Ibyo mutamenye mu rubanza rw'umusirikari ukomeye I Agahinda k'umugabo wambuwe umwana we ku ngufu
Вставка
- Опубліковано 5 лис 2022
- Jean Paul NKUNDINEZA atubwiye ibyo mutamenye ku rubanza rwa Tom Byabagamba. Muri iki kiganiro afashije live umugabo utuye mu Bubiligi wambuye umwana we akangishwa ko azafungwa.
Iyi ni channel ikugezaho inkuru zigamije kwigisha, kwidagadura no gusangira amakuru agamije kudufasha gusobanukirwa byinshi mu bibazo twibaza.
Niba wifuza kuvugana natwe duhamagare kuri 0733140140 cyangwa utwandikire kuri lotus.rwanda@gmail.com
Najye nemerako P kagame azamuhe imbabazie
J Paul, nuko utakoze igisirikari, gusa ibyo uvuga ni ukuri, ariko ufite byinshi byo kwihugura kdi ntubizire!, gusa ushyire ka frein ku miryango y'umunwa wawe, uri muto, numvise ufite n'umwana umwe, none wongere amakenga, wige kuvuga uziiga, ikipe zikina zerekeza ibyerekezo byinshi, batazakunyabika agatego, ukagenda ubutazagaruka mu kibuga!!! Nanyuragaho nihihitira nanjye.
Wowe wahita wagira ute, camera zikuriho zitazima nabaziriho ntibahumbya!
Jyewe mbona ko ihinduka ryubutejetsi niryo rizafungura bariya bantu bose binzira karengane.
Uyumugabo arambabaza nkumva mbishoboye namufungura .nkunda kumureba ariko sinzi nezaicyazira ariko mbona ameze nkinzira karengane yamateka
Jean paul azage kwivuza rhinité chronique; ahora ashoreza and its not professional