Nubyumva uratungurwa😳Uko wavumbura ABAHANUZI bashaka kugutuburira🤭Byumve hakiri kare/Past Hortense
Вставка
- Опубліковано 3 жов 2024
- Ikaze kuri SINAI TV. Ni urubuga rwa Gikristu rugufasha gukura mu buryo bw'Umwuka n'umubiri binyuze mu biganiro dukora bishingiye ku ijambo ry'Imana gusa.
A warm welcome to SINAI TV, one of the most trusted online Christian Television.
This TV brings you the good news of Jesus-Christ with people sharing their educational, informative, encouraging, and inspiring messages through the Word of God, life testimonies, and social life analyses about different topics.
All rights reserved.
Unauthorized use, modification or editing of the video without our permission is a violation of applicable laws.
Kurikira ijambo ry'Imana hamwe na Pastor Hortense:
👉👉www.youtube.com/@hortensemazimpaka/videos
👉👉www.youtube.com/@Believersworshipcenter/videos
Arakoze cyaneee kumpugure nziza aduhaye ndamukumda cyanee
Cyakoze uri umunyamakuru Uzi kubaza nkabikunda domini
Pst Hortense ndamukunda caaaane ijambo lmana imucishamwo rirampembura lmana imuhezagire numuryango wiwe.❤
Our Pastor Hortense we love her so much❤
Pasteur Hortense ndamukunda cyane.Kugeza aho murota mu nzozi turi kuganira ,akagira ibyo ambuza n'ibyo ambwira gukora mu nzozi.Ndabikurikiza uko byakabaye nk'aho twaganiye ambonankubone.Paster uri urugero rwizaaa❤
Nukuri imana ibahe umugisha muinshi pastor ufite imana nukuri displine nyishi mu mana
Imana iguhe umugisha
Yatumye menya ko abeza koko babaho kdi bavuga Imana neza
Past ndamukunda cyane
Ndamukunda cyane cyane ❤
Role model ❤❤
I love y❤
Ndamukunda
Ijambo ryose avuze rigite icyo rikora muri njye
Pasteur Hortense ndamukunda numutima wanje wose.Hortense Yesu yagutumye ngo udufashe ndi mubantu bagukurikira gose kandi unfasha gose.Yesu akumpezagirire gose.Ndagukunda gose.mwebwe, Désiré, Senga na Rutayisire muri muba pasteurs Yesu yahagurukije muribi bihe bigoye.
Imana iguhe umugisha mukozi w'Imaa ndayuzwe
Pastor Aurthance uzi ubwenge Imana impe ubwenge nkubwo yaguhaye mubyururugendo
I love her from ug🇺🇬🇺🇬🇺🇬
Pastor ndakunda inyigisho ze cane niyo vyancanze nkurikirana inyigisho ze
Ndamukunda cyane, umubyeyi wanjye. Uwiteka nakomeze aguhishe mubwihisho bwe Kandi umugisha atanga ukubeho, nawe Dominic Uwiteka aguhe umugisha wuburyo bwose
Jyewe mugitondo manimugoroba tuba turikumwe mukazimbandimo mbandikunva inyigishoze mbe c ntumubyeyi lmana yaduhaye ngo atugirire umumaro mubihe nkibi bigoye
Mum turagukunda cyane@ inyigisho yamfashije ni ubuzima bwanjye amahitamo yanjye
Pastor ndamukunda ijambo Uwiteka amunyuzamo ryaranzuye nari mfuye, ringaruramo ibyiringiro no kunezererwa urugendo rujya mu ijuru. Yesu abahe umugisha
Past ndagukunda
Dema yarantaye
Umubyeyi nigiraho byinshi
Ndakwemera inyigishoze nukuri
Ndamukundaaaa uyu mubyeyi arimo umwuka w'Imana. Icyampa nkazamubona face to face
Nawe munyakuru urimuzima ufi nawe imana muri woe❤❤❤
Uri umushumba rwose , uri umwungeri.
We really love her very much
Pastor turagukunda mwisengesho
Turamukunda cyane
Pst urinyangamugayo ya Kristo
Ndakwemera
Cyane
Our mummy ❤
Ndamukunda❤❤❤
Amen 🙏🏾
Hortanse njye ndagukunda mugani wawe dukunda Imana ikurimo niyo yaduteye kugukunda, nukuri Imana yaragusize Kandi benshi turi murugendo rwo kukwigiraho, Nyagasani akongerere
❤❤❤❤❤❤
❤
Turamukunda🙏
Pastor Hortense Turamukunda rwose ❤ yigishanya urukundo n'ukuri
Imana ikomeze kumurinda
Be blessed pastor
Uwo Imana yakoresheje ngo nakire agakize,menye neza ko Imana inkunda kandi imfiteho imigambi myiza.Pasteur Hortanse warakoze cyane,nzirikana umugisha nakugiriyeho kandi nziko Imana nibishaka tuzahura imbona nkubone
Ndamukunda burundu iyo asenzeee ho ugirango amfasheho weeeeee yamfashije gusobanukirwa no kuruhuka ndetse no kumenya yewe ndamukunda pe mbese sinzi uko nabivuga pe
Pastor Aurthance kandi God bless you!
Abo batekamutwe Ni Papa bitangaza, pastor Claude, uwiyita birenstaye, aba Ni imbobo birirwa batubura ngo manza ushake igitambo(cash) bagusengere, ipuuuuuuu bazapfa nabi
Twarasobanukiwe umwenda wari ukingirije ahera waratabutse, twese iratwumva ,setu!!!!!!!!!
Dominic nkunda ukuntu utubariza rwose. Uwiteka akwishimire
Mwaramukanye amahoro ndamukunda ndumwe mubo yabereye ikitegererezo ndakizwa kd ankomeje murugendo rwose nizera ko rimwe nzamubona nkamusuhuza nzanezerwa pe
Umva tumukunda rwinshi pe, ngewe aho nkorera Hari umuntu wumva ndi kumwumva ataranambona ati ntawundi ni Sophia. Nkunda ukuntu agira ukuri kwinshi
Adusobanurire uburyo umuntu yakwatura neza
Abantu nibaze twumve dore ni ibi twari dukeneye
Urimwiza pe,ufite ubwiza byanatirere kbs usa neza mubyeye
UYUMUBYIYI ARANYUBAKA AVUGA UKURI KWIAMBO NEMERA .YABAGA NABANDI BAVUGAGA UKURI. UBUNDI DUKENEYE GUTINDANA NIMANA KURUTA KUYISHAKAHO UBUHANUZI. DUSOME,DUSENGE , BIRAHAGIJE. MWAKOZE KUBWIKIGANIRO NIZA PE
Be blessed Pst
❤
Hari ikigisho nakunze cyitwa
"Gusenga ubutarambirwa kugeza Imana iguhaye umugisha"
Ese mwakiduha ko twakibuze