“Ariko igihe kiraje ndetse kirasohoye, ubwo abasenga Imana by’ukuri basengera Data mu Mwuka no mu kuri, kuko Data ashaka ko bene abo ari bo bamusenga. Yohana 4:23”
Urwitwazo azahungira muri community centre tuzazishinga muyo twaturaga tubashakire I.yuga nk indi biteze imbere apana gukiza ibyo bitubuzi byigize inigirwa mana .
Twasabaga Ko insengero zose zose Zifungwa Burundu , Nkuko na zazindi zujuje ibya ngombwa Nizo gutuka no gusuzugura ijuru nisi Nuwabiremye aliwe data wa twese.
“Ariko igihe kiraje ndetse kirasohoye, ubwo abasenga Imana by’ukuri basengera Data mu Mwuka no mu kuri, kuko Data ashaka ko bene abo ari bo bamusenga. Yohana 4:23”
Nta hantu na hamwe umuntu atasengera Immana cyane cyane iyo ufite umutima uyikunda kuko umutima wawe nirwo rusengero rw'ukuri.
Niko bimeze mukundwa ❤❤
Disi rero amaturo ni ibyacumi byakoreshejwe nabi, Imana ntiyababarira!!!!
Ubundi Imana yo iravuga ngo nimuzane ibyacumi ni amaturo mu nzu yanjye he kuburamo ibyo kurya, mubingeragereshe nange nzabaha umugisha!
Kuko Imana yari ibizi ko umukene, imfubyi, umupfakazi, ushonje, uwambaye ubusa ni ufite ikibazo azahungira ku rusengero akabonerayo ubutabazi!!
Siko byagenze ahubwo uwabagezeho, mwaramwirukanye, uwarwaye ntimwamusuye, uwapfushije ni uko, uwambaye ubusa ntimwamwambitse, urushye ntimwamuruhuye!!!!!
Ariko twarababonye mwemeza ko murya amaturo mugacura abana b'Imana,
Ndumva mfite isoni ku Mana, z'ubuyobe twagize natwe tukifuza kugaragara dutura ntitugaragare dufasha Imaze kabiri adateka, dusura uwarwaye dusubiza abana mu Mashuri babuze minerval!!!
!Abagabo mwakoze ibiiii!!!
Ubu nibwo nkibyumva!!!!
Ntacyo mwamariye Imana, mwaguze amakote n'amamdoka, abana bantu biga hanze ab' Imana bandagaye,
Mwanze gufasha intama, none nyirazo yihagurukiye, biracyazaaaa,......
Intama mwaragijwe muzazibazwa, ziraje zigwe, satani araje azisubize kababeho, ibyo mwarahiriye bibakurikiraneeeee,😭😭😭😭😭
Mana utubabarire!
😢😢😢😢uvuze ukuri mukundwa
H.E turagukunda cyane Kandi tuzagutora twongere tugutore Aya madini yose natangire gusora kuko nimutabikora utyo turaza gushiduka igihugu cyose cyahindutse amakanisa.
“Imana ni umwuka n’abayisenga bakwiye kuyisenga mu mwuka no mu kuri. Yohana 4:24”
Byari bigeze aho ubishaka wese abyuka akubaka urusengero. Rero ntago ari Imana byabaye business kurushaho
😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢😢vraiment
Imana niyo nkuru ariko yesu ATI: I ibyimana mubihe I mana naho ibya kayizari nawe mumuhe ukuri kwe abasaba ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ubuhanuzi bugomba gusohora mukundwa ❤❤
😂ubwo rero kwiba si bibi ikibi nukwiba ukimaho leta
Jewe gushora siwo muti wap none ndababaze umusuma yivye wamufata akabiguhako wewe ntuba Ubaye nkawe? Mwese muba mubaye abambuzi
💔💔💔💔💔
baribaribye abakirisitu muburyo bukomeye, birirwa bubaka amahoteri namashuri nizindi business kdi abayatuye arizampfubyi nabapfakazi nabandi batishoboye ariko ugasanga abayatura itorero ntacyo bimamariye, gutura ntamumaro bigifite
😢😢😢😢😢😢😢😢
Mission y'insengero sigutura, ahubwo nukuramya Yesu Christ, Christ icyamuzanye nugukuraho amaturo n'ibitambo:Soma abaheburayo10:7-12.Igikwiye n'ukwizera izina ryaYesu Christ gusa kdi imibiri yacu n'insengero z'umwuka wera.
❤❤❤❤❤amen
Kuva kera umusoro wabagaho na yesu yarawusoze ahubwo baratinze ayo baka abantu rwihishwa ntayo muzi,batugurisha bibiriya ya 4 mirongo 30 ngo batanze cadeau iyo bari gusezeranya ubundi kdi utayatanze bakabwica. Kugusezeranya udafite ibihumvi magana ntibagusezeranya, ahaabaremereza abantu sibyo
😢😢😢😢😢😢😢😢
Gs nibakureho Imana tubimenye ,naho gusora byo ntawabishobora gs ndabona abapagani aribenshi,nonex gutura nagahato kumuntu atura abishatse
Niko bimeze ubwo abantu bumvise ko bayobywa bazatura make cyangwa ntibazongere😢😢😢
Noneho abakene barajyahe! Ubundi umukene yacibwaga mu muryango no muri society agahungira murusengero akabeshwaho nikizero, none rero insengero nazo ziraje zibirukane.
Cyakora ayo bazasorwaha bazahire bukakamo ibitaro byinshi byabasazi ,bongere n' amagereza.
Azahungira ku Mana kuko iba muri twe ❤❤
Urwitwazo azahungira muri community centre tuzazishinga muyo twaturaga tubashakire I.yuga nk indi biteze imbere apana gukiza ibyo bitubuzi byigize inigirwa mana .
Nibyabuzwe nukurindura bikaba but dukeka bizarangira
Birakaze
Ibi ni intangiriro yo kuramukwa mukundwa 😢😢
Nonese ko bavuze ko abanyamadini ari abajura none bazasoresha amabandi?
N'indaya zirasora mu bindi bihugu
😂😂😂😂🫢🫢🫢🫢🫢
@@leonmusanabera12😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂ni akumiro pe
Nitwa Emmanuel ahaa😂akaje karemerwa mikayeri ni we uzatabara abe
😢😢😢😢😢
Ariko abanyarwanda kumugani wa pk turinjiji ubuse ibihumbi 800000fr kukwezi nuruhe rusengero rwawubona. Nubundi kwaba arukuzifinga.
Nanjye mfite anatsiko pe 🫢🫢🫢
Havugimana simeon ibyanditswe bigomba gusohora birababaje 😂
Utabibona niwe utera induru mukundwa 😢😢😢
Zisore rwose kuko amaturo ntitubona ibyo akora Ariko imisoro yubaka imihanda namavuriro ,kdi ibyo bikorwa remezo nabapasteri bikabagirira umumaro ayabo bayashyize mumufuka
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
ahubwo ariyamaturo azenguruka munsengero atanditse muri bible ntabwo abakisitu bakwiye kuyatanga kdi gutura sitejyeko
None se ahubwo ugirango hazingera gutura bangahe 🫢🫢
Ni bafate TIN Number kubwinshi😂😂😢 kbx bazibahe batabagoye.
😂😂😂😂😂😂😂
❤ ibyo Niko biri nshimiye ko leta irebera abaturage.
😢😢😢😢😢ahubwo bagiye kunyereza amaturo yinjiye kahave
Barebe no kubahanuzi basenyingo bagateranya n,imiryango
😢😢😢😢😢😢😢
Abapadiri ndabakomeje kuko bazagendera ku bwinshi bw'abakirisitu babishyuza imisoro kandi pe,abagatorika batura babarirwa ku mitwe y'intoki!!!!!
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Murahinda imana izivugira Nawel commentaire ukoze nugucnya inkoro
😢😢😢😢😢😢😢
Oky!!! Ngaho nibazisoreshe ariko bazifungure wenda
Mujye mutekereza Kabiri namabutique ari guhomba kubera imisoro iri hejuru murumva nibayishyiriraho imisoro iri hejuru murumva atarukurufunga muyandi magambo!
Mbona ariko bizagenda, zizahabwa urufatiro rw umusoro ababishoboye bafungurirwe🫢🫢🫢
@@Raggaf102❤❤❤❤❤
Amakuru yanyu turayakurikirana
❤❤❤❤
Nimuzifungur basor ubeshya ayatang uvuga ukur ayatang imanana niyo mucamanz wanyum
❤❤❤❤❤❤❤
Ntakundi,nugusora peee.
Baratinze kuko niba idini yarabaye business aho kwita ku bababaye imfubyi n abapfakazi rigomba gusora😢😢😢😢
Cyz muzi kureba kure pee kk mugihungu ni nsengero zitasoraga kbc❤❤😴😴
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Nti tugishaka insengero za bazunguzayi
Tinganyi ku butaka bwa Africa ntagatifu
Apana ntakakitu
🫢🫢🫢🫢🫢🫢🫢🫢🫢
😂 abantu benshi bibagiwegusengantahatulmanaitagutabarira 7:49 7:49 ❤
Are sure Emmanuel?😂😂😂
Muzikugira ishari mwabanzi bumubimwe .
🫢🫢🫢🫢🫢
Babahe za ebm zjye zinyuzwamo ayinjiye .uyatanze ajye ahabwa facture ya ebm.umusoro ku nyungu ,tva,tpr na za rssb bizibara.
🤣🤣😩😂😂😂
😂😂😂😂😂😂🫢🫢🫢🫢
@@nishimweanitha686😂😂😂🫢🫢🫢
Nibazifunge burundu kuko nindiri yibisambo kbs
😢😢😢😢😢😢😢
Iryonishyari ibintibirabyepe
🫢🫢🫢🫢🫢🫢
Nizisoreshwe izinaniwe zifunge
😢😢😢😢😢😢ibi ni ibimenyetso by’imperuka ndakurahiye aho insengero zikurura Leta kuzibazaho kugeza aho zifungwa izisigaye zigasoreshwa😢😢😢
Ndumiwe
😢😢😢😢
Kbs Wenda akavuyo kabanyuka kabatekamitwe
😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂😂
Ubuse nkomurwandaho bashigiye kuki kugirango basoreshe isegero namatorero?
😂😂😂😂😂😂kuko binjiza amafranga,byafashwe nka business ugereranyije n ibyo zakabaye zikora
Ahubw baribaratinze kuzisoresh kuko nibisambo bazisoresh izind bazifunge
Gafungwe inda
N izisigaye zizifunga kuko ni bake bazongera gutura niba zifatwa nk iziba abakristo
@@user-lk3ku7jh9g🫢🫢🫢🫢
Mdumiwe🫢🫢🫢🫢 gus sinzajy Nur ngumusore😅😅😅😅
Hari n’abandi batazongera gutura buriya🫢🫢🫢
16:49
Ntabwo byoroshye
Nimuzifungure rero,Kandi Koko,niba bagurira pasteur imodoka ,nibasore
😂😂😂😂😂
Yewe turasubira kubigirwa mana kuko ndabona arihohonyine hasigaye ubuhugiro ndabotwirukanwe Kumana pe
Oya mu kundwa naho uri iwawe wahasengera😢😢😢
Hashyirweho umusoro kuri buri rusengero n'imisigiti ba nyirazo nibabona batabishibora bafunge.
😢😢😢😢😢niko bizagenda kuko gutura si itegeko buriya bazabigira itegeko nutabona ituro usibe
Twasabaga Ko insengero zose zose
Zifungwa Burundu ,
Nkuko na zazindi zujuje ibya ngombwa
Nizo gutuka no gusuzugura ijuru nisi
Nuwabiremye aliwe data wa twese.
Kdi data yazifungiye😂😂😂
Wikwirirwa ubisaba mukundwa bizikora 😢😢
@@Emanuella814😢😢😢😢😢😢
Disi rero amaturo ni ibyacumi byakoreshejwe nabi, Imana ntiyababarira!!!!
Ubundi Imana yo iravuga ngo nimuzane ibyacumi ni amaturo mu nzu yanjye he kuburamo ibyo kurya, mubingeragereshe nange nzabaha umugisha!
Kuko Imana yari ibizi ko umukene, imfubyi, umupfakazi, ushonje, uwambaye ubusa ni ufite ikibazo azahungira ku rusengero akabonerayo ubutabazi!!
Siko byagenze ahubwo uwabagezeho, mwaramwirukanye, uwarwaye ntimwamusuye, uwapfushije ni uko, uwambaye ubusa ntimwamwambitse, urushye ntimwamuruhuye!!!!!
Ariko twarababonye mwemeza ko murya amaturo mugacura abana b'Imana,
Ndumva mfite isoni ku Mana, z'ubuyobe twagize natwe tukifuza kugaragara dutura ntitugaragare dufasha Imaze kabiri adateka, dusura uwarwaye dusubiza abana mu Mashuri babuze minerval!!!
!Abagabo mwakoze ibiiii!!!
Ubu nibwo nkibyumva!!!!
Ntacyo mwamariye Imana, mwaguze amakote n'amamdoka, abana bantu biga hanze ab' Imana bandagaye,
Mwanze gufasha intama, none nyirazo yihagurukiye, biracyazaaaa,......
Intama mwaragijwe muzazibazwa, ziraje zigwe, satani araje azisubize kababeho, ibyo mwarahiriye bibakurikiraneeeee,
Mana utubabarire!