UMUGABO YAHUKANYE KUKO IGIKORWA CY'ABASHANYE BYAZE!😭YANDONGOYE KU NGUFU NDI AKANA KIGA AYISUMBUYE😭
Вставка
- Опубліковано 7 лип 2024
- NIBA UFITE INKURU YAWE WIFUZA KUDUSANGIZA #DUHAMAGARE_KURI_0790003781 #inkuru_yanjye #rweme_mbabazi #gerard_mbabazi
- Фільми й анімація
Nema 0781 700 291
Arambabaje uwo mumama!!
Umva rwe nukuri hanze aha hari abantu bababaye pe!😢 Ndagusabye hari inkuru ndebye kwa Gasaro uriya mugabo uzamutuzanire afite inkuru babaje umuganirize Wenda yaruhuka.
Harinkuru ziba zibabaje ariko iyinkuru nibanga ryurugo ritakagiye kutangaza makuru
Mumureke muzabikayanyu ubwosenubwamberemwumvise ubuhamyankubu murarwaye @@RehemaAnge
Uyu mugore azaze mbanze numve niba Kwa je yarakize ubundi duhamagare uwo mugabo wawe ikindi ibi bintu udodoye nibibi ntbabazi yaguha
Uretse ko abagore bataka cyane ubwo uwomugabo wemeye guta abana ukekako yishimiye imibereho. Ukiza abavandimwe areba hejuru apana kuruhande
Pole sanaa mubyeyi, abavandimwe bagomba kukuba hafi cyane. Wahuye nibibazo bitaguturutseho.
Cha numvise iyi nkuru inyibukije ibyambayeho umva wamubyiwe Imana ibe iruhande rwawe
Nema twaraturanye Musanze nanjye nabonaga uriya mugabo azakurira munzu gusa komera Yesu nibyose
Sha komera abagutera amabuye nibahore sha ivugire uruhuke mubyeyi
Imana ikugirie neza.
Ndumurundikazi nkukurikira
Burimusi utuma tugarura icizere.
mwimugaya kuko abantubose ntibaryoshya inkurukimwe hari nuvuga abeshya akemeza abantu nahowe numutesi ntiyamenyereye intimba ntazi nogukabya inkuru rero harubwo lmana yamuzanye gutabarwakwe aruku
Ribara uwariraye sha weee murumva situation arimwo najya guhisha ubwo arabaho gute ko muzi abantu bamwe bemera aruko umuntu apfuye nimumureke peeeee
Rwema,uraho neza nukuri ndashaka gufata uwo mwenewacu yahuye nuruva gusenya ,Jude simbivugira ko ndumugabo ahubwo ibye binkoze ahantu rero numero yanjye ni Carine na cyzuzo baraziguha kiki carine numwana wanjye
Aba ni abahe?
Mwimutera amabuye avuze agahindake ahubwo Imana imurengere umugabo agire imbabazi agaruke umuryango uramukumbuye
Vugisha ukuri ubu umugabo niyumva ibi avuga amabanga y'urugo yakwemera kugaruka?🤭🤭🤭🤭
Wapi@@balancedlifetv
None se ko avuze ko ariwe warufite ikibazo harubwu avuze ko ikibazo cyari k'umugabo? Nyirabayazana n'umugabo nashaka azagaruke cyangwa arorere gusa nikigwali.@@balancedlifetv
Ibyavuga nibyabana bato
@@balancedlifetvwaba uje gukora iki aba nabagore koko
Uyumubyeyi namukunze
Sha, ihangane. Duhuje ikibazo, nanjye nabonye umugore anyirukana nabi
Ihangane cyane mubyeyi,Imana yishyura amadeni.kdi kura uwo mugome mu mutima wawe.icyakora niyite ku bana be kdi itegeko rimuhane kubwo guhemukira abana.
Egera yesu akuruhure nange yesu yampaye ubundi buzima
Pole sana Imana izamugarura kandi nyuma y'imvura haboneka igihe cyiza.
Warahuritse mubyeyi mwiza gusa hari Imana ishobora byose
Oooooh Gérard ibiganiro byawe ndabikunda cyane kndi biradufasha nubwo ngira émotions 😢
Life experience can make you the person you are today, nawe afite aho yacyiye Kandi atababwijye ukuri mwagira ngo arikubabesha, alsoharabandi bazahano bameze nkawe ntibaterwe Amabuye kubyo bavuze,uyunawe tumwifurize I byiza ashaka abigereho amenteko imana ifasha, gusa none rimwe na rimwe nibyiza kubika amabanga amwe namwe
Maman Imana ikorohereze gusa usubire kwa papa umusabe imbabazi umubwize ukuri kukubwira nabi nawe nturakare
Waretse kumuciruru banza kumugabo agusi ukaba umunyamitwe iyubonye abana bagiyekuburara urandavura ushobora kubonawagiyenogusaba uwowimye mwakicece koribara uwarira gusa imanayonyine niyizagutaba ra kuko umugabo arakwanga nibitinibyatsi bikakwanga bakwangase ntibakwanga basazabawe reba imanayomwijuru niyitagusiga
Ukuntu ufite numutima ukomeye😢
Gusa komera hari Imana ihindura ibihe ndetse namateka..
Yesu akugirire neza
Ubuzima bwawe buragoye gusa imana igufashe kuko wararenganye
Mbabazi wee uransekej,uti aba arambiranduye Mbabazi nawe uti no kugitanda ngo baaaa🤣🤣🤣
😝😝😝😝😝
😂😂😂😂
Abagomba kudusetsa😂😂😂😂😂
Mpore mama
Intore ishinjagira ishira ❤
komera mubyeyi disindakuzi imanigukomeze
Badamu mwihangane ikindi muge mugira amabanga yurugo koko ugomba kwigirira ibanga ninabyo allah udusaba
ahorero urikubabaza umugabo
Ariko hakowopfana agahinda wovuga ukaruhuka nabyo nibyiza
Ariko hakowopfana agahinda wovuga ukaruhuka nabyo nibyiza
Imana igufashe wishyure ideni
Wahuye n'akaga ko gufatwa ku ngufu. Birababaje cyane !
Ibindi umugabo umwihorere urere abana natwe twabinyizemo kdi turakomeye
Nawe urabyumva !unyibukije disi imivugire yabantu bazankamira. Ihi .... Yewe.....isabato disi ( nkunze ukuntu uzi kubara agakuru mama wanjye) ndagukunze pe
Pole rata ihangane naho abagucira urubanzq buri wese afite ukuntu agera amarangqmutimaye rero mumureke yivugire rata nema impore❤
Pole neema kdi ukomere IMANA ishoboye byose
Ndakuzi bihagije Mana yanjy. Papa igumire iyo uri kbs😊
Ibyo bibazo mu ngo byarateye,abagore mukomere murere abana mutuze muceceke,Imana ni yo murengezi w'abagore,kuza ku mbuga nkoranyambuga mubireke mutegereze Uwiteka.
I agree with you
Uwiteka agushoboze mubyeyi mwiza Mana ndagusabye umurengere
Ndakumva shahu mubyeyi abatakumva bareke isi irabategereje gusa imana yimura ibiheee
Baca umugani mu gifransa ngo imyenda yanduye imeserwa mu gikari. Mbona atari byiza gushyira amabanga y'urugo ku karubanda.😢
Nibyo warugenekereje n'ubwo icyo atari igifaransa kirenda kuba ikinyarwanda.
Naho ubundi iby'iki gihe byose ni ku karubanda ntawarubara.
Ntabikaze avuze pe.
Ahubwo Mumfashe badateza cyamunara
Iyaba abanyamakuru bahishurirwa inkuru zimiryango yajya kukarubanda nitajyaho ,nkuyumugabo ntibyari ngombwa kumushyira hanze kuko imiryango iba ihari,..nonese kuba umuntu ahugiye mubyakazi kigihugu,yari kujya akubwira aho ari kdi nkeka biba ari ni ibanga,...? Imana idutabare pe,...abadamu babasirikare bakeneye ingando,... 32:09
Ivugire Sha ingando ziruta izi nizihe ?
Urugendo utabwira umugore wawe nuruhe usibye ububandi😂😂😂 toka
None ww ivyo uvuze wiyumviriye canke upfuye kuvuga. Erega uwugiye muri mission ntibibuza ko abandanya aganira numuryango ahubwo agira umwitwarariko wokubandanya aganira numuryango.
Menya ushyizeho comment utumvise neza.
Yavuze ko yamuhamagaraga akumva abana!!none mu kazi abo bana babaga bavuye he??nubu se aracyakarimo?Ndumva nubwo byaba akazi adakwiriye kugira icyo ahisha umugore umuhekeye abana.
Ark we utarabusya abwitubumera koko agahwa karikuwundi karahandurika sha nukwatarinwe😭😭😭
Ihane 20:13 20:17
Mbega imyumvire weeee!!!!abanyarwandakazi turacyari kuraa pee😢
Abasirikare ,nikobameze,pole kbs ,ariko abamapetimatoya,nahoabamapeti yohejurubo bagira indangagaciro nakurazira,ari abohasi manaweee,Imana ijyirebgera abagorebabo pe ,nibanyiramiruho
Ubukene n'ibibazo biteranya abantu
Kuba uri umusirikare muto ntibivuze kutajyira indangagaciro
Mu izina rya yesu Christ w'i Nazarethi akubakire mubyeyi
Hello!
Yabashije kwishyara cg ntibaramutereza?
Niba bitarakunda igihe cyanyuma niryari bamuhaye?
Imana nigushyigikire kgusubize
Nkunda iyo nyandiko ucaho umurongo (ecriture )
Nukuri impore mama❤
Yesu akwiteho uyu mwaka uzorangire utwenga
Mukarugwiza bazina ❤❤
Nukwihangana gusa upfanye moral😊
Abadafite Imana ni kurubanda ibyabo
Imana nitabare nahubundi ingo zubu zirasaza besnhi,Madame iga gutuza unagire ibanga ndabona utangiye gufatwa mumutwe
❤❤❤❤❤❤
Ariko mwagiye mureka guca imanza ?baravuga ngo agahwa Kari kuwundi karahandurika koko! Mureke abamwumva barumva neza ibyo avuga!
Suko se rata ntawutaka atababaye 😢 kurera abana batanu wenyine mbona bituyobera dufite abagabo
Mureke dufashe uyu mubyeyi
Yewe pole nukuri😢😢😢
Uwambere
Uno mugore ni sympatic😊ndakwikundiye😊
❤Sha maman ihangane imana izabekemura
Iyi nkuri nimpimbano kuko uje gushaka ugufasha kwishyura inguzanyo ariko ntago bisobanutse ngo wamusaba ko yagaruka mubana iyo uguma ukamutegereza ukareka kuza uvuga ibyurugo wanjajwa we
Hari ibindi bitavugwa mukundwa ❤
Imihanda ya nyereye 😂😂😂😂
Iyo titre ntabwo yumvikana😢😢
Rweme❤
Imana ikorohereze nukuri
Imana ikorohereze
Pole nyine
Pole madame
Ababyeyi bari ba mama😢
Rwose niba harumugabo ufite ikibazo azanshake mufashe kuko birambabaza cyane kunva umugabo yananiwe
Yananiwe iki?
Nukoye
@@user-nd1uy2ue8e Niko bimeze abananiwe gutera akabariro turabafasha
@@RehemaAnge gutera akabariro
Urumuvuzi gakondo
Ntabakuroze. Ahubwo. Ntivyakunda. Kuko. Utaritekanye. Nicogituma. Bitakunda. Kuko. Udatekanye. Ntanakimwe. Coshoboka
Mwabantumwe murekegucimanza agahwakarikuwundi karahandurika ibyavuze baramuroze kandi bibaho harinahandinumvise ibimezenkabyorwose
Nimukosore Title 😊
Aba bantu baza kuganyira kuri camera ni abo kwitondera cyaneee😅
Ark rdf ifite abashinzwe disprine kuki atabagana?
Sha Gelard inkuru zawe ndazikunda cyneeeee arko uyumugore ari kubeshya,ese niba arumusirikare kutagiye ngubabwireko wabuze umugabo wawe,niba ushak ubufash babuguhe arko wishyize hanze
Cyane ko umugore wumusirikare iyo umugabo amurenganije baramufasha cyane
Ibyo mwabibeiwe nande?
Hhhh urikunsetsa uti kwajee😂😂 umunyamukamira disiii pole nukuri
Ariko Rwema we nkugire inama .aba bantu baba Baza kukuririra ukwiye gukora ivyo bita site de rencontre abo bamama nabakobwa ukazubahuza nabagabo nabo bafise ibibazo nkaba bakajya banakuriha amafaranga😢
Izi n'ingaruka zo kurongorwa utatereswe.
Ariko imiryango yubu koko iteye ite?koko ubu famille yose yiteranyije babura 750k umuntu atiriwe ajya kuri media?!ubu kandi baramwijundika ngo yabasebeje.apuuu
Uretse nayo hari nabataguha 5k! Hari abantu bafite ibikomere byimiryango bihebye! Kdi result zivamo nizi kuza kumihanda gutakira umuhisi n'umugenzi maze rubanda nabo bakamenya kubacira imanza koko!
Icyagusetsa nuko apfuye bazana indabo banatakaza arenga ayo akeneye ngo ave mu kibazo ariko ntibayamuha
Sha abavandimwe bubu nibake bagira urukundo
Ihangane rwose
Mbega Mma Ange!
Wasanga icyo kigabo cyaraphuye
tekereza ubonye umwana wawe nawe aje kwiyanika kuri camer warakuze ukabona nkibi muba muvunga cg umukazana wawe byagushimisha aha munjye mu menya ko habaho kwicuza bitagishoko ese twe abagore na makosa ndukorera Abatware bacu umugore wese mbona kuri camer ashyira hanze umuryango we birambabaz cyaneeee kbx nkabura uko gira weee nihitiranga 🏃🏃
Ibi bintu ntabwo bikwiye! Aba banyamakuru bo baba bari kwishakira inoti arko umutumirwa we asigara yiyanitse
Ntawe utaka atababaye gusa ntabwo abantu bakira ibintu kumwe; mumureke yishakishirize
Niba nawe ufite ababyeyi,abana n'umugabo ufite naho utuye Nema mwiza,iyacyire umugabo azaza,kuko akorera Reta ntiyagutaye ahubwo wasanga yaracyetse kwabo bana bato atarabe rwose.
Nema disi pole Ndakuzi iwacu sha komera kd Wihangane nikwabagabo Bomuriyiminsi bameze gs irerere abana
Njye ndiwowe namwihorera
Mwabantumwe haribintu bidakenewe kuri camera ubaye ukeneye inkunga yinama kumunyamakuru musange muganirire inyuma ya camera rweme turagukuuuunda turanakwubaha jyuganiriza abantu bafite impanvu nkizo inyuma ya camera ❤❤❤❤❤
Njyewe narumiwe da
Aha ngewe mbanibaza niba mbere yokubivuga ku karubanda niba aba yarabanje kubiganiriza abo mu muryango we? Kuko ni igikomere ku bana be mbere ya byose.
Iyisimpamvu pe,abanyamuryango nibo ibi bibwirwa,ikindi bashobora nokongera kubana
Uyu mumama ndamuzi gusa ibi bintu avuga ndunva ataribyo kuko yaratuye iwacu akajya avuga ko bamuroga arimuka yimukira ahandi ngo naho baramuroga avayo naho mperuka yarasubiye hafi nanyirabukwe ukuntu ageze kwa Rweme avuye nyagatare pe
Ngo kwa jeux hahaha 😂
Eeeee Imana irinde uyu mubyeyi
Kukise utagiye kumurega ntuziko Aho abarizwa kandi aringabo yigihugu gusa imana ikwishurire iryodeni
Pole
Uyu mudam akomeze kwihangana Kandi Imana niyo izi byose.
Ubuse abamututse mumurushije iki koko knd uyu mudamu afite ikibazo ,gusa utabashije gufasha umuntu aho gutukana waceceka,ikindi ngo Gerard ajye akosora title ubu mugiye kumwigisha no gukora akazi tworoherane
Gusa yanabivuze mubwenge pe
Icyibi yavuzese nicyihe esubwo mwajya mugirimpuhwe ubobana mwabagiriyimpuhwe Sha agahwa karikuwundi karahandurika di
Eme,ubuzima busigaye bwiruka kurushya train,ufite ifaranga yo mufasha aho kuvuga menshi mumunyego kuko ntawamenya nawe ejo wahisanga da, nahubundi umubyeyi wabana6 ,ntako atagize ngo ahishye kumutima arko ubwo byanze pee, kandi asa nimfura ntiyaja kwanama kuko yiyanze,ikibazo ahubwo ntazi kubeshya pee, ahubwo mwokunda ikinyoma kurushya ukuri,
Mumufashye kufaranga yigwaneho agwane no kubana ubundi mutegereze amashyimwe.
NEMA komera Kandi wibuke yamana mam wawe yabatozaga uyisenge izakurengera
Uyumudamu numuswa mukubeshya rwose aha ntakirimo yabihimbye ikibazo ananirwa kubikurikiranya nkinkuru
Sindasoza ikiganiro ariko urikuvugamo nibinyoma ngo wahanutse kugikwa kdi umaze kuvuga ko wacuruzaga mwagiye muza mwapanze inkuru neza
😂😂😂😂😂😂😂😂 wamugani nukuri amfrw yose umugabo yayamuhaga yose
Yavuzeko hari n'igihe yakoze ikiyede ariko ubwo wenda ntago yakurikiranye ibihe ariko buriya arababaye,kuruhana abana ntago biba byoroshye pe.
Nago ndumumama arko mubyukuri nago aribintu byogushyira imber ya camera 🎥 birababaje cne
Abanyamakuru barabashuka
@@angeliqueumubyeyi7143 sukubashuka kuko nae nago uba uri umwana wo kuvuga ibibera munzira kuko baraduhahamuratwe tutaragerayo
@@angeliqueumubyeyi7143barabashuka c harumwana urabona hano cg harabo bakura mugo zabo🤔
nukur busigaye bitey agahinda ababyeyi kwirirwa biyanika kuri camera kk nabanga bakigira ubuse nirihe shuri mwigisha abakiri bato
Uyu mugore disi n'umutagatifu ntabwo azi kwirwanirira.Leta nishake uwo musirikare yite ku rugo rwe
uyo musirikare yaguye muri congo niyihangane
Nge ndumva icyaba kiza Rweme yajya abanza akabaganiriza akumva munca make ibyo aribuvugeho yakumva harimo ibitamuhesha agaciro akaba yamugira inama ati ibi ntubikomozeho si ngombwa, uvuge ibi kuko ugamije ibi.......
Nahundi nanjye ndumiwe nti noneho uyu we mwumve ibyavuga 😂😂😂😂
Rweme ajyabafasha harinigihe bo batazi ibya camera bakagirango camera niyo kuvugiraho nkubwira incuti magara...
Ariko ntakosa akoze kuko aravuga inkuruye ntawundi avuga Kandi buramufasha kuruhura umutima.
Kera.ayayaramabanga.yomunzu.mubye.ihangne.ubwowakize.nazemukomeze.urukuno.
🤣🤣🤣🤣🤣ako kantu
Nta nicyo uyu mugore avuze kidasanzwe.nuko mbona abantu twese twigire abasesenguzi.
Agahinda kinkoko kamenywa ninkike yatoyemo.mwokumutera,amabuye
Ahhhh mwahawe ijambo byo bimaze kugaragara pe 😅😅
Ihanga imiryango yaracyitse nabagore baradusenda ndumugabo umugore wanjye yantany,abana ngondumucye ubundatuje nubwobigoye
Abanyabibazo ni benjyi ariko ihankane bizarankira neza cyankwa nabi tegereza wihankanye kimwe muribyo banki ntanjuti zigira amahirwe nuko wayafashe muri saco yiba ari unkuka ibaga ntakinya
Ibyo bintu ababihakana ni abatarabona abo byabayeho: hari Umugabo warongoye ariko asanzwe afite ihabara yumugore. Iryo habara riramurogesha 😢😢, umunsi cg ijoro rya mbere ry’ubukwe, umugeni arindira ko Umugabo akora ibya abakuru bashakanye araheba 😂😂😢😢 iminsi iba itatu bigeze ku munsi wa gatanu nibwo bashatse abavuzi baramuvura; atangira kutera akabariro ❤
Abarozi muri ubwo buryo butuma umwe mubashakanye ata umwimerere we barahari!!
Nema urimwiza humura papa wabana azakugarukira arikose kowavuze ngo wowe warakize hari uwakugiyeho ngo uboneko iyo beto yahavuye?
Mana yange kucyi tumena Koko amabanga Koko wakihanganye Koko ibaze amabanga nkayo Koko mama Sha niyomamvu dukwiye kumenya Ibiza imbere ya camera.
Nyemerera ngukosore:
... *niyomamvu ❌*
... *ni yo mpamvu ✅*
@@TheCharity. Asante muvandimwe kunkosora urakoze cne
Nibyo rwose ntagisubizo cyava mu kumena amabanga ma fille
@@manzijonas5055 asante daddy
@@simp_gxcha7020 Ntacyo muvandimwe.
Wakwishakiyundi kombona urimwiza?
Bavandimwe umuntuntakaze kubabwira akababaroke ngo namwe mumutuke rwose mugire impuhwe