My name is Miriam I leave America yes I like your channel I like watching a very well thank you very much I like you I'm a girl thank you I want to talk to you I want every time we were to me then me to arrive to you and Carmen empire boo boo Nelly Nina all of you I am all of you thank you very much I want to talk to you all of you Dave all of you the bayou plus pair thank you very much and Imani thank you and the doctor said I want to talk to you all of you to talk to me to see me in the middle to see you thank you very much love to me then me to order to you thank you I want to see you all of you thank you very much I love you all of you your channel I miss you I like Steve Brown your boyfriend
Wow ndishimye cyane rwose kuba Yannick na nyambo na papa Yannick bishimye Ndabikunze cyane Gusa Jojo ashatse yatereza neza per kuko kasha suwo kwizerwa
Ariko Mana yanjye, mbega umusaza wishimye❤❤❤❤ Nejejwe no kubona Yannick yiyeretse Papa we Suzi adahari, gusa ibyo kwa Kasha bigomba gusubirwamo, agahanirwa ibyo yakoze
papa yannick ndamukunda noneho twishimiye ukuntu mama yannick adahari kuko we numutima mubi nogushihurana gusa abo dufatanyije mugukunda my heart like iracyenewe mwese ndabakunda❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Umunsi narintegereje wageze wee ndishimye cyane nukuri kuba Yannick ahuye na Papa we nkundako Papa Yannick arumubyeyi Mwiza cyane nukuri ❤❤❤❤❤❤❤ Thank you Daddy kubyiza uduha Turagukunda cyane (Daddy ❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Nibyiza cyane kuba Yannick yiyeretse papa we ibaze ko rwema na adorufe barigukeka Suzi kariwe waba waragambaniye Yannick biraza gucura iki Jojo wese namenyako kasha ariwe wari wivuganye Yannick bizacuriki❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Icyakoze yanıck na papa we na Nyambo munkoreye umunsi narintegereje gusa byarikubabyiza suzana ahari nkareba uko yifata nibyoyakoze nukuntu ariwe wabaye uwambere guhanyako yanıck yapfuye kd mbakunda cyane from 🇺🇸
Abishimiye ko Yannick ageze iwabo ibyotwifuje kera nkange musige Like ❤❤❤❤❤❤
My name is Miriam I leave America yes I like your channel I like watching a very well thank you very much I like you I'm a girl thank you I want to talk to you I want every time we were to me then me to arrive to you and Carmen empire boo boo Nelly Nina all of you I am all of you thank you very much I want to talk to you all of you Dave all of you the bayou plus pair thank you very much and Imani thank you and the doctor said I want to talk to you all of you to talk to me to see me in the middle to see you thank you very much love to me then me to order to you thank you I want to see you all of you thank you very much I love you all of you your channel I miss you I like Steve Brown your boyfriend
musaza ndakwemera cyane komereza aho iyifirimi yarampfashije cyane
Hasigaye kureba uko Suzi azabyakira!!
kbx
Abantu mutari mwarabonye ukuntu nyambo yarebye mumpe like ❤
Uzi ukuntu mbikunze
Nanjye ntag narinarabibony disi ndarize😢😢
Batweretse Ari kureba ifoto gusa
❤
Ese papa Yannick koyikanze Suzi we bizagenda gute namubona abafite amatsiko nkange musige Like 👍👍👍
Azarigita tumubure kuko uko avuga ko yapfuye wagirango yaramwishyinguriye
Nukuri pe azanjya muntebe apfe
Suzi nimuri coma 😅😅😂😂
Azagwa muri koma akanguke yisanga mubitaro😂
Azagwa igihumurepe🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣🤣!!!!!!!!!
Nshimishijwe cyane nukuntu yannick abonanye na papa we mbere yokubonana na mama we abo turikumwe mumpe like❤❤❤❤❤❤
👍👍👍❤❤❤
❤@@JosianeMaombi
Kbs
Sha nange biranshimishije bikomeye cyane pe
Ababonako daddy Ari we wambere Uzi gutegura byanyabyo mumpe like ,abishimiye ko Yannick abonanye na papa we mundemere utwo tu like please ❤❤❤❤
Igisobanuro cyo kuba umubyeyi Adolphe uri umubyeyi pe❤❤❤❤❤ Killa ndabakunda cyane team yanyu❤❤❤❤
Abishimiyeko yannick ahuye na papa wee nimume like
Papa Yannick nimfura cne ndamukunda.kuba Dady ahuye na Papa wiw avant yuko ahura na Suzi ndaryohew❤Yannick hejuru cane ndagukunda bimw bivuy mu mutima
Dady ariko Mana yanjye
Abantu mwishimiye iyi scene ya Yannick na papa we mumpe like
Bavyeyi turaba iyi film muze duhe amashugwe Adolphe ariwe Papa Yannick 💐💐💐💐💐💐💐ubusobanuro bwokwitwa umuvyeyi ni Papa Yanick uko yitwara
Wagirango Adolphe niwe wamubyaye disi kd njya numva ngo ni ingaragu
Akantu kingaragu karingombwa koko😅😅😅😅@@dushimimanajeanclaude4304
Yewe uwemera ko namutanze ampe like. Dukomeje kuryoherwa na my heart
Tuvugishije ukuri ntayindi firm mu Rwanda yabaho atari my heart like
Ndishimye cyane aboturikumwe ko Yannick yiyeretse papa we mumpe like
Wow muzehe uti ni woe wagicucuwe mbega byiza ❤❤❤
Mbaye uwa gatatu peee, bakunzi ba my heart murabona ukuntu daddy atugaburiye ifunguro ritubutse raa❤❤❤❤❤
Abishimiye ko papa yannik abonanye Na yannik nimumpe like
Kombona papa wawe ibyishimo bimurenze Suzi namenyako Kirman atapfuye arabyikwara mute reka tubitegereze like ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Hello abakunzi ba my heart turahabaye kandi turayikunda❤❤❤❤❤❤. Mana yanjyeee mwabantumwe murabona bizagenda bite Suzi nabona Yannick mbega show
Abishimiye kubona papa Yannick abonye umuhungu we nkange tumenyane nukuva mubwiza tujya mubundi❤❤
Ppa Yannick uziko atumye ngira emotional,amarira yibyishimo
🖖🖖
Nifatanyije n pp Yannick mubyishimo 😍😍😍😍
Ndabyishimiye cyane!!Adolphe na Yannick,muranshimishije!!❤❤❤
Abo ya Nick na papa we barijije nkanjye nibasige Like
Ubu rero nibwo film igiye gutangira kuryoha sasa ❤❤❤
Iyi film IRimo ubwenge nubuhanga abantu 😢😢😢mwari mutegereje kureba Nyambo areba uko byari bimeze mumpe bisous😂😂 apana likes
Bisous
💋
🤣💋💋
😂@@rugango2015🥰
@gashirabakedieud😂❤onne7844
Nshaka kubona nsabi nae say " yes" clodia arababaye
Number 1
Nibi rwose twari dutegereje abantumwese mwishimiye ko Yannick ageze iwabo nkange mumpe Like ❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Wow ndishimye cyane rwose kuba Yannick na nyambo na papa Yannick bishimye
Ndabikunze cyane
Gusa Jojo ashatse yatereza neza per kuko kasha suwo kwizerwa
Wow❤❤❤ yannick ahuyenta daddy we abakunzi ba my heart munemolike nangendazibatamo
Akantu k'imyandikire nako mujye mukitaho
Nbaye uwanbere nabaho peDady mumpe like
Watubabariye ukadutamo akandi brother sibyo Daddy dore hano Oman 🇴🇲 izuba ritumereye nabi pee tubabarire
Mupfashe twishimane kubera ko Yannick agarutse iwabo ngaho ni mumpe like ubundi🔥
Nishimiye kubona papa Yannick na Yannick bahoberana uwishimye nkanjye tumenyane❤❤❤🎉🎉
Abishiko ya Nick ahuye na papa we
Mpumpe like ❤
Bx nubwo natinze mwambabarira mukama aka like please 🙏🙏
Nshimishijwe nokubona yannick ahuye na papa we igisigaye nuguhura naa kasha aboturikumwe mumpe like ❤❤
Papa yanick nikitegererezo kiza kubandi ba papa❤
Mbega byiza ibyishimo papa Yannick ajyize nukuri my heart yubahwe ❤❤❤
Mwari muraho ariko mbaye uwa 10 nimumpe like nkunda team ya my heart ❤❤❤❤❤❤❤🎉🎉🎉🎉🎉🎉
Ni fire 🔥🔥🔥 a afite atsiko nkange ukuntu baribwifate nabonye yanicke ✨💗 nkange like
Nahashitseee😂😂
Nihatari
@@IrankundaChanelle-mx9iv mbankubona
.GrandPa Adolphe turagukunda koko😢❤❤❤
.Chris courage 💪🏼you deserve Kelly 🥰
One love from rwanda ❤ any like please ❤
Ese namwe mumeze nanjye murabona umwana na se amafaranga azabatandukanya impa like
Oyaaa, amafaranga? Blood is thicker than water 💦.
❤❤❤❤❤ wow papa Yannick umwana wae arategura njye antungura buri munsi p ❤❤
nishimiye kubona Yannick murugo kbx uwishimye nkange nampe like💕💕❤️❤️❤️❤️💙💙💙💙🙏🙏🙏🙏
Utakwishimira ibyabaye ninte kenze utagura ubwenge Yannick turabakunda cyane
For sure ikiganiro cya Yannick na Papa we kiraryoshye pee❤❤❤
Abategereje kubona Suzi yihuriye na Yannick hejuru cyane👍
Njyewe ndabona Papa Yannick narya kwa bijiyobija azabona foromina agasanga ariwe mama Yannick wambere cyaneko twumvako mama Yannick yapfuye yishwe na Suzi njyendabona baba baracyetseko yapfuye ariko akaza kugirirwaneza nabantu bakamufasha agakira Kandi muzangurira nimbatsinda🍫🍬
😂😂😂Reka nabyo tubitege amaso
@@user-zn2cq5bv4z icyonzicyo muzazimaye 🍫🍬
Shn noneho mumpe like nanjye p. Reka Numve Nyambo uko abwira Adolphe
Akagace kuyumunsi ni sawa pe papa yanick ngo azi gupima umuzimu ❤❤❤ ariko mama yanick namubona we
Abaza nyuma yanjye karibu mfa kuba nabatanze❤😊
Ariko Mana yanjye, mbega umusaza wishimye❤❤❤❤
Nejejwe no kubona Yannick yiyeretse Papa we Suzi adahari, gusa ibyo kwa Kasha bigomba gusubirwamo, agahanirwa ibyo yakoze
Chris ni akasamutwe peuh Kelly azongera agwemo kbsa😅😅😅😅
Mubyeyi ntabwo duhaze sacyenda isahane iraba irikumeza gusa turagukunda ❤❤
Mbega papa Yannick hhhhh!ut"nyambo usigaye ukorana nikuzimu😂😂😂😂
ubundi papa Yanick niwe mucomedian wanyawe aband sinzi ibyabo, umver Yani ufte abakinyi kbs👌👌👌👌
papa yannick ndamukunda noneho twishimiye ukuntu mama yannick adahari kuko we numutima mubi nogushihurana gusa abo dufatanyije mugukunda my heart like iracyenewe mwese ndabakunda❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Manaweeee unziko papa yannick atumye ndiraweeee Manaweeee mbegumugabo ndisi mutumanibangirwako ndeba film ubusubuhanga murarenze
Kubona Yannick ageze murugo iwabo biranshimishije kba❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Umva Jojo,ubyumve neza ntamubano wawe na Kasha!!
Mumbwire rwose arekane na Kasha pe kuko azamubabaza.
Team my heart nukuri muhora munkorera umunsi, Imana ijye ibafasha mubyo mukora byose!!!❤❤❤
Abafite amatsiko nkanjye y'ukuntu Suzi azitwara abonye Yannick musige like ❤❤❤❤💃
Mbega flim mbega flim weee❤❤
Number 1❤❤❤❤
Hello miss numdo
Hello too
Mukore like kbx ❤❤☝️
Ark mwabonye ibyishimo papa wa Yannick yagize cyazee njyewe ntishimye kbx cyne umusaza yerekanye urukundo kumuhunguwe uwemeye kbx ntatinye kubigaragaza☝️👌
Ohhhh wawuuuu nange nshimishijwe nuko Yannick yoyeretse papa weew❤❤❤❤❤
Mbega byiza weeeeee ❤❤❤ yambiiiiii Daddy ❤❤❤❤❤❤ugomba guhita ukurikizaho kwiyereka uwaguhemukiye akibwirako yakwishe💔😂nabyo bikore vuba ubundi hashye Koko🔥🔥🔥🔥🔥
Number one 1 like nazemera ❤❤❤❤
Harya baravugango ntamusore uvuza impundu ndabikoze ayiiiiiiiiii ❤❤abo twayitangiranye muyibonye mute
Happy family kbx 😅😅 ababibona gutyo mumpe like sibyo ndabakunda cneee ❤❤❤❤❤
Urategura kweri nejejwe nuko bija yamenye ubwenge kbs naho ndamushimye kuko umugisha atawupfushije ubusa kbs nisawa cyane
Thanks daddy nari nategereje peuh amatsiko menshiii
Mwiriwneza bro wanjye ❤❤❤
Nukuri amariranaranyishe pee mbega byiza❤
Yanick ndagukunda Setuuuu❤❤❤❤❤ Arik Daddy ndibaza mukaso wangije business yawe murahoberana na
Ndifuzako Yannick yakurikizaho guha kasha ibimukwiriye ababyumva nkajye
Wauuuuuuu byiza cyane yanick abonanye na papa we!
Yooo!!!! Umwana nase❤❤❤❤❤
Yanicck Imana yaguhaye impano pe urakoze cyane reka papa wae azangere mucyaro asange Ari umugore we wambere
N1
Mana yanjye iyi episode irandijije pee Rwego bambi ndagukunda ugira umutima mwiza lmana lshimwe ko ubonye Yanick 💕💕
Kugira umubyeyi nka papa Yannick yaba Ari impano yubuzima bwose❤❤❤❤❤. Irubavu
Papa yannike inywere icyo ucyusha cyose kubwo kongera kubona umwana wawe. Suzi naze amenye ko ibyo yibwiraga atariko biri My ❤ ndabakunda gusa mark naze turamukumbuye
Umunsi narintegereje wageze wee ndishimye cyane nukuri kuba Yannick ahuye na Papa we nkundako Papa Yannick arumubyeyi Mwiza cyane nukuri ❤❤❤❤❤❤❤ Thank you Daddy kubyiza uduha Turagukunda cyane (Daddy ❤️❤️❤️❤️❤️❤️
Number 1
Imana irakoze ko nyambo na Yannick nagiye.kwa sebukwe
Nibyiza cyane kuba Yannick yiyeretse papa we ibaze ko rwema na adorufe barigukeka Suzi kariwe waba waragambaniye Yannick biraza gucura iki Jojo wese namenyako kasha ariwe wari wivuganye Yannick bizacuriki❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Ndabakunda cyaneee❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Woooow mbega pp yannick ngo biramurenga🫂🥹🥲courage courage team ya killaman turabakundaga❤❤❤❤❤
Daddy nukuri am happy for you nukuri nubwo amarira yanze gukama gusa nayibyishimo
No wore words rather than wow😢my Heart imaze kwigarurira imitima yabenshi thanks dady❤
Cyazeee papa Yannick azie gukina peeeeee ❤️❤️❤️❤️❤️❤️🥹🥹🥹 Nanjye ndarizeeee 😢😢😢😢 peeeee!!!
Nyamara ndabona film aribwo igitangira rwose ingeze aharyoshye❤❤
Rubanda muzi gukunda😢😢😢gukunda kasha weee
Papa Yannick ndagukunda kuburyo utabyumva ❤❤ uzi kwactinga kweli nkunda ukuntu uzi kwisanisha nurungano ugezemo urarenze kbx ❤❤❤❤❤
❤❤❤ aba kunda Yannick mumbe like
Iyooooo ico narintegereje Knd inryoheye!!urakoze cane Yannick kuba wiyeretse Papa wawe
Byishimo byurubyiruko wacu hejuruhejur hejuruhejur ❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Icyakoze yanıck na papa we na Nyambo munkoreye umunsi narintegereje gusa byarikubabyiza suzana ahari nkareba uko yifata nibyoyakoze nukuntu ariwe wabaye uwambere guhanyako yanıck yapfuye kd mbakunda cyane from 🇺🇸
Oooh umunsi mwiza mwese mwarimutegereje iyi episode