Kanimba numuhanga, icyangomba si faranga, icyangombwa niguhura nabantu bazima, ibiganiro bizima then business ziraza cash ikabona ikaza. Good network/ connections first, then cash comes next
Kanimba rero ndi nyogosenge uramenye uzabane na soleir kuko nabaye na nyirasenge wa Kid none babanye na miss Elisa ❤❤ nabo ahobari ndabasuhuje cyaneeeeee
Wibukeko urimo gukura, amafaranga na fame ntibigira iherezo ariko wowe igihe uzamara kuriyisi nigihe kigufi. So wagombye guswera ukabyara ukagira ubuzima nkubwo so na nyoko bagize. So God help you
Abakunda kanimba nkanje mumpe like ❤from Burundi 🇧🇮 ♥
Abanu bakunda kuple ya kanumba na soleil mumpe ❤
Keretse mbyutse nkasanga byabaye ibyanyabyo kuko Kanimba byaba aribyiza utari Muri Bamenya navayo pe ❤❤❤
Ababazakore ubukwe nyabwo p babane nkumugabo numugore ndabakunda ❤
Kanimba narinziko yubatse gusa ndamukunda❤
Kanimba mfite umwana muto ugukunda kumwambika imyenda itameze nkiyo wambara nikibazo ambaza niba musa mbese namubwiyeko nasoza primary muri2029 nzamukwereka azaba yabaye mukuru kd pe courage
Abifuza kubona kanimba na Soleil bishimye murugo rwabo muri bamenya mwamaye like najye nkumva uko bimera 😂🤗
Ndabikunze ariko ntayo nguhaye😂😂
😂😂😂😂
Yimwime njye ndayimuhaye
Ark zolei yakoze ubukwe mumurenge😮
Solei*
Kanimba numuhanga, icyangomba si faranga, icyangombwa niguhura nabantu bazima, ibiganiro bizima then business ziraza cash ikabona ikaza. Good network/ connections first, then cash comes next
Isimbi ! Where is peace the friend to aline? I miss that family 🥺 I think the baby has grown now.
Ka keza mba numva nakavuna bwa buguru bwako karikumwe na kanimba kamwifatishywa ho, gusa ubanza mukina inkuru za kera kuko kurubu ntabwo bibaho umwe murimwe yahasiga ubuzima pe ubundi Rib igatabara❤❤
Kuguha like nugusara uratukana NGO ubuguru ubwo suburere
@@NinaZouzou-v9m bumpe c njyewe sinagiriwe amahirwe yokurerwa 🤗🤗
Ibyo byo biriya bintu ntago murwanda bihaba buriya biriya harabandi baba babwira sabanyarwanda
Love from bigogwe
Kani nanjye ndagukunda byanyavyo bizanarushirizaho mubanye na soleil manayajye nabyina nakwishima nkunda role ukina ukunda abagore ndaseka numwuka ukenda gushira kani unkorera umusi pe lmana izakumpere ibyiza vyishi❤❤❤❤❤
Cyaze nkunda Sabin na kanimba iyo mwahuye ❤❤❤❤
Muri serie🎉
Nge narinziko bakoze ubukwe byanyabyo ndavuga kanimba na Soleil abaribabizi nkange nababakunda mumpe like ❤
Kanimba Number One ❤️
Nyimba uzumuntu nkunda canke abantu nkunda ni kanimba na soleil ndakunda nanakwishimira couple yabo kuko banaberanye cyane cyane kandi❤️❤️❤️❤️❤️💯✅🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Film yawe tuzayireba rwose ❤❤❤❤
Ego ko umuntu avuga ngo mbambona arumunebwe kumuntu yitunze? Hari commentaires nibaza ko zitaberey abatumirwa.kanimba na soleil ❤kandi urugo rwanyu goba rwiza cane
Kanimba rero ndi nyogosenge uramenye uzabane na soleir kuko nabaye na nyirasenge wa Kid none babanye na miss Elisa ❤❤ nabo ahobari ndabasuhuje cyaneeeeee
Mbaye muri top 10 pe
Nkunda ijwi ryakanimbape he is so handsome niba nawe ariko ubibona nkandira kwifoto
KANIMBA na Soleil hejuru❤
Sanin -&kanimna❤❤❤
Kanimba number one
Eeh burya kanimba nimuzima disii😱😱
Kanimba ndamukunda❤
Ibyo bibah cyaneee nonex ko papa wang afite abagore6 mama ni soreye musa
Nukuri twari tumukumbuye Kandi turagukunda
Njyewe iyo episode nshya yasohotse mba ntegereje ko soleil ankubitira Keza ntazongere kumusuzugurira murugo rwe😢Kanimba ubu wabaye umugabo mwiza ukareka kutubabariza soleil koko!! Ukuntu mba nabyegereje umutima mba numva mpuye na keza namucapa urushyi😂
Kanimba karibu cyaneee❤❤❤
Kanimba courage ubikora neza
Kanimba rero ndamwanka kuko acinyuma umugore mwiza akanamusuzuguza incoreke ariko Mazimpaka n umuhungu ubonako afite imico idasa niya kanimba😮
Kanimba ndamwera kbx 👍
Nukuri muzabanne pe
Kanumba hejuru 👏
NUKURI BYO BRO RUZABE WIYEJEJE, ARIKO NA POLE CYANE KUMUSHUTI WAWE WABUZE NDABIZI MWARINSHUTI CYANE
Kanimba kumutima❤❤❤❤❤
Imbere cyane❤
Kanimba
Kuraje
Mwamaye twatunu
Sabin wankoreye umuti unzanira Kanimba ,ndamukunda
Bro the bus is delaying
Sabin ndamukunda pe
The one mumpe like😅😅😅😅😅
Ndayiguhay nanj number 2
❤❤❤
Kanimba ndamwikundira pe akina arumushurashuzi bikamubera 🤣🤣 ark gira uhinduke rwose ubumugabo uhamye muri bamenya😅
Urimwizapeeeeee
Muribamenya gabanya gukunda abagorecyane soleil numwanamwiza cyane kubonayihanganira abagore bose umuzanimbere nukuri afitumutima
Hhhh kubyegereje umutima c ?? Biriya nibyo baba banditse
Nonese nadakina kuriya akina tuzaryoherwa ? Kanimba nakomeze abe kanimba nava muri filime agumane umutima we
Nonese nadakina kuriya akina tuzaryoherwa ? Kanimba nakomeze abe kanimba nava muri filime agumane umutima we
Please uzarongore soleil turagusabye sha mwanjyira urugo rwiza pe
Welcam kanimba GS sorey nukuri muzibanire
Burya disi kanimba ni umwana mwiza
Akantukibirongozo,karankomye🤣🤣🤣 Arkokanimba numukinnyimwiza.
Hhhhhhh ngo ibirongoresho
Wambara neza gusa
Kanimba nikibwa
Hhh uti ibirongozo kweli
👍
Twabyina noneho
Mba mbona arumunebwe ibyo akora ntibizamukurikire
❤❤❤❤🎉🎉🎉😮😮😮😊😊😊
ABA jo twins shooo murihehe ko kanimba yadusekeje😂😂😂😂😂
Iyi publicite ya giti iransetsa
Damunkuda sabin kadisimu nzip
Ntamwiza kurusha abandi ntanumubi kurusha abandi uba mwiza kumukunda
Cyokoza, mumpe subscribe na like bantu bo kwa Isimbi muza hano😢 mumupando Wa Kanimba c habaye iki ko muhatwereka😂😂😂
Umu jo Mukuru❤❤❤ ndambiwe amafuti ya kanimba muribamenya we love you isimbi tv
Ni film chr
Wibirakariramo
@@NavyNadia l know nanjye niyompamvu navuzengo muri bamenya apana muri real life
Muransekeje ngo ibirongozo😂
Mbambona kanimba afite iminwa isanikunda gusoma aga cupa
Ukunda ukuntu Kanimba na Soleiel babikora neza Mpa Like na Subscribe numve uko bimera rwose Imana iguhe umugisha cyane ku nkunga yawe
Saben biriya bakina nivyotubayemwo burimusi
KANIMBA HEJURU CYANE
Nikundira rwa kanimba 🤣🤣🤣
❤️❤️❤️🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮🇧🇮
Njyewe kanimba mbanimva namushyira kwivi ndinka soleir, uziko neza neza mbabara nkagirango nibyanyabyo
Nyamara kanimba uzarongore soleil kuko soleil nimwiza rwose kandi azi nogukora kuko wowe usa numunebwe ukeneye umugore nka soleil keretse nimbwa urikiraya soleil akaba yarakwanze ariko ubishyiremo ingufu uburaya burashira maze ushyire mumago soleil ataribyo muri film
Wibukeko urimo gukura, amafaranga na fame ntibigira iherezo ariko wowe igihe uzamara kuriyisi nigihe kigufi. So wagombye guswera ukabyara ukagira ubuzima nkubwo so na nyoko bagize. So God help you
❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤😂😂😂
Hhhhhhhhh
Abanu bakunda kuple ya kanumba na soleil mumpe ❤
Mba mbona arumunebwe ibyo akora ntibizamukurikire