NAGURISHIJE IDUKA NJYA MU BUFARANSA NCIYE MU NYANJA😢Narafashwe NDAFUNGWA😢Nagombaga guca muri MAYOTTE
Вставка
- Опубліковано 1 лют 2024
- Niba wifuza kuvugana natwe, duhamagare kuri: +250784838126
☑️ISIMBI PICTURES: / isimbipictures
☑️ISIMBI TV: / isimbi__tv
☑️ISIMBI WEBSITE: isimbi.rw/
#IsimbiTV_0784838126
Uwo mudamu wagukuye kukagasozi byakuyobeye,Imana imuhe umugisha.naho ibyaje nyuma sibyari nangombwa kubivuga ukavuga Izina rye kandi afite n'abana aho rwose wigaye
Abemera ko urugo ari ugushyirahamwe kubwiza ukuri❤ munkandire ku ifoto mve m'ubushomeri mbone imibereho y'abana Imana ibahe umugisha 🙏
Esegukandakwifoto bimariki? Mbwirarwosengukandireho
Gufata urugendo rurerure ntubwire uwo mwashakanye.....,ubizi neza ko umusigiye abana, birashoboka cyane ko n'iyo ushyika iyo wari ugiye utari kumuvugisha!!!!
Baba bafite ubuhemu muribo
ntubyumva se niyo agerayo usibye no kumuhamaga no guhirwa ntiyari guhirwa kubera ubuhemu yarasize akoreye uwo bashakanye
Nshimyeko mubivuze muri abagore, ugirango umugabo upfa gutera imbere avugavuga ari bangahe?
@@user-gu3gh6er7e ahubwose utagiye inama n'umugore gutera imbere kwawe byavahe? Nigute wava murugo utavuze benda usize nabana umugore atazi iyo ugiye akajya mumihangayiko atazi uko ikibazo kimeze ngo anagufatire iryiburyo ubundi dushyize mugacire nkabantu bakuru urumva ibyo aribyo koko ntimugashyigikire ikibi aho kiva kikagera urugendo nkuru ugomba kurwumvikanaho nuwo mwashakanye kuburyo wabona ihaho waribura ariko azi aho wagiye ubuse ntiyatecyerezagako umugabo yaba yarashatse undi mugore? Nako nibyinshi ntakiza wageraho udashyigikiwe nuwo muri kumwe
Sha abagabo bagira umutima ukomeye pe gusiga umugore Nabana 3 ntanakazi afite
Uyu mutype afite story imeze nkiyanjye 100% , nanjye 2023 wambereye umwaka mubi , nawumaze muri gereza ngo nshaka kuba iburayi , uretseko final njye naje kubigeraho , ubundi Europe ndanakora ibintu ni fresh , arko rwose abasore ninkumi ibintu turwanira byokujya Europe, tugatakaza ibyo twari dufite , home is always the best
Ko utahagumyex
Gusa uri wanyu ufite cash zawe ziringaniye Uba uri tayari
Pole Sana, ndifuzakumenya story yawe niba ntakibazo.
Tubwire uko waje kugera yo.
Inama yambere uwo mugore wakwakiriye wimuvuga ,niba ibyo agusaba utabishaka mushimire ibyo yakoze nawe umute,icya kabiri wikumva ko uwo mugore wawe utarakwakiriye yakosheje yarisobanukiwe,icyagatatu ukore cyane urekane na mateka nta mwaku ufite numara kwiyubaka uzongera ugire umuryango.niwishobora uzajye kureba abana bawe ubasabe imbabazi kandi nibataziguha ntuzagire uwo ushyiraho urubanza.ubwo niyo mateka yawe!
Nuba maso uzabona ubwiza bw'Imana, Paul ati haracyariho ibyiringiro ko igiti cyatemwe cyongera kigashibuka.
Gusa nasetse birababaje biranasecyeje
Sha Eric ndakumva cyane jyewe uwantuburiye yari Marume yarabeshye iwacuko azapfasha kubona visa ikiza jyewe navuganaga niwacu , bahemukira abantu cyane iyo babonye cash nigakeya bikunda 😢😢😢
Wagize Ibyago nyine ihangane.
Mayotte n'Umubyeyi sha uzavuge Ibindi nabi ariko Mayotte n'Imbyeyi ya Grand Lacs
Iyo Mitamenwa muvugira mo Imyinshi ikomoka mu byuya bya Stragos💪🏾😊🙏🏽
Inzozi zo kujya hanze zisaga ibimuga byinshi ihangane bro.uwo mugabo wagufashije Imana imuhe umugisha
Pole sana Bro
Warariwe siwowe gusa bire muburyo butandukanye
Haguma amagara ibintu uzabibona
Man isi yakwikaragiyeho wallah gusa Imana ni yo nkuru gusa struggle ziragwira
Rero njye uko mbizi ni uko iyo ufite umufasha mwakabaye muri n'inshuti ku buryo muganira cyane cyane nko kuba wafata urugendo wakabaye umubwira noneho mukanabiganiraho, ngaho tekereza gufata urugendo nyambukiranyamipaka utabwiye maman w'umwana wawe? Ubwo se niyo ugerayo ugahirwa wari kumwibuka byibura? Ahaaa ubu bitumye nibaza byinshi ariko humura nucira Imana bugufi ukayitakambira ukamera nka wa mwana w'ikirara yazagusubiza ibyo wabuze ikanarenzaho kuko byose irabishoboye 👏
Nikigaragazako niyo ahirwa atari kumureba nirihumye badamu twikunde twokurambiriza kubagabo kbc harigihe uba uziko urikumwe n'umuntu kd arinyamanswa
Ntimubyumva se sha buriya yarafite izindi shoreke uwe atakimuha umwanya mu mutima 😢
Ariko yarongoye ari muto imyaka yavuze ntabwo yari agakwiye kuzana umugore mwimurenganya
Erega abagore bubu ubabwira umushinga wo kwiteza imbere bakanga ,Bo Baba bumva ko ugiye kubasahura.bakibagirwa KO baje babisanga warabihashye.Gusa iyo ufite uwo muhuza uba Uri mwijuru rito
@@kigalirwanda620 nonese ubu ko atabimubwiye ubu yarungutse?
Sabin ngewe ndakwikundira no matter what ibyo bakuvuga byose byaba aribyo cyangwa ataribyo ngew ndeba ibyiza ukora Imana ijye iguha umugisha
Umwaku wawutewe no kugenda utabwiye uwo mwashakanye. Itô dere uwo mugore Mûri kubana atazaguteza indi myangaro. Numurongora bitakurimo uzamenya ko witeye Umwaku utarangira.
Ubundi SE wumvaga ufite kubana n umugore utari uwawe bikazarangira bite?
Ntuzarenganye nyina w ABANA bawe ni wowe wagiye utamugishije inama kdi abagore bagira sixème sense yagombaga kumenya ko ntamahirwe uzagira! Hagati aho ihangane
Niba Koko warugiye gukorera urugo wagombaga kubiganira numugore Aho kumusigira abana wenyine umaze kugurisha iduka ryari bibatunze
Pole Sana bro
Imbere niheza
Imana izaguhindurira life very soon
1M tuyuzuze wana!duhereze inshuti n'abavandimwe iyi Cano Sabin nimfura
Nibyo rwose, biri mu nzira
Nagende iyo chanel ko ariye se niyawe
Nyukagire ishyari🤗
@@JeanMarie-hl4jp ngahooo😮😮😮
Nibyo rwose❤
Yarahungabanye cyaneee akeneye ubufasha bumugarura en forme moralement et physiquement .
Ngo ababi gasekwa nkakeza rwose cyakora waribeshye ariko pole kabisa
😢yooo pole sana wikiheba Imana murikumwe bizakunda humura, naho gusekana nibyabantu ntiwababuza niko twabaye arko kd urakozeeee kubwo kubohoka ukavuga ukuri
Ntuzongere gufata urugendo udasezeye umugore wawe , yaguhaye isomo kukwangwa ugarutse nanjye niko nabigenza wagiye utansezeye ukamara umwaka utamvugishije ! Ibibazo byose wahuye nabyo ni akababaro wasigiye umugore wawe kuko yasigaye aguhangayikiye wamusize muri ?????? Gusa ndagukomeje kandi nshimye imana yakugaruye uri muzima. Amahanga arahanda nimukorere mugihugu cyanyu mwiteze imbere . Komera.
Eric Disi Imana ishimwe ko yakurinze inakuremere ibihe bishya.
Najyaga nsanga ukorana n'inshuti yange yitwa Mireille.
Courage Eric we.
Ubuzima ntamuhanga wabwo,ahubwo uwahiriwe nabwo yiyita cg se bakamwita umuhanga.kuba byarakuzambanye suko urumuswa muribwo ahubwo ni amahirwe macye.
Ihangane ukomere wangu ijoro ryawe rizacya ubone umucyo hamwe n'imana bizacamo.jah bless
Kandi umuhanga ni ugerageaza munguni zose z'ubuzima
Cyane rwose uko nukuri
Uvuze ukuri
Ndamukomeje rwose pôle sana , izi nzira bisaba kugira amakenga cyane njye ndabizi neza kuko ubu niyo ndi
Bravo à ta femme.Ubwo kugenda utamubwiye wasanga warabanje no kugurisha utwawe twose.Warangiza umwaka muzima habe no kumuhamagara ngo umubwire ibyakubayeho!Umwaka wose ntiwabura uburyo ubona phone muri gereza ngo umuvugishe.Oya warakabije.Nawe ubwo yirirwaga ashakisha,Ibitaro, za morgue eeh umva ndamwumva cyane.Ibyakubayeho ni isomo kuri benshi ariko mu cyongereza babyita karma
Uramuhamije shaaa😂😂😂😂😂 Ariko ni byo
😢😢 karma is real😢😢😢
Birababaje mpore Mutumire wararushe pe. Bibaho mpore😂😂😂😂❤❤❤.
Nkugiriye inama ufite ihingabana rikabije ubone ubure n'umutima uhana ngo ugire ibanga nusubira kuwo mugore azaguha nyumvira 😢
Nubyara umwana uzamuhe umurage wishuli😮60% byo kutiga byuyu mujeune nibyo bya mukozeho,ibazeko no gusobanura inkuru ye atabizi, Mayotte haciyeyo imbaga nyamwinshi yabantu ubu Bari henshi muburayi....cyane cyane mubufaransa! Gusa ubu byaragoranye cyane sinkambere
Nanjye nzi umuntu wanarangije kaminuza I butare waciye iyo nzira ubu Ari France
Nibyo uvuze ukuri kutiga kwe ni byo byamuteye ibibazo😪
Sha byo no kubara inkuru biragoye pe kuyumva nukugenekereza inkuru ntifite umwuka umutwe nikibuno pe poor education kutiga biragatsindwa pe
NJYE NDABONA IBYO YAKOZE NTAHO BIHURIYE NO KUJYA MU ISHURI CG KUTIGA ; GUSIGA UMUGORE WAWE N'ABANA BATATU UTABIMUBWIYE UTANAMUGISHIJE INAMA ; YARAKOSHEJE CYANE !
AHUBWO GUSHAKA UDAKUZE ,UTARAKOMERA MU MUTWE NI CYO KIBAZO CY'UYU MUGABO , GUSA MUHAYE POLE YARAHURITSE GUSA. NIZERE KO YABIKUYEMO ISOMO !
Pole kbsa, aliko c wowe wamaze umwaka muri gereza nta nigiswayile uramenya koko? Ihangane ubwo haribyo Imana yakurinze
Uwomubyeyi wagufashije uramusebeje kbs, ntugurengo bishimishije ababtu.
Ariko rerooo,ntitugashyigikire ikibi.Eri,warakosheje cyaneee!!Kujya mu rugendo rurerure nkurwo utamenyesheje umuryango,ukagenda ntarwandiko rw'inzira rwemewe!
Abantu benshi bafite ubwo bujiji muhumuke.byibuze wajyendeye ku mpapuro zinzira byanze wasubira iwanyu.pole eric we.ntimurenganye umudamu we yarakosheje rwose.gufata urugendo utamubwiye
Turabyumva yarakosheje ariko se muramurimiraho ibisinde ,ntimwumva ko yashakaga kuzatungura madame? Rero Eric wihanganire amagambo utuze ahubwo uzakomera kurutaho
Wisengere kandi ukore cyane bizagenda neza
Gusa umuryango wawe wabibabariyemo kbsa
Ntago wavuga gutya nguzave imbere nyumunyaKenya, wige kuvuga nubwo wahungabanye, kuvuga umugore murikumwe nabyo sibyiza yakugirira nabi ibindi bizaza kuva ufite courage
Ahubwo buriya ntago Ari ikosa kumutangaza! Ngo ...... Mama yve
@@murwanashyakaaugustinnta kosa pe
Ako kucyi mugirango umuntu yorose iyumuntu ashaka gucyira arata irwara
Kuba yaramufashije ntibivuze kumufatirana
Warumwana kweri kugenda utagira Pasiporo!!
Iciza warikuyagisha umugore wawe mukacumvikanako
Courage brother. Nabonye benshi bakuvugiraho nabi,ariko baribeshya.
Noneho nsobanukiwe impamvu abagabo bataza kuvuga ubuzima bwabo .nibande babonye ko uno musore kubara inkuru byamugoye?
Ese kuki ushaka gufata umugore wawe nk'aho yaguhemukiye kdi waragiye utamubwiye???
Banza wemere amakosa yawe.
Yego rata
Humura urigisore cyiza ibyakubayeh byaba no kubandiii icyamberr nubuzima wangu komera ❤
Ihangane komera brother.
Bro don’t worry about life
Ubuzima buhinduka mwisegonda
Bizaza humura
Ariko ngewe ndumiwe pe niba aruko nkunda umugabo wange cyane numva mubuze igihe kingana uko nagira umugisha akampamagara numva ngewe nabyina pe ngashima Imana cyane niyo yaza azanye numugore nabana naramubuze murubwoburyo namuhobera cyane kuko nabanziko yapfuye pe uwomugore ntabwo yagukundaga
Abagore muhezagiriewa kwihangana mugihe cose umugabo atakubabarije igufa ugasanga arahomvye mugabo yariko ashaka gutezembere umuryango bagore ihangane
Kdi yarashatse undi mugabo 😅😅
Wasanga yarazi ko yapfuye hanyuma akishakira undi amubwira koyapfakaye
Nubwo Yaba yarashatse undi mugabo ,ubaye waramukundaga ntiwabura kumushaka ngo muganire.
Ntabwo yamukundaga peeee
Wow ndakwishimiye cyane wa mu mama we❤❤❤
Nanjye ndurugoryi umugabo wanjye yanyeretse undi mugore akunda ansabako namwemerera akamugura uwakabiri!!!ndababara cyaneee ariko kubera urukundo no kwihangana ndamubwira nti basi nanjye ntuzanyange burundu 😅
Pole sana
Saben ugira muco nukuri ugira ikibyabumfura ❤
Uyumudjama disi ntazikuvuga nokubara inkuru avuga
Ategwa, ikosa ni ukugenda utabwiye umugore, gusa pole😢
Narinabize umunt tubibona kimwe
@@sousmyuno6429 uziko wagirango bamutumye ibyo avuga , nabwo ari kubisoma
Nyine ,nyine...nge nkuda inkuru nkamenya no kuzibara ubu nge aba ambihirije
@@RubanguraHonorette-dk9pb pole basi
Ntabwo abantu bose bazi kubara inkuru erega
Maman yve umushyize hanze kbsa
Umugabo uhisha umugore aho agiye ntamugabo ubumurimo p,ahubwo Imana yarebyeko waruhemutse ugasiga umuryango wawe igukubita ikiboko
Wahuye nabaryi kuko abandi bagerayo pole sana
Nukuri biragoye kunva inkuru ye.
Pole Nizereko wakuyemo isomo ubuze cash zawe,abana,umugore mujye mubabwiza ukuri birababaza ariko agera igihe akabyumva kuko n'ubuzima ariko iyo wagiye utavuze ibyo wamubwira byose ntakuri abibonamo.
Ereck disi emotions 😭 be strong munshut wang narinkukumbuy humura bizagend nez
Kuba waje nimbere ya Camera nubutwari korera make nugufasha uzagende ube mu getho urumuhabo nushakuburare ariko bizaza pole pole abavuga wambare ecouteur ibyiza birimbere va kuma Deal abantu babayibirura Imana Iragukunda . Asante
Warakubititse arko ingaruka nuko wagiye utambwiye umugore nigihano kimana gusa courage bizaza ukore cyane
Nimba umugore waragiy utamusey ukamara umwaka wose atazi iyuri ubwo ariwowe wumva wopfa kuza ukonyene gusa agahita akwinjiza mubuzima bwiwe atazi iyuzanany? Abagabo ko mwikunda cyane mukarengerera noneho
Abasilamu na bantu bagira imphwe peeee Imana izamuhe umugisha gira neza wigendere……ubu arabyunva ahari hose .
Mbere na mbere yagize impuhwe kuko yifitemo UBUMUNTU mbere yo kuba umusilamu.
Mu madini yose no mu moko yose y'abantu habamo abagira impuhwe benshi n'abandi batazigira.
Imb....nziza niyambaye amafranga😂😂😂
uwo mugore wawe ko numva ari akasamutwe!😢😢
Ariko ndazi Sabin byamuruhijye kuganiriza uyumuntu kuko kuvuga wagira ntabyazi😢
Uwo mugabo ko numva ahuzagurika nibyo avuga asa nkaho ntabyo azi nta confidence afite ubwo urumva ibyo umubaza aribyo agusubiza yidutwarira umwanya w'ubusa
I Gacu na Rwabicuma na Mpanga muri Nyanza District! Icyo cyuzi artificiel avuga kera bacyitaga Icyuzi cya Dibwe, kubera ko cyacukuwe n'umubiligi witwaga Dubois muri za 50s. Ubu bacyita Ikiyaga cya Nyamagana! Ngo aho wambariye inkindi ntiwahambarira ubuhozozo! Ihangane wakuyemo isomo!
Uri umunyamakosa mabi cyane.Wirenganya umugore kuko yahise agusobanukirwa ashingiye kumubano mwari mufitanye.Wimurenganya yahise reroo ahitamo igikwiye kuri we.
Uti urigushaka akantu gato ukiranura nuriya muntu ariko uruzuye ubuse ikikiganiro nakibona uramusubirira murugo sh urikirezi
ariko kuri Radio kare bahoze bavuga ko hari abanyarwanda benshi bafungiye ku kirwa cya mayote,ngo bagiye bashaka kujya France bisanga bitagikunze
Inkuru yawe wayirwagaguyeee mbega wowe!!!! Gusa igitekerezo cyumvikanye , baragutuburiye ihangane wikalume usubize ubwenge ku gihe ibyiza biri imbere kandi uracyari muto uzabona ibindi
Bibaho bro, nta waguseka ahubwo birababaje, hari igihe duhitamo nabi tukisanga muri rwa gakoco tutakibashije kwikuramo.Gusa byakubereye isomo ubutaha nta muntu uzigera wizera.Pole kbsa
Kanda kw foto ube unyihere ibizantunga rata nubundi mbona karabaye ❤❤❤❤🙏🏾🫂
Pole
Yooo!! Ihangane warakubitanye,ariko harimo 😂😂
Kuki abantu bigira injiji bigeze aha! Kuva mu rugo utabwiye umugore mufitanye abana, ugasiga akazi, ukajya mu mahanga nta passport, ..., ngo ugiye i Buraya. Iri ni isomo k'urubyiruko babeshya ko ngo mu mahanga niho bazakirira. Ubuzima bwiza ni ukubushakira mu Rwanda!!
Ariko kuberiki Sabin atashizeho numéro ya téléphone yuyumugabo nimba nta kibazo bimuteye, kugirango ababishoboye bazekumufasha kyangwa bakamuha nakazi, kuko nibazako akeneye ufasha, kandi Sabin asanzwe abikora
ego naje nifuza kumufasha shenge from sweeden
Barakubeshye rwose 1500 ntiyanakugeza hano rwose. Gusa biba bibabaje .
Ubuzima ni john koko😢
Ntago uzikubara inkuru
Sabin , ababishoboye bamuremere pe asubire gukora, Imana n abantu bakugirire neza
Ntiwarukwiriye kuvuga ibyuwo mudame wagucumbikiye! Ngo wahava se iyo utabivuga.
Iyo nkuru irasekeje kandi iranababaje
Sabin Isimbitv, kuzuza 1M tumira Yagotv show , Plaisir Zaburishya , Gerald Rweme Mbabazi, Jotwins uzahita wuzuza
Ah bon, byakunda se buriya... byaba ari wanee
@@linem6641 cg azane Bruce melodi urebe
Na Kamanzi Patrick
Amahirwe ya 2 ntuzayapfushe ubusa kandi azaza wongere umere neza
Ark se wamaze umwaka utaramenyavigishwahili we? Sinzi impamvu ndikubona ubeahyape
Sabin yuzuze nukuri kuko ufasha abantu benshi cn rero nuyuzuza warabikoreye knd yesu agushigikire cn.
😢😢😢 nyagasani agutabare pe
Pole cyaane bro. ubuzima bushakishwa munzira nyinshi. Madame wawe yaraguhemukiye bikomeye. inkuru y'umwana wi ikirara voir la Bible. byonyine kuba waragarutse, uzabaho.
None c buriya madame niwe wahemutse cg hahemutse uyu mugabo wagiye ntabwire umugore we?
Shahu uvuga story nabi urabivanga ….I think wahise ugira ikibazo nyuma yibyakubayeho….sorry kweli
Ariko umuntu wumugabo utazi kuvuga nibyamubayeho ukagerekaho gufata urugendo utabwiye uwo mwashakanye wumvaga wagera hano mubufaransa gukoriki kweli
Birababaje gusa wigaye ntiwari ukwiye kwandagaza umuntu wagucumbikiye akagutunga uri mubibazo nk'ibyo bikomeye.😢
Number one kwa sabin😂
Uyu muntu inkuru yarayihimbye, si ukuri kuko ntabwo wafungwa ntumenye ibyo ukurikiranweho, ntukabeshye
Ntuzosubire kunyita Mama Yves🤣🤣🤣
Ifatire uwo mu Mama Imana yaguhuje mu bihe bigoye niho Imigisha yawe iri Sha ntumwirengagize!
Uyo agukeneye muri ibi bihe niwe w'Ukuri abandi bashaka ko ubanza kuronka babone kwizana😅
Akabi gasekwa nkakeza!!!!!
Mama Yves rero ukaba umuvuyemo yaragucumbikiye 😂😂mbega Eric🤔🤣 nusubirayo arakuvuna !urisanga i Mageragere ku mu mugani wa Sabin ndakurahiye 😂😂
Yewe ibyisi namabanga kbs uwiteka ajye yorohereza abantube😢😢
Sha uruwo murugo nzakuremera pe
Ikosa ryambere nuko utagishije inama umufasha wawe
Aravuga nkuri kubeshya kigali to mombasa 2 days gute na bus 🚌?????
Ark ko utumira abantu bakoze bikanga ntabwo bivuzeko Bose bakoze bikanga uko nuguca antu intege ujye usaba neza
Oo
Umuntu utazi no kwisobanura no kuba waragarutse Nimana yawe,ahubwo wowe bari kuzakwicaa ntugarugarukee
Atiko Eric bizachamo tu, ariko uzakomze usabe imbabazi umugore wababaje jandi nabana.
Sabin wakoze ibiganiro byinshi ark uyu muhungu gabo😂 ntazi kubara inkuru uziko sabin amwibutsa nkaho azi ubuzima bwe banza yatinye camera😂sabin ndakwemera cyane❤❤
😅😅😅
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😅😅
Si impano ya buri wese
Oya ahubwo ukuntu ndi kumwumva aradidimanga
Uyu mu ngg Arabeshya ndamuzi😂😂😂😂
Pore umusa akaga karongorindushyiii
Ntimukabeshye abanyarwanda Eric arabeshya
waouh! ntacoroshe! Sabin, baza Dr Gisa wo mu Rwanda agusigurire ivyabaye kuri uwo mu type. Ni triste! Ariko uwo arakomeye cane. uwo muntu yaguye muri traffic des être humains
Sabin mufashe sha ndakwinginze numva ngomba kumufasha basi igishoro gito kuko ubuzima butugora twese kuri iyisi
Wowe ntabwo byakugendekeye neza,ariko abandi byarabahiriye ubu bameze neza,gusa iriya nzira siyo gucamo uyibwiwe n’umuntu,uba ugomba kuyitekerezaho bihagije kandi ukanayivuganaho nuwo mwashakanye.
Mayotte ntabwo bakorera frw,Mayotte uhakura ibyangombwa bikujyana i Paris kandi nibyo byangombwa ntabwo bibona uwo ariwe wese.
Ibihuha rero ni bibi ntawe ubikurikira