Ategetswe n'Imana kuzengurukana Ubu BUTUMWA BWIHUTIRWA mu Rwanda hose: IMANA IJE GUTANGA AKAZI
Вставка
- Опубліковано 17 вер 2024
- #ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
Imana iiguhe umugisha mukozi w'Imana. Ubwo butumwa ndabwakiriye mu izina rya Yesu
Ibyo weretswe mu 2007 ubu biragaragarira amaso y'abantu, nibyo biriho mu bakozi b'Imana benshi, abashumba, abavugabutumwa, abanyamasengesho, abahanuzi......, barimo kuyobya abana b'Imana kandi nibo bakurikirwa na benshi.
Abazi Imana yabo nimuze tuyikomereho, twirinde gukurikira abaje bose ngo ni uko bahanura, bavuga mu ndimi, bigisha n'akarimi karyoshye, ....
Imana ibe mu ruhande rwacu bene data.
Pamfile Imana iguhe imigisha ituruka ku Mwami yacu Yesu Kristo AMEN
Uwiteka wee dukomeze. Ariko ushimwe kuko ugushikamishijeho umutima uzamurinda ebe amahoro masaa. Imana igihe umugisha kuyumvira
Habwa icyubahiro Mwamwi W'abami Yesu kandi ukomeze ushoboze intore zawe🙏🙏
Amen
Mwagiriwe ubuntu kd ndasaba Imana ngo ntizagire Umugisha ibima ntizabihorere mugihe muyikeneye wowe na Plesure.Imana izampuze namwe
Amen, Imana iguhe umugisha muvandi kandi ibyo uvuga pe nukuri.
Yesu wabambwe ku musaraba akazuka ku munsi wa gatatu aguhe umugisha mwinshi. Mana dushoboze gukora umurimo waduhamagariye kdi tuwukore neza
Yesu weeee,Imana iduhe gusenga bibe ubuzima mbese tubigire imibereho.
Yesu naguhe imigisha kdi aguhe imbara
Zokuwu komeza numwukawera akugumeho🙏🙏🙏
Ndashimishijwe nubuhanuzi bwanyu IMANA Ibahe umugisha nda hembutse
Imana yo mwijuru idushoboze guhumuka twitandukanye nibidahuza na criteria cygw ibigize umukozi Imana ishaka nukuri knd nguko uko turi rwose
Nshuti y Imana,ngukundira Imana iba muri wowe
Igukomeze pe
Imana iguhe umugisha.ariko nukuri sinsobanukira aho havuga ngo ntitugasangira ntitukabane nabapagani bo murusengero
Mana mfasha kuba uko ushaka wangize undinde gushaka kuba uko nshaka. Umugisha kuri wowe mukozi w' Imana.
Hello brother Pamphile, komera cyane kd Kristo akugirire neza muri uru rugendo
pamphile turakumva cyane rwose Imana nitange akazi kubagakeneye rwose kdi barahari
Lmana iguhe umugisha pastor lmana idushoboze Nukuri kumurimo ✋haleule
Nukuri Imana itubabarire kdi nukuri iturengere rwose
ayayayayaya IMANA ikubabarire , IMANA igira irungu wamugabo we , nshuti muvandimwe IYO Si IMANA ihoraho Nikigirwamana , IYO si IMANA yaremye isi nijuru, IYO MANA niyanyu ntabwo ihoraho muvandi. IKIBAZO abiyita abakristo bafite nukutamenya IMANA nyamana , Ntabwo IMANA igukeneye kuko itarakurema wabumba we yari yihagije mubuMANA bwayo , kandi yera , yemwe harigihe dutuka IMANA tutabizi bavandimwe , Bantu mwese mukwiriye kumenya ko IMANA ntabwo ari yayindi batubwiye , IMANA Siyayindi Utekereza cyangwa ubwenge bwawe bwakubwiye , ntanubwo IMANA ari yayindi ukeka , Ahubwo IMANA iri Uko yivuze , Kandi IMANA irihagije IMANA Ntamaboko yabana babantu ikeneye , ntabwo ikorerwa nkifite icyo ibuze mwirinde, IMANA ijya yivuga ikavuga iti nitwa ndiho nndakomeye ndera ndakiranuka , ngira ubutabera , Mporesha umujinya . nshuti urimo urigisha abadayimoni ntabwo uri KWIGISHA YESU KRISTO WABAMBWE nkuko pawulo yagambiriye kutagira ikindi yigisha retse YESU KRISTO Wabambwe , urimo uravuga imbaraga za satani , benedata Nimukizwe mureke kuvuga ibyo bibiliya itavuze , ikindi ndi serious ko Ibyo IMANA itabikubwiye . IMANA irvuganira natwe mubyanditswe byera gusa. baKRISTO mukunde ibyanditswe byera cyane . mureke ibyabantu bavuga . anyway Iryo shyaka niryiza Ariko ntiriva mubwenge Usabe IMANA iguhishurire kuvuga YESU KRISTO gusa kandi wabambwe uvuge ibyo kwihana ibyaha , nuko yaje gupfira abanyabyaha . ubisabe UMUKIZA .naho ibyo uvuga bya satani ntagihe bitabaye , ntanigihe bitazaba , isodoma nigomora nuko bari bameze , no kubwa nowa . murakoze
Amahoro, turabakunda cyane Imana ibahe Umugisha.
Thank you so much,be blessed
Turunvise lmana ishimwe kubwubu butumwa Yesu aguhe umugisha
Pamphile Imana ikongerere imbaraga n' amavuta, kwaguka no kubigumamo
Imana iguhe umugisha kandi Imana igukomereze amaboko .
Mukozi w'Imana Pamphile, Imana ikongerere imbaraga ku murimo wayo.
Imana mushoboravyose ikongere irindi hishurigwa
Imana iguhe umugisha mukozi w’Imana
Imana yera ishoboboze buri wese wahagizwa no kuzuka zino critères.
Uwiteka ashimwe du courage bavandimwe umurimo wa Data urakenewe
Panfile ubuhanuzi bwawe ndabwubaha pe yesu agukomeze
Nange nuko peh! Imana ukorera muriwe imukomereze mubuntu bwayo
Muraho neza mukozi w 'Ishoborabyose?Imana ibahe umugisha kdi idushoboze guhindurwa uburyo butuma twemererwa kuyikorera,ibihe byiza.
Knd Yesu aguhe umugisha
Imana igushoboze gutanga ibibintu
Komera
Imana iguhe umugisha
Amen! Imana iguhe umugisha.
Imana.ishi nwe koigarutse kwitorero
Ntacyo uvuze kitariho twariize turumirwa ariko abu UWITEKA Azabana nabo,disi ntacyihisha UWITEKA nize irishuri UWITEKA Abana nange mbona byinshi nkajya ngirango narasaze ariko ndakubitwa gushika menye ukuri,gumamo Mwana wu UWITEKA,UMWAMI YESU KRISTO Akomeze Akurinde.much respect to you.amadini nikibazo UWITEKA Arakoze we Udaha agaciro abadukangisha amadini Agaha agaciro abamwumvira.
Nyamara Uhoraho Ariguhishura ukuri mukinyoma twamazemo imyaka nimyaniko
Imana ihe umugisha mwinshi umukozi wayo Pamphil kdi izakujyane mu ijuru, uvuze Ibyo wategetswe byose kdi Ni ukuri pe. Imana idutabare
Imana iguhe umugisha mwinshi
Imana niturengere birakomeye!
I'm the first one, Imana iguhe umugisha muvandimwe.
Yesuwe ujyubana natwe iminsiyose
Nonese guha telephone uyikeneye byaba ari bibi?
None se guha ikote urikeneye byaba ari bibi? Imana Itubabarire cyane
pamfi Imana iguhe umugisha
Iman'Ikwonger'amavuta y'ubushumba
Yeweee iyomyuka iyobya ya satani izatsirwe mw'izina rya yesu
🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌🙌
Iyo umukubitisha amaraso ya Yesu
Cyakora ako kantu.Nanjye narabibonye abantu baraje barwanire mumurimo tu😎
Yesu nashimwe Mukozi w'Imana.
Harikibazo nibajije , mbese uwujuje ibisabwa wese yemerewe gusaba akazi? Cg n'Imana izakamugenera yo Ubwayo?
Mumbabarire munsubize
Ntekereza ko uwujuje ibyangobwa azisanga mu bakozi batazashyirwa hanze.
Imana niyo iguha umurimo.
Murakoze cane 😭😭😭😭❤️
Mana rengera abantu bawe
okay
Be blessed 🙏🙏
Urakoze mukoziw,Imanaukanguye imitimayarisinziriye
nyagasani adukomereza mubuntubwe
Uwiteka aturengere mana weee ubu butumwa burakomeye
Pampfi uzaze nokuri paraise ya kayanga mumurenge warutunga ni murigasabo
Nifuza kuzabasura. Uzampe numero yawe
Imana iturengere pe
IMANA IDUTABARE
Mana yomwijuru udutabare
Hahirwa abumva ubu butumwa bakitondera ishyirwa mu bikorwa ryabwo
Uwiteka adufashe tugendere mubyo yifuza pe
Mana udutabare kandi uduhe imbaraga
Imana iturengere
😱😱
Nonese abo bigisha bazaba baturutse ikuzimu, bazajya basoma imirongo yo muri bibiliya ?
Imana idutabare kdi iturengere
hagowe uvuga ngo yambwiye itamubwiye . erega watanga impuguro nziza nkizo ariko utavuze ngo yesu arambwira ngo
Imana iguhe umugisha.
Uwumva français ajye kuri chaîne yitwa JESUS CHRIST SAUVE TV ,harimo guhita ubuhamya bw'uwitwa Alain Ngoma pst , ukuntu yibeshye akajya gusengera muri eglise ya bene abo nk'uwo mugabo.
Yaje kubivumbura ,Imana ukamubwira ngo ni Yo izamubwira igihe cyo kuvayo.
Ubu yavuyeyo none arimo kumena amabanga yose yabo ,harimo n'icyo Pamphile avuze ngo "yari afite irindi teraniro i Butare" muri ubwo buhamya harimo ko uwo pst Alain Ngoma yagombaga kwigishwa yateranira i Kinshasa, mu kanya gato akaba yagera Canada naho akayobora iteraniro . Bref disparaître dans le vide nk'uwo .
Turabasuhuje dushima cane dusaba numéro zawatsap
Ibyo nukuri Abakorera satani baruzuye tube maso Habwa umugisha
Hhhhj nakwambia !! Ushobora gukizwa ariko papa wawe ntakizwe ? Nonese ntuzagendana nawe?ntuzabana nawe?Abo bose mwita abapagani niho hava abubaha Imana. So stop judgement your not God!you don't even have gakizameter to measure agakiza. Bamwe mushobora kuzasanga mwaribeshye wait time will put everything wide open 🤔😭
Amen
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imana
Imana iguhe umugisha
Imana iguhe umugisha.
Uwumva français ajye kuri chaîne yitwa JESUS CHRIST SAUVE TV ,harimo guhita ubuhamya bw'uwitwa Alain Ngoma pst , ukuntu yibeshye akajya gusengera muri eglise ya bene abo nk'uwo mugabo.
Yaje kubivumbura ,Imana ukamubwira ngo ni Yo izamubwira igihe cyo kuvayo.
Ubu yavuyeyo none arimo kumena amabanga yose yabo ,harimo n'icyo Pamphile avuze ngo "yari afite irindi teraniro i Butare" muri ubwo buhamya harimo ko uwo pst Alain Ngoma yagombaga kwigishwa yateranira i Kinshasa, mu kanya gato akaba yagera Canada naho akayobora iteraniro . Bref disparaître dans le vide nk'uwo .
Amen
Amen
Amen
Amen
Amen