@@user-se7ek3in7ereka reka ibyo se isi ibyemera he kdi uwabikorewe arega agahabwa ubutane mugihe udashaka kumubabarira.hubwo abantu bamwe babikora nibo babisigiriza ngo berekana KO bisa nabi kuri bamwe .ubusambanyi Bwose ni bibi nababukora bamenye KO byica. Même nabatarashaka nabo ubwabo ubusambanyi bwiza umutima ndetse bwambura nicyubahiro nyirabyo nubwo wabikora ntanakuzi ariko umutima wawe uhora ukwemeza KO uri mubikorwa bibi pe.
TK,uravugisha ukuri kabisa...gusa Imana nayo yararenganye kuko hari abagabo bakabya mu guhohotera abagore babo bagera mubantu bakiyerekana ko bari fidele....
Ibyo uvuga nukuri mubyeyi niba wumvako uyu mubyeye avuga ukuri ndemera unkandire kwifoto urakoze 🎉🎉🎉
Nta mpamvu n' imwe yogusambana ikwiye kubaho kubashakanye, yaba umugabo cangwa umugore.
Sabin, igihe kirageze ngo muze muvuga muti: gusambana vyamaganwe, kuko bizana umuvumo m' umuryango no ku gihugu.
Kandi na Yezu Araje vuba kwerekana ivyo twakoze vyose guhera kumyaka 8 yo mu bwana bwacu.
Mwigishe abantu kwigarura, bayoboke Imana. Kuko utazi Imana ntiwubaka
Umugabo yemerewe kujya hanze ariko umugore ntabyemerewe Niko Isi iteye
@@user-se7ek3in7ereka reka ibyo se isi ibyemera he kdi uwabikorewe arega agahabwa ubutane mugihe udashaka kumubabarira.hubwo abantu bamwe babikora nibo babisigiriza ngo berekana KO bisa nabi kuri bamwe .ubusambanyi Bwose ni bibi nababukora bamenye KO byica.
Même nabatarashaka nabo ubwabo ubusambanyi bwiza umutima ndetse bwambura nicyubahiro nyirabyo nubwo wabikora ntanakuzi ariko umutima wawe uhora ukwemeza KO uri mubikorwa bibi pe.
TK❤, ikiganiro uvugiye abagore bose, uziko wagira ngo uri Imana, niyo irebera hose icyarimwe.
Sha nukuri ingo zirananiwe pe
Wa mubyeyi we ugira ibitekerezo byiza nta mugore wo gusambanira mu rugo ukirurimo ✅
Abakumbuye theo na gafaranga likes zanyu zirakenewe
Babwire chr wababarira ute waraboze kubera guceceka🖐🖐🖐
Komerezaho.mubyeyi
Hari numugabo utaguha nakimwe, ukabyiha mukazi ukora, ntusambane, ariko we agahora agushinja ko Usambana.
Icecekere muvandi ntanarimwe igihe cyose relationship murugo itameze neza byaca mugutwi ngo bihinguke mukundi harahantu byisevinga utazi😢😢😢
@@Arazavuba-mz3gh
Uzi kwitwararika ntanicyo umugabo yaguhaye wimenya kuri buri kimwe, ariko yarangiza shahu agahora agushinja ko ufite abandi babikora? Kubyakira biragoye. Ntanubwo byanakunda.
@@aliceuwizeyimana9681 wenda abantu ntibakiira ibintu kimwe,ariko niba ntacyo umutima ugushinja ubwo amagambo y'umuntu udafite nicyo akumariye ni ukubera iki wayaha umwanya m'umutima wawe akajya kukwangiza?
Mwige kwikunda Ku rwego naho isi yose yakwanga urwo wikunda rwaba ruhagije ibyo ubigerekeho kwizera KO Imana ikubereye byose byose wumva wifuza.
Ikintu numva cyakaguhangayitse n'ubukene bwonyine naho ufite ibyangombwa nkenerwa ngo ubeho!
Ikindi kitakwihanganirwa ni ihohoterwa rishingiye k'umubiri.
Naho iby'amagambo"" NTA NKOVU y'URUVUGO.
Uvuze ukuri pe 💯
😢😢😢 nshuti umutima urababara uziko wanasenya@@Arazavuba-mz3gh
Ndagukunze cyane,uravuga ukuri pe,nukuri abagore barahohoterwa cyane.
Tike ibyo byose uvuze nibyo Kandi byuzuye mungo nyinshi. Sabin unjyukunda kuzana Tijara n,umubyeyi twubaha cyane, inama ziwe ningira kamaro. Mwakoze cyane 👏
Ndagukunda cyane kuburyo imfura yanjye witirantwa numwana wawe witwa Chiva so I love so much ❤❤❤❤
Tk ❤❤❤ ugira ibitekerezo byubaka cyakoze ikintu mazekubona ingo zomubyaro nizo zigifite urukundo kuko ubusanga bajyaguhinga biganirira ugasanga kumeza barasangira bosenabana baseka ugasanga nibyiza
Ndi mubantu bakunda kwisomera commentaires miriy'isi😋😋😋😋😋😋😋
Ndi umu jo cyane❤❤❤ ndabakunda cyane
Jyewe nanzwe umwana muto afite amezi 3!ndatabwa ariko ndera abana banjye ubu uwo warufite ameze3 agize imyaka 14!gusa nabonye gusenga bitanga umutuzo rwose,mwihangane satani yibasiye umuryango😢gusa nkunda uyu mubyeyi❤❤❤
Hhhh Tk ihorere nubundi iyo bigucanze wifashisha x wawe byakwanga ukareba besto ubundi ugahora wiremera ibihe byiza naho kugira inama abagabo ninko guta in Yuma yahuye peees
Komera
@@laetitiauwanziga1182 yego Niko isi iteye
TK,uravugisha ukuri kabisa...gusa Imana nayo yararenganye kuko hari abagabo bakabya mu guhohotera abagore babo bagera mubantu bakiyerekana ko bari fidele....
Ndumiwe mubyeyi ntabwo uzi abagore basaba abagabo ibintu bibarenze.ari uburyo bwo kubatesha umutwe.ivugire .uniyubakire urwawe .abagore hejuru .cyane.
Yewe wagirango haruwaguhaye amakuru yacu pe that is true 😢😢😢
😅😅😅😅😅
Ibyo TK avuga afite ukuri 100%! Ingo nyinshi cyane ntabwo ziganira! Imana ijye idushoboza. Ikiganiro kiza🥰
Nl
Wazaretse najye nkaguha ikiganiro ukamenya akarengane kabagabo
Uvuze ukuri. Abantu baca inyuma nta rukundo baba bafite. Nico gituma Ari vyiza ko Boca bavana bakabandanya ubuzima separately. Mwavuze ahubwo ko abasambana baba bafite ingeso zibi hamwe n umwanda mubi cyane. Imana ibaje imbere muri vyose.
Umugabo iyo akwiyamye kumuhamagara cyane of course ca akenge kuko afite undi we akunda guhamagara yamubura agahangayika cyakoze abagore mukeneye gusengerwa kwingo zanyu pee😢
Tijara, merci ur'umugore ufite agaciro karenze. You are right, ibyo uvuze n'ukuri cyane
Tk ❤❤❤ turi kumwe kuva utangira kugeza usoza. Nukwiragiza Imana gusa nta kindi. Imana iguhe umugisha.
TK, n’ ukuri peee. She’s the best advisor.
Tk ibyo uvuga nibyo cyane nyagasani abyoroshye
Mana yanje twese tugane Tijara nmber 1 ❤❤❤
Ni ukuri uravuga ukuri. Abagabo bahimana mungo zabo bababaza abagore babo ariko nabo baba bihemukira cyane!!
Ntimuzi ubabara kurushaho,nabana sha
Kabisaaa burya ndakwemera. Ugirukuri. Kwishi❤❤❤❤❤❤❤❤❤
True, very true ariko Sabin kuve wujuze Million usigaye uca aba invites mwijambo trop trop
Ndakwemera wowe cyaneeeee
Happy Mother's day aba Mother's bo kw'Isimbitv ❤️
Care ntabwo zirangira❤❤❤.TK urakoze kutwibutsa
Uko nukuri wagirango haraho warungurutse turabikasha ubu twakoze bino💃💃💃
Mwebwe muracyavuga twe turahiye turahisha. Telephone zaradusimbuye ,yigira mukabari agataha mugicuku inzoga zamwishe ntiyibuke nokubaka urugo ,akabyuka ajya kukazi mukogera kubonana yavavaye. Iyo yaguze kawunga ntakindi waba mubaza abagore twishwe nogushaka imibonano twarumiwe.
Ooooh pole buriya aba afite ubimuranjyiriza nawe ugapfiramo.uzagure iya électrique 😂😂😂ubundi umwihorere😂
𝐘𝐨𝐨𝐨😢😢 𝐩𝐨𝐥𝐞 𝐬𝐚𝐧𝐚 𝐜𝐡𝐫𝐲
Ibi byo bireze cyane rwose,abagabo banywa agacupa ntibagitaha nicyorezo pe, Satan yibasiye imiryango
Umunsi naje mu Rwanda nzagusura pe kuko nkwigira ho byinshi
Uzamubohore umuganirize ku gitsina. Umugabo akoze mu bintu bibiri gusa. Igitsina n’ibiryo. Iyo kimwe muri ibyo gifite ikibazo, ni izo ngaruka zose zo kurara mu kabari atereta ururaya n’ibindi. Uzamwumvishe ko uri umuntu w’umunyabwenjye kandi umwumva. Niba ashaka N’aka besto wamufasha amaguru cyangwa akajya ajya kugasura ubundi aga focusinga ku rugo. Be open minded umuganirize usibye ko niba nawe ari umugabo yarakwiye kumenya uko abyitwaramo utamucishijemo ijisho gutyo. Uwo nta bwenjye n’imbaraga z’umutima afite. Umugabo numenya uko yirwanaho atangije urugo rwe. Buriya no mu basirikare bashya, ikikubwira ko wakamiritse nuko umenya uburyo bwo gutega ntihagire icyangirika.
Muraho neza turebe agatonyanga bysteven murakoze cyane❤❤
Gusambana kubagore bubatse bitera umwaku urugo🤭
Imana ifashe abagore banzwe bagafayitinga ngo abana babeho💪courage nanone ku bagabo bita ku muryango💪gusa ngunda tijara bya bcp❤
ubusambanyi bwose butera umwaku ,niba umugabo yabikora nu umugore yabikora bose ni abantu ingaruka ni zimweee
Tk ndagukunda cyane ugira amagambo meza yubwenge. Inama zawe ziranyubaka.
Thanks for your advice kbs uko nukuri
Tijalah kabendera I love you ❤️❤️❤️ urakunditse
Imana ishimwe nukuri kandi ikomeze igushyigikire nshuti warayikoreye
Sabin uyu mu mama ndamwemera hari show yakora na Murindwa twakundaga cy'umuziki mukunda cyane
UBUNDI TK NIWOWE WANJYE KABISA🥰🥰😘😘
Urumunyakuri madame ❤❤❤❤
Intelligence minded woman ❤
Tk ndagukunda ugirukuri nyako uratuvugira nkumva ndanyuzwe
Tidjara icyampa amahirwe yo guhura nawe , ariko Imana izabikora
Happy Mother's day TK love you
ibyuvuga nukuri cyane komeza ubigishe
Wa mugore we ugira ukuri nkunda kbsa.... Allah aguhaze uburame
None se ko hari uwambwiye ko wa muti utuma bimatana wageze mu Rwanda, waba udakora cyangwa yarambeshye ? Watuma guca inyuma bigabanuka cyane.
Uko ni ukuri kuzuyee👌👌👌
Nukuri uvuze neza❤❤❤❤❤
Aba Jo Twins Show ❤❤❤❤
Kumavutaaaa ❤❤
Tk uvuze ukuri ntamuryango pe ahubwo nitudacunga neza society nyarwanda izazima kuko ntanugishishikajwe nokubaka umuryanga cyane urubyiruko rwamaze kwangizwa mumyumvire
😊😊
ndabakunda cyaneeeeeee
Iyumugaboyakubyaje2 aragusuzugura akumvako ntawundi wakwemera
Uvuze ukuri Sha
😢😢 kubera iki
Ibyuvuga nukuri rwose 😉 abagabo nibo akenshi batuma tubahemukira nigutese umugabo yakwanga kukwitaho Kandi ubibona ko atabuze ubushobozi ahubwo akajya kwita kubandi akagucupiza ukabaho nkumukozi womurugo hanyuma ngo niwibonera ukwitaho ukomeze wasame hhhh ntibyavamo ntawugomba kubabara kubwundi rwose
TK uvuga ukuri cyane kbs
We have true testimony on what mama TK is saying
❤❤❤❤ madame uvuga neza ariko sikubanyarwanda gusa ekaaa nokubantu Bose bumva ikirundi, so ntamuvyeyi yata umwana wiwe natwe ubuzima bubi nkubwo twabuciyemwo
TK, umukozi wa umuhanga🙏❤️
Ibyo uvuga nukuri . Urakoze cyane .
Thank you Mama T k wacu wagirango uri mumitima yabagore 😂
Ibimungu nihatari barabonzi nabakire cyane ariko mucyumba cyabo habamo ibitanda bibiri umugabo aryama kugitandacye akicinisha bikarangira .uwo mugore murumva adafite agahinda gakabije koko
Ndakwikundi mama❤❤❤❤❤❤
Aba Jo twins show ❤❤❤❤
Ayo mavuta yazane muburundi twigurire mukirundo sabin n'a Tk ndabakunda caneee
UvA mu rugo akanya gusambana mu rugo ntabwo aba afashwe neza aba afite ihohoterwa rya bucece
Hahahaha 😂 TK rwose iyo ubu nta rungu pe 😃 ngo bwira kadogo nukuri 😁🤭
Sabin na Tidjala ndabakunda cyane.
TK ❤ aba Jo twins show 💪❤️
Uyumubyeyi numuhanga🎉
Tijalah kabendera ❤❤❤ ndagukunda cyane
Yeah nibyo❤❤
Urakoze cyane
Wa mubyeyi we uvugisha ukuli pe
Sab nubwo wamutumiye kakubayeho murugo iwawe niba nawe urumwe murabo bagabo hhhh itaka rigiye gutumuka babikubaza cyane
Uyu mubyeyi yubahwe ndamukunda byose ntacyo avuze kitaricyo pe
Nukuri ibyo uvuga nibyo cyane
Tidjara rwose, umugore ukundwa cyane yitwara neza neza nk'umugore wangwa cyane!
Ibindi byose jya wicejekera wa mubyeyi we😂
Ibyo uvuga nukuri ukunzwe we nihatari
Hari nuwo uhamagara uvuga utwo twose akavuga ati ntukzntere stress
Tijara ndagukunda ibintu uvuga nu kuri namaze imyaka 21 nemeye guhaguruka umutima umaze kubora yumvaga ko bitashoboka.namaze iyomyaka arugupfira abana banjye .nukuri kose warabyitegereje.
Umugabo wumunyafrika ni kamere yo gukandamiza umugore ngo nuguhiga icubahiro umugore abayeho neza numugore wumwarabu
Aba jo twins show 🎉🎉🎉
Nibyo rwose" Kubana ni UKUBAHANA",
Sha murimo kumvugira ibintu peee njyewe narumiwe napfuye mpagaze. Gusa njyewe uwanjye yarambabaje arantuka arabyaragura yangiza umutungo wurugo ngo ntitwasezeranye ngo sinakoraga .ngo kirirwa kicaye ntacyo cyakoraga mbese nibitutsi gusa mbivuze bwakwira bugacya .uzigushakana numugabo mucyenye mwamara kubona amafaranga ngo ntimuberanye sha. Akubyayemo inshuro nyinshi. Imitima yabantu irarushye😢
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤ from Oman 🇴🇲 lsimbi tv muri 1
Urumunyakuri wa mubyeyiwe abumva bumvire aho!!!
Ubwo buzima nibwo mbamo yansize murugo ajya mukazi arko ntiyampamagara ngo ambaze umwana amezute icyumweru kigashira nigihe ampamagaye wakigoryi we urindaya amagambo mabi yose abaho akayambwira kd guhaha byo nihatari bisaba kuvuza induru nuko Imana ikimfashe simbe ntekereza kumuca inyuma 😢😢😢😢😢
Yooo sorry disi
Uzabigerageze nabyo😂😂
Tk shaka abagabo b'abanyarwanda ubigishe ,urekane n'abarokore👍ariko ntibazakumva 😂😂😂
100%ukuri
Umva Sabin ongeraho no kuba ufite amafranga ugasanga ntanagusohokane byibuze mujye kuganirira ahantu hatuje munywe nahafanta muganire kubibazo byurugo, akisohokanira ninshoreke da😢
Sabeeee❤❤❤❤
Ati arabikora nkumuntu ariguhangana nigisoda ca Congo 🇨🇩 hahaha 😆 😂 🤣 ♥️ 😄 muranyishe.
Yewe uravuga ukuri. Najye namwishyuye
Ibyo uvuga ni byiza ariko sirusange kuko imihemberwe yacu , uburere twahawe situation Zaburi munsi biratandukanye, abantu rero tugomba kumenya ko kubaka urugo ari intambara nkizindi zose z'ubucamanza, ugomba guhitamo uburyo buboneye bwo kuyirwana bitewe n'intego ufite. Niba intego yawe yo kubaka urugo warayiteguye nabi uzahorana ibibazo
Muba muhaze sha
Communication ituma zisenyuka ,
Angahe ako ka micro
🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Mimi nirikupenda tangu zamani paka sasa ndakupenda milele uko lolo mod wangu naminaitanji 🎤 nigapi tutazikuta wapi
Isiaka muremba sha harumunyamurenge yateretaga disi tubana mugipangu 😂
T K Wagirango uri Imana