahubwo match zaramutwaye ashiduka biri kumusenyera none yarabizinutswe none ari kubisebyaaa!!😃
Nabazimu barimo gusa🎉🎉
Se ubwo nkawe abazimu Uzi abaribo? Mwebwe ntimuzi ko umuzimu Ari ikinyuranyo cy'umuzima?Sogokuruza wapfuye ni umuzimu ?iryo Zina witwa wabatijwe Nyiraryo ni umuzimu niba yarapfuye ,umuzimu ni ikinyuranyo cy'umuzima please
Nibyo abadayimoni benshi baruhukira mu mupira ubuhamya nibwiza ezekeri ati babwire naho batakumva amaraso yabo ntuzayabazwa
Aho turemeranya pastor 😢😢😢😢
Network irampemukiye mba nteye agatebe nkabyumva neza (nsomye title gusa !!)
Sinkunda umupira ndashima Yesu yabindinze❤❤❤❤
😂😂😂😂😂😂😂 Yesu ntaho ahuriye n'imipira ntimukamubeshyere
Hhhhhh ark satani we afite aho ahuri we nuwo mupira
Uriko mwabuze ibyomuvuga abayaraye arwana na nyabingi ziwabo
Wowe ntituri kumwe
Ivugire wigendere kuko nahumuntu yazuka bareba ntibakwemera kuko amatwi yabo arimo ibinure
Ni woe utanga ijuru umu pastor muzima aca imanza ahubwo woe ntabugingo uzabona
Ijuru niryaso c??
Nugusenga
Byanditse he se ko kureba cg gukina umupira ari icyaha? Urabura kwigisha abantu icyabateza imbere cyazamura imibereho myiza yabo ukirirwa uterateranya utuntu tudafite ishingiro nonex ikanya cg igishushanyo k intare n ubuhangange bw'Imana bihurira he?
Uzabihungirahe ko Lepresant yabitangije mwitorero ? Ngaho musange umuhugure
Ibi byrarindagiye.
Ariko umudayomoni ni iki??
Ni ifoto? Ni umwuka? Ni izina? Mwararushye
Nawe Uri irindi dayimoni
Mwabuze ibyo mwigisha? Mutandukanye abakora ibyaha n'umupira w'amaguru, inyigisho zipfuye nkizi zibatesha agaciro.😂😂😂😂😂😂😂😂
Si ngombwa ko uhita ubyemera cg ngo ubishyikire nonaha.
Ariko igihe nikigera niba uri umwana W'UBUGINGO uzabibona.
Ubundi c umuntu ni gute afana abantu bitwa amashitani???
Abo abwira barabyumva neza erega kdi birabagirira akamaro.
Niba wumva ko ntacyo bikubwiye ntutekereze ko abantu bose mutekereza kimwe !
Benebyo barabyumva kandi barabisobanukirwa.
Buriya umuntu wese asa n'ibyo akunda.
Ubundi umuntu iyo akunda ikindi by'ukuri aracyiyegurira.
Niba UMUNTU akunda Imana ntagomba kuyibangikanya n'ibindi byose.
Pawulo yaravuze ngo "ibyari indamu yanjye nabibonye nk'amase.
Niba utabasha kubishyikira ntubyibazeho cyane abo kubyumva barabyumva.
Agakiza kanyu gafite ingorane kuko kiziritse ku bintu by'amafuti aho kugirango kizirike kuri Kristo.
@@rwangizamirerarwamuhandang7770
Reka tubihange amaso igihe gihishiye abantu byinshi.
Gusa abo bireba buriya ngira ngo baba babyumvise ahari.
Ibyo uvugs ni ukuri kbs
Uko ni ukuri pe
Amashetani y'Umutuku ubwo si Equipe bita: " RED DIVILS"?
Yooo nivyo nanj ndawurorereye mbura amahoro no kuryama bikanga kl
Niko kuri ntamukrisito ukwiye gufana umupira
Nivyo kabisa nico gituma aba fana basa nkaho ata bwenge....