Ukuntu Robert (camera man) yahise akosora akantu ka Logo ya Isimbi Tv mu maso ya Ndimbati byerekana ubunyamwuga. Bantu banjye mujye mushimira Sabin, ariko mwibuke na cameraman we!
Gihozo njye ntutuziranye pe!ariko niba abaturanyi barahamije ko yatwaye umugabo w'abandi ndetse bafite na facts zigaragara harimo n'inyandiko y'inzego zibanze nawe nahakane with proof!naho ubundi ibyo kwihumuriza no kwisekesha no kuvuga ngo Ndimbati aragufashije ibyo bimeze nk'buryarya. Nta muntu utavugwa ariko nibamvuga uko ndi nzihana kuko hari abo nzaba nabangamiye nibambeshyera kdi kizaba ari ikigeragezo kizarangira so kuvuga ngo bari guca imanza kdi ari njye wabatije umurindi naba ndenganya abantu. Gihozo rero kuba NDIMBATI yaguhumuriza sibyo byakugira umwere ahubwo genda wiyunge n'abaturanyi kuko bible ivuga ko ikizahambirwa mu isi no mu ijuru kizaba gihambiriye kdi ikizahamburwa mu isi no mu ijuru kizaba gihambuwe!plz be honnest.
❗Sabin niba koko uri gushaka kubaka abakumva atari views wishakira uzasure Gihozo iwe mu rugo ari kumwe n'uwo yita umugabo we wagarutse bari kumwe! Niyanga ko umufata video nkuko yabikoze kuri Bosebabireba Tv ni uburenganzira bwe ariko ntacyo muzaganire tumwumve amajwi
Umuntu abona ko ndimbati avuga ukuri ampe like
Ukuhe kuri c avuze kuki c atahamagaye uriya mugore wundi
Aravuga ukuri rata
Ukuri se Nuko ari umustar wu umubeshyi waje gushyigikira umugore wigize kazarusenya
Nareba nabi sekaganda azamuha isinde kuko azatuma film ze zitarebwa Kubera gukoresha ubustar bwe mu guhishira bakazarusenya
Ukuntu agenda yisobanura Nicyo cyerekana ko Uyu mugore yibye umugabo wa abandi Naho Ndimbati ntawutazi indaye nini ntacyo atakoresha Ngo akunde ayuzuze
Umuntu urikubona Gihozo kwafite ikimwaro nampe like naho ibyokuvugango nukumubeshyera oya oya
Cyishiii
Urubanza nurwimana bantu mucimanza muragowe rekimana ubwayo izoshire ikinyoma ahabona
Nicyosijyitwenjyecyumugorepe
Ndimbati arikumusetsacyane
Iturize nshuti. Isi ntisakaye nawe wanyagirwa. Kandi wibuke ko nawe uri mubo satani arasa. Niyo byaba aribyo aho guca imanza musengere Yesu niwe mucamanza. Cyane ko utanazi ukuri
Aline Gahongayire na Ndibati, n'ukuzabashinga ministère yo guca amatiku mu Banyarwanda. Nkunda ukuri kwabo 👍👍
Cyaaaane
Ndimba uzampe bitanu wanyambuye ukora mubamotari igihozo imana irakwanitse p
Gihozo yambaye neza cyaneee 👌
Sapé comme jamais 😂😂
@@sabinenellyumutoni3162
Ce vrai???
Nikoyama vrement abegwa kubi
Arinda kwambara neza kuko numu 🌟 wa Kristo. Komera Yesu Ari muruhande gwawe .
Umva madame wowe n'umutima wawe muzi ukuri , byonyine kuba utinyuka ukavuga ngo nibagutenga uzajya murindi dini bisobanura byinshi , uko mbizi umukozi w'Imana arwana bucece .
Ibyo urabikora nkakwihorera, Ukibwira yuko mpwanye nawe rwose. Ariko nzaguhana mbishyire imbere y'amaso yawe, Uko bikurikirana. Zaburi 50:21
Ukonukuri 🙏
Yes
Uwumva ko Igihozo avuga nka DJ Briane nampe like. Muzabahuze pe!
Oya isimbi yashya pe
Canee
Nishyari
Bamufitiye
Ngihozo
Komera
Imana
Irikumwenawe
Nukobabona
Haraho
Unjyeze
Ntacyizacyibamubantu
Komera
IImana
Irikumwenawe
Sambe
Umbabariye
Wamampaye
Nomeroyawe
Ndayishakacyane
Sha ugararako wamutwaye Giho
Yamaze.
Abanyarwanda mugira amashari
Numwana se yahetse mumugongo
@@annociatebukuru8106 indaya mbaya!yamaze c akaza kutwishushanyaho?mutoke niba aribyo Koko amafuti ye azamugaruka!
Kwisobanura cyane bihwanye no kwishinja
Tres bien ufitubwenge sha
Azi gusisibiranya! Ariko Erineste yamutengushye yariye indimi kuri Bosebabireba TV
Yego peee
Igihozowe komeza nge nzagukurikirana igihecyose abirwa bakuvuga nabo baravugwa
Ndimbati we urahatwitse pe
Nanje ningera mu Rwanda ndashaka ikiganiro na Sabin numva umuntu wese avuga ngo urumva Sabin bi soundinga neza❣❣❣❣
Nanjye nuko pe. Umva Sabin. Homme respectueux👌👍
Hhhhh!!!nange mbanumva aribyiza
Mugabanye guca Imanza mu Ijuru hari Imana yihagije idacyeneye Abashinjacyaha,Abagenzacyaha,Abavocats.....izabyirangiriza....Ubwo nibwo BUMANA BWAYO.
Uvuze neza cyane. Abamutinya bamwihoreye. Ubwo mumutinye kko mutari mu cyicyiro kimwe.
Abantu tugabanye amagambo.
Imana idaca urwa kibera niyo izi ukuru.
Ukuntu Robert (camera man) yahise akosora akantu ka Logo ya Isimbi Tv mu maso ya Ndimbati byerekana ubunyamwuga. Bantu banjye mujye mushimira Sabin, ariko mwibuke na cameraman we!
Arikose Gihozo aba aseka cg ni uburyarya?Iyo nseko iravangiye.
Nawe kweri ugiye kumuhora kwisekera...ko ntakibazo afite Yesu yabikemuye umubujije guseka ute?
@@isokoidakama4622 ahubwo c abaye indyarya bitwaye iki
Ni uburyarya
@Nyiramucho Chantal ntabwo aruguseka babyita gushinyika Wenda nokurira kubera isoni
Iyi style Yokubyinisha Amaguru nibibero yuyu muvugabutumwa nigatiki?
😂😂😂😂😂😂😂😁😁😁😁😁
Umva ntabwo aribyiza rwose uy'umucyo kubagore kirazira
Wowe uvugango gihozo arisekesha aramaze aseke gihozo isekere rata ubundi abinsi ntimunyurwa habe nagato mujye mumenya ibyanyu ibyabandi ntibibareba sigobwa rata gihozo ndagukunda nibakureke ndakwitorera imana iguhe imigisha myishi cyane
Gihozo sinzi iy comment kuhava uyibona ariko je ndakwikundira bakuveko Naho womutwara umugabo nisafuriya bimukana ukayijana ahandi nikiburabweng kugira agukurikire? Soit forte ntavyacitse💪 mama wambay neza disii useke nampaka ubabaze abakwanka syiii🥰🥰🥰🥰
mbega inseko...ubububwiriza butumwa bwubu nidanger
Najye narumiwe niyo seko da!
Mwabantu bi mana mwe mugabanye gucimansa ahubwo namwe mwite kwiherezo ryanyu
Iman Iguh Iherez Ryiza
Uy Umu maman yambaye neza cyane
Ninde Yunv Yokwirabir Commet Gusaa Nkaj Amp likee,🤣🤣🤣Ham Sabin Ww Isi Yos Turakwemer mukazi Rondrr hasi Hejur Umugab W Gihoz Ugirir Surprise Amakunguu nabashak Kumeny Ukur Kwose Ham N Gihoze Azamwunviriz Nkabandi Ham Abagore Bose HariH Imiryango Ubizi Apan Ababanyi cnk Abagenz .
Sabin Koresh Ubweng Apan Ivy Irimwo Urik Urataa Umwany .
Bidakenew Koraa Icuzii
Ndimbati we iyo ndaya itwara abagabo babandi nawe iraguhagurukiye koko ndumiwe pe!
Indaya manaeeeeee imana ikubabarire🙏🙏🙏🙏🙏
Ndimbati rwose burya numuntu mwiza cyanee pe nshimishijwe nuko afitumutima woguhumuriza ndimba urimfura pe Giho nukuri ntugacikintege nokugusebya kuko burya nawe abayasebye kukurusha kuko arumunyabwenge yagusanga mukabikemura cyanee komurinaba christo rero nibayifuza kuseba ntibikabe ahubwo komera turagukunda ntuzongere nokuza wiregura ujyuza ujekuvugubutumwa ibindindi bigucintege bireke ndimbati ndagushimiye urimfura uzinubwenge niwugezweho byo giho jyukora ibikwiye kndi uhamanyanumutimawawe kwarukuri wirinde guhrmuka Imana izakurengera ikurenze naho yakugejej ntugasubire inyuma ahowavuye urahazi jyukomeza wisekere ndabikunda
Witwaje ndimbati ngo agukure mwisoni ????!!!! Iyuzana wa mudamu watwaye umugabo ?? Cg ukazana pastor wawe !!!!!!! Ceceka aho biracyaza .
Iyazana Pastor twamwemera kuko ntandimbati abigukurako nazane wamudamu yibye umugabo numushumba tuvyemere
Ndabona ndimbati yamubereye umuvugizi 🤷ntacyo yakora ngo ugukureho igisebo kikuriho mada😂😂
Hmm..Ntacyomvuze mwabantumwe !!
Camèra Man Mbonye aho Abera Umunyamwuga Robert Courage Urashoboye
Wamubyeyi we wamabye neza ,ariko ntanduru ivugira ubusa kumusozi ,sabe uzazane nuriya mugore wundi
Kbs sha azamuzane nukuri peeee kuko Gihozo ari kwiherena ijambo
Nabahuze ari 2 maze turebe uvugisha ukuri
Gihozo simushira amakenga
Kwisobanura kubantu ntakimazi Ahubwo ku Mana niho yoba abishoboye.Ukuri murondera kwomara nimyaka myishi mutarakuronka.iciza nuko kwama gitsinda naho kwoteba kumenyekana
@@honorinegaju6201 Gihozo kumunwa yatsinda uriya mugore kuko umunwa rwose yarawubatse
Ahubwo gihozo aguma yitwenza nkuwuzi ikintu, kwisimbi yavuze kwico cumba cokururya mugore yahakanye ngo ntacazi ariko ikiganiro ernest yavuze ko gihozo yakijewmwo rimwe dufatiki?
Mwizina rya Yesu nizere ko udatwara ndimbati afite famille nziza nkunda! Ntumugudire mugore gaca!
Ariko mwagiye munvuga muziga
Hhhhhh mbega wowe
@@victouriaanddabsecl6418 ariko se ko ndengana nijye mba natanze amakuru ko nsanga bisubiranyemo nakari imuroli bakakandarika?😂😂
@ grace umulisa baba bushfire haze ariko muri twese ntawuzi ukuri ubwo rero ntiwabyuririraho unvuga ndimbati. Uziko kubeshyera umuntu bibaho? Sha jye byambayeho birampama neza neza uwambeshye aje kusaba imbabazi kuzimuha birananira I pe nazimuhaye ntankuru. Ubu ibyo yanvuze byankurikiye no murushako. Ubwo rero jye iyo nunvise banvuga umuntu unva ndaruca nkarumira.
Ndimbati rwose burya numuntu mwiza cyanee pe nshimishijwe nuko afitumutima woguhumuriza ndimba urimfura pe Giho nukuri ntugacikintege nokugusebya kuko burya nawe abayasebye kukurusha kuko arumunyabwenge yagusanga mukabikemura cyanee komurinaba christo rero nibayifuza kuseba ntibikabe ahubwo komera turagukunda ntuzongere nokuza wiregura ujyuza ujekuvugubutumwa ibindindi bigucintege bireke ndimbati ndagushimiye urimfura uzinubwenge niwugezweho byo
Ababonako ndimbatii asobanutse bampe like
Imana imbabarire pe imvugo yawe n,igitwenge bisa ukuntu.
Nicyo kikwereka injajwa yiyita umuvugabutumwa
Kbx
uyu mu mere ndamuzi twariganye i gikondo so na kera akiri muto niko yasekaga so please never judge people by looking in their face but by their act
Nimbutwenga uziko watwaye umugabo wabandi uragowe kko akogatwengo kazohinduka amariraaaa kuko wabpa Ubaye umusambanyikazi Ndimbati siwe agushigikira kko ivyawe nawe ntavyazi Rekura umugabo wabandi.Naho nimba bakubeshera niwihangane Yesu vyose azobishira kumugaragarô
Yesu atarajya kumusaraba gucungura abatuye isi ,abo yagiriye neza bose bamusasiye ibitenge bavugango hoziyana hoziyana hashimwe uje mwizina ryuje mwizina ryUwiteka. Ariko igihe cye kigeze cyo kunyuzwa mumubabaro kugirango acungure isi ,babandi bamusasiye ibitenge ngo atambukireho bavuze ngo nabambwe nabambwe. Rero iyo umuntu anyujijwe muruganda rwo gucurwa kugirango Imana irebe uburyo Igihozo ahagarara mukigeragezo isi igomba kuvuga ko yakubiswe nImana. Ibi ntibitangaje kuko na yobu byamubayeho abatuye isi bavugako yakubiswe nImana kandi mubyukuri ntacyaha yari yakoze. Rero niyihangane akomere asenge Cyanee Imana izamurengera kandi niki cyigeragezo kizaba ubuhamya bwibyo abyujijwemo, ubwo satani yamusabye ngo amugosore, nashikame rwose Umurengezi we arahari. Ikindi abantu mujye murinda ururimi rwanyu kubyo mudafitiye gihamya
Ndimbati ndakunda ukuntu yivugira :" Ngo nigize ntya!"
Ha ha ha ! Sending LOve from 🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Mubyeyi , Imana ntirya ruswa , nukuri ibyo bavuga niba ari ukuri byose kumugaragaro bizatondekana , ariko niba ataribyo ukaba uhamanya n'umutima ko.ari intambara ziguhagurukiye zikinyoma , humura izarwana bucece utsinde bose nabimenye. Naho kugukomeza , nkaho ntacyo bivuze , bantu tujye tuvugisha ukuri , ndimba nubwo ntabana be bashimuswe aba mugenzi we babaye mayibobo .
nimba mushaka kumenya amakuru neza mugomba guhuza impande zombi.pana kwitwaza Ndimbati ngwafashe kuvugira Gihozo.muzajya mukora inkuru neza mutabogama.
Uvuze ukuri rwoseeeee
Gihozo yateguye kbxa ndimbati woe uhora utwika kbxa🔥🔥🔥
Umva Giho ibyo bitwenge nibyiryarya. ubanze wihane gutwara abagabo babandi.
Sibyo se abanze arekure umugabo wabandi
Sibyo se abanze arekure umugabo wabandi
Ndimbatiwe Rata Baca Umugani Ngo Ukora ibyo Azi Ajugunya Ahetse👍👍👍👌
Iyo wisobanuye cyane urisobanya
True
Jyew nsinkuzi giho ariko ndagukunda nubwo byaba byo ndakwikundira gusa wowe wikomeze kuri Yesu niwe aza guha gukiranuka kugeza kwiherezo
Igihozo josiane ukuntu ngukunda rwose Imana ikube hafi
MUREKE GIHOZO YISEKERE KUKO BENSHI KWISI ABANTU BABA BIFUZAKO UTASEKA ,IBYAHA ASHIJWA NIBA YARABIKOZE IMANA IRAKICAYE KUNTEBE YIMBABAZI YIHANE IMUBABARIRE ARK MUREBE IBYANYU KUKO NAMWE NTIMWOROHEWE
Usigaranye ndimbati kweri nimufatanye umushinga satani yarakurashepe muvyubi nonese uyonumunyamwuka warose fatanya mukine filim ivyubutumwa uvyihoze.
Ninde wakubyiyeko abanyamwuka batamenyana nabandi bantu
Gihozo ni indyarya yarabikoze biragaragara ko yamutwaye uwomugore murabona yoroshyese??!
Wew urumucamanz
Ukuntu gihozo yisetsa yewe jyewe mbona bifite aho byavuye ntakabura imvano
Wayabonye ukuntu yisetsa jye bambabaroye uyumugore ntiyazagaruka ahotumureba
Adaseka se.
Afite amahoro ahabwa nuwiteka apana mwe
Ntibisanzwe rwose guhura kwa Gihozo na Ndimbati
Njyewe sinshobora kwandika Comment mbi kuri Gihozo kuko intebe y'ubucamanza Yesu ntayo yansigiye, kuko Uwiteka niwe waturemye ninawe ugomba kuturondora akaducira Imanza zidukwiriye, so Giho woe n'Imana yawe niwoe mubiziranyeho rata kuko n'umuturanyi wawe ntabwo yakumenya neza Imana yomwijuru abe ariyo Ibisobanura rwose.
Uzi ubwenge kdi ndagukunze pe!
Igitwenge Cy uyu mugore ntigisanzwe ariko!!!! WA mugore we Imana izagukoza isoni wumirwe.....
Yisetsa buryarya.arashakabamuhumuriza gusa ntashaka kwerekana ukuli nokurangizikibazo
Erega niyo yiregura ubona ko abeshya rwose ariko azumirwa m uzabibona
Ntago atekanye aba ajijisha ngo yerekane ko akomeye nkaho ubundi ntanseko mbonye aha nukuri
Rero twese nawuzi ukuri usibye Imana yonyine ,ese umuntu mukuru bamutwara gute
@@vestineuwamahoro6041 baba bashimanye ntago baba bamutwaye gusa Imana izatubaza byinshi KBS
Imana wavugiye NIYO izokurwanira ntiwite kuvyo kwisigurira imbere y abantu natwe iburundi turagusengera josiane
Umugore wa Ndimbati abe maso uwo mugore wisekesha gutyo aramugutwara amanywa ava🙄
Yabikubwiye c mubyo yavuze harimo gutwara umugore wabandi
@@mukamureravalerie3775 soma neza ikinyarwanda.
Navugaga ko ari butware Ndimbati ( umugabo w'abandi)nkuko yatwaye wamugabo wundi
😂😂😂😂😂😂😂😂😂nanjye nivy mbona
inseko iraha eeeeeeeeeeeee nukwegura yegeka aha
Gushyigikirana n' byiza ariko no kunengwa bigira ibyiza kuko bituma ibitagenda neza bikosorwa iyo rero umuntu akuvuze nabi harigihe uba ufite ikosa
I love u Gihozo the way u are❤️❤️❤️💝💝💝
Ubwo nawe umaze izabandi 😂😂😂the way you are keep being inspired 😂😂😂😂narumiwe koko
@@Reine257 😂😂😂😂😂😂😂😜😜😜😜ahwiiii am dead
Mbega ibintu byambabaje gihozo nimba aribyo nukuri uzasabe imbabazi knd nimba ataribyo ugende uceceke nkuko nicyaha imbereyimana nabantu icyizere baribagufite kirashira nubwo abantu bashobora kukwereka ko ntakibazo woe niwoe ubuzi nkuko ikintu kibi niguta icyizere mubantu
Gihozo numukozi w'Imana nimureke igcamwacyamye ntawutagitera injugujugu😭🎤🎤😭😭
Niko bimez imburabweng zihutira gukoreshw nka yuda arik mfis ivyizigiro ko bizorangir satani amwaye
Sabin wampaye watsup yawe koko
Nonese nimba uzi ko ari ikigeragezo bakubeshyera kuberiki wisobanura cyane kuki urategereza IMANA nimba uziko uri mukuri koko uba wabivanze pe kugeza aho wifashisha ndimbati kokk
Aba baba bashaka kwiyerekana ntakindi
Iyambalire rata kdi ujye wimara umubabaro wisekere kuko Imana Ibarusha imbabazi ndetse n urukundo
Nge sinterwa ubwoba nibyo bavuga byose kuri gihozo, ijambo ryImana rivuga ko uzabamenyera kubyo bama,
Ngewe rero ntakibi namubonyeho kuva namumenya.
Hari ibihamya bifatika se yazanye, umugabo we azaze abyemeze
Naho amagambo yabisi ujye uyihorera giho,ntamvura idahita.
Gihozo njye ntutuziranye pe!ariko niba abaturanyi barahamije ko yatwaye umugabo w'abandi ndetse bafite na facts zigaragara harimo n'inyandiko y'inzego zibanze nawe nahakane with proof!naho ubundi ibyo kwihumuriza no kwisekesha no kuvuga ngo Ndimbati aragufashije ibyo bimeze nk'buryarya.
Nta muntu utavugwa ariko nibamvuga uko ndi nzihana kuko hari abo nzaba nabangamiye nibambeshyera kdi kizaba ari ikigeragezo kizarangira so kuvuga ngo bari guca imanza kdi ari njye wabatije umurindi naba ndenganya abantu.
Gihozo rero kuba NDIMBATI yaguhumuriza sibyo byakugira umwere ahubwo genda wiyunge n'abaturanyi kuko bible ivuga ko ikizahambirwa mu isi no mu ijuru kizaba gihambiriye kdi ikizahamburwa mu isi no mu ijuru kizaba gihambuwe!plz be honnest.
Hahiye koko, i Burundi turabakurikirana
Ndimbati asigaye atwika agakongora 😂😂🌋
Gihozo rwose komeza umurimo kdi Imana ikongere imbaraga namavuta
Njye ndibariza SABIN nkubu koko uretse n ubunyamwuga nta b 'umuntu washyiramo kuki ukomeza guha ijambo rimwe umuntu umwe ariwe Gihozo kandi yaravuzweho ikintu gikomeye gihabanye n ubw évangéliste yiyitirira none nunvise muri intro yawe 1: 20-28 uvuga ngo mugiye gukorana ikiganiro cyo guhana ibitekerezo no kubaka societé nyarwanda muri rusange ubwo koko uwo mme uvugwaho gusenya urugo rw abandi abana 9 bagasigara mu kaga nkuko byavuzwe (nubwo njye ntabimwemeza) niwe ubonye wo kuza kuduha ibitekerezo byubaka société kandi yarayisenye??? Cg nawe uba wishakira views kurusha uko washaka kubaka uwo muryango nyarwanda uvuga??? Mwarangiza mugatangiza amasengesho kandi muri mu manyanga?? Kuki utazana uwo mme ngo umubaze nawe umuhe ijanbo aho kuzana ndinbati ko ntacyo bitwungura.....kuki utaduha icukumbura waba warakoze kuri iyo nkuru nk umunyamakuru w umwuga niba koko uriwe?? Rwose ntimugakoreshwe n inda gusa mujye mushyiramo n impuhwe za ki muntu
Gihozo wambaye neza pee uraberwe, uri numugore uteye amabengeza kandi nubwo bakurwanya bamwe akenshi namashyari, jya wikomereza ugume uko uri wisekere nkuko usanzwe ibindi ubitere ishoti wikomereze kwiyunga nuwiteka isumba byose. Ndimbati rwose unvura kwigunga iyo nkubonye ndaseka nkatembagara.
Gihozo
Siwo
Kwizerape!
Ndimbati ujye wirinda kuvuga amagambo utafitiye igihamya, nkubu wari ushigikiye uwo mugore, ubu ko ukuri kwaragaragaye? Niki ikindi wongera kuvuga se?
Wowe uzi ukuri kutaje kukuvuga?
Muvandi jya kuri bose babireba wiyumvire ukuntu arikubyemera ko yaratwaye umugabo wabandi.
Ndagukunda cyane ndimbati
Nyine wowe ndimbati ibyo ukora bitandukanye nivugabutumwa ,uba uri mu kazi ushaka kashi. Rero niba aribyo ibyo uwo bamuvuga ahindure inyito , kuko ntawuvugira imana ukora ibyo bavuga yaba akora . Ahindure kabisa azitwe irindi zina , ashake amafaranga nyine .
Ndimbati seee nabwo byoroshye nugire ubwoba pee ndimbati yaguhumurije pee shake yesu aguhumurize niwe urenganura abarengana
Mum gihozo wambaye neza pe kdi nge ndakwikundira pe. Nahubundi ibyo bavuga bareke bavuge komera kumurimo
Ibitwenge birimo uburyarya nigitangaza
Uriya mugore aca kubu you tube bushasha bukeneye kumenyekan nuducommentaires sinon igihozo urahiriwe kuk Iman igiye kugushira hejuru caaaane uwavuze nabi azokorwa n'isoni, uraberew,urimwiza urumukoz w'Iman uratuje ijur rikugum hafi 🤩🤩🤩🤩🤩🤩🤩🤩🤩🤩🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Sabin uratumira urya muvyeyi nawe tumwumve twahaze iyi ntwengo itwihisha uramuzana tubumve bose 🤦♀️😭
Intwengo ni nka yayindi ya Eliane
Ariko ndimbati ntiwari ukwiye kuvuga NGO ibyo bivugabutumwa rwose🙏🙏🙏🙏 kuba utarikora ntibyatuma urituka ni ukuri..ndakwikundira ariko ako ko hoya
Very true
Big up ndimbati uvuze ibintu bizima
Sha uwomuntu ugezekurindimbati agiye kuderanja urugorwandimbati nhokubagabo araroze
Gihozo ibyo Imana yagukoresheje ni byinshi na Dawid yarafite umutima umeze uko Imana ishaka yica uriya wowe nta muntu wishe. Ndagukomeje komera udakora icyaha agutere ibuye
Waooo ndabakunda mwese mwubahwe😍😍😍😍🙏🙏🙏
Hubahwe Imana
❗Sabin niba koko uri gushaka kubaka abakumva atari views wishakira uzasure Gihozo iwe mu rugo ari kumwe n'uwo yita umugabo we wagarutse bari kumwe! Niyanga ko umufata video nkuko yabikoze kuri Bosebabireba Tv ni uburenganzira bwe ariko ntacyo muzaganire tumwumve amajwi
Icyo naringiye kuvuga urakimvuye rwose be blessed pee Urakoze pee Sabin azagereyo Abasure .
@@godaible8936 Ibindi ni ugupfundikanya,gusisibiranya bajijisha abantu!
Ntamvura idahita gihe icyumweru kimwe ibi biribagirana abagutera amabuye bazaza kugusaba imbabazi ngo ubasengere
Rero abantu iyo babonye umugoroba ugeze kumuntu baramutarama kuko bo baba bari kumanywa habo gsa bibagirwa ko nabo umugoroba wabo uzagera. Mujye mureka tuvuge tuziga. Twese byatubaho. Be strong abahaters bazahoraho. Ndimbati much respect kuko ufite ukuri kdi uri honest
Ndimbati rwose ndabizi nawe naka gakumi babavuga! Ubwo muhuye kuko muhuje amateka?
Sabin ubuze kumutumira nuwo mudaso ngo numugabo ndimbati se nuwiki?
Kuko sabin aziko dukunda Ndimbati niyo mpamvu yamushyizemo kugirango abone views nyinshi.Erega sabin ari muri business.
Wamugorewe reka kwihisha mumyenda zana uwo mugabo wawe turebe
Mumurebye se niwe azobashikana mwijuru ?nyabuna nimwite kwiherezo ryanyu ibya gihozo mubireke.
Hhhh wifatiye wa mugore ariko niwibeshya ukiha ibyo gutwara ndimbati, umugore we ntacyina uzabona isomo too.
Yamutwaye uhari c mwagiye mureka guca imanza
Hahahaha oya pe yabaye ikivume gusa Uwo mugore ararinda pe!
Niwewe wamuvumye ntimukavume uwimana itavumye
Ese kombona @Ndimbati yarobye 😂 bimez bite Sabin😅😅😅😅😅😅😅😅
Nawe arahwera
🤣🤣🤣Birakaze kbsa
Sha Giho komera nd'umurundi ariko ndagukunda vrt,ibi uriko ucamwo nanje biranyigishije ukuntu uguma ukomeye mugihe nk'iki
Mwokavyara mwe , tubanze kuraba mujisho ryacu imbere yokuraba mujisho ryundi.
Icyakora.
Ndimbati
Ni umugabo w'ukuri
Ndamushimye
umucristo udatinya gutengwa ntatinya nogukora icyaha gihozoweee
Gihozo. Wanjye. Bahindurire. Kbs. Wambayeneza. Bacanganyikishye. Uhore. Usaneza
komera GIHO.Shishikara ukorera IMANA ntihagire ikiguca intege.
Ese ko mubogamira uruhande rumwe mubaze impande zose muduhe amakuru atariho ivumbi, nimba aruriya mugore urimumakosa usebanya tumunenge kumugaragaro Wenda nuwomuvugira ntawamenya wasanga nawe atarishyashya .
Murashya narumiwe 😂🤣🤣🤣
Ariko iyomuvuga ngo barabavuga mwirirwa muzenguruka ama channels mubamushaka iki?
Bashaka kumenyekana vyihuse
Arikose umuntu azaziranuko asekakoko ukamwangira icyongicyo narumiwepe umuntu urikuvugango insekoye itwayikikoko njyewerwose mukundira insekoye ibyishimo birahenda
Natanguye kugira amakenga avuga ko aho ya yara agwajwe numukire yigumije mukinya akijijwe, akiba ivyokurya bamugemuriye akandi azi kwatawundi azakubirya 🤔🤔😁 kandi yarimuvugabutumwa
Bika ayejo ncuti,ibintu vyose biterwa n'ibihe.
Mutuzanire Gihozo na mama lionel
Giho wikwisetsa uriya mugore a gahinda afite uzabibazwa imbere y'Imana
Biboneka neza neza KO ico Kigore ari igisuma. Hhhh nigihozo Co guhoza nyene. Cambaye neza birumvikana nikijura cica abana kibicisha inzara. Nikibambwe
Nawe wabibonye arakaz pe
Guca imanza bibi
None nkumusi muzosanga atarivyo mwaramaze kuvuga ayo majambo muzokwifata gute muravuga imbere yo kuvuga ni ukwitonda ukaronkera ivyemezo ivyo uvugira
Hhhhhhhh ni gisuma kbsa
Nyimugace imanza sibyiza ese amaso yanyu azi kureba umuntu akarobanura igisuma bibi guca imanza
Komera mukozi w lmana,Gihozo weee,iturize sha ukomez uhagarar ushikamye,ur uwagaciro niho mpamvu ndanakubwira ko ntan inkovu y uruvugo ,komera ushikame kumurimo wa NDIHO
Ese ndimbati ko avuga nkugiye guherumwuka nukubyibuha kibitera cg Niko ameze🤦🤦
Nubona udafite abanzi uzamenyeko inyenyeri yawe yazimye gihozo komeza ujye mbere ugiye kugera kuri byinshi
Sabin ku binyamakuru byose ni wowe nizera ariko kugeza nanubu ntituramenya ukuri nyako kubivugwa kuri uwo Gihozo.wadushakiye umugabo we want mbere uvugwa nuwuriya mugore Violette ndetse nabayobozi urumva ko babiziho tumenye amakuru adafite ivumbi ,please
Udafite icyaha amutere ibuye niko yesu yavuze