@bertwi-bh9x Inyubako nziza n'amafaranga aza nk'icyacumi n'amaturo ni ngombwa rwose. Kuva cyera na Kare Imana ikorana n'abantu bafite ibikorwa bigaragara. Kuva mu nzu y'amakaro ukajya gusengera Imana muri nyakatsi ngo ni urusengero bihamya ko iyo Mana abayivuga batayizi. Uwampa ubushobozi nakubakira Imana inzu iruta iyo Salomo yubatse mu bwiza. Mbaze ndore. Abanyabugugu ni bo barwanya gahunda y'Ubusonga ariko nabo nta migisha bashobora kubona iva ku Uwiteka.
@@adventistyouth123Ryabaye iry'abantu se ko itorero ry'Imana ari itorero Kristo rigizwe n'abizera bari mw'isi yose. Mbere ya 1846 abadivantiste batarabaho Itorero ry'Imana ryari ririho kandi zakomeza kubaho
Ngaho ubuse wowe ugaragaje ukuhe gukiranuka😂😂😂😂 aho uri se ni mwijuru ntabicanyu, abajura, abagambanyi abarozi nabandi bahaba😂😂😂😂 Yesu akugenderere peee
Sinzi impamvu uvuze utyo ariko Amabandi kuri iyi si ni menshi nshuti yange. Uko nawe wiba igihe cy'Uwiteka Niko mu Bwami bw'Imana wazitwa ibandi/Umujura uramutse utihannye. Kandi SI igitangaza kugira abajura mu ITORERO kuko ni "ITORERO riri ku rugamba ritari ryanesha" IBABAHO MU MINSI Y'IMPERUKA P35, INAMA ZIGIRWA ITORERO VOL3 PAJE 76
@@NsabiyaremyeRomain Ntugatukane si byiza. Imana ifite itorero ryayo mu isi uko ryaba rigaragara kose Yesu Kristo ni we nyiraryo. Ntacyo kurituka cyangwa kurirenganya byatanga ahubwo rirushaho kujya mu kwamamaza ubutumwa bwiza. Nkwifurije kuba muri iri torero ry'Imana hari ibyiza byinshi.
Iri torero nta muntu warirwanyije byahiriye. Ukuri utazabonera muri iri torero ntaho uzagukura. Wibagiwe kuvuga ko ribwiriza ubutumwa bwiza binyuze mu kubaka amashuri n'amavuriro ibintu Imana yemera cyane. Iri torero nararikira umuntu wese kuriyoboka kuko ni inkuge Imana yarihaye ubudahangarwa rirarinzwe cyane dukwiye kunyura mu nzira rigaragaza ijya kuri Yesu Kristo.
Ufite ikibazo kuko ntuzi itorero icyo bisobanuye nidini icyaricyo! System yidini yabadiventiste yabaye babuloni KERA! Ikibazo ufite ntamwukawera ufite gwagusobanurire wize nabi Abadiventiste urumva baruta abayuda bavuzengo ikabodi😢 nkaswe mwebwe muri kwigisha ubutinganyi kuruhimbi mabajwe narubanda rugufi rutiga ibyanditsweneza ababakuriye Bazi ukuli mukaba mubaherekeje bagiye Gihenomu😢😢😢
Ukuri
Uravuga ukuri kuzuye cyane.
Basome Inama ZIGIRWA ITORERO VOL3 PAJE 96 barebe ukuntu umuja w'Imana ngo ITORERO RY'ABADIVENTISTE B'UMUNSI WA 7 UWITEKA YARICUKUJE IMASHINI IKOMEYE MU KIROMBE CY'IBYISI.
Ritaragwa , itorero ryaba divantiste rya ririfite , icyirangantego , cyabamarayika batatu bavuza , impanda: rimaze kwanga , ubwo butumwa , bwabamarayika batatu , bahise , bahindura , icyiranga ntego:
@@martinndaribike5003 Mbega wowe!!! Urabyeshya cyane nshuti. Kandi uwo ni umugambi wa Satani. Itorero ry'Imana ntabwo ryigeze rigwa wowe Nanjye twakwa Cyangwa tukaba BABULONI ariko Itorero rikomeza amategeko y'Imana siryo rwagwa.
"Ntabwo Uwiteka yaguhaye ubutumwa bwo kwita Abadiventisiti b'umunsi wa Karindwi Babuloni, no guhamagarira ubwoko bw'Imana kuyisohokamo. Impamvu zose watanga kuri iyi ngingo ntizishobora kugira agaciro kuri jye, kubera ko Uwiteka yampaye umucyo utavuguruzwa uhabanye n'ubutumwa nk'ubwo." UBUTUMWA BWATORANIJWE VOL2 P70
The Love ntabwo yitabye Imana yarasinziriye. yitabye Imana acyumva ijwi ryayo akemera kuvuga ukuri. Kwitaba Imana kumuntu wapfuye nikinyoma cy'aroma.... Ako ugakosore,👍
Amagambi y'umunsi ya cyangwa y' amajwe ntakababeno. Yesu abakomeze
Urakoze musore, ubisobanura neza rwose
Wamuntuwe utukibyutazi bite byawe
IMANA YO MUGIHUGU CYO MWIJURIKUBABARIRE
utazi inzita igana mwijuru yiringira amadini kuvamwidini ugya murindi ninko kubenga icyugu ukabenguka umuserebanya tumenye YESU niwe nzira
Wakoze cyane rwosepe ibyo wavuze nukuripe itorero ryitaye kunyubako, amafaranga kwihuza misi kd ntago bibiliya ibyemera. Rero ivugurura nubugorozi birahari ngo bigorore abadive
Gusa ababo binkingo ntaho bahanuwe ariko ubugorozi bwarahanuwe ko buzasimbura abadive soma umurimo wagikristo p 52
Urabeshya cyaneee.
Wasomye he ko ITORERO RY'ABADIVENTISTE B'UMUNSI WA 7 babaye BABULONI ngo abantu bayivemo. Ibyo uvuga ni ikinyoma cyambaye ubusa.
"Muri bamwe mu bagize itorero harimo abibone biyemera binangirira mu kutizera ndetse no kwanga kureka ibitekerezo byabo, nubwo bahabwa ibihamya bikurikirana bituma ubutumwa buba ubwerekeye itorero rya Lawodokiya. Nyamara ibyo ntibizabuza itorero kubona umucyo ngo rireke kubaho. Numureke urukungu n'ingano bikurane kugeza mu isarura. Icyo gihe abamalayika nibo bazakora umurimo wo kubitandukanya.
Ndaburira iterero ry'Abadiventisiti b'umunsi wa Karindwi ngo mwitondere uburyo mwakira buri nyigisho yose nshya n'abantu bavuga ko bafite umucyo ukomeye. Umurimo wabo usa n'uwo kuregana ndetse no gusenya." UBUTUMWA BWATORANIJWE VOL2 P76
@bertwi-bh9x Inyubako nziza n'amafaranga aza nk'icyacumi n'amaturo ni ngombwa rwose. Kuva cyera na Kare Imana ikorana n'abantu bafite ibikorwa bigaragara. Kuva mu nzu y'amakaro ukajya gusengera Imana muri nyakatsi ngo ni urusengero bihamya ko iyo Mana abayivuga batayizi. Uwampa ubushobozi nakubakira Imana inzu iruta iyo Salomo yubatse mu bwiza. Mbaze ndore. Abanyabugugu ni bo barwanya gahunda y'Ubusonga ariko nabo nta migisha bashobora kubona iva ku Uwiteka.
@@boctv1097 Uzasanga abiyita ABAGOROZI ngo basohotse mu ITORERO kubera kimwe mu icumi ngo bajye bagifashisha abakene. Igisekeje: Bagerayo 1/10 n'amaturo bakabirwanira maze abakene ntibamenya uko byagenze.
Uzi intambara yabaye Congo ABAYAMAZE N'ABAGASHIZE barwaniye Amafaranga intambara ikabura Gica??
Ntibakabayobye! Ikibatera kuvuga ibyo ni UBUGUGU bwabamaze. Bakwiye kugaruka ku isoko
@@boctv1097mbese niyo icumwer kizatangazwa muzakomeza gusengera mwizo nsengero yesu yabatanye arumusaka. Erega ugwasalomo gwashushanya Kristo. Hewe mbega wibaza KO lmana ihimbagwa nokuba munsengero zubatswe nabana babantu ? Mbe intumwa zasengera muruhe rusengero? Usubize utekereje
Ese nyuma ya Yesu intumwa ntabwo zasengeye MUNSENGERO ko arizo zashinze itorero nuyumunsi tugenderaho?? Mujye musoma neza musobanukirwe Mureke gutwarwa namarangamutima yabasohotse mutazi nibibasohoye!!@@LadislasHarerimana-ix1ke
Urakoze cyane muhungu w,Imana.
Congratulations 🎉❤
Cyakoze uba wabuze icyo uvuga,iri nitorero ry'Imana
Amen! Uravuga ukuri nshuti yange.
Nibyo ndetse cyanee@@adventistyouth123
@@adventistyouth123Ryabaye iry'abantu se ko itorero ry'Imana ari itorero Kristo rigizwe n'abizera bari mw'isi yose. Mbere ya 1846 abadivantiste batarabaho Itorero ry'Imana ryari ririho kandi zakomeza kubaho
Iritorero Nubuhungiro abomumahanga yose barararikirwa kurizamo
Veey nice🎉
🙏
Aba bagabo baravunitse disi 😢😢😢😢😢
Ndarikunda cyanee3eeeeee
Thank you brother
🙏
oya se. Tub😂asengere. We.😂😂😂😂😂 Nukuri
Imana ibunve
Muzadishakire amateka avuga kuri matta bakunze kwita meteli
Sibyiza kuvuga kubadivetiste ugasoza ntazina pastor Ezra mpyisi
imbere cyane
Cyereka utakorera ifaranga ukoresheje Izina Abadive !!
😢kuberiki iryo torero usanga ryisuka muri poritike yiyi si? Ubwo ryoryo ntiriri muyagize baburoni hahambaye?
Abadive mbaziho gufunga umutwe no kutabana neza n'abandi. bakunze kugira umutima mubi.
ni abagome.
uwabizemo wese azi ubugome bwabo
Ndumva ufite amatiku
Kd wasanga nawe ubugome bwarakubase kuko amatiku ufite ntaho waba utandukaniye nabo koko niba bayafite
Ngaho ubuse wowe ugaragaje ukuhe gukiranuka😂😂😂😂 aho uri se ni mwijuru ntabicanyu, abajura, abagambanyi abarozi nabandi bahaba😂😂😂😂 Yesu akugenderere peee
Buriwese azabazwa ibye WA muntu menya ibyawe😢😢😢😢😢
Uko warihara bika kose niryimana umu.ntu Azaba baburoni kugiticye Arikwi torero ryima na ntirizaba baburoni
Hejuru cyane❤
@@beturiabamberemukubagezaho4163 murakoze cyane
Kwisiyose basenera munsengero kuko niho bugama izuba nimvura.
Ntanarimwe idini izaba inzira ijya mwijuru.Yesu niwe nzira aho wahurira nawe hose,ibyamategeko namahame ntaho bihuriye nagakiza kabonerwa muri Yesu
Itorero ryo niyo havamo abana bibirara ariko nabeza barimo ntakureba kuruhande rumwe
Amateka nimeza atuma abantu bamenya
Murakoze cyane
Ntabyoroshye
Yiiii🎉🎉🎉🎉🎉
Itorero ryabadiventiste kuvanakera ryamye rrikumurongo nubu kuzagzayesagarutse
Roma yabagoreweho,
Banywa gacye!
Vino ni umukobanyi Inzoga zirakubaganisha, ushukwa na zo ntagira ubwenge.
Uyinywa wese ni urukungu rugomba gukurana n'amasaka kugeza ku isarura
Ibyo banywa ko utabivuga se?
Uko wakwangiza ukanaharabika ITORERO ry'Abadiventiste kwaba Ari Nko gusuka amazi ku rutare wibwiye ko rutoha.
"Muri bamwe mu bagize itorero harimo abibone biyemera binangirira mu kutizera ndetse no kwanga kureka ibitekerezo byabo, nubwo bahabwa ibihamya bikurikirana bituma ubutumwa buba ubwerekeye itorero rya Lawodokiya. Nyamara ibyo ntibizabuza itorero kubona umucyo ngo rireke kubaho. Numureke urukungu n'ingano bikurane kugeza mu isarura. Icyo gihe abamalayika nibo bazakora umurimo wo kubitandukanya.
Ndaburira iterero ry'Abadiventisiti b'umunsi wa Karindwi ngo mwitondere uburyo mwakira buri nyigisho yose nshya n'abantu bavuga ko bafite umucyo ukomeye. Umurimo wabo usa n'uwo kuregana ndetse no gusenya." UBUTUMWA BWATORANIJWE VOL2 P76
Good 👍👍👍
Ahose uvuziki?
Ahahah,abadive benshi nzi baranywa mu ibanga rikomeye
Kunywa c Harutanywa 😂😂
Nanjye Ndiwe,Kdi Ndanywa.
Ikibi Nukunywa Ibisindisha.
Uzi nk'ibihumbi bingahe mu barenga 1M bari mu Rwanda?
Utamywa ninde ? Nti munywa amazi?
Ibyo si ibyawe muvandimwe ntabwo abadiventist Ari umuntu cg abantu hari ibihumbi byinshi bitararamya Bali itorero ni iryi Mana
Yu
Banywa ibinyobwa bihiye kandi sibyiza kubinywa
Niba warabimenye bigumane kandi uhirwe rwose. N'ibyaha ntago tubikirira icyarimwe nanswe ibyo kunwa
ua-cam.com/video/aFrnabTGq-w/v-deo.htmlsi=WW46OwG6Rc1T8hC9
The way of hope Choir from Rwanda SDA church basoza umwaka wa 2024
Amabandi gusa.
Sinzi impamvu uvuze utyo ariko Amabandi kuri iyi si ni menshi nshuti yange. Uko nawe wiba igihe cy'Uwiteka Niko mu Bwami bw'Imana wazitwa ibandi/Umujura uramutse utihannye.
Kandi SI igitangaza kugira abajura mu ITORERO kuko ni "ITORERO riri ku rugamba ritari ryanesha" IBABAHO MU MINSI Y'IMPERUKA P35, INAMA ZIGIRWA ITORERO VOL3 PAJE 76
@@NsabiyaremyeRomain Ntugatukane si byiza. Imana ifite itorero ryayo mu isi uko ryaba rigaragara kose Yesu Kristo ni we nyiraryo. Ntacyo kurituka cyangwa kurirenganya byatanga ahubwo rirushaho kujya mu kwamamaza ubutumwa bwiza. Nkwifurije kuba muri iri torero ry'Imana hari ibyiza byinshi.