Baba bashaka kwiyerekana muri Société ko ari abagabo cg abagore. Society tubamo iravuna hari ubwo abantu dukorera ku jisho ryayo bigatuma dufata imyanzuro mibi y’ubuzima.
Sha ubanza nzavura ihungabana pe uyu mu mama 2019 hari ahantu namubonaga nkabibona ko yahungabaniye mu rugo ariko kubera ukuntu atuje ntiwanamuvugisha uko wiboneye
INGABIRE LAETITIA afite Permis de Conduire, yifuza akazi: +250 798 945 584
Akazi kogukoriki?
@@umumararungunizeyimana5560 UBUSHOFERI ,KUKI UBAZA IBYO UZI NKA MWARIMU KOKO
@@chantalmut1942+⁰
😊⁰no I'm😢😢😢7t🎉❤😅😊hibyputs
@@chantalmut1942😂
Ooooh uyu mubyeyi ndamuzi numusare rwose mu muh akazi peee
Niba nawe uhise unyarukira muri comments impa likes
Wazindutse nkanjye kbx😂😂😂😂
😂😂😂😂
@@ingabireclarisse8104 hahahah nta kuryama
Akira
Uyu mugore azi kubara inkuru neza cyane 😘
Ese sabin kuki uyurikumwe nabatumirwa harabahabwa jus ,coffee, fanta,uyu mubyeyi niwe waburiye amazi umu clients nu mwami niba hari nkuru muba mutuzaniye , umutumirwa mujye mumwitaho please 🙏🏼 😊
Rwose pe!
Ni ukuri ibyo umusabye
Babiha abarira gusa😅
😂😂
😂😂abana kdi
Mukobwa mwiza Laetitia, Imana iguhe imodoka yawe wikoreshe. Unazamuke, ugere kuri byinshi.
Uri mwiza ukwiye ibyiza mubyeyi,uzirere abana bambe.❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤❤
Incredible women' urashoboye Mana mpera akazi uyu mu champion ❤ 👏
Sha sabin
This is a comfort story 🎉
Umu Mama mwiza cyane ndumva nakomeza nkakumva
ISIMBI TV hejuru cyane 👍👍👍
As a member of Comments Reading Association (CRA), I'm only here to read comments, thank you!
😂😂😂😂😂😂😂
😂😂😂😂 we are on the same boat lol
😂did you read mine?
😂😂😂😂 am one of the member too
😂😂😂😂😂😂😂
Uyu mubyeyi ndamukunze disi, nubwo yahuye n'umugabo mubi ariko azi ubwenge. Rata irere abana, Imana igushoboze❤❤
Uranyigishije cane kumvako gukoranumwete uko bigend kose Imana ibana nawe Imana ikujimbere mudam mwiza😊
Nyuma yo kumva iki kiganiro cyose nkumva uko urushako rwabereye uyu mubyeyi nkumva uko yagerageje bikanga! Ikibazo nfite nikimwe
Umuntu ashakira iki kandi muriwe ntantego y’urushako n’umuryango afite? Nkubu iyo areka gushaka nubundi ntangire umuntu ababaza gutya byari kumutwara icyi? Ubu buzima abagabo cg abagore bashyiramo bagenzi babo Imana izabitura inshuro 7
Baba bashaka kwiyerekana muri Société ko ari abagabo cg abagore. Society tubamo iravuna hari ubwo abantu dukorera ku jisho ryayo bigatuma dufata imyanzuro mibi y’ubuzima.
Umbarije ibintu, kbx
Bamwe abari za karande zibirukankamo ahari.hari abagabo bibisambo utekereza ukaburira igisobanuro.ibaze ariko umuntu ubaho yarabyaye Arya 2 Ku munsi kugaburira Abo yabyaye atabikozwa
Ico kigabo bakireze nabi cane cane nyina niwe wamwishe ngo n'uko ari umwe.Rwose uyu mudamu ntako atagize muguhatana ngo yuvake ariko ntakundi. Imana iraje imuhe akazi keza ubwo yashitse kwa Sabin.
Inyarunazi ni muntaraya Muyinga commune Buhinyuza
Dore umugore uzi ubwenge 🥰🥰🥰🥰uyumugabo azicuza yatunze izahabu ntiyayimenya 😢
Ntazahabu iba mubantu
Yashatse kuzimiza mu mvugo ye!
@@kay-bt8bk 😂😂 uruhawe utazi ikinyarwanda
Maman urumuntu wumugabo songa mbere kbs abagore turashoboye IMana ishimwe yabanye nawe
Uri umunyembaraga maman, keep shinning!!!!!!!!! I know the same story somewhere!!
Abagabo nkaba baruzuye bazapfa bangara bangara nka gahini
Yeweyeweeee yesuwe uwomuntu wawe wagirango avindimwe nuwange amateka namwe pe
Pole mum! Icyitonderwa : ntampamvu yoguhishira ibifuti byabagabo , iyi nimwe mumpamvu ituma batwica urubozo, mujye mubivuga kare wenda byagira igaruriro! 😮
Laetittia wirwanyeho kbs ❤💪salute to you mama, imbere ni heza cyane,
Mukobwa Imana izoguha akazi keza.
Nuko urikure yaho nkorera
Nokwihereye akazi
Umudereva wumugore ntiyohava abigisuma kabisa.
Abobadereva babagabo baratwiba bakatukomesha.
Ariko Sabin wibagiye kumubaza ubwoko bwimodoka ashoboye gutwaza iyariyo
Wamudamuwe nukuri uritwari kd courage kbs .IMANA ikomeze ikwagure gusa abyeyi baba mama bubahwe nukuri
Akabi gasekwa nkakeza peee mbega umugabo impore mama😢❤
Ufite abakobwa beza pe Imana ibahe kubaho mwinshimye 🥰❤️
Ukuntu disi avuga yisekera ♥️
Ahubwo se ukuntu asa neza wamenya ko yahuye n’ibyo bizazane byose !
@@helenemarierobert8557 yariyakiriye
@@helenemarierobert8557Imana igira neza.
Yooo courage maman Imana igukomeze iguteze imbere komera cyane
Ikiganiro kiranyubatse cyane
Murakoze.
Wow! Uri umugore w'umunyembaraga.Keep it up
Iyi isi iratunze kbs komera
Uzi ubwenge Imana igufashe ubone akazi.
pole bazina IMANA ikujyegende imbere
Mbega umu mama w'umuhizikazi...chapeau nukuri....courage mama...merci kutuzanira aba mama bintwari...and she is a story teller...yanadutwengej
Ndamuzi ikabuga uyu mu mama ni humble cyane kbsa 🤝
ndababaye cyane uyumudamu disi muzi Kabuga sha Pole
Uyu mumama nintwali kbx! Abadamu nabakobwa tumwigireho ngewe unyigishije isomo ryokwigira
Sabin umenye yuko ukunzwe pee!!. Franchement Uri professionelle.
Wamuhishye keshi none umubwiye isi,cyakora warihanganaga lmana izakurengere nukuri ❤
Mbega umu Maman uzikuganira 🥰Kandi Nukuri uri Ntwali peee 🤝 Humura Imana yakurinze muribiya bihe izagucisha nomubindi
Sha mama ndakuzi najyaga nkubona uparitse imodoka ifite plaque yindundi ark disi ntiwamenyako wahuye nibyo bibazo byose shenge,pole sana
Uri umupfasoni w'intore
Imana ikurinde kandi iguhunde imigisha
Yoooo umugore yubahwe peh ❤❤❤❤❤❤ keep going beautiful mom
Uyu mubyeyi ndamwibuka mu Nyakabanda kbs
Beautiful nature 😍 ❤️ 💖 no makeup
She is naturally cute and beautiful ❤️.
Uzishakire undi mugabo uracyari muto.
Nimeroye ndayishaka nzamuhe akazi
Yirebe bayi pinninze
Iriho Hariya hejuru
Bayi shyize he juru urayibona
Nanjye nazanye umugore akajya ambwira ngo iyaba ari kananaka, abimbwira incuro nyinshi mubihe bitandukanye, mbyarambabaje cyane. Ubu twaratandukanye, abantu nk'abo bagira amagambo y'uburozi gusa
Pore muvandimwe ariko nabeza bariho lmana izagufashe kwiyubaka
Pole courage. Ababi barahari benshi gusa n'abeza ntibashize
Imana ibahe umugisha ikiganiro ndagikunze uyumubyeyi aranyubatse
Ooooooo mbega akumiro ingo zubahwe kbs nkibi wabikoraho iki Koko gusa urumugore mwiza disi
Uyu mubyeyi ndamwikundiye kwer
Komera mummy urintwari kazi komera ntuzigere ushaka undi mugabo uzakorere abana bawe umugabo abagabo bose nibamwe ❤
Impore chr lmana irakuzi uzishima kdi cyane yitumbire
❤sha sinkunda kuvuga ark sha hands up imana igufashe muribyose mama umbereye rol modal😊
Arkse Mana sinzi ko nazabona umutima mwiza nkawe wamubyeyiwe uburyo atuje dis nibyo byatumye bamuhemukira ark nukr Imana ijye ikwihera umugisha bambe ❤️❤️❤️❤️ jyew birandenze nukr 🤔
Yewe najye konka kwa nyina, ibihararumbo biragwira 🙆🏽♀️
Buriya se ugirango yaragiye Burundu ubuzima nibumucanga akabona Ari mu kaga azagaruka atere imbabazi ngo bamwakire
Letitia ndagukunze urintwari cyane, Imana ikomeze kukuba hafi kandi ikurere abana byose bizagenda neza kuko uri umugore uzikwirwanaho kabisa.
❤
Akabi gasekwa nkakeza pe🤣🤣🤣umugabo we yari akandare pe!komera mubyeyi kuko wariguturika umutima
Urintwali mubyeyi Imana izaguhe ibyo wifuza byose wirerere abana bawe neza.
Ndagukunze cyane mibyeyi
Maman nukuri komera,uri umunyembaraga n'umuvyeyi mwiza,Uwaguhemukiy ni uwo kugirirwa imbabazi,umusabire umukama amukize
Yego sha permis iravuna ariko iyo uyibonye ushima Imana!
Ubu rero Uyu mubyeyi aje kuvuga ibi yaburiwe! Byakomeye! Abafite akazi mugerageze mumube hafi murabona ko ashoboye!
Nibyo pe bamurangire nanjye bandangire
Sabe jyugerageza gutanga care uyu mubyeyi wamwicishije inyota kuki utamuhaye amazi koko wakoshej sinkubeshye
Nukuri nibyo yamwicishije Inyota
Imana ikomeze igukomeze
Ahwi sha 😅😅😅😅😅 sabin rwose uransekeje ngo nkumbuye maman sha ntuzi guseka
Mbega umugabo weeeee😢😢😢😢😢 sha umuntu ufite akazii rwose agahe uyu mumama
This left me in tears 😭😭😭😭
Uyu mudamu yirwanyeho Imana umuhe akazi yifuza nukuri.
Ur'umuhizi mazina yanje.nanje nashatse umugabo ameze nkuwawe weho nuko utakubitwa .courage
Imana izakomeze kumuha imbaraga mubuzima
Sabin muhe icanwa ndagusavye .
Tutamishaka cyane muri Rimoz rwanda
Iyi nkuru iraryoshye nubwo harimo ibibabaje...mumurwaneho mumuhe akazi
Wahuye nishyano ryumugabo inyatsi gusaa 😢😢😢😢 ikibwa , ukuntu urumuhanga. Intwari yumugore ureke iyo njiji yingirwa mugabo 😢😢😢
Uvuga neza disi ❤❤
Ahwiiiiiii nkumbuye mama mbega umugabo arinjye naturika ngasekaaaaa😂😂😂😂
😂😂😂😂😂😂❤❤
Bene aba bagabo bashaka abagote ntibabihe agaciro.ahubwo bagakumbura ba mama wabo.baba banyina barabiziritseho.
Rahira disi 😢😢😢
Umugore wirwanyeho saben urakoze
Cyakozeeeee isi ifite abagabo batangaje
Ikiganiro cyiza cyanshimishije kbs ! Big up to Isimbi tv ndabakunda mugira ibiganiro byiza 👌👏👏
Sha ubanza nzavura ihungabana pe uyu mu mama 2019 hari ahantu namubonaga nkabibona ko yahungabaniye mu rugo ariko kubera ukuntu atuje ntiwanamuvugisha uko wiboneye
Yoooo urumva ufite iyo mpano
MBA numva mfite impano yabyo pe
Imana igihe akazi mama mwiza
Uyu mummy nintwari
Sha mbega ikiganoro kiryoshye Kandi kibabaje Sha Letitia nisi pe 😂😂😂😂 Azi kuganira gusa Imana izamurengere numubyeyi mwiza kdi ukiri muto
Ncuti yanje imana iguhezagire,urintwarikazi
Mpore maman n'ukuri har'abagabo ba Nabari pe.
Komera Sha ,ikibazo nge ngize nakibaza buri mugire wese ,kuki mwiga gukora mubyigishijwe numuruho?
Sabin habaho abagabo bameze gutyo hari uwabwiraga umugore we arwaye ngo ndashaka agakoma ka maman 😂😂😂 Laetitia Humura muzabaho n abana bawe Imana izakugirira neza.
Isimbi on top ❤️ sabe nkundibiganiro byawe noneho ninajye wambere ukirebye 😂😂😂😂
N'uko nuko muvandimwe 👏👏👏 ka nguhe Like wakoze kuzinduka
😂😂😂😂😂😂😂. Utumye seka ntaranareba ubundi nkunda kwisomera
Komera maman lmana iguhe inkomezi
Namukunze kbx uyo mu Mama
Crazy world
Living in
So far so good
You still living today
You have a heart
Mu biganiro nakurikiye byinshi iki cyo kiranyubatse cyane
Asa nka Cyusa
Cyusa mwene Amida se?
Sha sabinnnnnn ako kantu ngakunda kubi
Maman komera cane uritwari
Bakobwa mukiri bato mwumvire hano. Murabona ko uyu mudamu yari ashoboye gukora ariko yirukankiye ikigabo kimuruta kure adashishoje. Mubanze mwigire, mwikuremo ko mugomba gutungwa n'abagabo. Mbere yo gutandaraza, banza ugire icyo wigezaho. Murashoboye, uko umugabo yakira niko nawe wakira. Ntawe uzongera kubashuka nimugira ibiterezo byo kwigira.
SABIN ndakwizeye ubu buhambya bwuyu mu damu bwavamo Filimi nziza . rwose mububyaze umusaruro kko umugabo nkuyu aratangaje.
Sabin ndakwemera mu biganiro uduha pe
Ndakuzi dis
Inyarunazi ni muntara ( province) ya Muyinga
Umugabo ukuruta cyaane umutinya nka So bihira bake walah
Uvuzukuri da 😂,
Nta n'ubwo wakwishimira umugabo ngo mukine muhuze kuko nyine aba ari igisaza.
Uyu yari umusaza ku myaka naho mu mutwe yari afite 15 ans
Sha ni ukuri ntibiba byoroshye
Ubundi iyo umugabo yakwanze akwita indaya cg umusinzi kugirango famille naguta zitazatungurwa