Imana yishe Abagore banjye 2 kuko nari narayangiye kuzengurukana UBU BUTUMWA mu Rwanda hose ku igare
Вставка
- Опубліковано 18 вер 2024
- #UMUSARABA_WAKA
#ZABURI_NSHYA
/ @zaburinshya
Yesu ashimwe ! Iyi ni ZABURI NSHYA (Ishakiro ry' ubutumwa bwiza), urubuga rudashingiye ku idini, runyuzwaho ubutumwa bwiza bwa Yesu Kristo, binyuze mu buryo butandukanye. Hanyuma muramutse mushaka kugira inama mutugira, habaye hari igitekerezo mwifuza kudusangiza, cyangwa se indi nyunganizi, mwaduhamagara kuri Numero ya Zaburi nshya cyangwa mukatwandikira kuri: +250786388010, +250780736553 na +250722803600 (izi numero zombi ziba kuri whatsapp, Facebook: Zaburi nshya, Email: thicingenzi2@gmail.com
Uwakumva yifuje kudutera inkunga ngo umurimo dukora urusheho kugenda neza (Donation) yakoresha:
-ECOBANK ACCOUNT: 0013013810358301 (NTAGANZWA Plaisir)
-Moble Money: 0786388010 (NTAGANZWA Plaisir)
Murakoze cyane ! Imana ibahe umugisha
My teacher 👏🏽 so happy to see him again. Uyu mubyeyi yaranyigishije muri ecole primaire. Mukunda kubi
My teacher too
@@Mutesi22 really? Yakwigishije hehe?😳
Njewe ni kuri Nonko ikanombe
Imana ihe umugisha Zaburinshya nsubijwemo imbaraga maze kumva ububuhamya nuzuye umwuka Wera uyumugabo Musabiye iherezo ryiza ntakagire icyo akena akiri nomwisi muranyubatse bikomeye Imana ntimenyerwa iteye ubwoba ikora uko ishaka ntigereranywa ntigisha inama ahubwo igishwa inama
Ariko nanone nibaza guhura na Yesu bisaba kuva aho wasengeraga!!! Ese kuba umukatorike ntibiguha amahirwe yo kujya mu Ijuru. Ndagira rwose tujye tumenyako icyo Imana idukorera transfer mu muhamagaro ariko ntibivugako aho waruri ntamugeni Imana ihafite. Yesu/Yezu wari umusanganwe ahubwo Imana yashatseko umuhamagaro wawe uba uko uri. Tujye tumenya kubitandukanya ejo tutazavaho duca Imana z'abandi n'izacu tutazirangije. Thx
Yego rata. Yezu yabwiye intumwa ze ubwo zamubwiraga ngo twabonye abirukana amashitani arabasubiza ati abataturwanya ni abacu. Mu madini yose harimo umugeni wa Kristo ntabwo ideni ariryo rizatujyana mu ijuru bavandi tureke kuba imbata z'amadini mitima yacu.
Yewe Mana weee! Koko mw'isi si iwacu pe! Pastor Imana yakwigishije amashuri akomeye kdi ubuhamya bwawe buzakomeza benshi. Ubu jye maze kubwumva 2. Erega kenshi twiyibagiza ko ari inzira ifungaye ariko uko ni niko kuri. Paulo we yabisobanuye neza ko kuri we iby'isi bimeze nk'amase. Imana ishimwe ko watsinze ibizamini byagushyizwe imbere! Imana igushoboze urugendo uzarusoze amahoro. Imana iguhe umugisha
Ubu butumwa ndabukunze cyane pe! Najyaga mbucaho kubera titre ivuga ko imana yishe... nkumva bitabaho Imana itica, ariko ndaryohewe pe!
Yesu abahezagire cane Pasteur kandi abakomeze, abahindurire vyose amen
Umutima urankutse pe,Imana iteye ubwoba,utu dutabo rwose Imana izamfashe ntubone.Zaburi nshya Imana ikomeze ibashyigikire.
Ndafashijwe,Pasteur Imana iguhe umugisha kandi izaguhe ubugingo buhoraho
Muzatugezeho nubwo buhamya kuko turihanze y'igihugu aho tutabona utwo dutabo mwaduteye amatsiko yubwo butumwa .Murakoze Imana ibahe umugisha
Uwo musaraba wawe!!!!
Imana yomw'ijuru ikurengere ikoboze mumyuka y'abadayimoni bumucyo mwizina ryumwami wacu Yesu Kristi!!
Niyo ikomeretsa ninayo yomora. Kandi ibyago byacu n'ibyishimo byacu byose biva murukundo rw'Imana . komeza umurimo.
Imana ikorera mubantu bayo zaburi nshya mukomeze kwamamaza Imirimo y'Imana
Urakoze muvandimwe muri Kristo kwemera kuba igikoresho cy'Imana. N'ubwo wabanje kutumvira ariko wageze aho ureka ugushaka kw'Imana aba ariko gukorwa .Imana yacu nishimwe.
Ubu buhamya buratangaje ariko buranarushaho kutwereka ko Imana ariyo igenga byose, kandi buri kintu cyose cyangwa se buri muntu wese, ifite icyo yamuremeye n'icyo imwifuzamo. IMANA YACU NI UMUSHOBRABYOSE, NI MUSUMBABIHE.
Alleluaaaa.
Wamugabo ubabazwa nuko wapfushihe umugore, ntusanzwe, Imana izakunezereze cyane kuko ntusanzwe, nibwo nabyumva sinarinziko binabaho kumugabo.
Imana niyubahwe ibihe byose 🙌🙌nukuri ndize kandi ndafashe pee!ngiye kunvira uwiteka mubyo azajya avuga. Kandi uwiteka yongere akugarukeho aguhe umugisha.
Pasta Imanaibahe umugisha kuko mwemeye mukayikorera Mandi ijya ikuraho ibya mbere kugirango ikomeze ibya kabiri nimuhumure izabarengera
Imana ni inyembabazi pe mbisubiremo
Yesuuuu we😭😭 ubu buhamya buteye ubwoba. Imana iduhe kuyumvira kndi izaduhe kugira iherezo ryiza🙏 Imana ibahe umugisha
Yewemuntu wimana warakubititse arko niko ikora imana nigitangaza
Imana ni igitangaza rwose, nyaho wayihungira
Yesu nahimbazwe ko ico yagushakak kiriko kirashika arik nkadashobora kuzoshika kutuguriro twivyo bitabo ntabundi buryo twoburonka kubuhinga bwa none kand twa bakozi b,Imana bo kuri zaburi sha ko bodusubirayo tukagezwaho ubwo butumwa
Woooooow God is God all the time 🙏 we love this Pastor so much please we need to hear 👂 from him again 🙏 please 🥰❤
Imana ni igitangaza pe ntabwo ikina, aho kuguhomba yaguhombya. Ubu buhamya buranejeje cyane.
Iyintahe iraryoshe ariko imana iragukunda caneee
Imana ikomeze ikuzamure muntera
Uwo nu mungeri mwiza dukorera ahabwe I Cyubahirooo 👏🏾👏🏾🙏🙏👍
IMANA yo mwijuru ihabwe icyubahiro cyayo 🙏🙏🙏
Turasaba ko mwongera kumutumira akaduha igice cy'ubutumwa nyirizina
Murakoze
Mukayisenga Françoise Imana ikomeze abasigaye
AMEN
Ubwo butumwa bwose Imana yamuhaye kubwira abantu, azabutubwire natwe tutaba nu Rwanda duhezagirwe. Kandi ndizera cyane ko Imana nabyo izabitegura bukatugeraho. Hezagirwa mukozi w' Imana, nukuri Uwiteka arahambaye, asingizwe iteka ryose 🙌
Yo,yo,yo,kumvira Imana ntibyoroha ariko iyo ubigezeho,ni umunyengaaa!
Ibikurikira ntibitinde.
mwami Yesu ndumiwe koko ,Mana we uri Imana gusa niwubahwe mw'isi no mw'Ijuru .ntakindi
*Amen Amen!*
*Imana Ishimwe cyane kandi Ihabwe icyubahiro cyayo!*
Ewe!nasets nongera ngirubwoba.Imana yacu iteyubwoba.
Murakoze Imana ibahe umugisha, reka nshake utwo dutabo
iby'Imana biratangaje!!!!!!mureke Imana yitwe Imana.
Tumenye neza ko mu minsi y'imperuka hazaduka abahanuzi b'ibinyoma(Matayo 24,24).
Tumenye ko shitani ishobora kwihindura malayika y'umucyo.(2 Abakorinto ( 11,14)
Dushishoze.Ubuhanuzi bw'ukuri buri muri Bibiliya.
Hahaha
Ushatse kuvuga iki ko umvise ubuhamya se ubutumwa wambwumvise ngo umene ko bunyuranye na Bibiliya
Pasta YESU KRISTO Ashimwe kubutumwa uduhaye nubwobyakugoye IMANA NIYOGUTINYWANOKUNVIRA KUKO SUMUNTU
Eeeeh ubuhamya nidanje uziko bunteyubwoba burya imana nidanje kabisa iyoyavuze ibayavuze. Imana ibahe umugisha mwishi
Mukozi w'Imana,Imana iguhe imigisha cyaneeee,utumye nongera gutinya cyane Imana...none rero turakwinginze ntutinde kugaruka uzanye ubwo butumwa wahawe ,turagutegereje cyane As soon as possible
Ijambo ryarambwiye ngo uhinga umutini niwe uzarya imbuto zawo kandi unamba kuri shebuja niwe uzagororerwa.
Imana irenze ukobayivuga
UWITEKA n'urukundo ntabwo ari Umugome ngo yice abagore bawe babiri, hari indi myuka iri inyuma.Abaromani14,12 :Umuntu wese azisobanurira ibye imbere Y'UWITEKA.
Umugore wa kabiri ntabwo yapfuye kubera igihano cy’Imana ahubwo nuko yashatse kumutwara gusa.
Iriya ni imvugo ntigeze nkoresha. Ni zaburi yabishyize kuri itroduction byukuri Imana ntiyica pe uko nukuri kuko abari muriyo bazabaho iteka cyakora irimura igakura umuntu muri ubu buzima ikabushira mubundi.
@@minanifroduard5220 murakoze cyane kudusobanurira, Imana Ibahe imigisha 🙏🏽 mwabwira na zaburi nshya bakazahindura titre.
@@minanifroduard5220
None se ko wivuguruje! Ntiwavuze ko yakubwiye ko icyubahiro n'urugo igiye kubikuraho kugirango uyikorere? Uti Imana ntiyica?
None se Herode yishyira hejuru bamwise Imana akagwa inyo byari bigenze bite? Onani se ubwo yangaga gucikura mwene se yishwe n"iki? Imfura zo muri Egiputa zazize iki? Ingabo za Farawo.....
Imana irica kdi igakiza ntugatinye kubivuga rwose.
@@kathym3978 aboba pfuye nabayicumuyeho none abo badame bayicumuyeho iki kuki itishe uyu Mugabo wayi suzuguye???
Iyo ni dayimoni yumucyo twarayimenye uko ikora yiyitirira izina ry'imana
Ndaryohewe
Imana y'umwami wacu Yesu Kristu ntabwo ikora gutya. Ahubwo ubu ni umwuka w'ubuyobe.
Yaravangiwe yahuye numwuka waba dayimoni bumucyo pe!!
Ubu butumwa buramfashije nukuri .Imana ibahe umugisha .gusa ubu butumwa nabwo turabutegereje .
Ubu buhamya sinjya mbuhaga pe!narabwumvise 2014 ngura na CD ariko nubundi ndacyashaka n'udutabo.
Imana ikomeze iguhe imbaraga mukozi w'Imana nubwo waciye mu bikomeye ariko nzi neza ko ku iherezo uzagororerwa.
Nukuri ntagitungura Imana byose iba ibizi
Nasetse nahwereye ukuntu wirirwaga ucengana nayo! 😄😄
Ubu buhamya nabwumva n'inshuro 100...
Muvandi ni evode wagenjye une ?
Mon Dieu !! Ndumiwe!
Ariko pamphireee ihangane wumvee ubuhamyaaa ,,, Amastikoooo yakwisheeee
Mbegubuhamya. Ndagize nubwoba🙈. Twama muri désobeissance nkabana babantu ariko la desobéissance a des consequences😪
Imana irakomeye - ni ukuyumvira muri byose.
Mana weeee, wabaye imfashanyigisho y’Imana pastor, ndize kandi ndihannye
Waduha number yuyu mukozi w'lmana?
Ndaguku nze mukoziwimana igirahuba wubahwe warahezagiwe
YESU WEEE. Imana iteye ubwoba
Yewe Pastor God bless you! Witangiye umurimo w'Imana! Ni ukujya usengera n'abandi!
Yesu mwami mbega ubuhamya uyumugabo uzamuhoze amarira nukuri yarakumviye gupfakara 2 kose
Mbega weeeee
Tujya mwumvira Imana
Nasetse kdi nanababaye
Nimero yuyu mukozi w'Imana twayibona gute
Imana igukomeze ntuzacike intege kandi nkabera turafatanya
Imana ikumper iherezo ryiza urumu chisto
Uwiteka abahe umugisha kubwo kuyunvira
Imana ntimenyerwa kandi iteye ubwoba nigute harabayiyeguriye ntibakoreshe igafata kungufu abatabishaka
Uwitwa umurokore wese imbere yanjye ni umurozi batwiciye umwana bo kanyagwa .. apuuuuu
Amen
Imana ishimwe iracyafite abakozi
Mbega ubuhamya weeeeee....
Mana uri Imana
None ibyo bitabo byatugeraho gute twebwe abari hanze?
Ubwo butumwa plz Pamphile usabe uwo mukozi w'Imana azabutegezeho kuri ZABURI NSHYA plz plz plz
Yesu ashimwe lmana lkomeze kubwshyigikira .umuntu yafatanya namwe gutanga utwo dutabo gute? Komwavuze ko umuntu abyiyumvisemo yababaza. Murakoze
Ikibi cya zaburi nshya ntishobora gushyiraho number yumutumirwa kd andi macano arabikora abakozi bazaburinshya naba nyeshyari
Imana ihora intangaza..
Imana ibakomeze
i Bujumbura nsengera kuri Eglise du Bon Berge i Bujumbura
Inshuti yanjye Mama Grace yaratabarutse
Uravuga uwo mugore wa kabiri wari Dépité?
Ubukwe bwabo bwari bwiza 2014 I kanombe
Murakoze cyane yabwiriki abarigukora nkibyoyakoraga
Ko bakwiye gykorera Imana batinya kandi bahinda umushitsi.
Mana yanjye Mana yanjye 😭😭
Pamphile we urandangije nawe;ngo :"ururimi rugiye kubera nka cravate(ubanza ari jargot ukomora muri gpe wagaragayemo cyane).
Yesu ashimwe
Ni byiza kwumva umukozi w'Imana atanga ubuhamya bwe bukomeye Imana imuhe umugisha. Ariko munyemerere mbisabire: abapasiteri bagiye bakora présentation bati "Nitwa kanaka, ndi pasteur, nshumbye itorero ry' i Bunaka." byaba ari byiza cyane. Kuko mw'i rangamuntu nta Pasteur bongeraho, ndetse na Monsieur babishyira ahabyo habugenewe hitwa "Gender". N'andi ma titres rero byari bikwiye kuza nyuma y'amazina. Ex: Nitwa Uwitonze Vania, nd'umuvugabutumwa.
Mbaye mbashimiye.
Pasteur ni izina ridashira, ni nka ambasadeli. Ayo mazina not ahinduka. Bimenye
Imana ikora uko ishaka ntawe uyitegeka.
Ese koko Imana irica? Iyo mana nibwokoki y'umwicanyi rero iyomana yanyu yica umva idahwitse kbs
Nanjye ntyo!!!
Iyo Mana yawe yica ko aringome ra!!!
Imana data watwese yaremye ijuru n'isi ntabwo ari umwicanyi
Mukuru wa papa shalom disi ndamwibuka
Murumuna we ahubwo!
Ubu butumwa busekeje bunababaje gutya koko yooo Imana ijye udutabara tumenye uburyo twitwara
Rwose iyo Imana uniniye ijwi ryayo iraguhombya aho kuguhomba
Mana wee ! Imana iratangaje pee.
Natwe uzaduhe ubwo butumwa.
Imana iguhe umugisha pasitri
Udusobanurire neza, none wabanaga na mukuru wawe w'umurokore, utazi ko abapantekote babaho n'abagore babo batega ibitambaro.
Imana yacu iteye ubwoba cne
Ufite amatwi niyumve ibyo umwuka ambwira amatorero🤕🙏
Uwiteka ni umunyembaragaaa
Murakoze
Classment kuba Des amis
Yooooo.minani disi
Hatari
Njyewe nkurikije ububabare be kwibana warigeze gushaka ngusabiye uwiteka umufasha numwana wumuhungu
Ubu buhamya buramfashije kweli, Turi ibibumbano byu Uwiteka igukoresha uko ishaka.Izaguhe undi mufasha kweli dore uri umukozi mwiza.
Mbega Imana weee! Nta mikino mu byayo!
Nukuri Imana yacu nta sentiment igira,gusa Pamphi mubwitange bwanyu murebe uburyo noneho mwashyiraho ubwo butumwa vuba,kuko nkanjye ndi Nyamasheke kubona utwo dutabo byampenda,ikindi muzadusome nkuko musoma ibindi bitabo kuri zaburi nshya.
Amena, utwo dutabo twatubona dute abari hanze y uRwanda?
Ndafashijwe nukuri
Ubu buhamya buteye ubwoba Imana niyo gutinywa
Uyu mupapa ndamuzi akiri mwalimu wa primary disi! Umudamu we wa mbere Renata Mukansanga twarakoranye mu cyahoze ari akarere ka Kanombe.
Mutubwire uko twabona ubwo butumwa abatari mu Rda. Murakoze
Mwatubwira aho muherereye nibakandi mwakwemera kuduhagararira tukabagezaho ubutumwa mukabukwirakwiza.
Haleluya nanjye nahageze