Ubutane bwumvikanyweho (Divorce by mutual consent) bukorwa gute?
Вставка
- Опубліковано 8 лют 2025
- Niba hari ikibazo cyangwa igitekerezo ufite kuri kino kiganiro twandikire:
Email: amategekoyacu@gmail.com
WhatsApp: +250788566872
Wananyuza igitekerezo cyawe muri comment
Murakoze kukiganiro cyiza turabakunda nifuzaga kumenya kukintu kitwa Aho abantu batuye muburyo bw'amategeko cyane cyane kubakozi baba barubatse ariko bakajya gukorera kure yaho batuye ariko bahagera rimwe narimwe Kandi badakorera hamwe
Nukuri
Urakoze cyane turasobanucyiwe
Me Maurice Urakoze kudusobanurira ❤❤
Murakoze,kuganiro kiza muduhaye,nabazaga kukijyanye n'abana iyo abana bafashe irangamuntu ariko bagikomeza kwiga icyo gihe nano barebwaho
Nibyiza muratwigisha neza,tugasobanukirwa amategeko. Ariko muzatubwire n'amafaranga atangwa murukiko kugirango bakire ikirego.❤
Urasobanura pe
Ikindi , amagarama y'urubanza ni angahe atangwa
Asante sana nabazaga iyo hari imitingo umuntu yiyanditseho mudasangiye ho bigendagute
0:40 j
Ese amagarama y'urubanza atangwa nande?N'uregwa cg nurega?
Ubundi se umwe yangira mugenzi divorse ashaka iki koko! Gusa imitungo niyo ituma umeze neza ashaka guhima undi!
Aya makuru nigira kamaro merci
Ese avoka we n'angahe?
Courrage Me,Avocat Maurice nukuri turagukurikira Kandi turagushimira, uri Umwalimu mwiza nzagaruka kugusura kuri Office yawe Kimironko.
Muzadusobanure mujyihe
Umugabo arega umugore we ko yataye urugo mujyiye cyu mwaka
Ariko umugore akaba atabyemerako yarutaye akavugako ashaka kubana nuwo mugabo nyin
Ariko umugabo akaba atajyishaka ko basubirana ahongaho binjyenda bite?
Eseniryari amasezeranoyishyingirwa ASeswa
Turabakunda turabakurikira
Ese iyontamitungo mufite bigendagute
Maitre murakoze!
Ese iyo mutasezeranye bwo bigenda bite.ndabinginze muzansubize
Hello none umwe murimwe iyo ibyo mumvikanye atabikoze bigende gute?
Nonese nta rukundo, nta abana, nta mitungo bijyenda bite?