Yewe pole sana, erega si urw umwe 💔💔💔😭😭😭 gusa hari ikintu mu buzima kinyumya umusore ushaka kubaka abona umugore w inkware umukobwa ushaka kubaka agahura n umugabo w imvubu, so sad 😭😭😭😭 gusa mwana wa Mama humura Uwiteka akubereye maso, Ibikomere by urushako biratinda ariko birakira, trust me, Imana igukomeze ikwihanganishe🙏🙏🙏
@@mbakovalens3710 yewe ndumiwe koko 💔💔💔uziko ibyo uvuze byose nta nakimwe kivuyemo ariko byangendekeye 💯/💯. Nihaye gushaka kuba umukiza n umucuruzi, nanga kumva abampaga amakuru nti ni abanyeshyari bashaka ko ntashaka ariko ku munsi w ubukwe umwambaro w intama waguye hasi ndumirwa nta garuriro. Imyaka 18 nyimara mu marira, nsohoka munzu anigishije ishuka ndyamye, iyo abana baba batari mu biruhuko ngo bamunkureho aba yaranyishe pe!!! Ibyari byarananiye byo kumureka nabishobojwe n iyo nkuru mbi. Urakoze cyane kunyibutsa ubugoryi nari nifitemo 🙏🙏🙏 gusa ni isomo rikomeye ku bana banjye.
Ndashima Imana ko bino bintu ubashije kubisangiza abantu kuko wari warabibitse cyane niyo ubivuga mbere ntiwari kurwara ibibyimba ariko time is time Cyuzuzo
Ariko aha n'a nyogokuru yarabyishe kukubwira ngo wiwe yri uwacu si byiza .ni gute abana babiri bimpanga umwe aba ikinyendaro .c'est fou non! Ihangane ibyiza biri imbere
ua-cam.com/video/U-1esVNZP0U/v-deo.html
kanda kuriyi link urebe indirimbo nziza irimo ubutumwa bwiza Ntagusubira inyuma ya OLIVIER Big
Manawe pole Imana izakomorepe ibikomere watewe nuwo mugore ntamutima agira akabura kukubera umubyeyi akakubabazaza gutyo koko .
Umve ntiyigeze agukunda yagiraga abone ho abyarira uwukunda ntumubabazape
Iyo umuntu afite amageso ayabonamo undi murimake uwuzuyingurube azibonamo undi pole njyewe nababaye mukazise warikubigenza ute kandi kaguhuza nabantu bose
Komera Muhungu wa Yesu . Ishikamize Kuri Christo azaguhoza amarira Yose yose yose warize. Yobu 11:13-19.
Nkibwira NGO mutoni nigewe ubana nagahinda. 😭😭😭😭😭 Bambi. Nukuri imana yumva gusenga kwacu ikuregere brother hatsa mmi nimelia sana lkni mungu wambinguni halali Bbangu mlilie Baba wetu wabinguni. Haky. Kdi kbsa wabaye umugabo windwari pe. Gusa. My God bless you again brother
Sha njyewe rero sibyumva ukuntu mwari impanga ukajya Kwa mukecu ufite amezi7! Ahubwo maman wawe azakubwize ukuri ndumva bidasobanutse ntampanga zidahuza se uko mbizi !but ababyeyi ntibakubwiza ukuri cg se wowe ukaba watubeshye !wihangane singamije kukubaza gusa ndumva hari amakuru adasobanutse
Hahaha
Uyumu tu ashobora kuba atabeshya kuko turenda guhuza amateka twebwe twavutse turi 3 tudahuje badata Kandi mama turamubaza yanze kudusobanurira ntanumwe Uzi se twese twarashatse twaranabyaye atiko nagahanda gusa
Komera cyane imana irahari izaguhora amarira pole Sana imana niyo mubyeyi mukuru
Pole sana imana izaguhanagura ayomarira kandi uzabona omukobwa mwiza agukunde aguhoze!
Pole usenge Imana izakubakira cyane ko numvise washatse kubaka ubura uwo murwubakana
Hariya wamusohoye hanze numwana wabaye inyamanswa byukuri. Naho hariya wagiye kubwira uwo mwakundanye cyera ngo umuhime ntabwo bwari ubugome ndeste nubwana cyane ibyo nagasuzuguro kuwo mwashakanye .
Ikintu wakora usenge cane kandi Imana izaguhoza iguh uwuguhoza Ayo marira
Impore , komera, cyuzuzo lmana izagushumbushe uwuzuza ibyifuzo byawe nabuze icyo mvuga lmana yomora ibikomere ikunyomorere izonguma zose ufite
Gas ari TV Ndabashimiye kubiganiro byiza Imana Ibahumugishya
Iyisi ibitse byinshi uzishire mumaboko y'Imana izategura ameza imbere yabanzi.
Jesus. Ndumva mbuze icyo mvuga.gusa don't give up brother. Kotana, bazabone ko urwango rwabo rwapfuye ubusa
Biteye agahinda cyane ark humura YESU aracyari kungoma
Komera Musore mwiza Imana Iragukunda cyane irashaka ko ariyo yonyine wishingikiriza niyo yonyine igukunda Kandi izagukorera ibirenze ngo naho data na Mama banyanga Imana yo turagumana urukundo rwayo ntiruhinduka
Bro ufite umutima mwiza, ninayo mpamvu Imana igukunda cyane, kdi ibyiza biri imbere. Komera kdi ugerageze gukira ku mutima. Ishakemo ibyishimo kdi courage ukore cyane, uracyari muto. Uzahirwa mu bisigaye. Merci pour le temoignage.
Imaniguhe kwihangana musazawañje kuko uwaruchentaruhuka mugakuberimana uzoruhuka imana sumuntu ngoyisubireko ngocanke yibagiri mirimo tuyikorera canketwayikoreye imanikubehafi kandizoguchumbucha 🙏🙏 inomeroyawe irahari uzogumekumavi nihobiva🙇♀️🙇♀️🙇♀️🙇♀️🙇♀️🙏🙏🙏
Muhungu urintwari cyane kandi pole sana
Umva wamugabo we urababaye kandi cyane pole nukuri, ariko nawe wakunze uwo mukobwa uriyibagirwa, irindi kosa wagombaga kugisha Mama wawe inama kuko niwe wakumva kurusha abandi bose ukeka, wakoze ikosa ryo guhisha ukuri Mama wawe, impamvu yaje mubukwe atishimye niyo,nawe yakoze ikosa ryo kutabikubaza kandi yabimenye nkumubyeyi wawe,hari ibibazo umuntu agira nibyo yitera pe,ariko komera ubuzima burakomeza.
Uyumuntu yanyuze mubuzima mushaririye cyane ariko muribyose ndiho niwushoboye kugufashya murivyobintu isidutuye uwayibona ikwisaneza wagirango nabayituyeko bose bamazeneza ariko nikobiri tugibonerako ibyiza nibibi byose rero kuyibako nikizamini urevyenabi wakwamusibira imyakayose
Jules wanyuze mu bikomeye,ariko ujya gushaka uwo mugore warahubutse kuko ibyo yakoze mutarabana waba warizemo ikintu kinini,ariko Imana iragukunda cyane kdi uzagera kure cyane kdi uri umutsinzi courage rero wihangane byose Imana irabizi pe kdi uzashishoze kdi usenge Imana izagushumbushe
Ndagukunda
Umva ihangane ubwo buzima ndubuzi kwangwa na papa wawe ntakintu wamutwaye ,umva ubuzima bwawe ndabwumva cyane nanjye nabuciyemo ark Imana iratabara humura
Yooo polenukuri,humura Imana izongera ikubakire, urugorukubereye
Yesu yaravuze ngo Abarushye nabaremerewe mwese munsange ndabaruhura mureke ibituruhije tubibwire yesu byose niwe murengezi wacu abantu ntacyo batumarira ntago batubikira ibanga ark yesu mwiza araribika twige gutakira umwami yesu
Yewe pole sana, erega si urw umwe 💔💔💔😭😭😭 gusa hari ikintu mu buzima kinyumya umusore ushaka kubaka abona umugore w inkware umukobwa ushaka kubaka agahura n umugabo w imvubu, so sad 😭😭😭😭 gusa mwana wa Mama humura Uwiteka akubereye maso, Ibikomere by urushako biratinda ariko birakira, trust me, Imana igukomeze ikwihanganishe🙏🙏🙏
Hahhh uransekeje cyane umugore w inkware n umugabo w imvubu hahhh,ikibitera ni kimwe ni ukudatekereza ngo bige kuri uwo muntu ahubwo bakibwirako ameze nkuko mu mitwe yabo bashaka ko amera,buriya nucunga neza uzasanga iyo umuntu ari mwiza yibwirako n abandi bose ari beza ibyo bigatuma afata uwo abonye kuki yitekererezako bose bameze nkawe,ariko buriya nubona umuntu mubi uzasanga ashishoza kuko we aba ari mubi bityo akibwirako n abandi bose ari babi ko umwiza adapfa kuboneka gutyo gusa niyo mpamvu abagenzura byimbitse akamenya gutoranya umwiza,muri ibyo byose rero ikibazo aho kiri ni hamwe gusa ni mu mitwe y abantu,igihe cyose uzashingira ku mitekerereze yawe ngo runaka ni umuntu mwiza aho kugenzura ibyo akora ,uko yitwara uzabigwamo rwose.hari n abanga kureka umuntu ngo batamubabaza ukabona rwose bemeye kubana nawe kubera impuhwe bamugiriye aho kwirebaho ngo bigirire impuhwe ari bo bumveko ibyo bijyanyemo ari ibizabagiraho ingaruka iteka ryose,iyo ugiye gushaka ugomba kubanza ukishyira imbere ukareba inyungu bigufitiye ukareba niba uwo muntu hari icyo yongera mu buzima bwawe kigaragara wasanga ntacyo ukamureka kuko hariho abantu wagirango babereyeho kuvuna abandi niwigira umucunguzi w abadashobora kwicungura uzarira 100% ntuzigera ushaka umuntu wumvako ugiye kumuhindura cg kumufasha guhinduka icyo gihe uba wigize umucunguzi ubijyamo ugatangira ukicuza,uba ugiye kumubera urukuta azajya agwaho yicundaho nyamara wakamuretse akirwanaho kuko umuntu udashobora kuba mwiza ku bwe ntazigera aba mwiza ku bwawe,utarahindutse kugirango umushake nta nubwo azigera ahinduka kugirango mugumane cg mubane amahoro,ikibazo si icye ahubwo ni icyawe wowe uba waramuhisemo kandi ibibi bye wari warabibonye cg warabibwiwe ukabyirengagiza,nujya mu baturanyi,ukajya mu bo biganye ukabaza imico ye uzayimenya nta kabuza ntibitwara igihe kinini niyo mpamvu ntibaza ukuntu umuntu muzima ashakana n umuntu atabanje kubaririza ibye kandi abamuha amakuru batabuze.
@@mbakovalens3710 yewe ndumiwe koko 💔💔💔uziko ibyo uvuze byose nta nakimwe kivuyemo ariko byangendekeye 💯/💯. Nihaye gushaka kuba umukiza n umucuruzi, nanga kumva abampaga amakuru nti ni abanyeshyari bashaka ko ntashaka ariko ku munsi w ubukwe umwambaro w intama waguye hasi ndumirwa nta garuriro. Imyaka 18 nyimara mu marira, nsohoka munzu anigishije ishuka ndyamye, iyo abana baba batari mu biruhuko ngo bamunkureho aba yaranyishe pe!!! Ibyari byarananiye byo kumureka nabishobojwe n iyo nkuru mbi. Urakoze cyane kunyibutsa ubugoryi nari nifitemo 🙏🙏🙏 gusa ni isomo rikomeye ku bana banjye.
yoooo basha sindaheza iki kiganiro ariko amarira arandenz pol sana kaka ufise umubyeyi mwijuru aruta ababyeyi bomwisi💜💜💜🇧🇮🇦🇽
Ihangane Imana igukomeze kuba uhumeka haracyari ibyiringiro nyuma yimiraba
Imana iherutse kumpa message ngombahe mwabantu mwe! Yobu 28:28 kwubaha Uwiteka nibwo bwenge kandi kuva mubyaha nikwo kujijuka .ndabwira wewe ugiye kurushinga numuntu mutavukany abenshi muhura mukuze ,ukabikora muriwewe nta Chisto nta mwuka wera ugira nta nta nta yoooooo biragoye bagenzi ...kuko niyo bigorany nimwuka wera agarura ibintu muburyo kurugo yaguhay ...nahibindi muracaza kuririra kuma TV.mbehoho nkubaze musore ,wamenya ute kutiyometseko urubavu rutarurwawe kubera gutwarw namarangamutima utabanj gusobanuza Imana ???nakugira inama kwiha Imana mukaba incuti nkuko ndikubikora nkiri umusore hama irakuyobora icogukora thanks wihangane kandi abarushe muri benshi kuko mutamenye ikibanza mbere y Ibindi (holly spirit ,roho mtagatifu)
Ihangane yabikoreye
Wowe imana izamwishura
Itamusigiye nakimwe
Yewe komera cyane kdi wihangane warakubititse kuva mubuto bwawe. Ariko se neza neza muri impanga? Ubwose mwaba muri impanga mwaravukanye so akakwanga wenyine? Gusa pole.
Ndashima Imana ko bino bintu ubashije kubisangiza abantu kuko wari warabibitse cyane niyo ubivuga mbere ntiwari kurwara ibibyimba ariko time is time Cyuzuzo
Yoo Jules pole sana. Ibaze ko narindi umuturanyi ariko ibi byose ntabyo narinzi. Ihangane disi narinzi ntakibazo.
Uzamusure nukuri umuhumurize kuko akeneye abantu kuruta ibindi byose Gs Pole Brother Imana irengera abadafite kirengera Humura
Abantu basigaye barabuze ubumuntu bareke bazabyicuza ariko humura Imana irakuzi
Pole sana
Uyu Mugabo nukuri yarabonabonnye Imana izamuhoze amarira!
listen my bro: Ushaka gukora umuryango mwiza ,ararambagiza ntatora ku mu handa, pole sana abatarashaka babyumvireho
Muzazane numugore twumve harimo akantu
Cg umubyeyi we
Ko ines yari inshuti numugore kuki atariwe yayatse?
Pole saana don't worry you are still young and hardworking you have a bright future. May the almighty bless you
Ndagukunda ihangane
Uyumugabo yarababaye pe nukuri Imana humura izaguhoza amarira yesu numubyeyi uruta abandi bose
Uravugana ikiniga kinshi ariko wasanga bari baragutanzeho igitambo ariko usenge imana izagutabara. Uhumure kandi nyuma uzabaho neza.
Murakoze
Ihangane muvandi abantu benshi barakomeretse
Imana igukomeze ndumv warakomerets bikomeye
Pôle brother lmana izokwora ibikomere vyose wagize.neza uwu muhungu yabaye mumuriro yankwe nabavyeyi acazana umugore wikibi nkico?iyo njiji yumugore ndamugaye pe.Imana iziguhe umugore afise urukundo aguhoze.ese uwumuhungu ukuntu ameze neza akabura umugore wumutima?uwo mugore ntiyarezwe pe!
Uri umukozi komeza wiruke muri divorce kdi ukore cyane witegure ushishoje cyane wiyubake uzagera kure humura
Uwarushye ntaruhuka koko gusa komera bro Imana uzagushumbusha ukuntu hano hanze abantu babwira Imana ngo ibahe abagabo beza none abakobwa baraBababona Bakabapfusha ubusa
Sha, byihorere! Ugira ngo iyo ahura nuwo bahuje ibibazo ntibari kubaka umuryango muzima kd bagahana urukindo
Pole.sana.ndugu.yangu
Ihangane caane musore kuko birababaje caane😭😭 pole saana 🇸🇦🇧🇮❤
Imana nyirimpuwe Izakugirira neza
Abakubyaye baraguhemukyiye kyane ariko burya nta musinzi ubaga imbwa.
Uri umugabo wihangana kyane kuko
Kwihanganira umugore wumunyamwand bijyeze ho birakomeye kyane.
I mana izaguhanagure amarira izaguhe umuntu muzahuza akanagukunda.
Burya kwiga abantu bamwe bakwibeshaho umugore asigara arumugore afite gukora ishinganoze nkumugore.
Wowe ushake uko wongera ukiyubaka kdi Imana irafasha kdi ijya ihoza amarira
Mpore ncuti Yesu niwe yomora ibikomere Agasaro ndabasabe mwompa numero yuyomuntu
Mureke isi izamwumvisha ,ntawahemuka ngo bimugwe amahoro
Pole dear
Ariko nawe uri manyanga kuri tell fone nonese izo tell phone zanyu muhisha abagore banyu cg abagabo ubwo ziba zibitse ibiruta ibiri mumitima?
Nanjye byanyobeye pe uyu muntu nawe ntitoroshye somehow
Be strong bro God is there always.
Igisubizo cyu mugore utagukunda nicyo gisobanuro kuko iwo ukunda umugira impuwe
Ihangane usenge Imana uyirangamire izaguhoza........
Abagore baragwira🤭🤭
Ihangane ibikomere bizakira hamwe no gusenga🙏🏿
Mbega kwicisha bugufi no kwihangara wagize. Komera
Komera Yezu niwe womora ibikomere azagukiza niwe uzi impamvu Ibyo byose bibaho
Umugire we uzabona undi uriya yari kazarusenya
Sandrine Lomita ubuhamya nasangisa abakunzi ba Agasaro tv wazampa umwanya?
Ariko aha n'a nyogokuru yarabyishe kukubwira ngo wiwe yri uwacu si byiza .ni gute abana babiri bimpanga umwe aba ikinyendaro .c'est fou non! Ihangane ibyiza biri imbere
Copin urumva atariwowe wikururiye ibibazo kwishyiraho Inda itariyawe? Numuvumo bro pole Sana.
Just pray to God every thing will be fine
Impole
Inkuru ibabaje . Mbega umugore wikigwari 🤦🏾♂️🤦🏾♂️. Kimwe gusa Imana igukomeze kandi izakomere ibikomere .
Ihangane muhungu Imana izagukomeza. Kuba wamutoye afite Inda itariyawe ukamuteturura icyonyine yarakwiye kubikwubahira, Kandi abagore mugira abakozi mumenyeko umugabo ntakwiye gutekerwa numukozi ngwanamugaburireeee!!! Muramenye muramenye
Jacky urintwali kweli. Kubona utahurako umugore abakwiye basi rimwe rimwe akaraba uko umukozi ategura utwokurya twumufasha wiwe.abubu ntanarimwe yabikora ntarenze rimwe mumwaka
@@joshniyo5961Ariko nikonibikwiye kugenda, ahubwo ntakwiye nokubiraba rimwe rimwe Iyo Iba ikwiye Kuba job yumugore burimusi, none niba umukozi ariwe Amenya umugabo hazageraho numugabo atamani umukozi, nonese uyumugore akazi ke kaba arakiki? Yewe Nuko yenda bamwe ayomahirwe tutayaronse, gusa nyine bibaho uyo mugabo yihanagane igifite intango kigira iherezo
😭😭😭Nukuri ikiganiro birase konkimara mwene Data ihangane ntakitagir iherezo kweri 😭😭😭
Ark c ubwo imirimo nikibazo wowe uyikoze ko uba ukorera urugo rwawe bitwayiki?
ese ubwo darling we siwowe barimo kuvugaho nonese ningombwa ko umugabo yoza amasahani yanutse umugore yirirwa mrugo buri munsi?
@@faithshow8424 hhhh ndarengana ark dis imirimo niyacu twese siyabagore gusa
@@darlingwadady7871 yego ndabyemera ariko sha nukuri hariho abagore barenza aho bakagarukiye pe ndabazi benshi cyane
@@faithshow8424 ese buriya udakabije ubwo koko gutandukana numuntu bivuze kuvuga utuntu nkaturiya twose dusebanya uziko ntawundi wazamutwara
@@darlingwadady7871 uwo wundi c yatwara he umugore w’umunyamwanda kuriya? Umugabo muraryamana akakunyaza wasasura amashuka ukajya kuyabika atose akamara iminsi 3 yose mu nzu? Umugore utoza ibyombo akoza gusa isahani 1 bariraho n’isafuriya atekeramo gusa?
Nubwo ntararangiza ikiganiro ariko pole musore!
Manawe mbega ubuhamya ihangane nshuti Irimva kd irashumbusha kd izabikora pe humura humura,
Sha mbega umuhungu wumutima mwiza ndakwishakila
Uguhisha fone ntanurukundo ruba ruri mumutima kuk umutima ububitse byinshi bibi ugakekako byatunguka muri tell phone bakabibona gusa nukwihangana
Umva nukuri peee, humura peee,nanjye mama yaranyaze,ariko ndiho,gusa ba umugabo, nugaheranwe nagahinda
Ni ubwa mbere numvise umuntu wangwa na se, na nyina, n'impanga ye, na murumuna we, n'umugore we. Kandi akemeza ko ari we uri mu kuri!
Sha utaranigwa agaramye agirango ijuru riri hafi. Nonese ko babatandukanije Ari bato. Hari abantu bababaye. Gusa Imana imworohereze.
Hashobora kuba harimo tena
So sorry bro 😢 u really hustled oooooh my God
Poresana Yesu niwemuhoza
Ubu se koko Mana weeee ,Imana iguhagarareho pe.
Man urambabaje ihangane😭
Mbega agahindaweee
Nukuri ivyo bintu birabaho iyo wemeye kubana numugore afite inda itari rwawe. Aba ashaka gusa umukure mukaga ariko amaherezo yavyo muzavana yigire kuri se wumwana wo kuri. Vyashikiye umuvandimwe wanje. Impanuro lero ntiwihende ngo wemere kubana numugore adatwite umwana wawe.
Komera kdi Nyagasani azakuruhure aruko ndumva mfite icyo nakwibariza .
Ex wawe mupanga gute koherezanya message ngo uzamure uburakari bwowo mwashakanye?
Ikindi Ubundi phone yakabaye ikibazo mubashakanye? Niba ntacyo mwikeka kureba muri phone yuwo mwashakanye byakabaye ikibazo ? Hubwo kuba madame wawe cg umugabo wanjye atazi code yanjye numva aricyo kibazo .ubuse utareba muri phone kuri compte ho bimera gute? Njye umugabo agiye muri phone numva NTA kibazo kuko ntacyo yasangamo kibi numva ntacyo guhisha kiba kirimo
Ndabasuhuje mbonye ikiganiro nkererwe, gusa ndumva ubuzima bwaramubereye agaterera nzamba kuva abayeho .
Ihangane harigihe uzishima kuko kwihangana bitera kunesha
Njyewe icyo numvise nuko
Uyu mutipe,yakunze umuntu utamukunda,gusa nawe Aho yakoze ikosa,1 umuntu mutandukanye2,ukongera ukamukenera,2 nigute wakwemera
Kubana numukobwa ufite inda yundi
Muntu,kd uziko nomubisanzwe adashobotse? Aho warebye hafi,ariko pole kwisi Niko bigenda.
Ariko nawe ubanje kunyivugira ko yari yaramukunze. Urukundo nirwo urwo naho ibindi uvuga biba arukwishushanya
Ihangane nanjye. Uwo muruho ndawufite
Yewe ,abafite ibyo bikomere turi byo kwangwa n,,ababyeyi turi benshi ,ihangane muvandi ,ibikomere tubyibitseho
Ababyeyi wee bintera ishavu iyo mbonye ibi bikwicira ubuzima kabone nubwo wabona byose gusa lmana itange imbaraga zo kwihangana
Sha twese nihotwapfiriye
@@mutuyimanaverena6996 cyane
First to comment, much love you Gasaro
Iby'umwana birikuncanga
Uwo wamufataga gutyo yari papa we cg?
Uwabyumvise nansobanurire plz!!!
Kdi pole nukuri birababaje kubona ababyeyi bagufata gutyo n'abavandimwe nabo nkumva ntabumwe mufitanye,I mean batari inshuti kuburyo mubwirana byose😢😭
@Clarisse Ma yego yari Papa we
What are U talking about😪😭nari naketseko ari umugabo wa mama we yenda!!!
Iby'umugore we byo sindabijyaho🥲
Ariko icyo mbona nawe winjiye ninshingano zababyeyi bawe cyane papa wawe ntimwari buhuze pe kuko abagabo bakunda icyubahiro
Nshuti Uwiteka akurengere.
Haribyo twikururira byinshi;Naho utasenga,wazana umugore utwite umwana wundi?
Ariko se nubundi ko akuruta cyane.
Ehhhhh urababaje pe ark kwishyiraho Inda ubizi neza kwatariyawe man ni woe muhungu mbyumvanye pe n'abaziteye babizi barazihakana egoko oooooo
Komera uwanzwe niwe ukura imana arakuzi
Yo ihangane bambi
Pole brother
Pore san💚💚💚uwushaka Kubaka ntaronka uwo bahuza🤔
Asante
Muge mushyiraho nimero zabatuganiz tubagirinam ndumva wababaye kd uyumugabo muto afite amakosa meshi mubyo avuga ubwe
Ubwo se impanga zitwa gute ko zidasangiye se?