Ntawari Uziko ndi Umukobwa w'Umurozi/ Naryaga Abantu bapfuye/ Nihinduraga Inzoka n'injangwe nkagenda

Поділитися
Вставка
  • Опубліковано 13 жов 2024
  • #Plaisir_0786388010
    #ZABURI_NSHYA
    / @zaburinshya
    Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
    Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
    -ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
    -Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
    Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha

КОМЕНТАРІ • 58

  • @alpha987alpha5
    @alpha987alpha5 Рік тому +1

    Ntabwo aribyo rwose! Uwo mwabonye ni daimon yambaye ishusho ya so ntabwo Ari we dusabe inema yo gusobanukirwa naho ibindi tubiharire Yesu !!!!

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 3 роки тому +4

    Ubu buhamya butey ubwoba cyane, ariko Imana ntaho idakura umuntu , birarenze!! Nubwambere numvise ubuhamya nk ubu

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 3 роки тому +5

    Uwomuntu wamucumbikiye amusengera rwose natwe dufite amatsiko yo kumubona ngo tumusabire umugisha rwose

  • @AURIN.OFFICIAL
    @AURIN.OFFICIAL 2 роки тому +1

    Pamphile mwenedata,Merci urahatubera cane mubibazo umuntu ashobora kwibaza tt le long du témoignage. Muhezagirwe !!!!!!

  • @denisem.583
    @denisem.583 3 роки тому +1

    Yebabaweeee ntitukirare ngo twamaze kwatura ngo turejejwe kuko nyuma yagahe gato cyaneeee dushobora kubura ubugingo 😭😭😭

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 3 роки тому +8

    Hareruya, rwose umuchristo akwiye kurya ibiryo bisengeye

  • @shumbushojobs1796
    @shumbushojobs1796 3 роки тому +3

    Mubyukuri ntamuzimu ubaho ahubwo nabadayimoni bihindura mwishusho yu wapfuye kuko uwapfuye ibye biba birangiye niko ijambo ry'Imana ivuga

    • @moniquemukarugwiza4931
      @moniquemukarugwiza4931 3 роки тому

      Ibyo niko kuri rwose, namwe Zaburi Nshya mukure abantu mu rujijo... kuko Satani n'abadayimoni be bagamije kujijisha abantu. Nta bazimu babaho ahubwo abadayimoni biyitirira abapfuye ngo bakomeze bababaze abantu bakina n'amarangamutima yacu. Dukwiye kuba maso...iyo turose uwapfuye tugomba gusenga ndetse twirukana cyane imbaraga za gipfumu n'abadayimoni.

  • @techzone3753
    @techzone3753 3 роки тому +2

    Imana iturengere kandi izaduhe iherezo ryiza.

  • @CyuzuzoJeanpaul
    @CyuzuzoJeanpaul 11 місяців тому

    Impamvu abadayimoni batinya gusenga nuko mugusenga hazamo kubasenyera ibihome byabo cg gutera halellua Kandi yica abadayimoni benshi

  • @ol12.
    @ol12. 3 роки тому +2

    Wagiye umureka akavuga ubuhamya ntumuce mwijambo hanyuma ukaza kumubaza nyuma utuma tutumva neza

  • @bigirimanapapy5253
    @bigirimanapapy5253 2 роки тому +1

    UHORAHO ahabw'Icubahiro

  • @ngsule3766
    @ngsule3766 3 роки тому +2

    Umuntu urimo umwuka w'Imana niyo ahuye numudiyimoni arabimenya noneweyaganiriyenabo nta mwukawera warimuriwe

  • @sadikibernald9519
    @sadikibernald9519 2 роки тому

    Imanayakoze kugukiza rohozikingiraniye ikuzimu ninyinshi zikeneye ubutabazi

  • @pierredamien127
    @pierredamien127 3 роки тому +1

    Wa mugani hakwiriye ubushakashatsi!Mbese umuntu yasarishwa n'Abadayimoni mu gihe yirinda ikibi nigisa nacyo.Reka da!!!Ikindi abantu mujya aho bashyinguye ababo bagapfukama Ku bituro, reka tuvuge bakabibuka cg se bagasenga.Ko nta jambo ry'Imana ribyemera.Hari ni babaganiriza ngo turabizi uri aheza ,ngo turagukumbuye!!!!Ibyo ni ibiki biri gukuza mu bakristo .Aho ntibigiye kuzasa na bimwe byo kwiyambaza Abakurambere

  • @chantaluwoyangeneye8126
    @chantaluwoyangeneye8126 3 роки тому +1

    Yoo ! Betty, Imana yarahabaye nishimwe. Isomo dukuyemo ni uko dukwiye gutwara INTWARO ZOSE Z'IMANA. Abefeso 6.14-18

  • @mukansoroappoline1598
    @mukansoroappoline1598 3 роки тому

    Yesu aguhe umugisha kdi uzakomeze akurwanirire

  • @mukantwarigerardine6523
    @mukantwarigerardine6523 3 роки тому

    Yebabawe mbega ukuntu Imana yagutabaye nihabwe icyubahiro mu isi no m ijuru

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 3 роки тому

    Mbayuwambere kuzi Zaburi nshya!!

  • @jeanneniyigena8222
    @jeanneniyigena8222 3 роки тому +1

    Uwo mukozi wimana arakomeye

  • @denisem.583
    @denisem.583 3 роки тому

    Yooo Imana ihe umugisha uwo muntu wamwakiriye pe

  • @joselyneniyigena3682
    @joselyneniyigena3682 3 роки тому

    Mbega ubuhamya, ariko Imana ishimwe kowakijijwe.

  • @jeanninemuhawenimana8165
    @jeanninemuhawenimana8165 3 роки тому +3

    Biteye ubwoba, ahubwo mubutayu tuzarya duhurirayo nabo daimoni arikubungeza tugirango barigusenga.

  • @claudetteu1104
    @claudetteu1104 3 роки тому +5

    Ubu buhamya burimo inyigisho ikomeye. Iyo turi mu rusengero tuba tugomba kuba maso

  • @mukantwarigerardine6523
    @mukantwarigerardine6523 3 роки тому +1

    Yebabawe mbega ukuntu Imana yagutabaye nihabwe icyubahiro mu isi no m ijuru.Mfite ikibazo Hari umuntu wari ufite ubwo burwayi bikajya bimubwira ngo bizamuta mwishyamba ibisimba bimurye ,ubundi ngo muruzi kubera mission bamuhaye ku isi ikamunanira birangira bimutaye muruzi bagerageza no kumurohora aramurwanya aramureka nanubu nta rengero rye umuryango we uzi.ikibazo niki:ubwo se uwo muntu ntiyapfuye?bashobora kumukoresha izo mission zabo se akagaruka ku isi ari muzima?2) ko bavuga se ngo iyo ndwara iyo ibonetse mu muryango aba Ari karande muba mufite igisekuru yaturutseho aho hantu muzahansobanurire

  • @denisem.583
    @denisem.583 3 роки тому

    Yeweweeee ...mbega ubuzima !
    Gusa Imana ni nziza iratabara weee. Dukwiye kuba maso mu buryo bwose .

  • @nadineninani9014
    @nadineninani9014 3 роки тому +2

    Ahwiiiii party 2 azayikorane nuwo babanaga

  • @ngsule3766
    @ngsule3766 3 роки тому

    Jyendikubyumvacyane ubundi bitarakubayehontago ubyumva haraho Yesu ajya akura abantu

  • @alphonsengarambe4276
    @alphonsengarambe4276 3 роки тому

    Amena gukizwa

  • @nounounounou878
    @nounounounou878 3 роки тому

    Isi yuzuye imbaraga nyinshi zumwijima nugukenyera tugakomeza tugasaba imbaraga Uwiteka tukaba maso .

  • @uwamahorogaudence5318
    @uwamahorogaudence5318 3 роки тому

    Imana irakora 🙏🙏🙏

  • @nzambimanachantal5769
    @nzambimanachantal5769 Рік тому

    ntamuntu asenga ayobegwa uwugwaye abazimu ahubwo ni babanyamubiri biyitira abanyamasengesho ataribo kuko iyo umuntu yuzuye mpwemuyera atanguye gusenga nawe ufise MPWEMU yera uramwumva

  • @alphonsengarambe4276
    @alphonsengarambe4276 3 роки тому

    Yakabaye yarabimenye

  • @magnifiquenumukobwa5006
    @magnifiquenumukobwa5006 3 роки тому

    Hasaze umutwe umubiri ari muzima. Abarokore ni nkabasazi noneho umutwe bawucoca.

  • @jeanninemuhawenimana8165
    @jeanninemuhawenimana8165 3 роки тому +1

    Gusa lmani lshimwe kuko yagukijije.

  • @odasekiromba3326
    @odasekiromba3326 3 роки тому +2

    Amen

  • @martheuwababyeyi4569
    @martheuwababyeyi4569 2 роки тому

    Pamfile ati abasazi baba bitwaye bate?😃😀😃😀😀😀😀😀

  • @sawodasupa196
    @sawodasupa196 3 роки тому +2

    Noneho ndumiwe,dukwiye gukizwa neza tukagira n'Umwuka Wera kk ibyuru rugendo ntibyoroshye

  • @Username-jl7ey
    @Username-jl7ey 3 роки тому

    Azatubwire n uko ibisazi byakize

  • @nezegwathakia2396
    @nezegwathakia2396 3 роки тому

    Hmm 🤔 ntamunyamasengesho araho numunyamubiri yari gushobora kubitandukanya

  • @emuw2916
    @emuw2916 3 роки тому

    Ariko muzagire ikiganiro kivuga « ikuzimu ». Ni mubutaka, nabantu humwuka ??
    Muzindi ndimi nkigifaransa habahe ?

    • @magnifiquenumukobwa5006
      @magnifiquenumukobwa5006 3 роки тому

      Bagusubize mbonereho

    • @Someone-ii7uf
      @Someone-ii7uf 3 роки тому +1

      Ujya ikuzimu hagenda esprit ye roho ye niyo bitwara ariko mwisi aba agihari numubiri uyu winyuma tubona igiporoporo kumubiri twambaye kiba gihari mwisi ariko roho iba idahari bica intekerezo zawe burundu ukaba uwabo,
      Abo uhura nabo munzira burya bose si abantu nyabantu

  • @ishimweclemamtine2109
    @ishimweclemamtine2109 3 роки тому

    Impamvu abadayimoni baririmba nuko satani yarumuririmbyi ,Niko mbikeka

  • @grandmachannel8828
    @grandmachannel8828 2 роки тому

    Imbaraga zo kunesha Satani n’ingabo ze ziba mugusenga mw’Izina rya Yesu Christo.
    Mwibuke ko Satani yari umuririmbyi w’umuhanga.Satani ajugunywe mw’isi ntaho bavuga ko yambuye impano zo kuririmba,ninayo mpamvu iyo mpano Satani ayigabira abaririmbyi baririmba indirimbo z’isi bakaba aba superstars and celebrities.

  • @uwimbabazidiane1250
    @uwimbabazidiane1250 3 роки тому

    Yo gukubitwa ngo barikugusengera😭😭😭

  • @hitayezuanselme9112
    @hitayezuanselme9112 3 роки тому

    Ibusozo ni hatali

  • @jocelynetwizigire2566
    @jocelynetwizigire2566 3 роки тому +1

    😥

  • @donavinemaniraduha3930
    @donavinemaniraduha3930 3 роки тому

    Amen

  • @hangaruremainnocent7919
    @hangaruremainnocent7919 3 роки тому +1

    Amen