Ntawari Uziko ndi Umukobwa w'Umurozi/ Naryaga Abantu bapfuye/ Nihinduraga Inzoka n'injangwe nkagenda
Вставка
- Опубліковано 13 жов 2024
- #Plaisir_0786388010
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Ntabwo aribyo rwose! Uwo mwabonye ni daimon yambaye ishusho ya so ntabwo Ari we dusabe inema yo gusobanukirwa naho ibindi tubiharire Yesu !!!!
Ubu buhamya butey ubwoba cyane, ariko Imana ntaho idakura umuntu , birarenze!! Nubwambere numvise ubuhamya nk ubu
Uwomuntu wamucumbikiye amusengera rwose natwe dufite amatsiko yo kumubona ngo tumusabire umugisha rwose
Pamphile mwenedata,Merci urahatubera cane mubibazo umuntu ashobora kwibaza tt le long du témoignage. Muhezagirwe !!!!!!
Yebabaweeee ntitukirare ngo twamaze kwatura ngo turejejwe kuko nyuma yagahe gato cyaneeee dushobora kubura ubugingo 😭😭😭
Hareruya, rwose umuchristo akwiye kurya ibiryo bisengeye
Mana wee byarananiye
Kbs
Mubyukuri ntamuzimu ubaho ahubwo nabadayimoni bihindura mwishusho yu wapfuye kuko uwapfuye ibye biba birangiye niko ijambo ry'Imana ivuga
Ibyo niko kuri rwose, namwe Zaburi Nshya mukure abantu mu rujijo... kuko Satani n'abadayimoni be bagamije kujijisha abantu. Nta bazimu babaho ahubwo abadayimoni biyitirira abapfuye ngo bakomeze bababaze abantu bakina n'amarangamutima yacu. Dukwiye kuba maso...iyo turose uwapfuye tugomba gusenga ndetse twirukana cyane imbaraga za gipfumu n'abadayimoni.
Imana iturengere kandi izaduhe iherezo ryiza.
Impamvu abadayimoni batinya gusenga nuko mugusenga hazamo kubasenyera ibihome byabo cg gutera halellua Kandi yica abadayimoni benshi
Wagiye umureka akavuga ubuhamya ntumuce mwijambo hanyuma ukaza kumubaza nyuma utuma tutumva neza
Yego pe arimo kumuvugiramo cyane
UHORAHO ahabw'Icubahiro
Umuntu urimo umwuka w'Imana niyo ahuye numudiyimoni arabimenya noneweyaganiriyenabo nta mwukawera warimuriwe
Imanayakoze kugukiza rohozikingiraniye ikuzimu ninyinshi zikeneye ubutabazi
Wa mugani hakwiriye ubushakashatsi!Mbese umuntu yasarishwa n'Abadayimoni mu gihe yirinda ikibi nigisa nacyo.Reka da!!!Ikindi abantu mujya aho bashyinguye ababo bagapfukama Ku bituro, reka tuvuge bakabibuka cg se bagasenga.Ko nta jambo ry'Imana ribyemera.Hari ni babaganiriza ngo turabizi uri aheza ,ngo turagukumbuye!!!!Ibyo ni ibiki biri gukuza mu bakristo .Aho ntibigiye kuzasa na bimwe byo kwiyambaza Abakurambere
Yoo ! Betty, Imana yarahabaye nishimwe. Isomo dukuyemo ni uko dukwiye gutwara INTWARO ZOSE Z'IMANA. Abefeso 6.14-18
Yesu aguhe umugisha kdi uzakomeze akurwanirire
Yebabawe mbega ukuntu Imana yagutabaye nihabwe icyubahiro mu isi no m ijuru
Mbayuwambere kuzi Zaburi nshya!!
Uwo mukozi wimana arakomeye
Yooo Imana ihe umugisha uwo muntu wamwakiriye pe
Mbega ubuhamya, ariko Imana ishimwe kowakijijwe.
Biteye ubwoba, ahubwo mubutayu tuzarya duhurirayo nabo daimoni arikubungeza tugirango barigusenga.
Ubu buhamya burimo inyigisho ikomeye. Iyo turi mu rusengero tuba tugomba kuba maso
Umukristo w'ukuri, aba maso ibihe byose, ahantu hose.
Nukuba maso tugasega ubundasiba .
Yebabawe mbega ukuntu Imana yagutabaye nihabwe icyubahiro mu isi no m ijuru.Mfite ikibazo Hari umuntu wari ufite ubwo burwayi bikajya bimubwira ngo bizamuta mwishyamba ibisimba bimurye ,ubundi ngo muruzi kubera mission bamuhaye ku isi ikamunanira birangira bimutaye muruzi bagerageza no kumurohora aramurwanya aramureka nanubu nta rengero rye umuryango we uzi.ikibazo niki:ubwo se uwo muntu ntiyapfuye?bashobora kumukoresha izo mission zabo se akagaruka ku isi ari muzima?2) ko bavuga se ngo iyo ndwara iyo ibonetse mu muryango aba Ari karande muba mufite igisekuru yaturutseho aho hantu muzahansobanurire
Yeweweeee ...mbega ubuzima !
Gusa Imana ni nziza iratabara weee. Dukwiye kuba maso mu buryo bwose .
Ahwiiiii party 2 azayikorane nuwo babanaga
Jyendikubyumvacyane ubundi bitarakubayehontago ubyumva haraho Yesu ajya akura abantu
Nanjye ndamwumva 1000%
Amena gukizwa
Isi yuzuye imbaraga nyinshi zumwijima nugukenyera tugakomeza tugasaba imbaraga Uwiteka tukaba maso .
Imana irakora 🙏🙏🙏
ntamuntu asenga ayobegwa uwugwaye abazimu ahubwo ni babanyamubiri biyitira abanyamasengesho ataribo kuko iyo umuntu yuzuye mpwemuyera atanguye gusenga nawe ufise MPWEMU yera uramwumva
Yakabaye yarabimenye
Hasaze umutwe umubiri ari muzima. Abarokore ni nkabasazi noneho umutwe bawucoca.
Pp
Gusa lmani lshimwe kuko yagukijije.
Amen
Pamfile ati abasazi baba bitwaye bate?😃😀😃😀😀😀😀😀
Noneho ndumiwe,dukwiye gukizwa neza tukagira n'Umwuka Wera kk ibyuru rugendo ntibyoroshye
Azatubwire n uko ibisazi byakize
Hmm 🤔 ntamunyamasengesho araho numunyamubiri yari gushobora kubitandukanya
Ariko muzagire ikiganiro kivuga « ikuzimu ». Ni mubutaka, nabantu humwuka ??
Muzindi ndimi nkigifaransa habahe ?
Bagusubize mbonereho
Ujya ikuzimu hagenda esprit ye roho ye niyo bitwara ariko mwisi aba agihari numubiri uyu winyuma tubona igiporoporo kumubiri twambaye kiba gihari mwisi ariko roho iba idahari bica intekerezo zawe burundu ukaba uwabo,
Abo uhura nabo munzira burya bose si abantu nyabantu
Impamvu abadayimoni baririmba nuko satani yarumuririmbyi ,Niko mbikeka
Imbaraga zo kunesha Satani n’ingabo ze ziba mugusenga mw’Izina rya Yesu Christo.
Mwibuke ko Satani yari umuririmbyi w’umuhanga.Satani ajugunywe mw’isi ntaho bavuga ko yambuye impano zo kuririmba,ninayo mpamvu iyo mpano Satani ayigabira abaririmbyi baririmba indirimbo z’isi bakaba aba superstars and celebrities.
Yo gukubitwa ngo barikugusengera😭😭😭
Ibusozo ni hatali
😥
Amen
Umunyamakuru avuga amagambo menshi
Amen